Izi mpaka zanyu si ngombwa. Umuganga yaba yarangaye cg atarangaye uwamukubise yakoze amakosa kuko ntabwo yemerewe kwihanira. Igisigaye ni ukumenya ko na muganga yari yarangaye agahanirwa amakosa ye ariko ay'umurwaza warwaye we ntaho yayacikira?
Ama centre de sante akora nabi rwose nubwo igisubizo kitari ugukubita muganga ni kenshi rwose ababyeyi babyarira hasi kdi wahamagaye muganga akakwihorera
Arko uyumugabo ubanza atazi akaga duhura nako iyo twagiye kwivuza cg turwaje abaca muri ayamavuriro yareta cyane cyane ayo mubyaro
Abaganga bo muri Leta barangarana abarwayi cyanee.
Cyereka iyamuvuna mokabiri haribiganga wajyirango ntamutima bijyira ariko hariho nabaganga babana beza usibyeko aribo bacye naho wowe wamugabowe ndumva wabavujyiye cyane ndabona nawe ubaye umuganga waburumugome biragaragara uri kuntera umujinya
Birababaje cyane kuba abanyamakuru musigaye muvuga ibintu mutahagazeho?Izina ry'uwo mubyeyi se ni inde? Imana ibababarire kuvuga amakuru y'ibihuha.Ibi nta byabaye rwose.
Ariko uba muzima nago byaciye mubinyamakuru byinshi ndetse numuseke yayisojoye
Umunsi uzajyanayo uwawe nibwo uzamenya ibibera hariya kdi uzavayo uvuga ibitandukanye! Niba hari abantu bakora nabi ni abakora mu mazu yo kubyariramo. Wagira ngo ubwo bigaga babakuyemo kuvuga neza!!!
Ntabwo ari bose
Ntimukajyeyoo hhhh
Muganga arenze ninyamaswa kuko benshi twaramugaye kubera abaganga bindangare we muhore mwivugira abaganga
Marshal reka izo njiji,kubyara si impanuka mwa baswa mwe mujye mubanza mwihugure ntago igise kiza kuri rimwe ngo umuntu ahite abyara!
Ubwose wowe ujye utukana uriki? Nturiyo?
Ihane ICYO gitutsi kuko urihuse cyane 😢😢😮
Ahubwo wowe ko ariwowe njiji Uzi icyo impuruza isobanuye kwa muganga. Reka ubucucu afute .
@@mutabazisteven50 hahh🤣🤣nawe uramurangije gusa afite ubwiyemezi nkumuntu utigeze urwariza mumavuriro yibyaro ngo arebe uburyo abaganga baho basuzugura
😢
Marshal rwose uzi ubwenge ibyo uvuga nibyo ahubwo uwo muri kumwe sinzi uko afata abaganga
Ntabwo muganga yanga uwo mubyeyi pe Imana ishimwe ko Umwana yabayeho ariko gukubita muganga ni ukurengera cyane abaganga bafite abavoka bababuranire batabare uwo muganga ubwo muganga natagaruka mukazi noneho service biragenda bite noneho ?
Abireke akeneye akazi nibenshi
Muri quartier yiwanyu ufitemo abaganga bangahe se😂😂😂baragushutse.
Ese ko muvuga ngo uwo bafunze ninde iyo babafunze mwungukirahe?uwahabazana namwe mukagakora mukareba uko bimeze niho mwareka ayo magambo.
Byihorere abaganga benshi barangarana abantu muburyo bukabije
Ikibazo gihari nuko abaganga batavugirwa ahubwo usanga bahorana amakosa.
Gukubitwa kwa muganga ntaburyo wabisobanuramo muri buri gahunda zose dukwiriye kwibuka kubaha umuntu mukazi ke.
Ese ubundi mukigo nderabuzima abarwayi kubakozi baba bahari birahura, uwo muganga niba afite nizindi service ari gukoramo ahubwo baravugana yakumva hari igihindutse akamuhamagara kuko ntabwo yicara ngo akomeze amutegereze kuko nabandi baba bamutegereje baba batangiye kwijujita
Ese kushaka kuvuga wenyine ? Waretse nabandi bakavuga?
