@@kasinejanviere1351 never. Wibisigiriza. Umuntu uri kuri camera arabanza akakurebera ko utuntu twose tumeze neza. Ibi ni nk'uko yahusha camera igafata hagati y'ijipo Kandi bikagaragara nabi. Aba agomba kubyitaho iyo iba style aba yambaye umwenda udafite amaboko ariko niba yambaye kuriya ni uko atashakaga ko igaragara. Ahubwo bajye babyitaho. Kuko niryo tandukaniro rya Theater and film. Burya Theatre kuko Ari amajwi gusa washaka wabikina utoze , wambaye nabi ariko iyo hajemo kuba bari bugufate amashusho uba ugomba kuba umeze neza nyine. Cyane ko yakinaga ari umugore wiyumva cyane nk'igitangaza. So, winyumva nk'ubaciraho iteka ahubwo nyumva nk'ubakebura ngo bajye babyitaho
@@Resurrected_with_Christ yeah uvuze neza cane kuko film irabwa na benshi kandi ikigisha na vyinshi muvyo bakina nu gukina kwabo bazebagerageza gutanga uturorero kuri vyose kwambara kuvuga no mugutanga message
Mwatuzaniye se KANIMBA n'a soleil
Ngo akaba atanagukuramo inkweto,abagabo mukunda izo care mume like
Turabakunda
One Love From Kinindo 🇧🇮 Bujumbura
Murabahanga peee kdi Imana ikomeze kubashyigicyira, Turabakunda
Jemus ndakwemeye verry verry good
Ooooooh congratulations brother u're master actor
Mbay uwambere
Keza urasa neza cyane ndagukunda ❤❤❤❤ from Norway
Izi film zanyu ninziza sana zirigisha
Wow mbega film iryoshye.., bino bibaho pee?!ariko mbaze GJC media ubu Bwenge bwo kuduha film nziza zituma tutangira amasomo tuzigiramo , mubukurahe???mukwiye gushigikirwa peee nimwe mufite film nziza. Mugihugu sinatinya kubivuga Kandi courage
Yego Rwose Ibyo Njbyo Gusa Ibaye Serie byarushaho Kururyohera Yanarebwa Cyane
Iyi flm irigisha sana kwl
Ark uyum ugabo arategura koko
Uyu mutipe ararenze. 😂😂😂😂 N'ubwo ataragera aha Ben , ariko nawe arimo neza
Gisele nkunda gukurikira film zigisha ukinamo, ukina neza nkagukunda, Kandi uri mwiza nkuko ubikina, komerezaho ukomeze wagure impano utanga ubutumwa bwubuka sosiete nyarwanda I love u ❤❤❤
ndumva ndakaye nukuri ibyisi koko bitubuza umugisha
Bit nisawa mukinaneza muramara❤❤❤❤
Gise, ndagukunda ariko, uri gutuma tuzobipfa. Zibay films 2 cheila ntawurimwo, ntabwo ntuj ntalubona akina.
Ahhhhhj mbega umutego wumugabo,, abagore bibera Tinder bashaka abagabo ndabasuhuje.
Uno mutipe he is talented
bibabikaze
Mbakunda cyane couraje❤
Umugor wishyan hus
Ndabakunda cyanep
courage
Nukuri kwImana murampimbaye muratwigishije ndabateye intege mubandanye kutwigisha
Eeee sha massi urampa kuriyo miriyon pe ninyinshi arko chr wawe araguphusha
Yes good 👌
Kubabarira nibyingenzi kubashakanye bakundana
Yewe yamiriyoni turayirutse pe mass ndagukomeje
Frm nkizi nizo zikenewe zifite inyijyisho nziza pe courage muzajyera kure pe
Umva uzubwenge yakwigiraha too kuko harimo isomo
Ubwiyemere nubwo bwabujijenigikerebkumera umurizo. Ubwo beiyemere bwuyo mukobwa, buzoherera Aho mwivu. Aribagira ko yavuye mwivu azosubira mwivu
Abagore mukwiye kunyurwanibyo abagabo banyubabaha ntawe bakobwa dukuremo isomo
Hhhahhhhh mbega umugore mubi ndumva mbabaye nukuri
I like this actress mi name Gisele, keep it up!
