Ubu butumwa nubwo Bukomeye ndabuvuze//Imana intumye kuri ibi byiciro Umunani//Ev. Francine Murerwa
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 26 เม.ย. 2020
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi,kudutera inkunga y'ibitekerezo ndetse n'iyuburyo bufatika kugirango uyu murimo w'ivugabutumwa dukora urusheho kugenda neza cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara kuri +250783103298 iri no kuri whatsaap .Imana ibahe umugisha .
KORA LIKE NA SUBSCRIBE UBASHE KUBONA IBINDI BIGANIRO,INDIRIMBO ZA GOSPEL N'INYIGISHO Z'ABAKOZI B'IMANA NDETSE N'INKURU ZITANDUKANYE MURI GOSPEL - บันเทิง
Numero za Ev.Francine Murerwa ni +250789429242
Asante 👍
Imana iguhe umugisha mukozi w'Imana kandi ishishikare kukwuzuza Mpwemu yera.
IYOBOKAMANA TV murakoze cyane
Uwiteka abahe umugisha utagabanije Iyobokamana we.i love u
wa mubyeyi we Imana iguhe umugisha mwinshi. wasanga imbuzi yawe ariyo ya nyuma. buri wese nukwisuzuma neza tukihana.birakomeye
Imana Iguhe umugisha
Urakoze cyane Mama, ibyo uvuze ni ukuri rwose Imana igukomereze amaboko.
Mukozi w'Imana we urabuvuze rwose kandi ubuvuze neza nkuko wabuhawe natwe turabwumvise Imana iguhe umugisha kandi yongere yuzuze aho ukuye ndafashijwe.
Ndumva Yesu anyemeza ko mbuze imbaraga! Yesu Christo ngirira neza umbabarire ibyaha byanjye!
Uwiteke akweze agutunganye nshuti y’Imana. Uwiteka akwishimire cyane
Bagabo mbabwire,guca inyuma uwo mwashakanye biroroshye,ariko gusaba imbabazi umubwira ko wamuciye inyuma birakomeye cyane,ibyiza rero twabyirinda kuko ngo kwirinda biruta kwivuza.....God bless U all
Oya rwose iyo umwe mubashakanye yaciye mugenziwe inyuma.agomba gusaba uwobashakanye rwose imbabazi. Ahubwo mbere yo kubikora agomba gusanga umukozi w'Imana akamugira inama akamfasha no gusenga binginga Imana ngo imucire inzira yo kwaturira uw'obashakanye.iyo waturiye Paster wenyine ntuba umbabarire rwose .byanze bikunze ugomba kwaturira uwo mwashakanye.
Imana ikojyere amavuta Mukozi w'Imana.
Yego rata bivuge witinya na Pawulo yakubiswe inkoni nyinshi bamuhora Kristo ,ubundise murabona Imana itihangana ahubwo ufite ugutwi niyumve iby'umwuka abwira amatorero.
Uwiteka Nyiringabo aguhe umugisha utanze ubutumwa byiza uwumva yumve uwemera yihane utihana hari uzamuhana ijambo rirambwira ngo :Nitwemera tukumva tuzarya ibyiza byo mu gihugu ariko nitwanga ,Inkota y’Imana izaturya .Murakoze Mubyeyi
Nduwimana francine mama turitiranwa imana , yaraguhaye I ngabirezurasengerananj nzenkorere ' imana
Imana itubabarire ibyaha,kdi itwunamureho icumu
Imana ihe umugisha umajakazi wayo
Mukinyarwanda kiza bavuga umuja gusa ntabwo ari umujakazi
Uhoraho aguh'umugisha mukozi w'Imana
Oya ntabwo ashaka amafranga rwose kandi ntabwo biriya byitwa kwikunkumura ahubwo n'umwuka ubikora. Uramutse utabyemera cg utabizi wakwicecekera wenda. Mubyo yavuze se hari ikitumvikana kurimo muvandimwe ?
Imana ije kwica imigambi y' incakura.....nibyo
Murakoze cyane Mubyeyi
Gusa abenshi ibyo bavuga,byo kwihana,umuntu wese ushyira mu gaciro yabyiyumvisha
Yesu weeee utubabarire ibyaha byacu papa
Nukuri Imana yarababaye pe
Habwumugisha mubyeyi kuba wemereye Imana ko igukoresha, natwe idushoboze kwihanira kureka.