Abantu benshi bazira uburangare bwabaganga
Rata abantu baje mate igise iyo kimuriye yumva yahita bamubyaza kd ibipimo bibi bihari mujye muvuga ibyo muzi
Murwerero yahabyarira pe ntabwo birenze bibaho
Rekana nuwo wiyita ngo nimarishari ntabwo azi imvune ababyeyi bagira ariko ko yagoye mukazi atazi nabunyamwunga afite azakore ubukomisiyoneri
Uyu mugabo yakubise muganga kubere kutita ku murwayi we kandi ahamaze amasaha 😢 niko mbyumva. Ntiyapfa kumukubita atari umusazi
Oya ntibikwiye gukubita umuganga
Mufate akababaro uyumurwaza yarafite muruwomwanya namwe mubyishyireho, mubonako yagiye gukora icyogikorwa ntaburangare bwabayeho?
Yego ibyo yakoze sibyiza arko mwibukeko motions zabantu zitandukanye .
Buriwese mumwanya we
Akore icyagomba gukora Kandi kugihe, niyo nama natanganga kuricyo.
Murakoze!
Iyo ubwiye muganga uti mfasha umurwayi ndabona acika intege bifasanzwe we ati nzi ibyo nkora, yapfa ati ntabwo ndi Imana. Bajye batanga ibyo bafite, naho iyo habayemo uburangare ntibyumvikana
Nonese murwerero niho babyarira? Utwo dutanda babyariraho tumaze iki?
Ko uvuga ngo kare sangapi ?Marchal uzajyane uwawe bagusuzugire wumve kandi nkuko wabivuze ntubyara nyine. Ntanimpuhwe ugira peee
Umwana iyo aba uwawe agapfa wabyumva
Yamukubise gake
Marchal uravuga ukuri cyane
Abantu mwese mubuga abaganga abaganga mwabyaye bangahe? Cg mufite bangahe mu muryango kuburyo mwabashyiramo bakabakorera neza imvune zo kwa muganga zozwi n'Imana yonyine
Maze Hari n'abapfira k'umurongo.Niba kwa muganga batari bakurangarana icecekere,naho ibyo kwitwaza akazi ukora ukikora ibyo ushtse ngohariitegekorikurengera ibyo bigomba guhinduka,uwouhaservice nawe afite uburenganzira cg wajya gukora ibindi aho gukandagira abagusanze uka bafatirana bitwe na situation barimo.
Umuganga yakubiswe bitaringombwa ariko numukiriya nawe yarahubutse yagize umujinya wihuse umukoresha amabi. Gusa nizereko bicaye bakaganira bagakosorana kuko uburangare bwumuganga ntibutanga ingufu zo kumukubita wanamwimura ukamujyana ahandi nuko mbyumva gusa marshall yibigira intambara ahubwo twese tubikuremo isomo
Impamvu ubivuga nuko Atari wowe njye nagiye kubyara muganga ansiga mu isuzumiro ajya kwiganirira yibagirwa ko yansizemo ndinda mbyara umwana yananiwe nyuma aranapfa😂😂😂😂 none ngo iki?
Yamukubise nyeya
Yakubise uwoyasuzuguye azanyobereho mwemeze 😂😂😂
😂😂😂 Mugani azibeshye akuyobereho
Iyomikino bajyebayijyana hirya man!!!! Umuganga kuri Health center arara arumwe kdi ntabwo abarimo kuvura umuntu umwe abafitakazi karushije ukobobo babitekereza!!! Nibabadashaka gutuzango bubahe muganga abakorere nawe atuje sinibaza impamvu bajyakumureba ndumva benabo bajyababyarira murugo bakabyikorera ntanarimwe nashyigikira umuntu uvuga muganga nabi yasubije ubuzima narinabubuze!!!! Ahobarihose uwiteka azabampere ijuru ntakindi navuga, iyonzakuhaba uwomugabo agakubita Umuganga mureba narikumwanura bashaka bakafunga!!! Iyombesire ikubite muganga ntanisoni koko!!! Nukuntu bitanga ntanumushahara kibura uhagije babaha, sha nubu byarambabaje.
Nguewe rero kuringue ikibazo mwagishakira muri mini santé kuko hafi mugihu cyose umuganga umwe niwe urara izamu gukigondera buzima. Urumva ko umuganga umwe gukigondera buzima yakira abagize impanuka, barwaye izindi ndwara,rose ikibazo cya maternité kigomba gukemura nukonguera umubura waba ganga barara izamu. Kuko usanga kumanwa ikigonderabuzima kirimo abaganga barenga 10. Kurara izamu umuganga 1 muri service zose.
Ahubwo se ko using a minisante iziko ibitaro biriho abaganga 3 district hospital, bazakora opd, maternite, ama tours, urgence, minisante ibizi ntigire icyo ibikoraho, Ahubwo bakaza kugereranya, nibindi, ngo watinze kwakira , nibibazo byakarengane kabaganga.
