Trauma niba ikira ari uko usohoye ibikurimo ibi by'umuryango muri public byaranyobeye ese no ngombwa kuvuga uko ubanye n'umugabo mu rugo koko kuri you tube
Ariko hari utundi tuzina bitanaga kuva kera. Ibyamazina tubyihorere kukarubanda ngo nta care amuha amuteje abandi bagabo baraje bamuseke bamubwire ko yamuroze bamwereke aho bamuha care sha.
Gerard uti basi yikwashagure yooo Mana Ariko Jeniffer yarababaye Ariko Jennifer haguruka weme usonge imbere heza Soit tjrs forte kandi nezerwa nezerwa imana yarakugiriye neza
Jennifer +250 788 558 418
Ibaze nkuyu mugabo uzumvako nuyu munsi utazi niba umukunda😊wibaze na bana bawe bazumva ko washatse Se utamukunda kuko urasa nubyicuza!!ese wumva nawe abana bawe utari kubasogongeza kuri ibyo bikomere😊erega ntabwo ibikomere byose ariko bivugwa!hari ibyo dukemurira mukwiyubaka.
Ubugabo wawe nimfura cyane, yarakwize neza akwakira uko uli.
Umuhabowawe nifurapeee ariko nkyomajambo ntiwarikuyavuga ngowamugiyeho utamukunda
Ese mama wazashatse umuntu ukwigisha gusoma niba wumva bigukomeretsa cyane.Gusa ntabwo Yesu akunda abize gusa,ntibikajye biguhangayikisha cyane.
Uri umunyabwenge Jennifer,Urarusha benshi bizee ushingiye uko usubiza💕
Ndashimira umugabo washatse uyumugore Kandi akamukunda uwiteka aguhe umugisha
Umuganga ni yesu Gusa !uzige kurekura ibyagiye ntagahinda , wakire no kwakira ibije ntagihunga ! Mukomere pe!I really feel ur pain !
Yewe Mba mbona nawe utoroshye! Niyo yayo. Ubaye nka Maman Charlene ngo gushaka yarahubutse akabivuaga aruko amaze kujyera muri eteje! Ubu nawe wumvise aho ugejeje ubwo urashaka ufite Range Lover!
Umugabo wa Jennifer yubahwe , afise kwihangana 🙏🙏🇧🇮🇧🇮
Nshuti, kubawarize ntibivuzeko urumunyabwenjye nabatrize bazubwenjye (komera mubyi komezubwenjyi Imana yaguhaye kandi kubutarize ntikabitindeho cyane)
Umutware wawe Imana imuhe umugisha.aragukunda kandi nawe uramukunda ni uko kubera ibikomere ufite udasobanukirwa neza.gusa shyiramo agatege nawe akeneye urukundo.hari ibintu byinshi wakora bikamunezeza pe !urukundo rugaragazwa n'ibikorwa si amagambo.
Umubyeyi w'umuhanga cyane🤍🤍🤍🤍 ndikumwibonamo 💯
Ihangane Jenifer ibyakubayeho hari abandi byabayeho ariko komera
Uri ikiremwa cyiza Imana yakuremye yagutekerejeho. Nsabiye umugisha urugo rwawe rube urw amahoro n imigisha.
None umaze kugira aho uba uti”sinzi niba mukunda”Mbega umugabo wagowe !
Ukwiriye gusaba yesu akaguha agakiza urarushye peee numugabo wawe pe yaragowe
Manaweeee,uyumubyeyi Imana izamusangepeeee,ndabiziko ishobora byose.
Gusa ibiganiro byose ukora ntago useka nagato warakomeretse chr IMANA izakomora
Ndagukunda mubyeyi ❤❤❤
Ubundi hari umugore ukunda umugabo! Turazi ibyomuza mukurikiranye, ngewe nkunzeko uvugisha ukuri
Erega ntanshingano yumugore yogukunda abagabo oya gukunda ninshingano zabagabo gukunda cyaneeeeeee hanyuma umugore akanyurwa akaganduka koko iyo wakunze umugore kubaha nokuganduka byijyanamo
Imana ishimwe ubwo umugabo wawe utamuvuga nabi
Shamimu ❤ Nyagasani akomeze akomore ibikomere ! Ndakwibuka twaraturanye uba kwa tante wawe ikanombe kukibuga.