Kuko umwami imana azantabara nicyo gituma ntamwara"Amen"
Ubu butumwa nukuri Imana iguhe umugisha birakwiyeko buri wese areka inzira ye ,mbi akagarukira Imana nitwa Ismael
Kuki ukoresha compte ya Sacco?
Amen
Nahumu 2:2
[2]Uvunagura azamukiye imbere yawe, komera ku gihome, rinda inzira, kenyera ukomeze, iyongeremo imbaraga y'ubutwari.
Imana iguhezagire mwene Data. Mu Burundi turakwipfurije iherezo ryiza
Ubarikiwe mama
Imana iguhe umugisha wa mubyeyi we Kandi Imana nigukomeze inakwagure
Kurobanura ku butoni muri leta👍👍👍
Imana iguhe umugisha,kdi itwambike imbaraga zo kuva mu byaha
Kera najyaga mu mwuka ngatitira sha none ubu ikirere cyarifunze Thanks watching from Qatar
Ikirere nicyongere gifunguke wuzuzwe umwuka wera mu izina rya Yesu Kristo. Amen
Uwiteka we ndakwingize wohereze umwuka wera kubantu bawe kugirango wemeze imitima yacu uyihe guhindukira. Kuko nitukugarukira nawe utwemerere utwigarurire.
Amen Amen imana iduhane umugisha mwinshi cyane
Kwatura kwiza nukwaturira umutambyi mukuru ariwe Yesu Christon Nyuma yaho ukaturira uwo mwashakanye akaguha imbabazi (aho kwaturira umuntu kandi nawe ari umunyambya ntabwo aribyo).
Ibyo uvuze simbigaye nabyo ningombwa ariko nupfobye nuwanditse ngo nimwaturirane ibyaha kugirango musabirane niyarananiwe kwandikamo umugore cyangwa umugabo
Amen
Nukuri peee peeee
Imana izaturengera kd ibyo byose nibyahanuwe ko hazaza abigira abavugishwa nImana kd ko bazayobya benshi rere dukwiye kuba maso
Nibazako ibyaha bizagabanuka,nibyakorerwaga,mukabari no mumahoteri naho ibyomungo bizikuba!!
Uwezwa yezwe n'uwanduye akomeze yandure n'ukuri Yesu kristo Araje
Imana iguhe umugisha mwinshi, kdi ikongerere imbaraga
Murakoze kujambo ryiza. Gusa nikuki musenga muvuga ngo: Imana igirire neza Urwanda kubwa Corona Virus mbega Urwanda gusa nirwo rukwiye kuzitirirwa? Nagira musengera isi yose?
Happy ,buriya lmana ltuma abantu benshi ,no mubindi
abanyarw bihugu lmana lvugirayo.Singombwa rero ngo ltume
Kuko ari nta jambo Imana ivuga ngo rihere,
NY
Rata aba prophète basigaye aho babaye abapfumu!!
Esubundi niki avuze kitumvikana ???? haribyacumi namaturo abatse se??? Niyo yabibaka kubitanga nuburenganzira bwanyu kuko nubundi amategeko ya Mose uko ari 10 ntituyakurikiza Imana idufadhe
Mw
Njye icyo nibaza kwavugango bihane nonese ubuhanuzi buri muri bibiriya yera.buzasohorera kubiti cg nikubantu?
Yee, Imana izasohoza ibyo yavuze mu ijambo ryayo, arinako iburira abarimbuka ngo bihane. Uko niko Imana ikora. No kwa Farawo ntiwibuka uko yoherezaga Mose kdi izi neza ko Farawo ari bwinangire!
Mbese murikigihe hariho abatambyi?nonese ubutambyi bwa kristo bwaba bumzeiki?ibyakazwenintumwa4:12
1timateyo2:2-4
Umuntu yakambabazi uwo yakoreye icyaha.
