Ihorere mama igikobwa nakubonye uyumunsi ark bakwikundiye, warize nanjye untera kurira. Urimwiza cyane ndahanya ko ukusa inyuma ark usa kumutima. Uwabonye ko asa na miss Divine ninde ampe like
huuuu, sweet heart, komera komera ndakubwiye ngo komera nanone uri mwiza knd ntuzigera unezeza abantu bose wap, be who u re, do what u like whatever...... ufite amaso meza, uri nzobe nziza useka neza ...... lv u
You are very beautiful 100 per cent👌🏾amarira warize byari ngombwa kugirango ubohoke ndetse unafate umwanzuro uhamye wowe ubwawe!! Keep impressing yourself, do not care about what people say or think
You are so beautiful yvette wacu turagukunda kndi cyneee❤❤❤abagutuka rekana nabo ntibakakubabarize umutima,knd unjye wibuka ko ntawe ikundwa nabose sibyo,twe tugukunda turahari kndi aba gukunda turi benshi chr uri mwiza wowe na ni mpanga yawe turabakunda knd cyneeee❤❤❤❤❤
You are really beautiful ❤️ Yvette don't care about those who discourage you because the people who are negatively thinking exist so do good and go ahead and God be on your side. There are many who love you ❤️
Buri muntu afite ukoyaremwe ni mana ,ntamuntu ufit u burenganzira kumubiri wumuntu ,abantu bafite iyo myumvire rwose bayihindur simyiza ,you have to be strong dear❤ turagukunda
Don't worry baby, this is my first time that am watching you but be strong to cry in the eyes of enemy it make her/him celebrate so don't give me them a reason our God is Almighty right baby! ❤❤❤❤
REBA KESHIA N'IMPANGA YE: th-cam.com/video/-Od3eax3YoY/w-d-xo.htmlsi=Xy5hjip6GEDbhRZB
Impore chou ❤urimwiza rwose 100/100 ntuzongere kurira kubera abantu,ntuzongere kwitakariza ikizere ❤kuko abagutuka bashakako ucika intege ukazima bagufitiye ishyari,courage kandi ndagukunze nge nubwambere nkubonye
❤❤uvuze ukuri mukundwa
Pls nukure mureke tureke kubera na imitwaro na ❤wiremye mureke undi mwana mumenye ibyanyu nabyo nibi boroheye
Ihorere mama igikobwa nakubonye uyumunsi ark bakwikundiye, warize nanjye untera kurira. Urimwiza cyane ndahanya ko ukusa inyuma ark usa kumutima. Uwabonye ko asa na miss Divine ninde ampe like
Dore wamwana mwiza nikundira❤❤. Abatindi bamutuka ntabwo bazi definition y'ubwiza. Kandi baba banamufitiye ishyari. Courage ma jolie fille. Ngubuze icyo atuka inka aravuga ngo dore ruriya rucebe rwayo. Uri mwiza bidasubirwaho❤💞💐💖🌟
Nukuri gukomeretsa umuntu umuziza uko yaremwe ni bibi kuko ntaruhare aba yarabigizemo kndi wowe ubikora nawe ntubuze inenge twige kubona ubwiza bwaremwe ni Mana❤️✌🏼
Imana iguhumugisha sister
Yooo manayanjye ndababaye pee wamaze amabere nayawe noneho ukuntu urikeza shenge,nonese ahubwo udafite ayomabere nagutere ibuye cyaze urimwiza mama❤❤❤❤❤
Yooo Humura Cherie...uri mwiza cyane ndetse amabere yawe akugira mwiza.Maze bamwe basigaye bajya kwibagisha ngo bayagire manini!!!Humura kuko uko uteye koooose...nigisingizo cy'Imana Yo yakuremye."Ntukite kucyo abantu bakuvuga,ahubwo ujye wita kucyo Imana ikuvuga"
Egoko 😢Amabere yawe c agutwaye iki uziko harabajya kuyongeresha 😂😂😂wowe urumukobwa mwiza pe !!!icyo nakubwira buri wese Imana yamuhaye amabere mato cya manini sister ndumva ukeneye gukomeza kwigiririra ikizere mwana muto
Bakurek mwana indaya imenya indi ❤❤
Ariko xe bagukuyeho iminwa ntanumwe ukurusha ubwiza byihoze abisi nibabi big sister ♥️♥️
Ndagukunda bidasubirwamo yvett strong uzagera kubyo wifuza Kandi urimwiza cyane urasetsa
Uyu mwana wumukobwa mumuhe support kbs Ari really ❤❤
Ntamuntu numwe mwisi wiremye, buriwese yaremwe nimana imurema uko ibishaka kd nibyo biyihesha icyubahiro nukuri ntakintu kinezeza abantubose urimwizacyane ababonako urimubi nabo bazigaragaze ubundi turebe ubwiza bakurusha ubwiza bwawe namabere ninayompamvu urigukora ikiganiro ❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Uri mwiza❤. Uwo wagututse arwaye abadayimoni.