Nukuri iyi film iratwigishije cyane mukomereze aho ngaho turabashyigikiye
Iyi frim irarenze pe
Inyigisho zanyu ninziza peee
Ivyo bintu vyogora abagabo benshi kubabarira naje ndimwo .
Abarundi turabazi ntabwo mubabarira
Cyokora Gisere Azi gukina
Kweri kabisa
arik sha Gisw ukina neza nukuri kw Imana pe.eeeeh
Rwose kbs ndumva hari isomo munsigiye ryokuba tutagomba guhishanya bishaho kongera ikizere kubashakanye nubwo nkiri single ariko nanjye ndimunzir
❤❤
Ewana muratwika kbx
Gisele uri cyiza shahu❤❤❤
Aba bahanya b’abagore bakunda ibintu by’isi kubi 😢😢😢😢😢😢
Mas byishyi bimena itamaa😢😢😢 from Asia 🌏
Barabuga 5 millions akavuza induru 😂😂😂😂😂
We need another epzod
Ayo ma movie yanyu arimo urusaku rukaje nibiki se?
Verry good for
Gucinyuma yumugabo bigukozeho ihangane
Feresitasiyo kabix
Mas acha tamaaa😂😂😂
NGO ndi mwiza .baraburyase
Ndabakunda cyane ❤
Ndikwibaza umuntu ukoresha izombuga agombakuba yicuruza? Ndabinginze munsobanurire please
Egoko massi noneho kwirya wabikuyehe
Komwagaruyemo indimi nyinshise kd
Bireze ninkicyorezo
Musende
Yesuweeee Ahwiiii ndapfuye weeeeeeeeeeeeeeee😢😢😢😢😂😂
Thanks aba boys
Ubwibone nibubi
Good film mukore series
Mwatubabariye koko Mukayigira serie
Birakwiye ko babikorape
😂😂😂😂😂
Yuu uwo musore yakubereye inshuti nziza ntiyakurya gapapu 🤔 arko ibi bireze pe 👌 birababaje disi umuntu akaba arihinga ngo ahahire umuryango undi nawe yibereye muribi🤨🤨🤨🤔
Ariko nge nta kibaxo mbona kuruwo mugore nubundi kwaba atavuye murugo urarakaswa niki wakigabo we waretse agakora akazi online
NGO ntago ajya Ava murugo buriya x hariya amusanze ni iwe?
Abantu baba bari kuri camera mujye mukorera protocol abantu. Ubu koko ntabwo mubona ko isutiye ya Giselle iri kugaragara ???? Mbega 😢😢😢😢
Maybe niyo style ye
@@kasinejanviere1351 never. Wibisigiriza. Umuntu uri kuri camera arabanza akakurebera ko utuntu twose tumeze neza. Ibi ni nk'uko yahusha camera igafata hagati y'ijipo Kandi bikagaragara nabi. Aba agomba kubyitaho iyo iba style aba yambaye umwenda udafite amaboko ariko niba yambaye kuriya ni uko atashakaga ko igaragara. Ahubwo bajye babyitaho. Kuko niryo tandukaniro rya Theater and film. Burya Theatre kuko Ari amajwi gusa washaka wabikina utoze , wambaye nabi ariko iyo hajemo kuba bari bugufate amashusho uba ugomba kuba umeze neza nyine. Cyane ko yakinaga ari umugore wiyumva cyane nk'igitangaza. So, winyumva nk'ubaciraho iteka ahubwo nyumva nk'ubakebura ngo bajye babyitaho
Breeze ndakwemer nkund ukunda uri timide
@@Resurrected_with_Christ yeah uvuze neza cane kuko film irabwa na benshi kandi ikigisha na vyinshi muvyo bakina nu gukina kwabo bazebagerageza gutanga uturorero kuri vyose kwambara kuvuga no mugutanga message
Iby'abastars ntiwamenya ,wasanga ari n'ubushake bwe.
Hhhhhhhhhhhhhh
Hhhhhh
Mukomrezeho muratwigish
Ndikwibaza umuntu ukoresha izombuga agombakuba yicuruza? Ndabinginze munsobanurire please
YEGO RWOSE NIBYO BASHAKA
@@nkozikibernard1430 mass yasakuzaga cyane