Matayo 15:13-14 [13]Arabasubiza ati “Igiti cyose Data wo mu ijuru adateye kizarandurwa. [Ujya mu urusengero yibwira ko nta ikibazo icyo areba Ari ugukora ibyiza Arishuka cyane rwose pe. Uwo, abarirwa muri uy'umugabane.] [14]Nimubareke ni abarandata impumyi kandi na bo bahumye. Ariko impumyi iyo irandase indi zombi zigwa mu mwobo.”
Ndagusuhuje Muvandimwe Na amaturu barayandika mu ikaye bakayakorera n' audit na abaturishije bagasinya nkanswe! Ntabwo byoroshye umusoro ni ukuwutanga da. Ndetse imidugudu ikarushanwa ukumva ngo noneho twabaye abanyuma mumaturo!
Yesu ashimwe, t-shirt irakubereye kuburyo ntanuwabona ibitiyo uretse ko tubibonye kuko ubivuze. Yesu aguhe umugisha n’imbaraga no gukomeza gushira amanga
Ariko kwanga urwanda uvuga ni uko avuga ukuri. Erega twese turi abanyarda kdi turabizi ko uvuga ukuri wese aba umwanzi ariko muzamenya ukuri, ukuri kubabature.
Bosco ibya Bizimana byo kuvuga ngo bajye bashima inkotanyi byo sinshaka kubigarukaho. Gusa benshi mu banyarwanda nti turi kumwe nawe kuko ukurikije imvugo ye ni Satan yigendera. Gusa na none agomba guhakwa kugira ngo yibonere ibiryo. Naho ubundi nta cyo upfa n'urwanda. Uwiteka wenyine ni we waturengera, umuntu w'inyama n'amaraso we ni ubusa.
Nali nanze kureba ivi video yuyu Mu pastori muyu mugore utwite, In brief , Insengero zose zifungwe Zose pee ,ayo matoreyo ya satani Afungwe burundu Tugaruke ku mana yacu Yo mukiragano cha kera , Ali nacho gisha , The truth is that there is no The new testamen and the old, Guys , Let us go back to our heavenly Dad and those one eyed sherphads.
Ngicyo ikiganiro navuzemo abana b' abahungu bane bigaruriye imitima y' abanyarwanda :th-cam.com/video/uy9y6tz3Zrg/w-d-xo.html
Ukuri kuraryana muriyi minsi wicika intege iyaguhamagaye muri muri kumwe gusa ngewe naragukunze uburyo uca bugufi nabyo bivuga ubugufi uzi beneda data bageze mumahanga uburyo bahinduka arko weho uratwubaka pe imana izampe kugomeza kumva ibyo ikunyuzamo ngo uduhe umugisha imana itanga uzakomeho amen
Imana iguhe umugisha mwinshi mwenedata dukomeze dusengerane
Bosco Hagumagatsi ndamusengera aguma mw’isengesho ryanje kuko nize vyinshi mbese mfise na note zivyo nkuramwo binyubaka kuko nagutoye kuri Yoube numva uvuga ibintu nkeneye kandi nipfuza 👏 Uhoraho akunzigamire yongere akunzigamire 🙏🏾
Yego rwose urimo gusunika urutare ahaterera, ariko hari benshi urimo kurokora urwo rutare rwari rugiye kugwira. Imana iguhe umugosha kdi igushoboze cyane
Nawe ngusabiye umugisha utagabanije Imana ikwishimire kandi ujye ufata akanya usengere umukumbi muto nkuko ijmabo ry' Imana ritubwira gusabira abera bose
Amen 🙏
Urumushumba RWOSE 😅😢😂 tukubuze Hari byinshi Yesu kristo ashimwe wakuduhaye East Africa 🌍
Sinkunze izi imoji z' ibitwenge kuko zitesha agaciro ibyo wavuze urasa naho uri kubinnyega ariko umenye ko nawe uri umushumba wi i Torero ryo murugo rwawe bifate rero au serieux gusa Imana iguhe umugisha
Udafise Yesu Wukuri ntiyomenya ivyo utubwira vyahishuriwe abazi Yesu-Kristo vyukuri👏 Uri umushumba w’umukumbi muto wamenye vy’ukuri Umwami👏👏Gumamwo turagukunda turagusengera Imana iri mw’ijuru yaremvye ijuru n’isi iri ahera ize iguhe ijuru 👏
Umugisha ukomeho ibihe byose Yesu aragukunda cyane
Ndawugusabiye umugisha mwinshi Imana ikurebe neza mu izina rya Yesu Kristo
Bosco uri umushumba pee!!!
