ขนาดวิดีโอ: 1280 X 720853 X 480640 X 360
แสดงแผงควบคุมโปรแกรมเล่น
เล่นอัตโนมัติ
เล่นใหม่
Imana ijoborabyose muhumure nubuyobozibwashyizweho nimana tubumvire
Nanjye nkora music kand kwi photo urebe❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Ibyiza nugusenga Imana iyi reta ikavaho kuko iyi reta ntiyemera Imana ninzu zareta hamwe nahamwe imirenge utugari turenda kurwira abantu none ngo insengero ahaaa musenge
Imana ntiba mu rusengero nubundi ufite gahunda yo gusenga ntazabira gusenga
Imana irakajwe n'ibikorwa bya bitwako arabayoboke bayo kd ari abasatani, igomba kubatsibura akanyafu. Uri umubyeyi wa kubita umwana w'umuturanyi ngo yakosheje? Ariko uwawe ura mukubita. Naho abajura,abasinzi,abicyanyi, abasambanyi n'abasambanyikazi.....,abo nabo ubwabo bemerako ari abasatani ntabwo Imana ya barakarira. Ubu irakariye cyane abirirwa bayisebya ngo n'abayoboke n'abakozi bayo ariko ntibitandukanye n'ibi bikorwa n'abatizera.
Ariko kubwiriza ijambo ry'Imana ni umuhamagaro.rwose gufunga aho abantu basengera ni ubukunguzi.
Niho bahera bakoza Imana agati mujisho
Nikibazopee@@UwaseBetty-e1y
Nyamara anasengesho dusenga. Niyo arinda igihugu akaga na makuba
Yohana 6-6Musenge.yesu kiritso azicyo aribukore
Mbere ya COVID 19 nuko byatangiye ahhhh
Ufite amatwi niyumve ibyo imwuka abwira amatorero
Murarame musenge Imana niyo ibizi
Ubi ni ubukunguzi 😢......Kandi....
Ni ukuri ni ukuba Maso no gusenga nah ubundi ntibisanzwe . Uwiteka Imana ikomeze idufashe rwose turusheho kwegerana nayo cyane muriyi minsi❤❤❤ umuntu kugiti ke yiyunga nayo kuko igihe ni gito❤❤❤
Iyi nimeruka.
Mugende murakabya 😢 IMANA Ibababarire Mbega abantu 😢
Turagirango tugire icyo tubivugaho, uko tubyunva nu uku: Nyamuna abatanze igitekerezo cyo gukinga insengero mu Rwanda aho abaturage bagyaga bagana nka community bakigishwa imyitwarire mizima ishyitse muri society, baba babyizeho neza koko??? Harimo byinshi byaranzwe nabantu benshi basengera murizi nsengero kabisa, Harimo gufashanya dukunze kubibona, abadahagaze neza mu buzima busanzwe usanga abantu bo munsengero batabarana cyane bikurikije uko insengero zibigisha gufashanya nka abavandimwe.Harimo gutozwa gusabana mu muco wa kivandimwe ugamije kwongera nogukumakuma ubumwe bwa communities, Harimo numuco wigishwa ukurikije bibiriya, aho abana batozwa umuco muzima uko bagomba kwifata mubuzima bwabo, yego namashuri arigisha ariko ninsengero zafashaga abakiri mu myaka yo hasi kwiga imyitwarire ishyitse mizima nubwo bamwe mungo zabo usanga baba bataratojwe nababyeyi babo, hari aho abana benshi bayoboceye imirerere mizima ishyitse mu nsengero bikurije inyigisho nzima zo murusengero zitangwa. Hari ubuhamya bwinshi bwabonetse bugaragaza ko insengero zafashize abaturage kurushaho kugana ibuntu mumyifatire yabo mu ma communities atandukanye. Kandi hari naho usanga bigaragara neza ko abantu benshi bavuyemo abantu bingira kamaro kuruta nabandi bantu bamwe bitwa ko batorejwe mu mashuri yisumbuye, so insengero zifitiye akamaro kihariye kenshi cyane kuri communities mu rwego rwi igihugu. Kabisa nukubyigaho ibicenewe gukosorwa bigasuzumwa ariko insengero mu ma communities ziracenewe pe. Insengero zagaragaye ko zigisha Morals and an acceptable culture within the communities. Insengero ziceneye gufashwa nabaturage zihagarariye kugirango zirusheho kuzuza ibyingenzi bikenewe aho gukingwa no gusenywa burundu. Turagirango dusangize ibi bitekerezo nababishinzwe. Keretse niba urutonde rwinsengero zirimo gukingwa zafatiwe mu byaha bihungabanyije umutekano wigihugu...ntiwamenya
Aho ni rutonde pe
Kabaye
Kristu Mwami tabara abo wacunguye
Ko mudaca abatinganyi mugaca insengero!
