Team of My Heart is doing amazing and great ariko the next Episodes Suzi agamafaraga gazamukoraho those episodes will fire 🔥 ❤️❤️❤️❤️❤️ keep up with the good work I always wait for the video
Makunzi ba my heart mbere na mbere dushimire Dady kuba uyumunsi atuga uriye kabiri ubundi niwowe wacu uzakuvuga nabi nzamwangaza mwarimuraho ariko🎉🎉🎉🎉🎉❤❤❤❤❤
Abishimiye ko turiye Kabir kumunsi muzimpe like erega njye hari no kwisabato mbega Killa thank u 😢🎉😂
Murakoze
Nana jya gusaba Yannick imbabazi
A@Justhere1az
Thanks Daddy kubwibikorwa
Byae byox p ndagushyigikiye
Team of My Heart is doing amazing and great ariko the next Episodes Suzi agamafaraga gazamukoraho those episodes will fire 🔥 ❤️❤️❤️❤️❤️ keep up with the good work I always wait for the video
We really appreciate you work Daddy that's why we will stick on you forever ❤❤. thank you 💕
Ababonako Bella yari yatangiye gukunda devu igihe yari yarashwanye na Benita musige Like 👍👍👍👍
Killer man@Justhere1az
Shn, njyewe nabibonye kera nukuri😂😂
Abasore bameze nka Yves ndabasuhuje🙌🙌🙌🙌
Basigaye hake hashoboka😅😅😎
@@alouettemakeuprwanda3012ahubwo se baracyabaho?? 😂😂😂❤
Yves weeee!!!!! Uri igifura!!!!!
sikoti na nyiranziyino ndabakumbuye
Ibaze ko ubuke ubukene burigusesekara kwa adlofe na Suzi ibaze Suzi namenyako Yannick ahari bizacuriki ❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Cyakoza Killa warakoze kuzana bijiyobijya❤
Yannick ndamukunda cyaneeeee gusa ntegereje ikintu azakorera kasha makocyera ndategerej
Ndabakunda,cyane,muradushinisha,pe 🎉🎉🎉🥀🙋💁🙇
Yive just eat 😅 no problem
Navi wareka kwirukanga mubakobwa uka jya gucura umugore wawe
Iyo wibagiwe aho wabuye ntiwabasha kurinda ahujya bijiyo bija itondere murwego ugezemo Kandi usubize amaso in Yuma yaho waruri ubashe gufata neza abo wahasize kuko nano imana yabagirira neza nkuko nawe byagenze Kandi ntabuzima wabamo udakenera abantu gusa team ya daddy ndabakunda murabarimu beza Kandi natwe tura turi kwiga neza Kandi tuzatsinda😊
MURI FILME INZI ZIZIMVE MY HEART IRIMWO KUKO URAVYE NKAHARIYA KWA BIJIYBIJA HAGUTWAYE INGUVU NYISHI CANE LOCATION NYISHI ZIRAZIMBYE
Niyo mpamvu ngukunda cyn daddy wanjye
Nkunda Devu characters ziwe,ntabwo ameze nkabantu bikigihe ,afite ukuri,niba Ari Nako uteye mubuzima bisanzwe byaba arisawa
😅😅😅😅😅😅bija urishima ugakavya ngo uwomusore ahumura nabi mukanwa😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Ese chriss ya zabanye na bella
Nsabiiiii weeeee😂😂😂😂😂
Daddy nihagire abakora ubukwe pp hagati yawe na. Bobo nukuri turabikeneye
Dave ngo ni inshingano rata ubwo niyirire umwana birangire
I am the one. give me like pls❤❤❤❤❤❤❤❤❤
🤜🤛❤
Shn suzi urasa nunaniwe gusa ndagushyigikiye Adolph nawe na kwiyereke peeee !!!!
😮❤❤❤❤
Maze nkubu ynnick akazafatira kasha kwa bijyiyobijya
Thank you Daddy wacu❤❤❤❤
Killer ukoze Formase kbs
Ndabakunda cyn ❤
Nomber on❤❤❤ Dad urakoze p
Daddy wakoze pe. Kuma weekend.
