MURIRIRE U RWANDA CYANE😭NERETSWE NYABARONGO YUZURA IGAKWIRA IGIHUGU CYOSE😭IMANA IGIYE GUSENYA ADEPR
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 25 ส.ค. 2024
- #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com
Imana idufashe uwumva arumva n,uwinangira Umwuka Wera amusure kuko no ku bwa Nowa ababipinze bararimbutse.🙏
Muri kubyumva nabi yatumye ku bapantecote,kdi koko ntitwemerewe gusuka ubwo rero ndumva ntawe byacanga cyane ko ba nyir'abyo babyumvise.Imana idutabare
Yea imana yatumye kwitorero ryayo kwisi tugomba kwitandukanya nabisi
Ese adepr nibo imana ibwira gusa
Abantu b'Imana barimbutse bazize ubugororangingo no kutumvira ijambo ryayo ndetse no kutumvira umufasha Yesu Kristo yatwoherereje ngo atuyobore.
Sawa mukomeze mukine nkabo kubwa Nowa,icyo nzi ni kimwe nuko noneho atari umwuzure w'amazi ahubwo ni umuriro w'inkazi uzarya abanzi b'Imana.
Imana ihe umugisha abayumvira bakanayubaha!
Imana ibwira aburahamu ko azaba sekuruza wamahanga ni abazizera imana Bose ntabwo Ari abo mumarasoye
Bakundwa turi abana b' Imana...Uko tuzamera ntikurerekanwa ....Yesu niyerekanwa tuzasa nawe
Haro igihe umuntu aba afite ubutumwa bwe bwite n'ub'wabenshi ariko ntafate igihe cyo kubisengera ngo Imana ibivangure .
Yesu krito nashimwe bene data! Njyewe mfite ikibazo, uwo muntu uvuga ngo kuboha ibituta no gutereka umusatsi mwinshi ni ubwibone,buriya waba ntakintu washyizemo gituma ukura bikaba ubwobone gute? Ahubwo ndumva kwiyogoshesha aribyo bakabaye ikosa kuko niba umuntu agomba kuguma uko yaremwe ntiyakabaye agira icyo agabanya cg yongera kubyo yaremanywe. Bityo rero iyo Imana idashaka ko imisatsi ikura cyane yari kuyima ubushobozi bwo gukura ikagira urugero itarenga. None nimudusobanurire neza
Kugabanya cg kogosha Ni isuku, n'inkiko wogoshya yamisatsi y'ibanga. Naho into gusuka gutereka imisatsi bidasanzwe bivanze n'ibirungo,Ni ugushaka ubwiza bwisumbuye, aribyo bivamo ubwibone kuri bamwe.
Imana murayihimbira koko
😂
Nukuri mubyeyi nta muhanuzi usiga iminwa amaherena ku matwi kuboha imisatsi abandi basengera abantu bakagwa hasi.
N'ukuri mukobwa wa Yesu Gumamo,uyivugire
Nshimiye Imana yita ku bantu bayo,ikatuburira buri munsi.Amen
Amen! Imana ihora ituburira nuko abantu tutumva pe Imana itubabarire
Pamphile Imana iguhe umugisha mwinshi kandi ndakukunda mu izina rya Yesu
Imana Idushoboze kumva umuburo knd Iturinde kwinangira umutima kuko amatwi yacu asigaye yishakira kumva inyigisho zidushyeshyenga ngo AGAKIZA kaba kumutima🤷nyara inyigisho z'ukuri tukazisesengura muburyo dushaka kuzumvamo,Mana tuneshereze kuko twe ntitwabishobora
Nimureke twoye kujija cyane ahubwo twegere Imana iduhe imbaraga zo kuguma mu bushake bwayo.
Imana irengere abayitakira kumanywa na nijoro mubihe nk'ibi bigoye.
Imana imbarire nihangishije gusuka ibituta vubaha.
None abantu bazabimenya gute ?
Mana yera ko benshi basuka .
Iyereke benshi twumvire dusubire mubyambere weee
Ikubabarire kdi nanjye imbabarire itugirire neza utweze ku buntu bwayo.
Kristo Yesu abahumugisha..murakoz gutumika..bibwirwa benshi bikumva bene byo.
Uruvyaro Imana yabwiye Aburahamu ntirwari uruvyaro rwumubiri barokoremwe.