Sha nanjye ako kantu Niko pe ubwose Koko ahaaa
Exactly 👌
Waww😢
1991-2000 muzi amasengesho yakozwe Imana izigaragaza
Religion est très important. ❤
Ariko mwogahekamwe ibi bifite icyo bizakururi societe nyarwanda
Ntabwo Imana ibamumazu yubatswe nabantu muvemukwishuka ibyakozwe nintumwa17:22-25yesaya66:1-3 kd nabwubwenge bwisi bwakwigisha ibyImana kuko nintumwa zumwami wacu yesu kristo zarizarize Ayomateworojiya 1abakorinto1:18-26 Akogasuzuguro uwiteka azakabaziza perezida wacu naturenganure bitabayibyo kwaba arugutoteza ubwoko bwImana
Utubari tudafite sound proof ko batadufunga kd hari udusakuriza abantu
Muraho nkurikije uko mbibona birangoye ibyo basabwe nibyo kandi birakwiye mwazareba isengera zangize ibyo zikora kuko na reta yiha ingengo yimari ibyo izako hangashira ingihe itara bikora rero nisengero byazibaho
Mana yange satani numugome wabashutse ngo mufunge insengero murananirwa kureb utubari twuzeye hono umuntu agomba kwinjiramo apfukamye kubera atanyuramo ahagaze
Nyamuna dusenge cyane!
Ni bazifunge nubundi ntacyo zimaze
Ikindi, insengero zizahinduka ishoramari, RRA ibahe eBM
Nabonye paroisse ifunze centrales zidafunze, ubwo ziyirusha imikorere.?
Nyamara gufunga insengero siwo muti kuko urwanda Nabwo tunganya ubushobozi hari abarya abandi bakaburara ahubwo mufashe abafite inzara aho kudutera ibikomere icyakira isuku irakwiye nonex mucyaro baparikayo izihe modoka bicara kurubaho nyamara dusenge kuko ibyanditswe birigusohora nyamara abakristo turi kurenganwa😢😢😢😢😢
Ese Ari insengero n'utubari Niki cyujuje ibisabwa mubwire namwe?
Gusenga bigabanya indaya urugomo ibyihebe ibisambo stesi nibindi gusenga byubahwe
Sha namwe mwanditse amateka kwisi nahandi mujyihungu nari nabona ibyo mbonye pe lMANA irareba buriya icyizakuricyira icyi nacyo ndakanuye ndatengereje
Mube maso,nakataraza karaje
( Luka 23 : 28 ) arabakebuka arababwira ati “Bakobwa b’i Yerusalemu, ntimundirire, ahubwo mwiririre n’abana banyu.