Ati "iyo umuntu ari umuntu muzima ntibisaba kumuhonga ngo abe umugabo". Inama nziza. Ufite umugabo nyawe
Mukobwa mwiza duhuje ibintu byinshi cyne nange kugeza akakanya sinjya nseka ,ibyo uvuga ndakumva byihuse ,ariko kwakira agakiza byarandinze nihohonyine umuntu akura umunezero yesu azagusure agusetse.kandi pe ndaje nkushakishe
Ujye umukunda mu buryo bwawe niwowe uzi uko urwubatse.gusa nawe ujye witwararika ntumubwire Nabi kandi wite kubana bawe cyane.Abashakanye baruzuzanya si ngombwa ko mukora ibintu bisa.kandi aho umwe afite intege nke niho undi ashyira imbaraga ubundi bikagenda neza.
Yooooo nyagasani yaragusubije pe,tekereza iyo ubanza n'inyamaswa wari kwiyahura pe nkurikije ibikomere wifitiye uwo mugabo Imana imuhe umugisha mwinci cyane pe.egoko baba,abagabo nkabo burya babaho se⁉️⁉️
Imana ikomeze uwomugabo kuko ndumva ahubwo arimukuzimu erega ukanavuga cyokoze turarembye urabura gusaba imana ikaguha gufata neza uwo mubana none ngo singombwa hhhhhhhh
Cyakora urimwiza wamfura weee❤
Urintwari niyo havira icyukora kitarikiza siwowe nubuzima wabayemo butaribwiza kandi watewe nuwakubyaye gusa ndagushimira cyane kuko inzirambi wanyuzemo ntiwitwaye nabi ahubwo wahakuye inyigisho nzima kandi iyowiga warikuba uri KAGAME wa kabiri mu Rwanda
Ukeneye kwakira Yesu akakuruhura.Ntabwo imibabaro duhura nayo ari urwitwazo rwo kubangamira abandi.Harya ngo ntujya useka.Nukuri sanga Yesu akuruhure,nibwo uzagira umunezero.
Ese kubikomere abanyarwanda bifitiye nkicyo gusetsa umuntu yagikura he koko ?
@@turibamweali8661 yego twarababaye ark se tubyifungane naryari? Biriho Byinshi ibyatuma dushima nshuti yanjye!
Lilian Uvuze ukuri rwose Nasange Yesu niwe wabasha kumukiza imibabaro yose akamusiga amavuta yokunezerwa. Kndi afite byinshi byogushima Imana nokuba yaramuhaye umugabo umukunda gutyo agakomeza kumwitaho. Age yibuka ko hari nabahuye nibibazo bikomeye cyane kugeza nubu bakaba badafite Naho behengeka umusaya. Ntago kuba umuntu yarababaye cg atarabwiwe amagambo meza ari urwitwazo rwo kuba utabwira abandi amagambo meza ngo ubahe care kndi ubakunde mumabara yose. burya Niyo ukunze abantu ukagira amajambo meza nubugwaneza nomumaso hawe haracya ugaseka kndi ukabaho unezerewe. Satani ni umugome niwe wifuza ko abantu babaho bahekenya amenyo
Bambarize. Ndumva abantu baratese kabisa! Abantu babigiyemo. Niba mutazi ibikomere muzabaririze ingaruka zabyo zikomeye n’igihe zimara.
Arashima ariko si ingayi. Ubanza mudasobanukiwe neza
Impore impore my sister ❤lmana ivubira imvura ababi nabeza kdi umugambi w’lmana uruta amashuri menshi yabisi biratana nkaho mw’ljuru bazayamurika yo,wowe ikirizwe tuzigire mw’ijuru
Gérard uzatuzanire Hortense Mazimpaka umuganirize
Azamutuzanire rwose
Imana iguhoze mugore mwiza
Iguhe ibyishimo nibyishimo nyakuri bituma wishima niyo waba udafite ibikunezeza❤
Mwakoze cane. Uyu mu maman afise impano ikomeye cane.
Urumuhiga peee gs kwigiyeho byishiii GOOD BLESS BLESS YOU so much love you 🫂❣️
Nukuri madame Jenny yarahindutse imbere n'inyuma
Asa neza ,jeune,yambaye neza,
Gera,nanje ndagushimiye ko wabaye hafi uwo mumama
Ubundi umuhanga yavuzeko umuntu Uzi ubwenge umubwirwa nikibazo waba umubajije akagusubiza igisubizo cyacyo
Ariko rero nawe urakabya! Kwanga kugemurira abana koko ngo nuko wabyutse nabi? Iyi no kamere mbi nayo uzabisengere Imana iguhe umutima wubwenge!
