INGARUKA ZO GUHAGARIKA IMIBONANO MPUZABITSINA
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 10 ก.ค. 2024
- #inzuyibitabo
SOBANUKIRWA BYIMBITSE INGARUKA ZO GUHAGARIKA GUKORA IMIBONANO MPUZABITSINA IGIHE KIREKIRE.
KANDA KURI IYI LINK IKURIKIRA UBE UMUNYAMURYANGO WA DASH DASH TV :
/ @dashdashtv
KORA SUBSCRIBE KURI IYI TH-cam CHANNEL NSHYA YA KABIRI "DASH DASH ENGLISH" IZAJYA INYUZWAHO IBIGANIRO BIRI MU RURIMI RW'ICYONGEREZA. LINK NI IYINGIYI / @dashdashenglish
Subscribe to my TH-cam Channel:
/ @dashdashtv
IG: / dashim250
Facebook: / dushimimana.dashim.9
Ntibyoroshye.koko ntakiza kibura ikibi,ntanikibi kiburamo ibyiza.
Urakoze cyane mwigisha mwiza.
Ndonsa number ye
Nisawa my brother burya ukuri gushirila mubiganiro umuntu atoramokamweyumva good
Kwifata ni byiza cyane kuko nk'uko mwabivuze usanga umuntu wirekura hari ukuntu atagaragara/ atavugwa neza muri société. Ntiyubahwa kuko bamubona nk'uwiyandarika, nk'uciriritse. Aha cyane ku bagore bari single ku mpamvu runaka. Hari abataragize amahirwe yo gushaka, abatandukanye n'abo bashakanye, abapfakaye. Hari n'abubatse ariko badahura kenshi n'abo bashakanye bitewe n'uko bari kure kubera impamvu runaka. Icyo gihe rero umugore kugira ngo ahagarare ku cyubahiro cye cyangwa ku isezerano yagiranye n'uwo bashakanye ahitamo kwifata.
Kwirekura se bisobanura kwiyandarika? Keretse udafite uwo bashakanye.
Udafite uwo bashakanye we ntagomba kwirekura.
@@ColetteMurekatete-es3fk
Wanyumvise nabi ariko! None se nyine ufite uwo bashakanye banari kumwe yaba yifata kubera iki? Nivugiye aba single ko kwirekura kwa bo gufatwa nko kwiyandarika. Kandi sinjye wabihanze ni ko mu muco wacu bifatwa.
@@pierrineineza3165 Gukanyaga cyane bica imigozi, no koroshya cyane bituma imigozi ihambuka. Byose biba byiza bikozwe murugero. Ntuzifate cyane Kandi ntuziyandarike
Cyanerwose namaze 3ans umugabo yaragiye Kwiga kwifata ni byagaciro kndi iyo wubaha Imana nawe uba ugomba kwiyubaha
Ibyo nimpanuka nkizindi zose wapi Imana iraturinda ,ibyo ntitwabyubakiraho nukubeshya
Yewe,ngenarashize,ibyobyose,bimbahope
Iyo usenga byose birashoboka rwose amahoro yasendera utarinze kwishora mubushurashuzi uhemukira mugenzi wawe
Dash ndagukunda cyanee❤❤❤ nonex kubagore imyaka
Urakoz cyane kbx❤
Wou nimba Koko nawe ibyo uyu munyamakuru akora wumva ko hari akamaro bifite like back
Nkanjye nkumosore iyo maze igihe ntangira kwibagirwa, isereri, umunaniro nokubura ibitotsi urumva ko rero habaye habonetse ufite icyo yamfasha yambwira😢😢😢
Thank you so much teacher ndagukund cyane 🙏
Utubwire ese umunu ukora akazi kijoro ashobora kubaho nkumunu ukora akaryama nijoro nonese nicyi yakora kugirango agire ubuzima bwiza ukora ijoro gusa ndabizi uzayisoma ariko uzatsubize from🇬🇧🇬🇧🇬🇧
birashoboka rwose ubigira ikinyuranyo
Kumanywa nywa amazi usinzire 8h
Urakoze kunyigisho nziza utugezaho.
