NIBA UTARASHAKA NTUYIREBE⛔Amabanga y’abashakanye_Gukemura ikibazo cyo kurangiza Vuba |Hubert Sugira
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 5 มิ.ย. 2024
- "Welcome to Balance Life, your compass for holistic living! Dive into a world where faith fuels your spirit, family nourishes your heart, finance empowers your journey, fitness invigorates your body, and friendship enriches your soul. Join us on this inspiring quest for equilibrium, where every aspect of life finds harmony, purpose, and fulfillment. Subscribe now to start on a transformative journey towards a balanced and abundant life!"
- บันเทิง
Thank you for the Good lesson
Jenny is an angel na mbere akiri muto muri university twariganye yarumukobwa witonda cyane kandi acishije make N umwana mwiza cyane
Murastesta iyo muvugango abatarashaka ntibayirebe ibyo bituma bayirebera icyo ahubwo 😂😂😂😂😂😂
Just nukugirango twese tugire amatsiko
sibyo rata
Thank you so much man of God.
Murakoze chane kukiganilo chiza muduhaye bipfila mukutaganila
Urimo uravuga neza, umugore atinda gushyuha aliko iyashyushye atinda guhora niyo mpanvu umugore agomba gutegurwa cane mbere yo gukora igikorwa cyabashakanye.
Umugabowe ashyuha vuba kandi agahora vuba
Good testimony.God bless your family again
Murakoze chane
Abatarashaka keretse uduhidinze niba wabishobora, kuko tumenyereye ko Ibiganiro byanyu bitwubaka muburyo bwa past, present & future
Suko se wenda twanabyigiraho
Nukuri Imana ibahe umugisha mwishi cyaneee ndabakunze
Good job brother .u re right about all you are teaching us
Mukomeze mudusangize ibiganiro byubaka urugo❤
mufite experience kandi muhabwe umugisha uva ku Imana ,icyindi umugabo yatubwira ujyumwambika yambaye neza nabyo nabikunze
Ibyo muvuze nukuri kuzuye pe,be blessed kbsa 😊
Ubarikiwe sana mwarimu mukuru
Muzatubwire kungeso y' ubusambanyi. Thx
Nukuri.mama
Basi ubutaha muzagabanye iyo music nduva iderange umuntu ntiyumve neza
Mubarikiwe sana
Ongeza volume ibyo niko kuri kuganira ntimuhishanye is better
Mutegure abana mbere yo kubana bige umubano,naho ubundi ntarugo rwo kumihanda
Nukuri urakoze nanjye ndi muriyo power struggle
Ibyo muvuga nukuri rwox benshi bari mungaruka zabyo rwox itorero ridufashe ryigishe abantup
Aunti ❤
Imana ninziza yaguhinduye Koko Ngewe ndakuzi urinshuti ya cousin wange 1key Kwa Ve H nigute wahindutseko wakundaga kurya isi brother
Ubwose ibyo byaringombwa 😂😂
you're right 100% brother keep it up.
Mbega
Ariko nkunkiyo uvuze ngo ntiba utarashaka ntuyirebe 😢 uba uvuzengo ayirebe kuki mutagira gushishoza uburero namwe mushyize ibuye ryanyu kugukwirakwiza ubusambanyi murubyiruko cyane ko aribo bagira amatsiko mwitwaje imn
Uwagutuma ubusambanyi wajyana ubu nabiga mumashuri meza barabyiga
Power struggles niki mushatse kuvuga?
Ahumbwo abana banyu babihange Amaso na matwi!!!
Egooooo gute subwo
nkubu haribyo muri kuzimiza ntidusobanukirwe,ariko bitari bunyure kuri youtube twasobanukirwa
Uzansengere nange mpinduke
Ikiganiro nikiza ariko hashyirweho ko cyajya gitangirwa kunsengero
Zaburi torero
Mwagiye mubigumisha imbere munsengero,ahubwo mukabiha igihe bakaza gufata amasomo.kuko hano hari abumva ayamasomo atabareba
Gutese ntukikunde abana bImana bagomba kwigisha abataragize amahirwe yo kwinjira munzu yImana kandi bibafasha gushaka aho ubwo butumwa bwubaka buri
The background music is too much
Mbega abagabo! Ni electrical charged!
