MUSONI Flavien: Ihangana rya Paapa na Bibiliya; Mugende Butarira!
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 1 มี.ค. 2024
- Umuntu ugitangira kwiga Bibiliya ashyizeho umwete, ahita abona amakosa ya Kiliziya Gaturika n'andi madini yayobye. Niwiga iki kigisho urasobanukirwa byinshi cyane maze urusheho kumenya neza imitego Satani yateze mu madini.
Mushumba Uwiteka aguhire cyane
Kandi inyigisho zanyu ziradufasha cyane
Musoni twariganye ,komera ku murimo w'Imana ngaho uyikorere izaguhemba
Amen! Imana idufashe cane isi igeze habi❤❤❤❤❤❤❤
IMANA irengere imitima yacu
Imana iguhe umugisha muvandimwe, kdi ukomereze aho🙏
Imana iguhezagire kand iduhe guhumuka kuko turi mubihe bigoye nubwo beshi tubona ibihabaye nomundoregwamwo ya gihanuzi tubona kw'isi iryoshe kandi ukurimbuka tukurimwo kubwivyo dusabwa guhunga tudapfa
Ntabwo ukuri kugomba kubana amahoro n'isi ukuri 0kugomba kuvungwa
Musoni imana ikongerere umugisha
Yesu ashimwe ncuti imana iguhe umugisha kd ikwagure
Malanatha! Twese uwiteka aturinde kurindagira , Twibuke ko turi mumugoroba w ' is. Nibyo mbasabira nange ni sabira ku bwas Yesu umuremyi n' umuneshi.
Jina la bwana Yesu lipewe sifa
Amena
❤❤
MANA duhe inkomezi
Cyane
Ntimugasome ibyomushaka kuvugaho mwataka ayandi madini, inuka yuko biranditse yuko, buøyanditse yuko mubihe byanyima hazaza abantu benshi biyita abakozi bimana. Waba utarumwe murabo?
Muvandimwe nta kibazo kiri mu kuvuga icyo utemera ku bo mutizera kimwe, mu gihe ubona batari gukora ibyo Imana ibasaba. Mbese Yesu ntiyise Abafarisayo indadya? Ntiyabise ibituro bisize ingwa?
Ibyo nta kindi cyabimuteye usibye kuba yarabonaga babusanya n'Ijambo ry'Imana.
Ikizakwereka ko umuntu ari umukozi w'Imana nyakuri, ni uko azaba ahuje n'Ijambo ry'Imana. Ariko mu gihe adahuje naryo, azaba abeshya. Murakoze.
Nigihe cubushatsishatsi uvuze ukuri .natwe twarashatseshatse dusanga Isabato itangurana n'umuco Samedi mugatondo ikarangira dimanche mu mutwenzi apana vendredi mwijoro
Oya muvandimwe. Isabato itangira Vendredi izuba rirenze, ikarangira Samedi izuba rirenze.
Urugero, urabona ko mu gitabo cy'Abalewi babaraga umunsi bahereye ku mugoroba, bakageza ku wundi mugoroba.
Abalewi 23:32
[32]Ujye ubabera isabato yo kuruhuka mwibabaze imitima: mujye muziririza iyo sabato muhereye nimugoroba ku munsi w'uko kwezi wa cyenda, mugeze nimugoroba ku munsi wa cumi.”
Washakashatse he ?
Sobanura uko wasanze ari kw isabato itangira ?
Uturangire naho wabikuyeee
Aliko Kiriziya Gatorika urimuli rwayo umenya rubamena umutwe
Kuki muyibasora mutarira kumbehe imwe.?
Ubutabera bw.Imana Data Uhoraho bucire urubanza amashitani yirirwa ayobya abana b.Imana.
Ububasha bwa sekibi buri mu madini yashiinze mburoshye mu nyenga y.irimbukiro muizina rya Yezu Kristu Mwami
Ntukihutire kuvumana muvandimwe.
Ahubwo ikiza, ni uko wakoresga Ijambo ry'Imana, ukatwereka koko niba ibyo iki kigisho kiri kuvuga ari ibinyoma bibeshyerwa Kiliziya Gaturika. Murakoze.
Hano umwigisha araguha ibihamya bityo nawe uduhe ibihamya kandi. Ndagusabuye ngo. Mubo mwuka wera agenderera nawe akuggenderere. Umenye ukuri
Ntabwo Imana yabaciriyeho iteka kuko muri muri kiriziya ahubwo mwe muharanire gukiranukira Imana. Nimumara kuyikiranukira niyo izabereka idini ryukuri . Biriya byose musoni yigisha nibyanditswe biri muri bible ntanakimwe yavuze Kiri hanze Yi jambo ryimana.
Nibarugushaka abayoboke na amafaranga! Ariyompanvu mugenda musebya abandi! Murikuza ariko imana izabacisha bugufi mwumirwe! Mwe musenge muvuga ngo, twebwe ntitumize nkabagatorika. Abagatorika bakavuga bati twe turabanyabyaha, ariko turagutumuye uze ubane Natwe. Ninde ntungane? Mwakwigiye kuri Pastor Rutayisire. Ngirango mwebwe mwicwa nokutiga. Amashuri mace kabisa
Yesu ashimwe muvandimwe.