Bijiyobija😂😂😂😂
najye naje❤❤❤❤❤
Abibuka wamusore wabwiye Suzi ko azakena musige Like
Icyombona nuko bigiye gusohorape
Ntegereje ko biba pe
@@Beata001ful noneho bikazaba Nyambo yarabanye na yanike maze mukase azajya kubikubita imbere asanga Nyambo murugorwizi akamusaba na beti akabayaramaze kojyera kumererwa neza nawe akajya ajyakumusaba ewana yaba arisho kbc
Sukwifuza ikibi kubandi ariko umuntu wese wirase kubandi aba agomba kubona isomo rimwigishako uyumunsi humuntu hatandukanye nejohe hazazape
Ese yagiyehe wamuhungu nari narabyibagiwe
Number 5dady urakoze turiye kabiri❤❤❤❤❤❤❤abakunda Yannick nkange like👍
Ndababazwa nukuntu nsabi yica umuti pe😢 yaretse kubyitambikamo sankala akitwarira jojo
Suzy noneho arabamara gsa Yannick tubabariye kasha uzamuhane mbere Yuko amenya ukuri ko wamuvumbuye😢😢😢
Shalom Shalom umun wifuzak nana yasubirana, Na bob like 🙏
Rwose dushaka kubona suzi yahuye na Yannick ubundi tuzirebere umuriro 🔥🔥
Bijiyobija
Gose naforomina barancimishape
Ndabakunda cyaneeeeeee
Aboturi kugimfuntsi hamwe hano mu uganda mupe likes twimanukire
Turahari muzehe wacu tumirinyuma
rwose dady uyumunsi udukoreye akanu keza niyo mamvu nzaguhoza kumutima❤ ababyumva nkajye like iracyenewe
Ark muzadufashe bijiyobija amenyeko kasha ariwe wahemukiye Yannick
Mwicumi bambere njemo abazanyuma mumpe like nayiraye kwibaba❤
Mana yanjye rwose kasha azave muri runo rugo Jojo akwiranye ña Sankara ahubwo yari yaratinze❤❤❤❤❤❤❤
Asante Daddy wacu Yannick AKA killer man and papa Malick we Loto’yu byinshiii blessings over blessings 🩷❤️❣️🙏🏾🙏🏾🙏🏾
Haah bija asigaranye ubwibone yabaye inkira buheri wee ngobara kumunukira Sha nukuntu yajyaga amukopa koko ahaa sukubakorape rwose abatabawe bage birinda ubwibone nubwirasi kugirango batazasubirayo bikabagora nukuri
Bijyiyobija weee ivugire make cya kasha nawe cya guhitana urebye nabi ,sinjya mumpenyera buriya arko Yannick ndamwizeye ararye Ari menge
Abishimiye ko dady atugaburiy 2 nkange musig like Suzi we ibye ntag bizoroha pee!!
Ninde muntu ukunze ukuntu suzi aba ari confidence 😂😂😂😂
Ni overconfidence 😂😂
😂😂😂😂😂😂😂@@uwamurerafloride5172
Confident sana
Harabacyinnyi bageraho ntitubumve bajye bajyerageza bazamure amajwi yabo gusa Yannick thx kuduha episode yakabiri twabyishimiye watwirije neza kwer courage kd turabakunda😍😍😍😍
Wawuuuu byiza cyane daddy A love you too abakunda daddy nkanjye mumpe like
Makunzi ba my heart mbere na mbere dushimire Dady kuba uyumunsi atuga uriye kabiri ubundi niwowe wacu uzakuvuga nabi nzamwangaza mwarimuraho ariko🎉🎉🎉🎉🎉❤❤❤❤❤
Yannick ndamukunda cyane udukorera umunsi
Ntg nakwizerako aruduce 2 pe thanks daddy i love u
Suzi asuranye umujinya,no kwinera birakurikiraho😂😂😂
Nsabi na Claudia bazakundane turagusabye please 🙏 ndi Aline ndabakunda
I love you Daddy and your team ❤ in one min
Dady dukumbuye mark ababyumva nkarye mumpe like
😂😂😂madam my huni ihoho pucuri 😅
Ibaze ko ubuke ubukene burigusesekara kwa adlofe na Suzi ibaze Suzi namenyako Yannick ahari bizacuriki ❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Wow Yanick aduhaye iyindi posho❤❤❤❤ thx suzi nayazane asange harimwo Yannick 😅😅😅
Sankara ❤ ❤ Yannick ❤❤ we love you more ♥️ 🤍 ❤️
Ni bon ❤❤❤❤❤❤ mushake ukuntu mwakosora akantu k'amajwi muri ep 2 zirangiye Hari ahantu bavuga gahoro cyane. Bijiyobija niwe uvuga ijwi rikaza Ari ruzungu👍🏽
Daddy uyumusi aradukoreye akantu keza kutugaburira kabiri nyagasani aguhezagire❤❤❤🎉🎉🇦🇪🇦🇪🇦🇪🇧🇮🇧🇮
Daddy akaba adutayemo ibindi byishimo Thank you ❤❤❤ Daddy
Esewe muba murekereje uziko jyakuhagera nzingondimubahafi ngasanga ndibesha😂😂😂❤
Daddy twishimiye ukuntu wumva abana nkumubyeyi kd umwana iyo ahaze arashima murakoze
Umusa ndakwemera kbx udutekerezaho kbx
Daddy nawe usigaye udusirimura uba wadukoreyumuti kbx thank you daddy
Bijiyobija numutiwamenyoo 😂😂😂😂😂😂😂😂😂 akantu kotusura nikokanyisheee
Ninde ukumbuye nzayino kk ngo akore like???