Mureke guca urubanza, ibikomere ntimuzi ibyo aribyo!
Ibyo uwo mubyeyi avuga nibyo Imana imuhe umugisha
Inyigisho nziza cyane, thx Jenn & Girard ❤
Ibikomere bya bamwe bigira ingaruka zikomeye kubo babana.Hari abagira amahirwe yo kubikira no kubinyuraho bakabanira neza abo byakagizeho ingaruka,ariko ntibisanzwe.Kubana numunyabikomere biragorana cyane.
Baramutwara rero shahu ,urqbyivugiye wikozeho
Ufite imana nziza mubyeyi lmana iguhumugisha
Imana yonyine izakomore pole sana
Jenny uzi ubwenge ntihakagire ugupfobya kandi nzi neza ko abaswa batumva ibyo uvuga n’ubwo baba barize 🤷🏾♀️You’ve a high mindset 👍
Kutumva Ibyo avuga nigipimo cyubuswa?
Ubwo ubyumva ahise Aba umuhanga hhhhh
Kandi nibamutwara uzababara iyo ubyimenyera bitagiye kukarubanda. Umuteje abagabo bagenzi be bazajya bamuseka.
Ngewe muzi naza nkamuresha ukongera ukarira ibibintu nubupfapfa gusa ibyomvuze ahabanza nivugiraga nahonkomeje arikwibibintu si sawa
Jose ahubwo wasanga afite aho aruhukira da, ubuse wabana numuntu wifunga bigezaha burimunsi? Hhh abagabo Bazi ubwenga Sha ahubwo nyiramwiza arebe neza.
Umugore ufite intimba ariko w' umuhanga pe!
Urumuhanga cyane
Umugore wumuhanga ❤️
Urimwiza pe ❤
Oooooh!!!ibyo birahagije maama. Nyagasani akugirire neza.
Trauma niba ikira ari uko usohoye ibikurimo ibi by'umuryango muri public byaranyobeye ese no ngombwa kuvuga uko ubanye n'umugabo mu rugo koko kuri you tube
😂😂😂😂ahwiiii !uno mubyeyi yarahumuye !komera ariko uvugisha ukuli
umugabo wa Jenniffer niyubahwe ....akwiriye ikamba
Umugore mwiza wumutima
first ndashimira Gerard kuko njyewe nagiriwe mahirwe y'ukumva ikiganiro cye1 nukuri yarababaye ark Gerard yakz akazi gakomeye kuko urinkingi ikomeye yamurikiye uyumubyeyi kugeza aho ageze ubu kd Mum komera umuntu ahitamo aho azaba ntahitamo aho azavukira ibyiza birimbere .
Uyu mu mama arko aracyafite umutima ukomeretse , ubundi ubu ajya aseka?gsa Imana ijye ibana nawe pe,uri umu mama mwiza
Nibikomere shaa mumubabariree
Mbabarira uzajye gusenga jennifer bizatuma ubona amahoro numunezero bambeee
Iki kiganiro nta somo ryiza twakwigiraho kiduhaye,ahubwo ryagumura abafite ibikomere bose bakumvako bagomba kwizirika ku bikomere,byarikuba byiza iyo ibi byose warikutubwira ko ariko byari bimeze mu myaka yashize!!ariko ko uyu munsi nibura urikumva urigukunda umugabo wawe kubwi ineza ye!nawe ko urikumva wikunze,kuko wamenyeko na nyoko kuba yarabaye indaya bishobora kuba byari ibikomere byabimuteye!!none urikumutaranga ngo wagize ibikomere!!!uzi ute ibyamuteye kuba indaya Se!!
Ngo uri umuhanga!!!!🤭😏😀😀😀😀sawa ishinge Gerad
😂😂😂😂 sibyo rata yaribuvuge ibyiza yagezeho nyuma
Harimo isomo koko ubuse niba utarabayeho mubyo avuga gutyo ubwo ntumenyeko bibaho. Erega ibintu nkibi nukuvuga ngo twebwe icyasabwa cyose kugirango agaruke mubuntu aricyo cyangombwa. Kuriyisi habamo ibintu byinshi bamwe baranafpa. Nagirango nkubwirengo kuba ibyo byose bituma aba umuntu ntabyo yifiteho ahubwo araha aravuga ukuri kwe kugirango afashwe. Umuntu ubona inyuma site uba imbere. Nawe nicyo gihe cyokwishaka nonaha.