Undi batagukuta icyo ushinze wagikoze bagukuta akaba aribwo urega kwamugaga mushizwe iki
Marchal rwose ndagushyigikiye ntampamvu nimwe yatuma umuganga akubitwa. Iyo igise cyaje umwana aho waba uri hose umwana aravuka.
Ese abo bagenzi bawe ko numva baciraho iteka abagangaga tuvugeko nta muganga ukora neza?
Ndababaye kbsa mbwirira bagenzi bawe bazajye kuri urgency barebe ibihabera/uburyo abaganga batabona nakanya ko kuruhuka. Bazagere muri maternity barebe urugamba ababyaza barwana barwana nuko umwana yavuka Ari muzima.
Anyway mujye mushyira mugaciro pe!
Azaze ankubitire naba Masaka bigize intumva 😭😭😭
Nanjye byambayeho.Nakubise.umwana.hasi
Gisa ntibyaba aribyo gukubita muganga ntibyakemura ikibazo,yana ari imyitwarire mibi
Ikibazo cy'abaganga kubigonderabuzima Minisanté ikwiriye kugishakira igisubizo kirambye kuko umukozi umwe kurara Ku kigonderabuzima yakira abamugana Bose(Inkomere,abana n'abantu bakuru bafite ubundi burwayi,Abagore baje kubyara)Rwose harimo imvune ndetse n'ingaruka zo gukererwa kwakira abamugana,rero hashakwe uburyo bakongera abakozi🤷
Arikose ko yasabyi
Ariko ikikigabo kirabyrana ibiki ubuse ntaho wumvise bafashe umuntu witabyi mana aho kumushyira muri moruge bakamushyira hasi benewe baza kumureba bagasangavyarangirikiye hasi none uraburana ubusa gusa nawe uwagutera urushyi wakibwawe gusa
Izi mpaka zanyu si ngombwa. Umuganga yaba yarangaye cg atarangaye uwamukubise yakoze amakosa kuko ntabwo yemerewe kwihanira. Igisigaye ni ukumenya ko na muganga yari yarangaye agahanirwa amakosa ye ariko ay'umurwaza warwaye we ntaho yayacikira?
Hey kubyarira kwibaraza byaterwa nimpamvu nyinshi kuko umugore uje kubyara ahita ajya muri waiting room ariko abanza consultation ya maternity
Wihariye umwanya kd wari ufite ibitekerezo byiza,ariko wanze ko twumva nabandi
Ariko nibavuge icyo gihe kare barimo bavuga ugereranyije nigihe yabyariye
Umva muceceke kuko muri mwe nawe urapfusha umwana ngo ashyingure azize uburangare bwa muganga
Wowe ubihakana waruhari?twebyatubayeho turabizi
Toka wowe bajye baba kubita
Abaganga nabantu bibagiranywe cane kandi baba bakwiye kubahwa kuko igihe kimwe abaganga bazofunga izoservice ubundi bazihe abandi bazikore babahe amahugurwa yubuvuzi .nje mfise umuganga twakoranye yagiye kwakira umuvyeyi igise kiramufata amutera umugere kunda uwomwakirize yarafise inda ica iravamwo ese twakoze yarigutabara yakijije uwomuvyeyi arikowe agomba umwanawe .banyamakuru harivyishi tutamenya .kumenyera kugirira nabi abatanga ubufasha nderabuzima biri mubintu bisa nabibi atarivyiza kuko bisa nokwica ubwonko bwabakora izoservice
Mwiriwe neza banyamakuru? Byo kwa muganga bashobora kurangara ariko gukubita umuganga byo simbishyigikiye pe!
Ese mbere yo gukora inkuru mwabajije niba ayo makuru ariyo cg umuturage azandika ibihuha namwe muze muyibye rubanda;
Ibyo bintu ntabyabaye rwose; mutohoze neza.
Ibi bintu ntabyabaye i Mayange ahubwo uwo muntu utanga amakuru y'ibihuha akurikiranywe
Nibihuha gute se kandi nawe wemeye ko byabaye Imayange?
