Hello dady thank you for everything! Gusa njye ikintu nagusaba nkumufana wawe nuko washaka uko wazongera ukaduhuriza na mama wawe( Suzi) na nsabi iyo scene yaba arisawa kbx Indi scene nukumenyako mwarabu ariya mafaranga ya bijiyobija uko bizagenda kugirango ayamuhe respect dady🙏🙏🙏
Yewega ye nagoswe pe, inga mba nge kurya zino mvange mbone kuza nicare ndebe , arko nizere ko nyirankotsa mama kasha mwamuzanye nkumbuye ubushinzi bwe😅😅😅😅😅😅😅
Appreciate for the hard work Daddy do to give us, only waiting for the wedding Bijiyobija and Folomina.
Number 6 I love you so much for giving us good movies to watch and I also like them
Ibya Bobo rwose no kutabyara ntimubyinjiremo cyane pe murenganure na Devu rwose
abantu mwibuka uko my ❤ yatangiye ndabasuhuje munyikirize mumpa like ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
❤️
Abantu twatangiranye my heart mwidarap tubabone❤❤❤
❤
Ndishimye urugo rwo kwa Dav rwagarutsemo Imana shitani yahunze Amen
My Heart yuzuye mo ibinyoma byinci pe nkureba uko bigabanuka, Chris , bobo, Sankara,.... ❤
Ibaze ko Jojo na Sankara barikwikanga kasha nanjye nkacungana nariya marido nzingo abaguyeho😂❤niba namwe ari uko nkandira ku ifoto❤
Umvugiye ibintu nange nabonaga yinjiye
😂😂😂😂😂😂😂
Nana witwaye nabi mucyibazo ugomba kwihanganisha Bobo musabe imbabazi kd mubane Imana ishobora byose
Ibaze ko nange nacungaga amarido cyane
Nange kasha ndikwikanga yabaguyeho
Daddy mugire ibyo mushyira kumurongo peh! Ibya devu, ibya chris,ibya jojo nukuri mubikurikirane peh turabakundag cyane
Ndibaza komudahanura abantu kuvugukuri mukabigisha ibinyoma muvyukuri sivyiza tugiye. Kuyirambigwa pe 🇧🇮
Bimika ikinyoma bagakabya
@@mamakensane8388cyane rwose barakabije
Mwiriwe neza shut ndufatanyije gukunda my heart ❤️
Abakunda ukuno, Chris akina Ari series,like🎉
Ukuntu Suzi aba yashyize bobo imbere bigaragareko bobo ariwe mwana utari uwa Adolphe pe 😂😂😂
😂😂😂😂😂😂😂😂😊😊😊😊nange nikp mbibona
Mubyubahiro tubagomba mwazagerageza kongera amanwi yany, murakize❤
ngo kongera amanwi yany mirakize 😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
@@nyirabavakuregaudence-g9j😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Cyaze noeho my heart isigaye yarambanye ubucyi❤❤❤ ariko noeho Suzi arica umuntu😅😂😂 daddy uri uwambere ukanikurikira kbx ❤❤❤❤❤. Kndi courage tukuri inyuma
Nana nawe numunyabibazo gusa pe ababibona nkange mukande likes
Ndabakunda muranyigisha mwazanjyanye muri flm ndabikunda cyane birenze pe
Dady tugukunda cnee❤❤❤
Number 1 from 🇷🇼🇷🇼🇷🇼
iyi film yatangiye ari nziza ark imaze kuzuramo ibinyoma. mushake uko mwabigabanya nahobungi nta cyanga igifite
Abanu mubabaye
Yuko bobo atabyara nimunyihere like ❤❤❤❤😂❤😂😂😂😂😂❤❤❤
Sinzi impamvu nsigaye nihutisha cyane ? Abameze nkanjye like hafiho
Niba ntamutima mubi mpa like
Ndi uwambere
ndayiguha ye nshuti
SERUFIGI COMEDY mumpe like
Njye nsigaye nihitisha nabuze ikintu ndeba muriyi film yabaye ibiganiro gusa
Suko rata bimaze kurambirana couple yo Kwa wamushuti WA Yves nabuze ikijyambere,umva birigutera ikirungurira dady dushyiriremo uturungo😂😂
Ahubwo byabaye ubujajwa bagenda bahaahana😂😂😂😂😂
@@inezadative1062 njye nsigaye mbona byarabacanze ibintu byose byo muri my heart ni negative gusa! Ngaho bobo ntabyara ngaho Bella arabeshyera devu ukuri ntigutsinda ngaho willy ari mugihirahiro ngaho natasha arabuze ngaho kasha ibyabaye babinywereyeho amazi mbese uribaza ibintu byose bihora ari negative nonese ubuzima hari ibyanga hari nibyemera ibyabo rero ni ubujajwa mugani wawe ni ukutumarira mega gusa