Ibikomere Bambi 😭😭😭💔 ajye akwihanganira nawe Siwowe nurwatwese Bambi . Umuntu atanga icyo yahawe
Ibya cherie ni iby'abana mu rushako.
Ubu abamaranye bamaze imyaka 20 kuzamura ibyo barabizi ???? Ko bashakanye bitaranabaho ????
Si nabyo byubaka Ingo erega barababeshya !!!
Cherie nta gaciro bifite mu kubaka urugo n'indangagaciro zubaka urugo.
Ndabarahiye pe !!
Ubworero uziko wamuhamije uzicuza jyukomeza uboneko went a mutima cy amaso yokureba afite
Ariko hari utundi tuzina bitanaga kuva kera. Ibyamazina tubyihorere kukarubanda ngo nta care amuha amuteje abandi bagabo baraje bamuseke bamubwire ko yamuroze bamwereke aho bamuha care sha.
@@uwerajoseline6465 yego pe !
N'ubu turacyahari, nanjye sinamwita chr kuko mfite uko mwita, nawe afite uko anyita .
Cherie rishirana n'agahararo mba nkwambuye
@@uwerajoseline6465 ikosa akoze nirimwe ryokuvuga kwatazi nimba amukunda naho ibyamazina nanjye simbyemera icyakugeza mubarabu ntabwibone bagira usanga umugabo cyangwa umugore asomagura abana abahobera nkabadaheruka ariko kumugabo cg umugore umva biragoye kubona yigira nkuko muri Africa bitwara Kandi barakundana cyane birenze igipimo
Ariko utuzina twa chr, sweet, honey,chou.....ni twiza cyane, none se tubahamagare mu mazina?
Uranshimisha gusa yesu azagukuremo ibikomere
😢😢yo komera bambe ndagukunda byuzuye❤
Yooo impore bambee iryo nihungabana mama
Sha madame none ko imana yaguhaye umugabo witeka nawe nyene ushingira intahe.tuziko urugo rwiza arijuru rito .je nibazako wokwama hubwo umuronderera Amazina meza umwita kuko arayakwiye pe.sinon waragize imigisha myinshi abandi bagore benshi babura .
Cyane rwose
Ngo ufite igikomere kidashobora kubonerwa umuganga n'umwe?!Noneho ntabwo uziko Yesu ashobora byose?Cyakoze nukuri Yesu akugenderere,umuntu utajya aseka koko?
Ariko mama urimwiza ....Impore bambe kubyakubayeho....
Ego sha nimwiza kubi!!💕
Mbaba uzashakwe ukuntu ubigenza uyu mubyeyi aseke umunsi umwe .nanjye bizanahimisha
Gerard uti basi yikwashagure yooo Mana
Ariko Jeniffer yarababaye
Ariko Jennifer haguruka weme usonge imbere heza
Soit tjrs forte kandi nezerwa nezerwa imana yarakugiriye neza
Uri intwari mubyeyi ukuri uvuze abagore benshi barihandagaza bakabeshya kandi barara bashinze inkokora.
Komera umwami Yesu amara agahinda kandi wirira niko umuririmbyi yabiririmbye
Jewe ndazi umugabo numugore bama bahekanye bareranye bitana Cherie na chouchou na zi suet ariko yama amuca inyuma afise umuhabara rero ivyo sivyobituma haburukundo murugo
Ahubwo uriya mugabo yarazi kwihangana disiii
Yampayinka Data!!! Tough 👠
Hhhh umusilikare murugo
Nuko dukomeza kumirwa nukuri urarwaye pe ucyeneye ubuvuzi uwonwana wanyokobukwe waramubabaje pe 😢
Yoooooo ndumva dufite ubuzima bujya gusa😢😢😢😢😢
Even me😢😢
Me too 😭😭😭😭
❤
Uvuga ukuri.gusa warakomeretse caaanee.ariko natwe nuko
Uwu mugore abesha ngo ntiyizeee amashuleeee
Huuuuuu, uwuzomwishinga biramushaaaaa
Ahubwo wari kuba umusirikare mba ndoga Rukara 😂😂😂
Umubyeyi mwiza cyane afite ubumuntu rwose ndagukunda Maman Jennifer kdi Imana izaguhindurira Ubuzima
Urukundo sukwirwa uvuga chouchou bébé wapi urukundo rugaragarira mubikorwa !njyewe ndamukunda kdi ndamwubaha singombwa ko muhamagara chéri kugirango amenyeko mukunda buriwese afite uko yereka urukundo uwo akunda kdi hari nabirwa bavuga cheri chouchou kdi birwa barwana nandi mabi
😂😂😂😂😂UYU mu Mama ni umunyamugisha ahubwo,kuko yabaswe nukuri peeeeeee
Muhaye nomero 1 namukunze ni ingenzi muri ububuzima,muge mumutumira kenshi gashoboka
Ndamukunda nicyokiganiro ndebye nkakirangiza nahibindi mbita nzira agirubwenge ntuburibyumwungukiraho ❤❤❤ mamy Jennifer. Uwiteka azakomoribikomere uzajawishima byose biva muri wowe ucye mumaso
Wowe turikimwe pe!