I agree with you
Abantu Imana yaremye tuguye umwuma tuzize ijosi rishingaraye
Pamphil za ntanga umuhungu wa yuda yamennye hasi Imana ntiyamwishe kuko yakoze ikizira byo ubisobanura ute
Erega Imana ireba mu mutima ikita ku mpamvu iguteye gukora icyo ukoze! Yazimennye hasi kubera iki? Yampaye agakingirizo kubera iki? Afashe ibinini kubera iki? Arabara iminsi kubera iki?
Umusatsi naturel uwubindikisha mukushi ugatega igitambaro .
Mu gitondo usokoreka neza cyane .
Mureke ibyo bituta.
Murakoze nanjye narasuts ibituta IMANA ibincaho nararekeye kuko Ntabwo nshaka kubura ubugingo ngo n imisatsi.
UWITEKA IMANA yaturemy neza ntago yibeshye twige gutunganya ibyo yaduhay uko ibishaka ataruko abantu bashaka cyange ibyo kamere yacu ishaka.
Kuko inzira tunyuramo irafunganye tuve muyi ifunguye.
Tubabaze umubiri turokore ubugingo
Imana ibahumugisha Benedata
Amen
Rimwe na rimwe dukeneye kujya dutandukanya ibyo twiyumvamo n'iyerekwa ry'Imana .
Niba nta mwana uvuka asutse cg afite labero ku munwa, nta n'uvuka yiteze afatambaro cg yambaye inkweto. Ibintu bya housing ntitukabitindeho uwo Imana ihaye agakiza k'ukuri imuha n'inyifato idatukisha izina ryayo. Twibande ku mutima kuko ni wo iby'ubugingo bibitsemo. Imitima yacu nihindukirira Uwiteka n'imyifatire izahinduka. Ikindi kdi mu bahanuzi benshi doctrine ya ADEPR ikunze kwivanga n'ubuhanuzi hahandi kubihuza n'ubuhanuzi bw'ukuri bigoye .
Icyaha niki
Ninde wakubwiye ko gusambana
Nokwiba aricyaha
Wahuriyehe nimana ngo ibikubwire
Iyavuze ngo ntukibe
Ninayo yavuzengo ntukambare amapantaro yabagabo
Ninayo yakubwiye ngo ntugasuke
Imisatsi timoteo wa1:2:9
Noneho wowe hitamo kuzarimbuka cg ubugingo ntamunyerari uzajya mwijuru igituma uvuga gutyo nuko
Wuzuye irari abanyerari bazajya kurimbuka soma habakuki2:5 uhitemo gushimisha umubiri wawe cg uwawuremye:God bless 🙏you
Niba ntamwana uvuka asutse harimbuka benshi kuko ntanuvuka yambaye imyenda ubwo rero twashya duhora twambaye ubusa
Umurimo ya tumwe we arawurangije hagowe ubyumvise kuko ntacyo mu zitwaza ngo nti mwabyumvise
Muba mwishakira kumenyekana
Kubyerekeye kuboha imisatsi abantu Bagiye kuryama, Nagirango nibutseko imbere y’Imana ntabisobanuro tuzatanga. Icyo Imana yanga iba icyanga. Kugira isuku hanze y’ubushake bw’Imana bimaze iki?
😅😅
Gusuka ibituta ugiye kuryama nta bwibone burimo.
Hari igihe umuntu atanga ubutumwa bw’Imana noneho akiyongereraho ake.
@@TheCharity. Reka kurya impaka icyaha n'icyaha ntago kugikora wihish bikuraho ko Ari icyaha.niba bikugoye kubyumva saba Imbaraga ubiveho.benshi twarasuka Kandi nta cyaha twabibonamo ariko IMANA igenda ica ku bantu benshi bavugako Ari bibi,abandi IMANA ukabasanga ku giti cyabo nanjye ndimo nazinutswe ibituta mu mutima wanjye Kandi mbere narabikundaga.