Ese nimbona ikibazo kuri mugenzi wanjye nzabure ku mucyaha? Ko Yesu yacyahaga abadakora ibyo Ijambo ry'Imana risaba, twe ntiyadusabye kugira gutyo?
Ese mu byavuzwe, ni iki cyavuzwe kidahuje n'Ijambo ry'Imana? Murakoze
Ibyo musoni avuga nibyo100% . Gsa wihangane niba bikubangamiye bite we ni myemerere yawe. Ntabwo uruwo gucibwaho iteka ahubwo imana igusange maze ikuyobore muvandimwe.
Ese definition yanyu ntiyaboneka mutifashishije catholique!?
Mwiriwe neza.
Bibiliya yigisha ko ukuri kose kugomba kuvugwa, niba hari ikosa wabonye kuri mugenzi wawe uba ugomba kuricyaha, maze akamenya ukuri. Dore ko hari n'ababa bamwigana gukosa, kandi batazi ko ibyo akora bibujijwe. Niyo mpamvu biba ari ngombwa gushyira ukuri ahagaragara, maze abanyabwenge bakunda Imana bakakugenderamo. Murakoze.
Buragoroba buraca Niko Bible ivuga .apana buraca buragoroba
Amafaranga bayatange bayaha nde ?umurimo wlmana ukeneye amafaranga ni nkuwuhe ?munfashe munsobanurire?
Amafaranga ahabwa Imana. Ariko ntazamuka ngo ajye mu ijuru, ahubwo afasha itorero ry'Imana muri rusange, abakene, ababaye ndetse n'abitangiye gukora umurimo w'Imana iminsi yose. Murakoze.
Jya wigisha ibikureba ibyabandi ubireke.hagarara ku kwemera kwawe
Oya muvandimwe. Ntabwo ibyo byaba ari igisubizo kiza.
Imana iduhamagarira guhugurana no gufashanya. Mu gihe mbonye inenge kuri mwenedata, mba ngomba kumwegera maze nkamusobanurira, nawe agahitamo kumvira Imana cyangwa kuyisuzugura. Gusa icyo twifuza, ni uko abantu bakumvira Imana nk'uko ibisaba. Murakoze.
Nonese niba Imana itavuga twaba turushywa ni iki Nyakubahwa Muvugabutumwa
Yesu yajyaga ajya ku musozi gusenga , knd yaratubwiye ngo tugere ikirenge mu cya Yesu none uratubuza kubikora, ikindi abajyayo si uko baba batizeye Imana. aho ngaho rero nawe ururimi ruranyereye.
Abagalatiya 1:8
[8]Ariko nihagira ubabwiriza ubutumwa butari ubwo twababwirije, ari twe cyangwa ndetse marayika uvuye mu ijuru, avumwe.
Muvandimwe twemera ko ibyo Imana yavuze, yabivugiye mu Ijambo ryayo, ariko ntiduhakana ko itabwira umuntu. Niba hari ubutumwa buje, n'ubwo bwaba buzanywe na marayika, ariko bubusanya na Bibiliya, ubwo ntitugomba kubwemera. Murakoze.
Hari ikindi kibazo mwatubaza ntakibazo
Ukuri kose ntabwo aringombwa kukuvuga please,Nimugumura abantu kumategeko atugenga kwisi twese, Ntabwo muzongera kugira umwanya kwisi,Hazazaho Ubuyobozi buzabarimbura kdi Nitubahambiriza kwisi no mwijuru ntabwo muzahagera
Abagalatiya 4:16
[16]Mbese mpindujwe umwanzi wanyu n'uko mbabwira ukuri?
Muvandimwe kuvuga ukuri abantu bakamenya aho bahagaze si ikibazo, ahubwo ni ikintu tutagomba kwirengagiza.
Kandi nta kindi twakora usibye kuvuga ukuri tweruye.
2 Abakorinto 13:8
[8]Kuko nta cyo dushobora gukora ngo turwanye ukuri, keretse kukurwanira.
Mbega wowe! Natwe turabizi ko ariko bizagenda ,ariko iryo juru uvuga ngo ntiturijyeramo siryo twe tujyamo. Ijuru ryacu rifitwe n'Imana yaduhamagaye.
@User nonese ijuru uzajyamo ritarwanira ukuri nirihe koko? Ubereshe ukuri kuko ijambo ry ryanjye ariyo kuri
@User nonese ijuru uzajyamo ritarwanira ukuri nirihe koko? Ubereshe ukuri kuko ijambo ry ryanjye ariyo kuri
@@impandayimperukaministry6509muvandimwe erega iyo ubonye umuntu uvuga atya uhita umenya ukuntu abana ba Maraya ukomeye bazarenganya ubwoko bw'lmana