Igihe kirageze ngo uwari wese yige gusenga wenyine kuko twese twigererayo. Imana yacu yadusezeranije ko urushye nuremerewe aza aho iri iramutabara. Ab'Uwiteka mukomere k'urugamba.
Nibyo koko uri gusubika ahaterera ariko wicika intege kuko Uwagucunguye Akuri hafi kandi agufasha. Humura Uzarigezayo. Bake baha Imana Icyubahiro nibo bakwiye. Courage Mwene Data ❤.
Murakoze Imana ibahe umugisha utagabanije
@@dabooktv1236 Amen Merci beaucoup.
Matayo 15:13-14
[13]Arabasubiza ati “Igiti cyose Data wo mu ijuru adateye kizarandurwa.
[Ujya mu urusengero yibwira ko nta ikibazo icyo areba Ari ugukora ibyiza Arishuka cyane rwose pe.
Uwo, abarirwa muri uy'umugabane.]
[14]Nimubareke ni abarandata impumyi kandi na bo bahumye. Ariko impumyi iyo irandase indi zombi zigwa mu mwobo.”
Imana iguhe umugisha Mwenedata
Yesu ashimwe cyane mukozi w'Imana kandi akongrere amavuta pee.Ndibuka utubwira umwaka wa 2025 ko ali umwaka udasamzwe ,none bitangiye kugararara kub'umukumbi mto wahawe kuyobora Imana iguhe umugisha amen
Urakoze kuduhugura nshuti yumusaraba
Ntakibazo mukozi w' Imana
Urako mwene Data muri Kristo Yesu. Icyambere saho uri gukorera , ahumbwo nubutumwa Mwuka wera aguhango utugezeho . Mukomere kumurimo
Murakoze cyane Imana igukomeze naho bano biyita abakozi b,Imana bahano iwacu ntasoni bagira.ahubwo baraje bavugeko Ari Imana yategetse ko bagomba gukora biriya.
Ariko, umukozi W'Imana yaramwangaje, niyirire imitsi yacu, naho Imana ntacyo yayikorera irihagije
Amen amen
Erega Humura kuko uri umushumba, kuko turahari nubwo turi umukumbi muto, na Yesu inzira yatubwiye ninzira ifunganye, Humura Mushymba wacu turimumwe
Imama ikwishimire kandi ikurebe neza mu izina rya Yesu
Bazana utugambo, twuburyarya, ngo turya ibyacumi byimana, agashyiraho iterabwoba ngo Imana aratwica
Ngewe namaze gucana kumaso ifaranga ryange nzajya ndiha abakene
Yego rwose Imana iguhe umugisha
Ndagusuhuje Muvandimwe
Na amaturu barayandika mu ikaye bakayakorera n' audit na abaturishije bagasinya nkanswe!
Ntabwo byoroshye umusoro ni ukuwutanga da. Ndetse imidugudu ikarushanwa ukumva ngo noneho twabaye abanyuma mumaturo!
Yewegayeeee!!!!! Hm hmm hmm!!!!!!
Nakwiikirije niko ibisambo byoba bizagabana nabashebuja bakora
Hi
ahava irancanga cyane igarura ibiganiro bya clarisse yahinduye titre na date .none nayivuyeho .