Ahubwo nuko umagabo wawe mwabyaranye iyomutabyarana yarikukwangape nabana sibyope ubikosore aboneko wahindutse
Urabeshe mugore abantu uko turemye nimpa nguhe icho utanga nicho uhabga kubaka urugo birunganirwa utamufashije nubwo yoba ashoboye byomunanira
Oya sinemeranwa nawe ko utazi niba ukunda umugabo wawe uzamukunde cyane kurusha abantu bose kuko yemeye ibikomere byawe ntagute.gerageza kwikuramo ibikomere kuko harigihe bizajya bigutera icyangiro kubera kwikaruma nange ukubwira bimbaho ariko ndimo kurwana nabyo kugeza igihe bizamvaho.
Uyu mubyeyi akeneye therapist nyamara
Cyane, afite post traumatic ikaze!
Umugabo ukora ibishoboka byose akaba umugabo bikanga ariko wagerageje ubuzima bwawe bworoshye kurushubwange ariko ntamuntu wandutira umugabowanguye mubumayibobo
Nukuvuga ko iyo utabona umugabo warikuguma uri mayibobo rero?
@@lolitaimena9782 🤣🤣🤣🤣🤣🤣
@@lolitaimena9782 😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅 ahubwo se ubu agiye yaba mayibobo🥱
@@umutoniwasejanviere212 aha
Hama uraberewe
Uyu mugore simubi ahubwo yangijwe nimibereho kandi ntayanga umugabowe ihungabana yazanye rimaze gushira hobucye
Uyumugore amagambo avuga yarwaye troma. Muzamuvuze ibiganiro bye mbyumv keshi 😭
Umutima we hamwe namarangamutima ye byarakomeretse pe
UYU MU MAMAN NDAMUKUNDA CYANE AVUGA ARI SERIEUSE.
Ehee yarakamiritse uyu ni umusoda
Yeah ! abantu benaba tuba serious cane kuko tuba twarakomeretse cane.
Icompa agakora ikiganiro atwenga(aseka), nkakibona, yewe abakunzi ba inkuru yanje bazombwire ndakirabe simpombe
Jennifer nintungane sumubeshyi !iyo aza kuba umwe muribabandi bajya kubaka bashaka gusaturamo kabiri arakuguyaguya ugahinduka nkumusazi
Wabirangije 😂
Mbaye we divorce yahita itangira 😢
😢
Mugore Jennifer twese twashatse kumyaka nkiyawe arikope iyo mutarabyara umuhimba utuzina jyewe kumyaka 18ans narimyaye nashatse mufite 17ans ariko rwose uwajyewe akunda utuntu two gusheshenga( cher) my darling)sweet heart)jyewe mwita daddy
Uku kuri ni kwinshi
Hhhh
Arikose nadorimbogo bahorabarata ababyeyi ntakindibakwandika
Ati Cherie se niryo ababyeyi bamwise 😂😂😂😂
😂 😂 😂 😂
Ingaruka za depression 😢😢😢😢😢
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Ntarabona Umuntu wize yaraye muri rigore yasinze umunyonzi utarize yatahanye ayo yakoreye yatahanye numuryango we mwishuri tuhakura ubumenyi ubwenge nikaremano Ntarabona uwize asazira mwikodi ryubatswe na motal uwabikubwiye ninjiji mbi ntanaho muhuriye