Apucu njye ndagukunda uteye neza, nanjye nteye nkuko,Kandi I'm proud.you are beautiful in and out ❤
Nkunda ukuntu TikTok ubasubiza gsa iyo mbabaye jya TikTok nkaseka❤❤
Chr ukuyeho ndahiro andi mazina turitiranwa kandi nanjye mfite twin nawe yarashatse mugihe njye nawe tukiri abakobwa icyo nakubwira ntamuntu numwe ugomba kuguca intege❤❤
Nanjye ubwo turi bazina
Aho kugira abakunzi benshi uzagire abanzi benshi,kko nibo batuma untekereza 2,VA kubantu sha,ishime,kora ibyawe,nkaho Ari woe wenyine URI kwisi❤❤
Yvette bazina humura ntanenge ufite ahubwo ufite ibirenze ibyabagusebya That your uniqueness
❤❤❤❤
Ni first time nkubonye,you are so beautiful,my dear komeza ube proud yumubiri wawe. Abagutuka nabatararenga ugwanda bakiri mubu jiji.
huuuu, sweet heart, komera komera ndakubwiye ngo komera nanone uri mwiza knd ntuzigera unezeza abantu bose wap, be who u re, do what u like whatever...... ufite amaso meza, uri nzobe nziza useka neza ...... lv u
Ark nikeza and gafite ikinyabupfura...
Ohhhh courage ma chr
You are so beautiful never mind what people talk.
uziko avuga nka linda priya
Afite ijwi ryiza cyane uri mwiza!
Urekeza chr ntibakaguce intege sibyo ❤❤
Uri ikiremwa cy'Imana yiremeye igukunze.amabere yawe ni karemano,abandi bajya kuyitereshaho ngo igituza cyabo cyibe kinini.ihangane komera,ikomereze imbere ukore ibyo ugomba gukora byiza utere imbere imbere....Imana igushoboze uhinduke urutare rutanyeganyezwa nizo mvugo nibitutsi
Ooooo bakureke lv ufite ikinyabupfura sindumva wasubije utukana, much lv beautiful ❤️
I love her❤
Useka neza maze 🥰 naho rero ibyo abantu bavuga wibyegereza umutima kuko nibantamunoza, ntabwo bose bagukunda kuko nturi amafaranga niyo akundwa nabose .