Saba imbaraga
Imana iguhe imigisha
Nibyiza ko muvuga ubutumwa bwiza ariko ako kantu ko kuvuga ngo Imana yarambwiyengo mukagabanye pe. Nubundi iyo ari ubutumwa nyirabwo amenya ko ari Imana cg atariyo. Intama zanjye zizi ijwi ryanjye. Murakoze
Habwirwa benshi hakumva beneyo, Imana idufashe
Imana iguhe umugisha kubwo gutumikira Imana
Imana izi ubwenge bwinshi buruta ubwacu ikindi ni Imana igira urukundo ni impuhwe nyinshi ubwayo izi icyo gukora
Imana ntishobora guhana umunti itamubwiye amakosaye
Uko ibigenza yarangije
Hazakurikira urubanza abantu bareke gukinisha imana
Imanacu iteye ubwoba kandiyo kubahwa
Amen 🙌🙌🙌,nta terabwoba igira iracyari ku ntebe y'imbabazi
Gumamo Sha komera kuijambo ibindi byose ntacyo bivuze
Yesu aguhezagire mukozi w'Imana agukomereze umurimo hagowe uwubipinga
Ark iryo jambo ryo kuvuga ngo umusatsi nigihuru njye ndumva yazarikosora
Umusatsi ntabwo ari igihuru
Ikindi ushobora kugira umusatsi mwinshi utasutse ibituta .
Aravuga iyomishatsi Satan abagurisha mukayigerekahejuru yiyimana yaremye
Imana iguhumugisha Uba watuburiye.
Amen adepel nikomere kumasengesho kwl❤😂
Amahoro kukimuvuze ngo imana igiyegusenya ADEPR imananiyisenyabizagendagute
Imana iguhe umugisha kubwububutumwa BWIZA utanze
Yasobanuye neza ko Imana yamutumye ku Bakirisitu b' itorero rya ADEPR! Banyirabyo barabyumva Kandi Hari impamvu Ariryo torero bahisemo! Abandi sinzi ikibazo bagize pe!
Uko nukuri,Imana irera izabana n'abera ,muhindukire muve byaha iyera iraje!!!,guhana no guhemba
Ubwibone buba mu mutima w'umuntu ashobora no kuba adafite ibyo mushingiraho imisatsi,ipantalo,inzara zisize kandi Imana imubonaho ubwibone. Nebcadnezar yagiye mu ishyamba arisha nk'inyamaswa atazize ibyo mugenderaho.Imana niyo izi umutima w'umuntu ugomba kubireka ntinaniwe kumwisangira ngo ibimubwire muve mu ntambara z'imihango y'amadini ituma aho gushyira hamwe muhora mu ntambara n'amatiku. Buri muntu azabazwa ibye ntawe uzitwaza abandi.
Mumana ntamazina y'idini abamo, kuko ntadini rizwi mubwami bw'Imana uwo ntabwo yasomye ijambo ryImana, naho ibyimisanzi ninzara ni Imaginations zibitekerezo nibyifuzo bye
Imana yomwijuru nutubabarire twisubireho.
Ikindi kd woe siko wari warahamagawe wari wiganye ibyabandi kd ngo mujye muzirikana uko mwahamagawe gusa yesu ashimirwe imbuzi aduha
Ndashimiye uyu muhanuzi nivyukuri n’umukozi w’Imana mwomupinga mwireka, umwe wese ashyobora kugira comments wagomba ariko Imana imuhekuramba
Imana idutabare
Niba namwe mwaganiriye nayo Imana. Ishimwe
Gusa mujye mubwira abantu gusenga kdi Hari abasenga ariko Ari abanyabyaha,ahubwo abantu nibakiranuke gusenga bikwiye kujyana nogukiranuka
Gusenga no gukiranuka ntibigomba gutandukana
Sha nukuri uko nukuri lmana iguhe umugisha mwishi!!!!
Muri u
ru rugendo rujya mu ijuru dukeneye kugira ubukure mu buryo bw'Umwuka
Ikindi umuntu ni ikinege ku Mana. Gusa nta jambo rimanukira ubusa buriya ubutumwa bufite ba nyirabwo.
Ariko nanone ndabaza: None se ijambo ry'Imana rivuga ko ubwiza bw'umugore ari umusatsi ryo rireba ba nde? 1Korinto 11:14-15
Yewe nje niyo mpanvu nisomera bible kuko wunvise ibyahahanze wanayoba👍
Ibyimisatsi nabyo kuvuga ngo washyiramo udututa ugiye kuryama sibyo. Kuko harabantu benshi nanjye ndimo dusokoza burigitondo tujya mukazi kandi tutasutse bikajyenda neza nanayo maprodowi washyizemo. Ntiyo mpanvu Ku Mana ntarwitwazo. Kuko yakuzanira abatarabikoze kandi nabo barajyaga mukazi. Ugasanga uratsinzwe. Nukuri mureke twubahe lmana ntivuga reka iki kireke. Wizana urwitwazo ngwariko ngirentya . oya
Ibijyanye nogusuka nange iherutse kunsura munzozi irabinyere,jye ndasuka ,ark ikibazo ngize Imana yaturemanye imisatsi yacu isanzwe none ati ibihuru nubwibone,none munsobanurire Imana ikunda abogosha bakamaraho.sha Imana idusure peee
Imana iguhe umugisha ikomeze ikwagure. Ese gutera kanta Imana irabyemera?