Mana umbabarire kudamamarara nkibagirwa aho nkuye😥
Corona itumye abahanuzi bagwira kandi b' abagore,ni byiza
Kamabera Julie kandi Bose bariguhanura gucibwa inyuma
Kamabera Julie kandi Bose bariguhanura gucibwa inyuma
Ahubwo barashishikariza abantu kwihana
Harumwa muto uwuhanuzikazi nzi nazabaha number muzamushaka nawe tukumva icyo imana ishaka kubantu bayo muri minsi
Waduhaye izo numero nshuti
Ziduhe
+250 786 915 767 yitwa roza
Muduhe number ze tumwibarize uko twakwihana ibindi atasobanuye
Jye numva ko yakagiye ahiherereye akinginga Imana kuko Yamubonye abikorera ahatabona nubundi akayinginga ayibwira ko atazongera kuko abyongeye Imana igushyira kukarubanda ubwo rero nnumva atari ngombwa ko abibwira abamdi cyane ko numvise ko nabatambyi hari abanduye. Ubwo rero niyinihire kugiti cye arko afate ni icyemezo
Aha turabyumva kimwe kuko kubwira umutambyi ntaho byaba bitaniye no kwicuza kuri Padiri kandi tuzi ko umutambwi wacu ari Yesu Kristo we wadukinguriye ahera cyane ngo buri wese yinjire yisabire yikiranure n'Imana. Ubundi Umwuka Wera akaduha imbaraga zo gufata imyanzuro yo kudasubira gukora bimwe nibyo twakoraga njye numva ariko kwihana.. murakoze
Yakobo5:16
ESE ino virus ni lmana yayitwoherereje?
Ubuse Imana iduteje iyi virus twabyita iki koko? Ntinadohore n'imbabazi igira?
Mwampa number yuwo mubyeyi nshuti zumusaraba
Ngizo Numero za Ev.Francine 0789429242
Nawenishetani ikurimo tubirebyechane kwititizakwanyu
Imana ikubabarire cyne
Ntanahamwe Imana yigera Ituma Umugore kuko ntiyisubirako kuvyo Yavuze abo bagore bigira abavugabutumwa bazovuga uwabibatumye , kuva nomugihe cakera hose ntaho Imana yigeze Ikoresha umugore
Aha ho uribeshya kuko niba Imana ikubwirako niyo abantu batayivugira yakoresha ibiti n'amabuye none ari ibuye n'umugore ni iki kirita ikindi? Va mu myumvire nk'iyo rwose ngo umugore ntavuga ubutumwa.
Tuzabwirwa niki umuhanuzi nyakuri?
Mungu akubariki mama🙏🙏🙏
Irinde icyaha ukore ibyo Imana ibindi ntibikureba
Ubuhanuzi bugenzuzwa ijambo ry'Imana
Solange wee, ujye ubigenzuza icyanditswe
Imana iguhe imigisha mubyeyi
Nkurikije uko itorero ry'iki gihe rimeze,nta mutambyi nakwaturira!Heureusement ko ntabyo kujya kwatura mfite.
Kubera iki?
Nonese wasanze arabanyabyaha?
Ubwo se ubaye utekereza utyo ntiwaba ubaye umucamanza?
Wowe ikiranure n lmana muburyo lmana yishimira, ntiwivuze magendu
Wivuze neza
Kwibaza kubandi ubyihorere
Gusa urantangaje umuntu utagira ibyo kwatura akirimwisi gusa sinciy'imanza
Bagufashe umwana wicire ifaranga, naho ibyo gutumwa byo uwavuga ay'inzuki ntiyarya ubuki. Ubwo urikunkumuye ngo utwemeze, ushinja bagenzi bawe kutavuga ukuri, shaka ibirayi wicecekere.
Ivyiki gihe ntawamenya ivyarivyo Ubu ugwanfu n'uburo vyaravanganye pe!uwo kubivangura ni Yesu gusa!kandi ibi bintu uwutazovyitondera bizomugwisha ubutakivyuka!
Muvandi niba ubona ko ari kwikunkumura ceceka ureke kumukurikira ,ariko ureke kumuvuga nabi .
Ntabwo abyikoresha numwuka wera ubimukoresha .
Ubwo wasanga haribyo aku wiye usanga aribuawe .
Imana ikubabarire muvandi 🙏
Uwabonye iyera abona iyirabura agahunga .bamwe bahanure abandi babigenzure!!!
@@ayinkamiyevenansiya1756, ntimukayambarize kw'ishyiga ngo nibasiga ivu mutwihanagurizeho, uncecekesha nka nde? Yaje ku rubuga(espace public) ngo iyo inyoni yaritse ku ibenga abahisi bose barayarurira none wowe urasaba iki? Ujya gusenga ariherera, naho iyo Mana yo muri social media iraje ibambure inkanda mukwire imishwaro. Ntimukigire ba SUKIRANYA,
Mwebwe muvuga komutoyaturira Abatamvyi niyonziratufise
Imana iguhe umugisha mubyeyi
Bahamagara baguha casha up. Number gusa ntabindi. Ntibazi naho dutuye. Ego mana we
Amen
Imana ishimwe uvuzukuri
Imana iguhe umugisha mubyeyi
Imana iguhe umugisha mubyeyi
Imana itubabarire nukuri
Amen