Mana yanjye we ❤❤❤ uri Mwiza cyane mukunzi ♥️♥️♥️ amabere ntacyo atwaye kdi si inenge
Nge ukuteye biranyura mukobwa mwiza 🌹💯❤❤
Uri mwiza cyane boo
Yvete rata ndakwikundira cyane sometime utuma mba proud yanjye kdi courage mukobwa mwiza❤❤❤❤❤
You are very beautiful 100 per cent👌🏾amarira warize byari ngombwa kugirango ubohoke ndetse unafate umwanzuro uhamye wowe ubwawe!! Keep impressing yourself, do not care about what people say or think
Ruku ndagukunda nawe urabizi kandi I’m so proud of you 😍 I’m with you 10/10 🥳 abo bantu tuzabigaho tubagire inama kuko ni depression ibamereye nabi
❤❤❤❤
uyu mwana asa na Gahongayire ni mwiza cyane bavuge ukore bareke wowe ukore
Akaka abantu baragacumuje disi😢uri keza va kubantu❤
Yoooo , ndagukurikirana kuri Ticktock kbsa , gusa nkunda ukuntu uba Proud, ikintu cyambabaje nukuntu nakubonye urira byarandenz, mbura icyo navuga cyagukomeza ❤baby Girl urimwiza peee , njyewe ndakwikundir peee
Uri mwiza cyane boo 😊
Uri mwiza rwose amabere atwaye iki c uwagututse Imana imubabarire
Ndagukunda cyane rwose ❤😘🫶💋
Don't give up sha , bareke bavuge ukore cyane ubacecekeshe ukoresheje iterambere
Yvette ndamukunda cyane❤ aba mwanga nubundi ni intashima kdi bagira nimitima mibi.abagukunda turahari rata❤
Ndakwikundira chr, ndanagufana peee kandi cyanee
Uri mwiza cyane kdi never give up kuko nababi barabanga nkanswe wowe
Pole chr gusa njye ndakwikundira❤❤
Chita utuzanira abatumirwa bari unique pe! Humura mukobwa mwiza turagukunda turi benshi ntacyo uzaba❤
❤❤ yego rwose, nkunda iyo avuga ngo ikunde wishigikire.
Ndagukunda chouuu🫂😭❣️❣️❣️
Chr uri mwiza useka neza ,ufite inzara nziza
Uri mwiza cyane peeee
Arko hari imyenda yabantu banini kdi bakaberwa uzajye ugerageza wambare uko uteye chr mwiza naho abagutuka bareke barashonje
❤❤uvuze ukuri mukundwa
@@balancedlifetvwandika cn kbx😮😮😮😮
Njye ndagukunda cyane urimwiza pee just be you don’t even give those hater’s attention ❤ komeza uterimbere Yvette
❤❤ vraiment, kubitaho bimuha énergie négative imugusha mu gukomeza kutigirira icyizere.
Urimwiza ndagukunze❤
Amabere ntabwo Ari inenge nshuti , urimwe cyane
Uricyucyi baje bakuvaho amaberese harayo wihaye wamaze abandi barayabuze njye nikundira inyonyo nini pe ❤❤
Nibakareke nonese abandi ko bayongera nabagome
Uri mwiza cyane hubwo kuko ubwiza bwawe ntawabubona.ndagukunda rata
Ihorere nkumi nzizi uri mwiza maman🇧🇮🎉❤❤
Keisha nkunda❤❤❤
Urimwiza cyane bareke bavuge amabere ntacyo atwaye kuko uri umukobwa ugomba kuba uyafite
Yego rwose ❤❤
Urimwiza cyane ndagukunze cyane❤❤❤
Don't worry baby abantu twese turavugwa tugatukwa cyane tuzira ukoduteye ntibikakubabaze ntg ariwowe gs ❤😢
You are so beautiful yvette wacu turagukunda kndi cyneee❤❤❤abagutuka rekana nabo ntibakakubabarize umutima,knd unjye wibuka ko ntawe ikundwa nabose sibyo,twe tugukunda turahari kndi aba gukunda turi benshi chr uri mwiza wowe na ni mpanga yawe turabakunda knd cyneeee❤❤❤❤❤
❤❤❤ yego rwose
Rata uri mwiza chr ❤❤❤❤ mubyukuri uteye neza nukuri ❤❤❤
Mugihe ugikoresha social media you have to be strong kd rekana nabakuvuga kuko ibyo murirana harababyifuza so reka dushime uko Nyagasani yaduhanze
Umva chr uri mwiza ndetse cyane bareke nawiha chr kandi nukuri nacyo bitwaye usibye imitima itanyurwa
Nibakaguce intege bareke pee ndagukunda❤❤❤
❤❤ vraiment birababaza
Nukuri uri mwiza rwose ntukajye wita kubavuga , jyubareka bavuge kuko niyo kamere yabo kandi ntawe ubuza inyombya kuyombya . ndagukunda umwiza ubahiga
Yeweee birababaje San .. follow Mayibobo Empire 🔥
❤uyumwari ni mwiza
Mubuzima ducamo burimutsi ntago wabura Abantu baguca intege bakuvuga nabi hari abakuvuga nabi abandi bakakuvuga neza ariko nukureka abo bantu baguca intege ukabareka kuko nawe Ntayo aba azi ejo he ikomerereze life yawe uve kubantu Kandi ndagusabye ntukazongere kuberekako iyo bagututse bikubabaza unjyubabwira imana ibahe umugisha Kandi ndagusabye sinyo ntukazongere kurira wereka Abantu ko ubabaye unjyubibona ubicecekane gusa turagukunda cyane umuntu ntago yirema imana iramurema kandi ashobora kuguseka ariko abo yazabyara bikababaho
Ahubwo ayo mabere yawe nicyo kintu gikomeye cyagaciro Imana yaguhaye uko bisa kose Imana yayaguhaye ibizi kdi jye mbona arinayo nagukundira kko abandi bajya kuyongeresha
Oh yvette chr twiganye mburabuturo , na saint phillipe mumunsuhurize numwana mwiza.