Bahora munkuru zahahise gusa ntanibijya ahagaragara nukuvuga inkuru mpaka umukinyi wese bakamusubiriramwo ukumva birarambiranye nge sinkigira numwete kand isohoka ndeba arko nkumva nubundi ntabirenze bitewe na title @@uwayesuchantal8658
Gadi yavuye kwizima p😊😊😊😊😊 nkumbuye devu na benitha binshimye nukur rwose Dady
Nduwa 3 wawuuu daddy kumutima komereza aho Imana ikomeze igutize ubuzima kand umutima wo gufasha ufite uzawukomeze
Cyokoza nkunda wily pe nimwiza wallah ❤
Bobo pole sana gusa birakomeye nibigera kwa suzi, Nsabi wowe unkorera umunsi kbs ati ntukanyite baby 😂❤❤❤❤
Number 1 ❤❤❤❤ mumpe like najye ndyoherwe
Nahageze nange from Uganda 🇺🇬🇺🇬🇺🇬
from Uganda 😂😂😂😂😂😂😂 giruti nyamagabe
Ese Natasha na Marc na wasese bite ko babuze
Nukuri turabashaka
Gad ?&Julliet nda❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤,iyo mbasanze mo mbanumva tugiye kumera neza
😂😂😂😂yewe dukunda bitandukanye koko iyo mpageze ndihuta
Ngewe iyo mpageze niruka cyn
mbaye uwambere umuntu ukunda yannick nakande kugaphoto kange maze akore ahanditse SUBSCRIBE maze twibere inshut ni Derrick wanyu ndabakunda ❤❤❤ Imana ibarinde
My heart ❤️ kila we love u from BURUNDI
Nbr1 abari bayibuze bahora bareba like hafi
Sinakunyuraho ntagihaye like kuberukintu nkwemera
Sinakunyuraho ntagihaye like kuberukintu nkwemera
Nukuri bobo na nana kill yibima umwana kuko ibi ntibyatunezeza😢
Bobo ibye ntibyoroshe kabisa ❤❤❤❤ mwari muraho Ari ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤ ndabakunda cyane kuraje to
Biewe nahantu my heart imajije kugera abantu bifuza Ko Daddy Wacu yazakora Show ya my heart Mutsigire like dukomeze❤❤❤
Bolingo nkunda nsabi cyane
Number one🎉🎉🎉
Killa urumuhangana bro keep it up bro
Mbaye uwa❤❤❤❤
Cloudia lLoveyou mbanumva nagutangamo ipasi kuri blo wanjye
😂😂😂😂gerageza ntukiyime uguha ahari
😂😂😂😂😂,uransekeje pe!
Mbega cloudia gusa ndagukunda pe my heart hejuru ❤❤❤
Urakoze narinahangayitse
Ark nsabi urasetsa gusa lv u❤❤
Hello dady thank you for everything!
Gusa njye ikintu nagusaba nkumufana wawe nuko washaka uko wazongera ukaduhuriza na mama wawe( Suzi) na nsabi iyo scene yaba arisawa kbx Indi scene nukumenyako mwarabu ariya mafaranga ya bijiyobija uko bizagenda kugirango ayamuhe respect dady🙏🙏🙏
Dukumbuye mama nyambo❤❤❤
Nber1
Twari dutegereje peee
Mushyigikire Jojo na Sankara bigendebneza
ibyo biryo byabobo biboneke twishime nahubundi murigutuma duhahamuka
abumvako abakinnyi ba my heart bajya bongera amajwi. kuko avuga gacye mume like
Mume like nukurip kuk mubahafi najye ndimo gusa bob arambabaz😢
Korodia na Chris ❤❤❤❤❤❤ muri abavandimwe beza
Bob9 wowe nana mubwire mama kwinda yamvuyemo kubera strees yatewe na mama mbagiriye inama
Cyakora urukundo nirwiza Nsabi yarahindutse arasaneza Claudia yahinduye Nsabi umusirimu ndabikunze rebarariko ukuntu abayambaye
Number one
Ark daddy nukr uraraba ntuteze bobo suzi yomwica asanze atavyara knd yamubwiyeko umukunzi wiwe yibungenze sha hagiye kugurumana pe knd na willy arakwiye kumenyako kelly afita inda ya chris akareka kuguma amubwira amabanga yose sawa ndabakunda team my heart mwese ndiho abahezagire❤❤❤🇮🇶🇮🇶🇧🇮🇧🇮
Kerry uzavugishe ukuri gukomeza kubesha ntabwo birikukubera
Hello guys ngewe Chris na clodia baratsekeje pe gusa munfi ❤❤❤❤❤❤❤
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤🎉🎉😂🎉🎉🎉mbega bobo weeee ndumiwe
Sha arababajye cyane.