Pow stago Niki?😢
Urugo rwubakwa n'lmana ntabwo rwubakirwa kuri sosial media,abatubyaye se ko bubakaga,babinyuzaga kumbuga nkoranyambuga,Ibyobibera mumateraniro yabubatse ariko Atari kumbuga nkoranya mbaga,nonese komuvuga ngo habadadwije imyaka badakwiye kubireba,mushyiraho ingufuri idakingurwa naburiwese,cg ahubwo mubatera amatsiko bakabireba.uko nukwishyirahanze mubana banyu
Ibyakera byakorerwaga mumatorero mumyiherero ba nyirasenge .nta Internet yabagaho.ahubwo abarerewe mumuhanda muhawe umugisha kuko mutishyuye
Mureke kutubeshya ,iyo mubanye neza niyo umugabo yakwicira akajisho abaguteguye kuko uhita umenya icyo avuze.
birashekeje kuba umugabo yakwicira ijisho gusa abantu ntibateye kimwe
Gutegurana niyonzira yonyine yubaka urugo
Umugore nawe agira saison nkizindi nyamabere zose.
UYU NGO ARAVUGA NK’ UMU POROFESIYONELI 😂😂 NI UMUJYANAMA W’UBUZIMA SE??
Muraho neza nukuri ndumusore kndi nyeneye inama zanyu kuko ibiganiro byose ukora ndabikurikira nkukeneyeho ubujyanama bwimbitse murakoze
Ariko Mugabe dumva ibyuvuga ubifitemo ubumenyi ariko nukuvuga kubagabo gusa ukibagirwako na bagore kw’arabantu uwariwewese agombakugira icy’atanga kuki umugorewe atagomba kwitegura umugabowe? Haribyishi bikenewe n’aabagore bamwe bac’abagabo inyuma,barasida,bagir’umwanda,nno kubahuka abagabo bakabatuka.niziradende rwose ninama nziza gusa nukongera ubushozi bwokuvuga kumpande zombi kuberako ibyo mwigisha bigera Kure hashoboka mbaye mbashimiye kubufasha muruguha abiyemeje kubana akaramata.
Icyo umubiri rata ninacyo gisenya kuko wanyuzwe ntiwaca inyuma cyane kubagore naho abagabo keretse ufashe ikiziriko niho wabashobora nabatabikora phisical bata umwanya batereta , ubundi bagataha bazitwaye muntoki bakajya gutera akajagari mubagore gusa mwigishije neza
@@user-jd8mt5se9z😂😂😂
Ahhh!!! Bon
@@user-jd8mt5se9zOya nawe uratubeshye abagore ntago baca inyuma abagabo babo kuberako batanyuzwe reka reka reka
Ibyo biba aramahitamo yiwe kubera kuba imbata yicyaha
kimwe nabagabo ntampamvu nimwe itera gusambana...erg guca inyuma nugusambana kd twese turabiziko aricyaha
Rero ibyo byose ni inzitwazo
Ukuri nuko uba warabaswe nibyaba nyine
Ahubwo mwaravangiwe,mwamamaza ibyurugo kukarubanda
Ubuse wowe urumva bitakubatse
.
Ntacyo bimfashije, lmana uburyo izanyubakira nibyo bizamfasha,ntamuntuwanyubakira ngo rugumeho,ubuse barara batemana mutarikubyigisha kukarubanda, ahubwo nimikorere yasatani yogutoza abana bato u usambanyi
@@uwerafrancoise6638ubwo nyine wowe Niko ubyumva ntawakuveba😂😂
@@uwamahorochristine4504Urugo se ntirubaho ku karumbanda? Abantu ntibasabwa, bagashyingirwa ku karubanda? Kuki ibi bitahavugirwa!