Icyo mbona cyo ni ishyari kuko hari nabifuza kuyongera ntibikunde kuko nta cash bafite abayafite bakayongera , none wowe Imana yaraguhaye chr ba wowe nukuri ntakibazo cyayo uri mwiza rwose
Nukuri umwiza cyaneeee❤❤❤❤❤❤❤❤
Njye ndagukunda Kandi uri mwiza pe
Bareke kuko sibobakuremye kd urimwiza cyane
Pole chr
Urimwiza Nukuri 💖💖💖💖
❤❤❤❤❤
Uwabona ayanjye yo daaaa,,,ayo mabere rwose nimatooo nibakureke rwoseee iryo ni ishariiii ,,,mporeee mwana waaaa😢
Uri mwiza sweetheart ❤❤❤😊😊😊
Oooh pole nonex amabere yawe amutwayiki bihorere nabatamutwe😢😢😢
You are really beautiful ❤️ Yvette don't care about those who discourage you because the people who are negatively thinking exist so do good and go ahead and God be on your side. There are many who love you ❤️
Turagukunda icibadju ❤
Oooh!!!! Baragutuka nshuti ariko komera uri mwiza rata
ILove u more ❤❤❤
She is so cute ❤
Buri muntu afite ukoyaremwe ni mana ,ntamuntu ufit u burenganzira kumubiri wumuntu ,abantu bafite iyo myumvire rwose bayihindur simyiza ,you have to be strong dear❤ turagukunda
Urimwiz nibakuvek maze ❤❤
Ndagukunda pee urimwiza peee
Humura yesu numwami nkandi urimwinza ❤❤cyaneeeeeeeee ❤❤❤❤❤
❤❤ amen 🙌
You're beautiful the way you're chr❤❤
❤❤ indeed
That's ma chita ur beautiful baby girl
Urimwiza nukuri
Abagutuka barasaze kuko si woe wiremye bihorere gaho nibakureme neze turebe baguhe matoya da! Humura mukobwa mwiza iyo urigutera imbere barakurwanya
❤❤❤ vraiment
Waba ukuri muto ubabanzwa nibitutsi mama❤
❤❤yewe uko wangana kose ito uri emotive urarira
Don't worry baby, this is my first time that am watching you but be strong to cry in the eyes of enemy it make her/him celebrate so don't give me them a reason our God is Almighty right baby! ❤❤❤❤
Bihorere mukobwa mwiza.
Live ur life don’t worry about people, they will stil talk no matter what, u are a very beautiful lady.
Urikeza agapucu wirira jyendagukunda
Impanga tumenyane ❤❤❤❤
Mpore mukobwa mwiza.
❤❤❤❤❤❤Don't worry they will tell you but you are good leave them alone
Chita usigaye wamamaza ibiki? Reba nk'umutwe w'iki kiganiro
❤❤❤
@@KaveJeanMarie🤭🤭🤭🤭🤭
Yooo Yvette chr hi, Long time. Sha rero buriya abantu turagoye, gusa wowe be you ntizite kumwana w'umuntu kuko insinzi ntiyita kumiterere y'Umuntu.
❤❤ cyane rwose
Uzamuhuze na Aline Gahongayire Chita sibyo?? ALINE agira ibihumuriza Kandi bibwirumuntu kwikunda wowe ubwawe ndabimukundira Aline❤❤❤❤❤❤