Ahukorera sicyokibazo nshuti yacu turakumva rwose
Imana itariyo u Rwanda ntibayobye banyarwanda doreko mwambaye ikirezi nyimumenyeko kera. Aho gutegeka kw ibanze" 0" n ukwa "1" ko abanyamadini bahahishwe bekigishwa uhereye mu gutegeka kwa 2 ubwo baba bikirigita ngo baseke bitange iki?
Urumuri Rwanda murusobanukirwe maze uburezi burozi bw ibisekuru nyobyamarari mubireke kuko " Gasani -shyerezo yimye ( kwima ) Gakondo ye ngobenimana benirage bagarure agatima impembero kandi bitorore bahamye intego
imana y" i Rwanda gusa siyo dusenga dusenga Imana yaremye byose
Exactly! Iy'urwanda ni ikigirwamana. Imana dusenga yitwa UWUTEKA Ntabwo ari IMANA Y'URWANDA
Urumushumba rwose ntagushidikanya , natwe turagusengera kuko iyo twakubuze turakena.
Bosco ni umushumba rwose abeshejeho benshiii gewe ndamukunda
Yesu akomeze agushoboze❤
Imana iguhe umugihsa mwenedata
Uwiteka Imana azampe Cash ncane itabaza kuko ngukorere studios ihoraho
Cash sizo zicane itabaza
Imana iguhe umugisha mushumba wacu
Imana iguhe umugisha utabanije
Icyo kiganiro ndakibuka k'ubana b'abahungu. Warakoze.
Merci ikiganiro byawe byinshi mbabyibuka kuko ibyo uvuze bigaragara vuba gusa bigaragarira ababishyizeho umwete
Yesu ashimwe cyane Bosco
Amen Yesu ni ahimbazwe
Nubundi se aisai wabonaga ari umukozi wande? Ko ari uwa leta u.untu ukorera cest Valente murusengero wowe uramukinisha
Yesu ashimwe, t-shirt irakubereye kuburyo ntanuwabona ibitiyo uretse ko tubibonye kuko ubivuze.
Yesu aguhe umugisha n’imbaraga no gukomeza gushira amanga
Imana iguhe umugisha utagabanije mwenedata mu izina rya Yesu Kristo
Igikuru nico Mpwemu Agomba kutubgira, s'ikibanza uvugiramwo! UHORAHO Agukomeze.
Muhezagirwe mu izina rya Yesu Kristo
Muhezagigwe Brother
Imana iguhe umugisha utagabanije nawe mu izina rya Yesu amen
Ahubwo se Bosco waba warabonye wa mudamu wambaye ibendera ko yavuze ko ngo Kagame Paul ni Umwuka Wera !
Mu Rwanda abantu benshi barapayutse !
Uko n'ukuri rwose pe!!!
Ngaho re uwo yahanzweho n'imyuka mibi birumvikana
inkingo zatangiye gukora akazi kazo nikuriya bizaba bimeze mu gihe cya Antikiristo
Chare kuri utube byigeho: urworusengero culture phalique umutwe w,igitsina. Gabo !
Nararubonyeee
Mwene Data komeza Uwaguhamagaye azagushoboza!
YESU AKOMEZE KUBANA NACU TWESE KUKO UKU NUGUHARA AMAGARA,KANDI NICO GIHE BIKWIYE KUWUVURA IGIKOMERE ATAGICA HEJURU PE!KOMEZA UBANE NIYAGUHAMAGAYE NATWE MPWEMU YERA WIMANA AKOMEZE ADUHE KWUMVIRA IJWI RYIWE MURI IYI MISI MISI TUGEZEMWO Mwarahezagiwe
Imana iguhe umugisha kandi ikwishimire
Bosco sigaho RWOSE urakewe 10000/100
@@alphonsengarambe4276 ndakewe sinumvise
Komeza umuhigo wahigiye Uwiteka ngo umukorere Ibuka Ubuntu yakugiriye nanubu akikurwanaho wigira ubwoba uragiwe n'umushumba ukomeye
Yego rwose Imana iguhe umugisha
Ndumva ibyo byose bizaba mubyangombwa by'umunyarwanda. Utabifite azajya acibwa amafranga amaherezo
Umukene se ntabwo azasezerana? Ntabwo azaseneshereza abana ?