Ndumva uvuguruje ibyo watubwiye ,ko kutabikora aribyiza cyane byubaka umubiri none urabivuguruje
Urakoze kutwigisha ibi ntitwari tubizi shenge tujye twirekura kubacu tubashake bagiye hose.Byanze kwifata biruta byose muhirwee
Ndagushimiye cyane kubwicyo kiganiro, wifashishije ibyegeranyo byimpuguke watubwira kwifata bitakugiraho ingaruka bifata igihe kingana iki kugirango ube wakongera gukora imibonano
Uri umwarimu mwiza❤❤❤
Ndagukund ❤
Asante sana teacher wacu
Mrciii Kunyigisho nziza muduhaye
Icyuvuze,nkukuri,sigaye,ndunva,ubwonko,bujagarayepe,narifashecyane,
Thank you 💕💕💕 dashimu turagukunda
Merci sana dashi ikinucyubwenge
Ndakweme sana
Dashimu ndagukunda cyane nkunda ibiganiro byawe❤
Thank you dashim so much
Ndagukunda dash uzatubwire kuri dayari yarishimeda❤❤❤
Icyiza tubonye muri iki kiganiro ni uko ubwo busabane ushobora kubusimbuza izindi activités zakugirira umumaro.
Ubivuze neza disii wanjeee ❤❤❤
Man urum intelligent kbx wise man
Thank you ❤
Thanks dash
Nihatari Imana imfashe jewe narahejeje kwangirika nimarira 4ans ntahuye numugabo nkaryama isaha 2 nkarya umuceri waburimusi utagir imboga Nihatari ndumva naraheze nuko nitungiwe n'Imana gusa😢😢😢
😂😂😂😂😂
@@carinemanirambona2708 🤣🤣reka gutwenga dada ahubwo ndangir umuti sha wew wumv ntafis ikibaz
Mpore mpore ncuti yanje😂😂
Wabuze iki c nshuti
@@nsajohn8094 ivyo Dash avuze🫣🫣
Urakoze haribiba kubera kutamenya
urakoze cyane mwarimu wacu dash gusa bibaye byakunda wazadusubiriramo ya chapter ivuga kundwara ya prostate
❤❤❤❤😊😊
,🖐️
Mercy ❤❤❤
Hi my brother yes good
Dashim ndakwemera urasoma uri umushakashatsi kbsa
Bakiristo benedata science ni science ibyo rero ntidukwiye kubyubakiraho ngo bitume tujya mubusambanyi cyangwa guca inyuma abo twashakanye ndetse no gukora ibyangwa namaso y'Uwiteka kuko Imana ifite uburyo ibikora bibereye imbere mu mubiri wawe ntihagire ikibazo bitera nimuhumure rwose mukomere kugakiza mwahawe
Nduwambere mumpe subscribe pe❤
Bit ndonsa number ye
Ayo magambo Ari ku mupira wawe Ahishe iki? Un!
Dashi ndagukunda cne Uduha Ibintu byubwenjye
Urarenze bro
❤❤❤❤❤Kumutima❤❤❤❤❤ kabisa tturagukunda cyane❤❤❤❤❤
Salama Dashim Nasha ubwiru kuri Shakra ( izingiro ryimbaraga)🇧🇮🇧🇮
Ubahwa
Respect
Indwara zabaye nyinshi mubantu nze kwandura imigera ntazi Aho nzivanye.