iwacu sinaha Abera dukumbuye iwacu dukumbuye kwitahira.
Yesu aguhe umugisha mubyeyi Kandi agukomereze muri ayo mavuta reka nshimire na Pamfire mbona Ari umukristu mwiza
Imana niyo ibizi,naho kamere muntu yuzuye amarangamutima
Ndanezerewe kuko yongeye kubisubiramo nimwumve nimwumve gusuka kudefiriza kwitukuza ni icyaha
Imana ituneshereze ikibi mu izina rya Yesu Kristo.
Imana iturengere
Imana idutabare iturengere
Nafashemwo amagambo abiri, Iryambere Abajya kuri Onapo
Kabiri ubwibona bwogutsiba umushatsi
Imana igije imugodjs ndachomyr imana kuko idikebiye kando uzi ubwenge abashe guhindukita ngo tive mubini tirimo
Imana yo mwi jiru ikongerere amavuta.
Uwiteka atabare abantu be kandi icyaha cya Onapo si ukubishyira mubikorwa gusa ahubwo kubigambirira mumutima ubwabyo uba wamaze kugikora
Mana ukwiye icubahiro ibihe vyose amane amene
Abashumba bacu baturinda ibiruura nibyo bari kubituzanira urengere absdafite ijambo
Eheee nabwo byoroshye
Na jewe narabironse munzozi Imana yarambujije gusuka umwana ibituta.Imana iravyanka pe.haheze imyaka itatu(3).kandi ndi muri America.
Imana iturenjyere
Niba ari Imana yamuvugiyemo koko bizaba, cg yamusuye koko bizaba arko nanone hagowe uvuga ibyo Imana itamutumye
Gusengera igihugu n'inshingano zacu uko usengera umuryango wawe sengera n'igihugu cyacu kuko niyo ngobyi Uwiteka aduhekeyemo.
Ndabizi ibituta ni icyaha
Imana idufashe kandi itubabarire
Pamphile Imana izi Biologie mwiyigishiriza abantu kubyo kubyara mufate imyanzuro ku bwanyu.
Umuntu gusuka ibituta agiye kuryama *ndumva nta bwibone burimo pe.*
Hari igihe umuntu atanga ubutumwa bw’Imana, noneho akiyongereraho akantu ke bwite akurikije uko yumva ibintu cg abona ibintu runaka.
Wowe n'lmana yawe mubiziranyeho
Umwana wumuntu aragoye harumuda mu arasuka akamarota arigusha umutwe ariko vyarasekoyobiheba pe ariko Imana Izitanga imbaraga pe
Kabisa nanje ndazi uw'Imana imaze kubibuza kenshi kugiti ciwe ataw'imutumyeko n'ukuri atanse kandar'umukozi w'Imana,
Nange natekereje kunjya kurambuza umusatsi Imana imbwirako ndi umwibone kandiko ngomba gukomeza kumera nkuko yandemye😭
Ubwibone wari kugira ni bwo bwayiteye ubwoba si ukurambuza umusatsi kuko wabona utari wanaguze ibikenewe mwari kuburara!
Ariko mwagiye mureka kwihesha amahoro Koko ubwo rero ugeze mu bitekerezo by'Imana nyamara muri kwikururira umuvumo kwemera ubu buhanuzi cga kubuhakana n'uburenganzira bwawe kuko byose bizasobanuka ku munsi w'urubanza
Nange noroheje umusatsi Imana irambwira ngo ndumwibone. Ngewe nyabonye iyo umuntu asenze neza Imana imwereka inzira agomba kunyuramo
Hari n'abatemerewe gusokoza basukura imisatsi yabo ariko bagatega igitambaro,
Ikindi kd woe siko wari warahamagawe wari wiganye ibyabandi kd ngo mujye muzirikana uko mwahamagawe
Kumungwa ko ryaramunzwe! N'uwaba atabona cyangwa atumva yakabakaba!