Mukozi w’Imana ubyuvuze nukuri 💯 babyemerewe numuyobozi mukuru ati mwiba abantu mukabashuka mukabatwara utwabo dukeye baribafite ati ubungubu babashirireho umusoro tubigabane 😢😢😢😢😢 warikurinda abantu ibisambo abatije umurindi ubundi bagabane 💔💔💔💔.
Dukurikije ubusitari bw'urwanda wowe uruvuga neza
Politike igezweho niya tura tugabane niwanga bimeneke shop nazo zirafunze Kandi gufungura bisaba kuramya imana yurwnda
Igikuru turakumva Komera
Ntabwo bigaragara neza pee
Nabikorera nikotugiyekujyatubita
Ndibuka utubwira umwaka wa 2025 kdi biri gusohora rwose
Ntabwo tubibona
@@cecileuwimana8149 ibiki mutabona
Nibyo rwose ufite igikomere cy amoko iyo ugeze ku rda n'a kagame urwango rwose urumena hanze! Wanga u rda peeeee
Ariko kwanga urwanda uvuga ni uko avuga ukuri. Erega twese turi abanyarda kdi turabizi ko uvuga ukuri wese aba umwanzi ariko muzamenya ukuri, ukuri kubabature.
Bosco Mushumba komeza uvuge ukuri twebwe umukumbi muto tuguteze amatwi ngo tubaturwe naho abanga ukuri bafite Se . ariwe sekinyoma
Njye nta rwango mbona kuri Bosco. Ahubwo ubutumwa afite ntibwumvwa na bose. Bugenewe umukumbi muto. Courage Bosco
Imana y,amahoro irusheho kuguha imbaraga uri uwumumaro kuri twe no kuri yo
Imana ikomeze ibishimire
Ibiganiro jyubiha numero
Bosco ibya Bizimana byo kuvuga ngo bajye bashima inkotanyi byo sinshaka kubigarukaho.
Gusa benshi mu banyarwanda nti turi kumwe nawe kuko ukurikije imvugo ye ni Satan yigendera.
Gusa na none agomba guhakwa kugira ngo yibonere ibiryo.
Naho ubundi nta cyo upfa n'urwanda.
Uwiteka wenyine ni we waturengera, umuntu w'inyama n'amaraso we ni ubusa.
@@petertwizerimana3264 ntacyo rwose ndarukunda nkarukumbura nkarwifuriza ibyiza nubuyobozi bwubaha Imana n’ abantu bayo
Ndibutsa umukumbi muto kongera gukurikira ikiganiro mwenedata Bosco yakoze kivuga ngo:inzira zabyaye amahari! Ubwo koko ubundi murumva umuyobozi w'idini yaribushyigikire inkingo za covid zigamije kwangiza urusengero rw'Umwuka wera zidasize n'Ubugingo nubwo batubeshye ngo ntaho bihuriye kandi tuzi neza ko Imana yadutumyeho kenshi ngo tuzirinde, hanyuma bakabura gucuruza izo service? Zihenze se kurusha imibiri y'abantu bagurishije? Muziseko babateraga inkingo kungufu ntakibyihishe inyuma? Abo zagizeho ingaruka mukomere kandi mwisunge Yesu niwe wadukiza. Icyakora mukwiye kwibuka ko zabyaye amahari mugafata icyemezo bigishoboka!
Uko n'ukuri rwose pe.
N'ugushaka Uwiteka bigishoboka ko abonwa
Imana iguhe umugisha cyane
Nali nanze kureba ivi video yuyu
Mu pastori muyu mugore utwite,
In brief ,
Insengero zose zifungwe
Zose pee ,ayo matoreyo ya satani
Afungwe burundu
Tugaruke ku mana yacu
Yo mukiragano cha kera ,
Ali nacho gisha ,
The truth is that there is no
The new testamen and the old,
Guys ,
Let us go back to our heavenly
Dad and those one eyed sherphads.