Mwizina rya yesu
❤
Cyokoza ❤❤❤❤
Munsobanurire impamvu zitera kumva umugore wawe atakikuba kumutima
Dashim ndagukunda uwampuza nawe
Maze imyaka ucumi
❤❤❤
Turakwemera sana 14:50
Uratwubaka santa
Umucyo Kitchen TV mudutere inkunga nyamuneka mukande ho turebe ko natwe twazamuka muraba mukoze 😮😮
Nakwibutsaga kuduha cyakiganiro watwemereye cyivuga kubwiru buri murugendo rw'umwana munda
The best friend number one muri working please niba namutima mubi mukore kwifoto yajye mukore subscribe love you always ndabafana cyane the big fan dash ndabakunda cyane ❤❤❤❤🎉🎉🎉😂😂😂🎉🎉
Bitwaye iki
Uzotubwire problèmes zoguterura ariteri
❤❤❤❤😊
❤❤❤❤❤
🔥🔥
Njyewe maze umwakabnamezi icumi.ntago nkora ipibonano numugab kuko ari hanze kandi ntazazabuva,mfasha ungir inama yîco nakora kuko mporangwaye burimunsi ibyobyose uvuze bimbaho murakoze arik mfasha umbwire iconakora
Nanj maz 5ans mpora ngway umugongo
Uzaze kwamugaga tukuvure
❤❤
Murakoz kudufash kk nkatweg abagab bac nabasirikar rr umwak urasobor guher
Ark sinakora icyaha rwos
Ndanbakunda
Sha ukobyasakose icyaha nicyaha niba se uwiteka acyanga urunuka uwabyiyemeje azamurinda kuko niwe urema byose nabyo yarabiremye ashobora noguhagarika iyomikorere yumubiri
A hundredth comment 🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉
Murakoze cyane ku kiganiro cyiza mwaduteguriye.
🧘🧘🤗🙏🙏
Urakoze kazu, kazubwenge we warabukuranye.mpa number ya mama wawe, simperuka amakuru, nimba atakiriho wihangane.sindi Hafi.
Dashimu igihe kirekire ubwo nikingana gute
❤❤❤❤
❤❤❤❤❤❤
Urumu vétéran bro
Akabariro kubahwe😂
Birumvikana kandi Tugushimire cane kuko urumwarimu mwiza
Nukuripe
Niyih ndyox ishobor kukugabanyiriz sitiresi
Gasikiri
Kifatacyane sibyiza nibura mukwezi 3
Ibiganiro byanyu mubikomeze nibyiza
ngize ubwobapee!
Numwaka urashira ni 3 irashira njye ndumuhamya wabyo
Hanyumase utarigeze abikora narimwe nawe harikibazo yagira?
Nibyo dash iyo maze ibyumweru bibiri naswera ngira stress nubu ndazifte pee kuko maze imins
😂😂😂😂😂
🤣🤣🤣🤣🤣🤣 imbavuz zange
Uherereye he ngo tukugereho tuguhe umuti? Uzambaze
😢😢
Knows
Dashimu umuntu utarongora umugore we wamugira iyihe nama Kandi bararana.
Yarakwanzi, inama washaka ahubikora😂😂
Icyo ni ikibazo Julienne gusa ntago byoroshye kugira icyo yabikoraho usibye ubujyanama kuruwo Mugabo kugirango hamenyekane impamvu abone uko afashwa.
buriya yasanze ubishye😂
😂😂😂😂😂 ahubwo nakubaza nti kuki mutabikora kd murarana😂😂😂
Wasanga yifitiye undi arongora .
Ibyo.uvuganukuri.harabombihonaho.
Muraho neza nje kubabwira ko tubafitiye ama proteins meza cyane yongera umubyibuho byihuse Kandi atagira ingaruka kubuzima izo proteins zirizewe ku rwego mpuzamahanga uzikeneye nawe watugana Aho dukorera nyarugenge tukaziguha cg tukazikoherereza Aho uherereye hosee Numero watuboneraho ziri muri profile yacu iyo irimwibara ritukura mwajyaho mugakandaho Mukazibona murakoz Cyane
Narinarifashe kbx ark nayobotse sports cne ubworero ndumva arisawa
Ikibazo nakubaza dashim guhuza ururwiro ushaka kwikingira izondwara mugihe ubikoze ese nicyaha kuruhande uruhe? KO arigikorwa cyakamere
komera
Ndagowe kuko nifashe igihe kirekire
Uzatubwire akamaro ka cloves
Ushobora no gufungwa nka late mandela😮
Ikibazo iyo utarigere ubigerageza naho