ikindi yahise asenya fan club yitwa march generation bakuramo iyitwa DREAM UNITY FAN CLUB banayiha syloga ivuga ngo " WE ARE UNCONDITIONAL SUPPORTERS" ngayo nguko nuko rayon sports yaheneshejwe sha
Ministère ya sport na RGB nibo basenye Rayon sport kandi umupira wacu turawuzi uko ukinwa buriya RGB na Ministère ya Spory bari bafite izindi mbaraga zituma bakemura ikibazo kuriya basenya ikipe bahitamo kuzana umu président wa Rayon sport utazwi utazi ibyumupira utazi uko football yacu ikinwa none dore jean fidèle iramunaniye arigendeye arayitaye ubwo rero muyisubize banyirayo barazwi kandi bayizi bayikunda
Cyakoze Sadate ibyo yakoreye Rayon sport azabibazwa n'isi tu.... kuko yababaje imitima y'abantu benshi cyane
Rayon tura yikunda president wacu twitoreye tuziko ariwe papa waba rayon nadutabare bisubire kumurongo ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
😊😊😊😊
Tumwe mu Duce tw’ikiganiro numvishe kandi tukabyara cyane,iki kiganiro mu gitegurane ubwitonzi, kizatanga umusaruro mwiza.
Turabakunda cyane
Kwanga rayon ninko kwanga umwana wimpfubyi byange bikunde biragukenya
Yesu weeeee! Kayisire Jacques ndamwibutse ayobora ijabo ryawe rwanda (ishyirahamwe ry'amacentree atoza abana). Atwizeza ibitangaza tugaheba
Jado ndakwemera❤❤❤
sheikh rero ibyo muvuga birumvikana pee gusa ibyo mutazi sadate akoresha inama kugirango ahuze imiyoborere ndibuka ko yayijyanye kingfisher kuko ndibuka abanyamuryango ba fanclub bitabiriye iyo nama bamaze gusinya sadate yahise azana umuhesha w'inkiko akora approve status ya rayon sports ihinduka guhera ubwo
Ukombyumva niba RDB cg Leta mururusange bagomba kuzajya bashyiraho abayobozi babo, bazanayihe budget yogukoresha kuko umupira sukuyobora gusa na cash ningombwa.
ikindi yahise asenya fan club yitwa march generation bakuramo iyitwa DREAM UNITY FAN CLUB banayiha syloga ivuga ngo " WE ARE UNCONDITIONAL SUPPORTERS" ngayo nguko nuko rayon sports yaheneshejwe sha
Shehe we
Yusta na Memoza nigute bisanze mungo zikomeye zifata ibyemezo ko numudugudu ntabushobozi bafite bwo kuwuyobora.rwose
Yooh mwabisobanuye neza kabisa,imana ikomeze ibateze imbere kuko murashoboye pe.
Mwakoze analyse nziza
Hin.Min Nimosa ubona arumutesi ubona yarasunitswe kurusha ubumenyi
N'uko ubutabera mu isi bugorana ariko USTA KAYITESI na MIMOSA bagakwiye kuba bajyanwa mu butabera bakaryozwa aya manyanga.
Ndabakurikiranye this time
/jado na karenzi ,ndabemera
Muzadukorere ubucukumbuzi abakoze amategeko. Ko bari. Abareyo navuga metere hirari. Gukora ayo mateko ameze gurye. Ahambira ekipa guryo. Babafiyeho. Imbunda. Nabo. Baraduhemukiye nabo kunengwa
Ministère ya sport na RGB nibo basenye Rayon sport kandi umupira wacu turawuzi uko ukinwa buriya RGB na Ministère ya Spory bari bafite izindi mbaraga zituma bakemura ikibazo kuriya basenya ikipe bahitamo kuzana umu président wa Rayon sport utazwi utazi ibyumupira utazi uko football yacu ikinwa none dore jean fidèle iramunaniye arigendeye arayitaye ubwo rero muyisubize banyirayo barazwi kandi bayizi bayikunda
Uko mbyumva niba leta izanira Rayon sport abayobozi igomba no kuyiha amafranga nkayo iha APR FC ataribyo izayisubize beneyo (abafana).
Ndabemera
Nabashimiye muduhaye ukuri kose burya mucyaro tugendera mukigare gusa . Ariko umubyeyi wacu president w,igihugu nadutabare areke abayiyoboye bayisubirane kuko baduhesheje ibikombe. Ngaho ubu n'amarira gusa.
Ndumva ayakozwe ntaho ataniye nayakozwe muri federation ya volleyball ubwo hashyirwaho abayobozi bayo barimo na Jado byarangiye bahanishije National Team kubera amanyanga no gushyira imbere inyungu zabo.
Ibyareyo nidanje
Kuribyo ukongeraho gushyiraho umuyobozi abanyamuryango batitoreye
B&b nabemera
Ewana ,muzigusesengura pe
Ese bariya bagore baracyari abayobozi?Min.Memoza na madamu umuyobozi wa RGB
Igihe kirageze ngo isanduka y,uwiteka igarurwe yari yajyanyweho umunyago
Eeeehhh B&B muzi gusesengura kabisaaa
B&,b,ndabera
Na kiyovu yaruzutse natwe bizarangira dusubire Ku gasongero twahoranye
Ikiza nuko ababivanze bakuwe kubuyobozi.
Mimoza niyo wamuha akagari
Ntiyagashobora yarigukora iki koko
Muyatubwire yose ayomakosa
I love you
Umupira wacu uzazuka gute koko!!?🤔
Izi kipe zabafana hataranozwa ibintu byabo neza , bazahora muri ziriya vurugu vurugu knd nibagira ibyago hakaza amakipe yandi Ari seriye bazisanga mucyakabiri kuko ibintu nka biriya ntiwabikora hari amakipe Ari seriye
Iki kiganiro nta bwo kirangiye. Muzakomerezeho ubutaha mukande ikibyimba kuko dukeneye ko Rayon Sports ikira.
😂