ESE BIKUBAYEHO WABYITWARAMO UTE? By ISIMBI RYA YESU
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 19 ต.ค. 2024
- Twiyemeje gutanga umusanzu mu kubaka umuryango mu ndangagaciro za gi christo. Hari Inama wifuza kutugira cyangwa ubuhamya wifuza gutanga bijyanye n' umurongo wa IRISAA TV ? Watwandikira ubutumwa bwa whatsup kuri (+250)788429917.
Murakoze cyane mubyeyi! Hanyumase umuntu aramutse abakeneye by'umwihariko yababona ate?
Mwiriwe neza munyihanganire ubu nibwo mbonye iki kiganiro ndagukunze cyane imana ikomeze kukwagura uri umuhanga cyane ,nonese mugenzi wawe aguca inyuma ukamufata kenshi gashoboka ntagusabe imbabazi kandi ukabona ntashaka no kubireka wangira iyihe nama.
Imana iguhe umugisha ufasha abantu kuburyo buri scientific .arikose umuntu aguca inyuma akabigira ingeso akanabikubwira wakwifata ute?
Urakoze cane utubwiye ibintu bizima kbsa
Nabagome abantu bacana inyuma kuko birababaza uwuhemukiwe.yew vyarambayeko nahatswe kwiyahura
Courage Mama urikuvugukuri👌 Benshyi bakumve that’s my wish🙏
lmana iguhe umugisha Ku nama uduha turagukunda cyane
Wow wow😍😍😍Uranyubaka nukuriiii .ndikwiga kandi irisomo nzaritsindaaa
Nonese ubabariyumuntu,yagusabyimbabazi akongera agasubira muri yamakosa kenshi buriya wabyitwaramo gute?
Njyewe ibyo byambayeho, bitumaniga uburyo umugabo atecyereza uburyo bakoze,maze kubimenya mvumbura igisubizo none birakora kbs
Ongeraho udasaba imbabazi utava kungeso yewe akakurusha uburakari ndetse amahane akamurenga
@@neema3595 ubundi ibintu biba Ari bibiri gutandukana nawe cg kwiga uburyo ugiye kumu (kumumananjinga🤣) iyo uhisemo guhamana nawe,igikora niki.ntiwonjyera kubivugaho,yanabikora ukamera nkaho utabibonye.nibyinshi sinabyandika ngo mbivemo ariko birakora
Iyo abihoramo se?
Hi, mbabarira ndifuza kuvuga nawe live mbabarira umbwire IG yawe basi nkwandikire DM
What'sup me kuri +250788429917
Numero yawe yaboneka ite?
Kubwumunezero n'amahoro ukomez kungarurir ntakiguzi noronka noguh arik iconkwifuriz nuko lman ukorer ikomez iguha umugish n 'ubweng iziguh niherez ryiza muvukany wanj.
Courage mubyeyi kunama muduha . Imana ijye ibaha imigisha
Simbi we sibyiza kurira utari buguhoze kwikaruma nabyo nibyo
Courage Isimbi mwiza....uradufasha p....Imana ikwagure
Ko byayeho si mbabare ubwo sikibazo?
Wawouuu Urasa neza nshuti! Imana iguhe umugisha kubw'umuhate ugira utugezaho ibiganiro.
Isimbi we nibyo p ark ndashaka kukuganiriza byumwihariko
+250788429917 what'sup
Nkukunda kubi uri smart mu mutwe ni inyuma hama next time wadushakiye ni gute wamenya umuhungu ugukunda byukuri
Turagukunda simbi inama zawe ziratwubaka
Izi nama ni nziza
Njyewe Ndagukunda urabizi. Ariko ndimo kubitekerezaho byonyine, nkumva amarira araje. Ndatekerezako urimo kubivuga ubwira abagore. Kuko ntamugabo wabyemera. Ariko uzi umugore w'umuntu?...uzi...? Eehhee!!!! Windiza
Courage we love you 😘
iyi si ikineye aba counsolor nkawe Maman.Courage.
wahinduye izina rya TV yitwaga Irisa TV uyita Isimbi rya yesu TV ariko uracayita Irisa
Isi maze igihe ngukurikirana ibiganiro byawe ndabikunda pe ariko icyarushaho kumbera kiza numunsi nazahura nawe ukanganiriza.
Wanshiye inyuma nkakubaza ntumbwire byose naguhitana ahubwo. Ntabwo wampagarara imbere ukiri muzima. Ndumva iyonama utanze yo kutavuga details zose uzatuma bamwe bishwa byitwe agasuzuzguro. Niko mbibona abandi mumbwire.
Winsetsa,icyo bigufasha nuguhora ubyibuka,ariko wiyongerera umubabaro
Courage rwose
Ramira u
Nge nakwigendera