Abo bagabo barimo kuvuga ibyo batazi kdi wowe uravuga ibyo uzi
Ikibazo murimwo mwarikubaza uwomurwayi kuko umuntu ageze kuri4cm yategerezwa kuvyara yaciye Amasaha 6h kuko birisasha 2 hiyongerako cm zibiri.ariko hashobora kuba izindifacteur zituma agira ibise vyishi agahita avyara nkomwisaha zibiri ahorero umuganga yarasamaye arivyo yarikubazwa ariko ntabikubitirwe ubundi audite ikora iki
Ahubwo sindika yabakozi irengere uwo muganga
Ikosa ntirikosozwa irindi kandi Baho yavuze ngo baho ubaho no murugo barabyara
Abaganga baragowe bazagira stress zakazi ubuzima bubi babayemo ntibazi kuvuga amagambo menshi ntabavugizi bafite nibagume hamwe mukarengane
Uyu mugabo yarakwiye kuba umucamanza kbsa😂😂😂😂....ntava kwizima
Ikosa ntirikosozwa irindi,gusa umuntu uvuga bakamutega amatwi,we akaba adaha abandi umwanya ngo basangire ibitekerezo,nawe aba agoye.
ubundi umubyeyi ashobora kuba yarahe dilatation complete mugihe atarakirwa agasunika
Credit to the father.❤
Ndi I Kampala iwacu ni mu bugesera abaganga bahoo bajindirana abarwayi,najyagayo nzindutse ngataha ntavuwe,ariko hano Uganda nta saha2 umara
Wanamuhombora
Ariko nanone wakwibaza niba kuri iyi health center haba umukozi umwe
Banza ufate amakuru mbere yuko uzana ibihuha uyu mubyeyi iyo aba umugore wawe uba uvuga ibinyuranye.
Uriya munyamakuru uri kwiharira ijambo ashyigikiye abanyamafuti!
Ama centre de sante akora nabi rwose nubwo igisubizo kitari ugukubita muganga ni kenshi rwose ababyeyi babyarira hasi kdi wahamagaye muganga akakwihorera
Ziba aho wibashyigikira bararangara
Rekeraho kuburana ibyo utazi.
Babwire march ntibakuyobye
ʙᴀᴢᴀ ʙᴀᴍᴀᴢᴇ ᴋᴜɴᴡᴀ ɪʙyᴜᴍᴀ ʙʀᴏ
Marchal afite ukuri 100%
Ese ntabanyamakuru bakubitwa ni abaturage bo baba bazira iki
Kumuhima niko bamera
Hari abaganga barangarana abarwayi, ukumva warwana cg ukirukana umuganga.
Ujye umwirukana ako kazi ukikorere
Muntu utararwariza mubitaro bya reta watera amabuye Uyu murwaza ,jyewe nyagatare hospital sinzayibagirwa mubuzima kugeza mpfuye eeeeeh ibitaro bibona muganga kuwa gatanu gusa ahasigaye abitoza ubuganga bakabazengurukamo
Sha jyewe uwange yarapfuye kugeza ubu sinzi icyishe mama naba mbabeshye rwose
Uravuga nkaho wariwatwita barakurangarana pee ariko mange nagukubita ubundi nawe ukajakundega
Hhhhhhhh😂😂😂😂 nanjye nkagukubita ariko yeee!!! Abaganga barabasuzuguye murakabya erega!!!! Uziko mukabya !!!! Esubundi mwajyiye muguma iwanyu mukibyaza nibahageze ahogukubita muganga ntanisoni? Niba Abaganga mubona ntakamaro babafitiye kuki mujyakubareba? Icyokigabo cyakubise muganga yabayariyarangaye yabatarangaye nagifunge , ingegeragusa .
M
Ceceka wagitambambuga we cyumugabo ntuzibyo uvuga reka ayo mahomvo,uracinyinkoro mo uko wagiye wanga ikibi kumugaragaro?ariwowe mubyeyi wakwihanganira guphira kwamuganga? Kubyimbira ubusa gusa puu!
Abo bagabo baravuga ibyo batazi wowe munyamakuru ko mushyigikiye ko umurwaza akubita abaganga muzi umubare wabaganga igihugu gifite ntabwo umubyeyi kuba yabyarariye kwa Muganga byahaga umurwaza Gukubita umuganga ubuse uwakubita umuganga wowe munyamakuru yagukorera iki mujye mukora inkuru mushishoza njyewe uwo Munyamakuru utishimiye uburyo umurwaza yitwaye njye ndamwumva kuko uwo Mugabo yitwaye nabi ubwo nubugoryi kbsa
Yaramaze
Jewe ndumuvuzi mugihugu c'uburundi uwomugabo yakubise umuganga yakoze nabi cane yarakwiye kwitwara Hama bakamugirira audite