HARI IKINTU KIMWE KIRI KUNDYA AHANTU, IBI NI UBUGORYI NI UBUCUCU/NONEHO AVUZE IBINTU BIKOMEYE …
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 10 ก.พ. 2025
- #CassienPizzo #MaxTv_0784855183 #Urukundo
Tubashimiye uburyo mukunda gukirikira ibiganiro byacu.
hari ikibazo ,inkuru cyangwa ubufasha wifuza guha MAX TV waduhamagara cyangwa ukatwandikira kuri iyi numero iri hejuru.
Thanks a lot man of God 🙏🏾Ibazeko ikiganiro gisohoka naarindi muri honey moon none ubungubu power struggle imereye nabi I am so happy to learn ko ibibintu bizashira and I also seeking counselling and it’s been helpful , thanks a lot Sugira ❤
Urimo kumfasha muri ino minsi man of God ,gake maze kumva ibiganiro byawe it's so insightful. 🙏
Murakoze cyane naryohewe sana mfite ikibazo ese ko mbyumva nkiri single harikibazo byangiraho mumitekerereze yanjye yurugo nkaba nabivamo mvuga ngo sinshaka kuzababarana numuntu naranababaye mubukobwa bwanjye.
Ikindi kibazo
Mfite my friend uri muri power struggle kdi noneho we yabanye numugabo atamukunze yamufashe kungufu wamufasha iki?
Urakoze rata komeza ubwize abantu ukuri abokurikurya nizankozi z'ibibi zidashaka kubaka inyigisho zawe ni izukuri.
Uyu mugabo avuga ibintu byubaka kbsa....azi ibyugura ubwenge
Turagushimiye ku kiganiro cyiza uduhaye, None se kuri couples zose power struggle bayinyuramo cyangwa bitewe n'uko mwakundanye mushobora kutayinyuramo?
power struggle couple zose ziyinyuramo mu buryo bumwe cg ubundi
@@HubertSugira hari aho wavuze ko akenshi bituruka ku kuba muri Romance stage, feelings ziba nyinshi zikaguhuma amaso zigatuma usa nkaho utareba neza ariko zikazashira none se ntimushobora gusa nk'abatangiriye kuri ya Logic ikajyana na Romance, power struggle stage ntibeho?
@@jeandedieudushime783 oya hatabayeho romantic stage se umuntu mwakundana mute? ibyo wenda niba bibaho byaba ari gake cyane
@@jeandedieudushime783 ntago mvuze ko bidashoboka ariko biba gake! Mubashije gutangirira kuri logical byaba ari sawa ariko buriya siko turemye!
@@HubertSugira good, ikindi uzatuganirize impamvu abantu batekereza cyane usanga kujya mu rukundo bibagora cyane
Komeza gufasha abantu urakenewe Imana iguhe umugisha
Uyu muntu umuntu yamukura he?
Vrmt merci des informations fournies pour les mariés.
wakoze kbs wasoma! twakuyemo Amasomo cyaneeee !.
Umva ikikiganiro kiramfashije sanaaaa
Muvandi,Waziyigihe uramfasha.
Yegorwose jubambwirira nukuri
Abagabo baretse ubusambanyi Isiyaba paradizo
Uyu mubyeyi avuga ukuri mubiganiro pe
Thanks Janviere
What is the time estimate of power struggle stage?
Time is relative according to efforts you both make to come out of it
Ese ubundi ibintu byo gukundana ko bitahozeho , ari mbere ari n'ubu biriho ni ryari habayeho ibibazo byinshi mu ngo ?
Umuntu aramutse afite ubumuntu, akamenya uko umuntu aba umugabo/umugore, ikiba gikenewe, akamenya kubaha no kwita kuri mugenzi we(uwari we wese). birahagije, ndetse ahubwo ni byo bikenewe. Ibindi ni stresses gusa. Ikiremwamuntu gikunda kwiremera ibibazo
Yewe nibe na power struggle…bamwe muri twe turi muri devil struggle 😅
Pole sana!
Mwihangane bizarangira.
Impamvu ufite abafana benshi ni uko abantu benshi mu bihe turimo bafashe ikintu batojwe kuva mu buto; cyo gukurikira buhumyi
ndafashijwe.jyewe
Nice to hear
Ibintu wigisha byazanywe n'abazungu ariko nta musaruro mwiza bitanga kuko bitandukanye n'ukuri k'ubuzima.
Kubwira umuntu ko kumuca inyuma(nk'uko mubyita) ari ikintu kibi cyane bituma umunsi umwe ashobora no kuzica mugenzi we kubera ko nyine yamukoreye ikintu kibi cyane. Kdi nyine murabibona ko abantu bicana ndetse cyane
Nonese nibibi, imbwa nizo zigenda zisenzanya aho zinyuze hose kuko ntabwenge zigira,rero umuntu atandukanye ninyamaswa,iyo yigize inyamaswa umutera icyizere akaba atanagutera kongera gukundwa
Ufite ka depression mucuti ! Nasomye comment zawe zose you are not ok ! Stop attacking this man of God ushake igisubizo ahandi. Jesus loves you
Yooo Imana igusure
Wowe wigira umuhanga kdi ugafata imyanzuro ku bigize ubuzima, ntuzi ko nta formule bugira, ko nta kintu na kimwe kitagira ibibi n'ibyiza