Iki kiganiro nibwo nkibonye, ariko hari ibintu bimvanga, niba ijambo ry'Imana rivuga ngo tugandukire abagabo, twakwanga kujya muri onapo abagabo bakavuga ko tutabagandukira ibyo bintu twabihuza gute kugirango tujyendane n'ibyanditswe byose , njye nk'umugore nshobora kuba onapo ntayemera ariko umugabo akayimpatira njye ntayishaka , tukaba twanabipfa , cyane ko hari n'igihe usanga yaragutanze mugakiza akakwereka ko ari wowe wayobye .
Nukuri uwumva niyumve ahindukire yihan muvyukuri umuntu ihingisha imishatsi ntakwiy kuba umukoxiwimana
Ese ko musiga amavuta mumaso ko mwita kubasiga iminwa ntimubuze abantu gusiga umubiri .ese ko umwana wese avuka atariho ibituta ariko kose ko uwo mwana atavuka imisatsi ikomeye ? Nonese ko dufata uruhinja tukarwambika , tukarusiga byo ntibyaba aricyaha ? Mwese rero bahanuzi biraboneka ko invugo y'Imana mutayisobanukirwa
Mubyare mwororoke simana yabivuze? Kuki se ikubwirako gusambana aricyaha
Ibyo uvuze nibyuyumviro byawe nkumuntu umunsi wamanutse ujya ikuzimu
Uvugango iyombimenya nkumva abya abakozibimana bambwira nkakiza ubugingo
Ndatsinzwe ndihannye kandi ndahindutse
Mu shatse mwa ibyo umwuka abwira amatorero ni mutumva ibibumvisha biri karibu🙏
IMANA I guess umugisha
SIESTA 🙏🙏
Ubwibone nicyo wowe uchumuriramo,Niba nkunda ibitenge nkabuza umutware. Amahoro ndetse agata umutwe kandi nogoshe,byitwa iki?????,zTurinde Imitima yacu kuruta ibindi byose,Abana bo mumuhanda baranezerewe.Ntimugatinde kumibiri,Ntimutubwira ko tuzahindurwa,Nizere ko burebs sbagite iyo mwizerere . Ngaho mwambare impu za kera muve mubitenge nubwibone nabyo niyavuge hanze.
Nubundi inzara iraturya
None Imana yagurumye kubibwita isi yose canke wari kwegera ADPER?ivyanyu birayoberanye.
Ndabaza niba Imana yarabwiye Abrahamu kurubyarorwe ruzangana numusenyi wokunyanja kwitaretse ngo rwose rukomoke mundaye?????
Wamugorewe imbaraga n amavuta kuko urasa kuntego ibyo lmana yagutumye
Imana irengere itorero pe!
Ariko ikijyanye nubwibone mujye mumenya ko buba mu mitima
Munyamakuru rero abantu barasenga ntibasengera itorero kuberako abanyamasengesho ntibafite umushumba ubitayeho kilo abashumba bafite info bahugiyemo byerekeye ubutunzi
Imbaraga namavuta mukozi wimana nange nisubiyeho
Imana idufashe cyane.
Imana yo mwijuru iguhe umugisha
Uwiteka ambabarire ndatsinzwe nukuri
Waouhh...
Yewe uvuze ibintu maze iminsi ndikwibaza kubisukishya nabasiga imisatsi😢😢😢😢
Abyirwa benci akumva beneyo
Ariko murabizi ko aramahame yitorero nyine ahubwo kanta yo twarayivukanye
Wamubazaga ibibazo bimurenze gusubiza ibyo bisaba abantu bize théologie Kuko comparativement nikibazo cya PF ntabwo yashobora kugisubiza ndetse nikibazo cya abrahamu
Ese buriya abantafurika nibo bonyine Imana yarokoye?
Abera bafite isatsi miremire baciriweho iteka?
Ese Imana yita cyane kuri aspect physique ( extérieur) cg ireba umutima?
Ubwibone si inyuma gusa hari n'ubwibone bw'imbere mu mutima.
Ikibazo cya Aburahamu yagisubije neza 10/10 ✅
Imana idutabare iduhe imbaraga !
Ikirizwenezs mwene data lmana oreba mumutima