uraho bazina we ka nkuhe aka like kbs
Yewega ye nagoswe pe, inga mba nge kurya zino mvange mbone kuza nicare ndebe , arko nizere ko nyirankotsa mama kasha mwamuzanye nkumbuye ubushinzi bwe😅😅😅😅😅😅😅
Number 3💪💪
Willy ntangiye kumukeka pe! Ushobora kuba hari ibintu ushyira muri iyo wine! Ahangaha wacyishe kbs! Chris aragufite agatego wakaguyemo
Ndabangutse inyuma muturobeshe kuri twa like🥰❤️❤️
❤❤❤❤Mba ndekereje Daddy yashyizemo karye ukumve tu
Number 2
Icyindi nkunzukuntu gadi
wemeye guhindura ibitejyerezo
nibyiza! iyoukomeza kwihagararah wariguhomba
byishi
Ukuntu Yaba romantic yabishatse se!
Daddy amangesho turimo gusengera bobo umuhe umwana
❤️🌹🌹
Noneho nje kare mumpe twatuntu ❤❤❤❤
Mubanze murenganure devu ibya bobo bizaza nyuma pe
aho umvugiye ingingo kbs
I love my heart
Mujye mukina ibirangira naho ubundi icyanga kiri kuvamo pe!!!
Iyi film isigaye ibishye
❤❤❤❤❤❤❤❤ nimubanguke ddy yabikoze
Dady ndagushimiye
uricyitejyererezo murisinema nyarwanda nkuko wabivuze
awadi nticyitari awadi cyizizana
❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Ariko Sankara uzi kuguyaguya pe🤝🤝
Mumpe lik nimubona komba ndi tayali
Abantu mwese mufitiye ubwoba bobo na Nana yibizababaho nyuma yuko suzi azamenya ko umuhungu we atabyara mumpe Like 👍👍👍
Turashaka kubona couple ya Yve na Nina nayo yahuye nibibazo kbs ahubwo iya david na Benitha nayo yishimye
Nishimiye ko Nsabi yavuye muri byabyenda yabaga yambaye
Twabakiriye❤❤❤
Chrisssss 😢😢😢😢😢😢 you are the best actor urwanda rufite 💜💜💜💜
❤❤❤❤
Thank you 💕💕💕
Mbega 🔥🔥 🔥 Chris and cloudia
Nababo mbaye uwambere musige like
Number1
Ubu nibi bya bobo bigiye gutinda nkibya devu 😢my heart rwose mwitubihiriza
Claudine na Chris nkunda umubano wanyu❤❤
Ark mwazahindura ahantu jojo na sankara bacyinira kuko bahora ahantu hamwe peee!
Ese watubabariye mukareka kubabaz bobo numwana mwiza namutima mubi murajyirango aheranwe nagahinda koko uwamukunda koyamwanze mwatubabaeiye koko
Umwotsi wa grenade😂
Igitoki cyo muri Vietnam 😂
Uyu mwana azavuka ari ininja pe😅😅
Mana weeee naringizengo clodia afashwe nadayimoni weeee umutima warundiye ko agiye kwikura ahashyushye pe
Sha Bobo urambaabaje kbs 🥲🥲basi Yannick aguterere inda 😎
Nkunze turiyatuntu korodia na Chris bakora twogusuhuzanya
Mwari miraho ariko🎉🎉🎉🎉
Abantu jeste ya Claudia na chriss isekeje bampe like! Nabonaga bagiye gusomana😂😂😂😂 cya Chris cyari gipapye😂
eeeee❤❤❤❤❤😊