Ibyo aribyo byose hari icyateye urwo rupfu kitari uko yari asanzwe afite ibyo bibazo ngo by'ubuhumekero. Hari immediate cause knd byanze bikunze iri hagati ya sex and drugs. Raport medical ishobora kuba yarinjiriwe nabo ku ruhande rw'abahungu kuko babimye utuntu duke cyane.please urubyiruko ibi biduhe isomo cyn cyn abirukira mu bintu byateye ngo nimiti yongera ibyo ntazi ikindi imanza nkizi ahubwo zijye zica LIVE nko kuri RTV. Hari icyo abantu bajya bigiramo ndetse bakamenya ibyo amategeko agena ndetse bakanarushaho kwizera ubutabera
Wowe se urinde uhakana rapport, niwe muntu wa mbere se waba upfuye urutunguranye. Nturabona umuntu usitara agahita apfa, ushingira he uvuga ko ibyo mu buhumekero bitamwica.
Uko mbyumva…umutype yarongoye umukobwa cyane ageraho abura umwuka…niba mubizi neza during sex inter course habaho guhumeka cyane wiruka…amaraso aba yiruka ni nka intense sport….rero Niba fled yaramucumise cyane …yitegure ko Arya isheni
Nshimishijwe n’ukuntu Joseph senior atangiye aviringitisha Jo junior:) nta muntu wica umuntu…😊 junior yaciye bugufi aremera.. dukomeze lol 😊😅 biri kuza 💪🏾👍🏾
Turabakunda Cyane Bwiza TV
Raporo ikaza ari ikiragi🙆🏻♂️🙆🏻♂️🙏🏻
Uru rubanza rurakomeye mwa abantu mwe!! Reka ntere agatebe ndebe uko bizarangira!!
Akazi ka.leta gatangira saa mbiri. Itegeko rikavuga ko ushobora gutangira akazi 9:00 ari uko wabanje gukorera akazi mu rugo kuri online
Ni DMC : Dream Medical center iri hano Kicukiro iruhande rwa New life bible church.
LUCS: Ligue Universitaire de Lutte contre le SIDA
Good Analysis. Kudos 👌
None niba umukobwa yarahawe drogue, barikubibona muma tests bakoze.
Test barazikoze?yageze kuri clinic yaphuye.
test zikorwa na coroner
Laboratory ipime ko hari drugs zari mumaraso ye!,nibindi nisa nabyo
Ibyo aribyo byose hari icyateye urwo rupfu kitari uko yari asanzwe afite ibyo bibazo ngo by'ubuhumekero. Hari immediate cause knd byanze bikunze iri hagati ya sex and drugs. Raport medical ishobora kuba yarinjiriwe nabo ku ruhande rw'abahungu kuko babimye utuntu duke cyane.please urubyiruko ibi biduhe isomo cyn cyn abirukira mu bintu byateye ngo nimiti yongera ibyo ntazi ikindi imanza nkizi ahubwo zijye zica LIVE nko kuri RTV. Hari icyo abantu bajya bigiramo ndetse bakamenya ibyo amategeko agena ndetse bakanarushaho kwizera ubutabera
Wowe se urinde uhakana rapport, niwe muntu wa mbere se waba upfuye urutunguranye. Nturabona umuntu usitara agahita apfa, ushingira he uvuga ko ibyo mu buhumekero bitamwica.
Aliko Mana we! mu Rwanda ntakibi kitazahagera pe.
Uko mbyumva…umutype yarongoye umukobwa cyane ageraho abura umwuka…niba mubizi neza during sex inter course habaho guhumeka cyane wiruka…amaraso aba yiruka ni nka intense sport….rero Niba fled yaramucumise cyane …yitegure ko Arya isheni
2:22
Haraho nasomye ko ruzasomwa saa cyenda .
Kuri 21
Hhhh,Bandeko ni ilingala bivuga ngo, inshuti, en français bivuga les Camarades, ou les amis
Banc de conard(Bandeco)
uyu mugabo joseph numuhanga pe, ibi bintu byari byacanze ariko mpise nkuramo ikintu kimwe uyu mukobwa yarishwe, nkurikije ukuntu yasazwe ku buriri ikindi ibi bintu bikaba atari ubwa mbere bibereye muri ruriya rugo rwa basore icyanyuma nukuntu bashyize imbaraga mugukora fast aid no guhamagara police na amburance aho kujyana umukobwa kwa muganga nkabantu bari bafite imodoka
Ifumbwe haraye agafu gatubutse peee😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂noneho mwaje muje
Joseph uri umunyamwuga kvs
Baba bahaze sha iyo ni minsi yacu nibashaka bamarane
nywa ikirahure cy'amazi uramera neza muvandi, niba kandi ufute inzara uze ngufungurure cg ugane umurenge baguhe direct support ya Vup.
Uwo mukobwa basanze yararongowe?
@@kaberaericdeo118 oya
@@kaberaericdeo118 oya
@@kaberaericdeo118 hoya
Abo bahungu babarekure bararengana rwose,urumva umukobwa yarafite ibibazo yari yarashize
Yarashize waramupimye??
Abana bo mu bisuperi ba se na ba nyina bazajya bagerwaho n'imivumo n'ububabare duterwa nabo, ngaho nibahangane nirire akawunga kange I don't care.
Isi ntisakaye nawe wanyagirwa.
@@gracemwiza Keretse iyinyica naho imivu yo yarandenze nta mpuhwe nange zanshizemo rwose.
@@SKH-x8yNawe si wowe!
@@gracemwizaniba uri muri iyo miryango mwihangane natwe turakomeye. Uvuze neza nange singe rwose nibyo siko nahoze byose rero birashoboka tukiri ku isi nibi biri mubyo iteganyiriza bamwe baba batabitekereza ndumva ku rukiko bakerekana imbaraga zabo. Pole sana
@@SKH-x8y Mbega ubugome!
Aliko Mana we! mu Rwanda ntakibi kitazahagera pe.
Nuko ariho uzi.
Aha kwisi haba ibintu byinshiii
Haribihugu ugeramo wareba ibihabera,wasubiza amaso inyuma ugasanga mu Rwanda haribyo rutarakora bitewe nibyubonye ahugeze.