Njye simukumbuye pe
Noneho tugiye gushisha twumva urakoze 🥰 Daddy wacu ❤️💚💚
Nasure vuba azane amafaranga yakapanyi Kashi ndamwanga pe
Noneho tugiye kubyibuha pe turiye kenshi. Thx daddy 🙏🙏
Thanks daddy umefanya vizuli Leo ubalikiwe nakazi yako lakini kunakashida kidogo ka sauti❤❤❤❤
Ark ndahaze pe dady wacu thank you so much imana iguhe umugisha 🎉🎉iyo abana bahaze barashimira rero nashimye ❤❤❤❤❤
I"m the one mumpe like nyinshi cn❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Mbaye uwambere gyysss abakunda daddy nkanje mundemere 🥳🥳❤️🩹❤️🩹
Mbega byiza weeeee ❤kurya kabiri😂thanks dad❤
Abakumbuye nzayino murihehe❤️
Sinzi impamvu ndikwibazako icyi cyumba ba nana bari gukiniramo atarucyo muri yanzu babamo😂 mvugiye hejuru
Abantu mwese mukumbuye kubona Mark arikumwe na pelliy musige Like 👍👍👍👍
yego mark turamukumbuye
Suzi ndanona yakaniye pe ❤❤❤
Thank you papa urumubyeyi mwiza uzirikana abanabe pe!❤❤❤❤❤❤❤
Ariko murakina kweli!! reba ukuntu Suzi isura ijyanye nibyari gukina❤❤❤
Bobo wababariye Nana Koko 🙏mutege amatwi ntabwo azongera gukora ibintu ahubutse
Urumubyeyi mwiza wita kubana be , Nyagasani akwagure muri byose
Ark Sankara ufite ijwi ryiza urakunditse ark wagirango uri musaza wa Jojo ndabona musa❤❤
Byaribyiza tuuh mump like ♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️🙏
Subwo mbaye uwambere ra abaza nyuma mundemere my heart hejuru ❤❤
Suzi muzamuhe igikombe pe ,ibyo akora arabizi
Arabizi pe
Valensi azaze muri my heart
Háno ntanka cg ihene yaragira😂
Umva mbaye uwa 44 Zusi we naringukumbuye
Negerej killamani ahura na kasha🔥🔥🔥🔥🔥
Kuma second 10 mumpe Like ❤️❤️❤️❤️ mbaye uwambere
Ndabaza mwese bakunzi ba my heart ese mubo ibyo papa yanicke yakoreye suzi aribyo? Yg suzi yarakosheje ariko baribwicare nkumugabo numugore biyemeje kubana mubibi nomubyiza bagashaka igisubizo ariko atamubwiye gushaka amafaranga atazi aho ayakura p,yanicke ndamukunda pe ariko icyo kintu yakoze naramunenze suzi nawe warikureka guhangana ugaca bugufi ukaganira numugabo wawe baca umugani ngo aho udateze umugeni ntuhanga umugayo uba warasabye imbabazi umugabo wawe ndetse nabana bawe murakoze
Thank you daddy wacu 🥰🥰🥰❤️🤍
Bija na Flomina mukinyenga cy,ubukire Sha , wawoooo❤❤❤❤❤❤
Thank you Daddy you make my day
More blessings upon you 🙏