Yampayinka na kiriziya bazifunze?🙆🤔🤔🤔
Iby' amapave byo ntacyo nabivugaho kuko no ku bigomderabuzima bya leta ntayahari
Nyamuneka rwose Leta nigabanye umusonga peeeMurakibga isengero kubera amapave nibindi ariko kubiro byumurenge ntabihari Kandiho bafite ningengo yimari ihoraho
Aaaah gusenga ntacyobitwara ahubwo byunga abantu keretse abasengera ahatizewe kubuzima
Okay
ahubwo se ko ibyo batangaje bareba ko byagenzuwe guhera kera :urugero amapave ahantu hafi yayose harashashe ,ibituma amajwi adasohoka inkubiri yigeze kubaho mbere ibyo birakorwa,ndetse nibindi..ahubwo bavugeko haribindi bashaka cg barebe izo nsengero zibera mutubari ariko pe uburyo zafunzwemo ntago zagenze neza.kuko bagiyebaza bagafunga kdi Hari kubanza gusura bakabwirwa ibisabwa hanyuma basanga ibyo babareze batarabyubahirije bakabona gufunga
Mufunge mufunge cyanee.Ibyo bizu by'amabandi yibisha bibiliya.Binagomesha abaturage ntibakore
Izo nsengero nobazibabarire zishake ibyangombwa
Nyamara murashaka gukungurira igihugu pe! Ubu se gusenga nicyo kintu giteye inkeke mugihugu.
Ariko mwo kabyaramwe ibi nabyo biteye Imana agahinda rwose ubu gufunga insengero nicyo kibazo kihutirwa kuruta ibindi bibazo biri mugihugu kweri nyamara murakabije rwose. Aha nzaba ndeba amaherezo da
Ibyanditswe bigomba gusohora kbs
Iyo muhera kutubari turara dusakuza abantu ntibaryame
Mwitinya abayobozi bacu imana niyibaha ubushobozi nabo bubahe imana kigali
Ubushobozi bwo kuyobora hhhh
Ariko ubundi izi nsengero nyinshi, bazihinduyemo ibiraro by'inka byibuza tukabona Amata ahagije, bigatanga akazi kenshi, Aho gutanga amaturo bakayohereza kuri bamyiri izo nsengero, bituma ifaranga ryacu Rita agaciro bikabije?
Bafunge bakomeje kuko hari zimwe mutsengero ziba zibeahya nabaturajye kujyirango babacuze utwabo
Amashuri ko atabigira ari iyabo harimo n'abana bakwiye kwigira heza
Ese ubundi mwakeruye ko nta madini yemewe mu Rwanda bikagira Inzira.
Buretseshamukomezemubabaze imananayo😢 izàbababaza tuzajyadusengeramurugonaho iratwumvagusamukomerekwibanga
Insengero usanga arizo zubatse ahantu ku buso buni, ubwo butaka bukabyazwa umusaruro kubundi buryo, nko korora kijyambere, Inka zitanga umukamo, dore twabonye uruganda rutunganya umata y'ifu muri Ntagatare, tukatankwa, tukayohereza no hanze? Ubuso bwubatseho insengero henshi murwanda, hari izifite hectari zirenze ebyiri , Kandi Inka zororewe mukiraro Aho Inka kamwa 30ltr kumunsi, hectari imwe yakororerwaho Inka nke 5pc. 30×5= 150ltr. 150×30mth = 450×500frw.Reba ayo mafranga, ngaho yongerere agaciro, muri yogurt nibindi?
Bazagere no mutubari
Chia FPR rwose🤣🤣🤣🤣🤣🤣Umuryango twese twemera.Noneho aya ni amateka.Ese ibyobintu noneho mwabikopeye raa?Noneho mwizaniye aka innovation ko gufunga churches muri politics?Cyaze murangiye nabi kbs.Gusa ndumiwe
ubwo se ama pave yari ngombwa cyane? ahubwo wenda sound proof na fire extinguisher, Amazi meza na toilet
Mwabantu mwe gusenga nibyiza ariko ubu butekamutwe bwabiyita abakozi b Imana bigiye gutuma reta ibahagurukira kandi nabasenga byukuri babigenderemo
Usibye ubukunguzi Ikindi muhiga n' iki ? Mwitege ibizakurikira, ibyiza nuko namwe bizabagarukira
Hhhhh ngaho iziyice nabi ngo harabo bizagarukira umugabo arigira di
@@RuhindaJackson nawe se ko ukoropfye ubwonko afatekerezo kavahe
Iki gikorwa nigikoranwe ubushishozi rwose. Leta irebe ubushobozi bwa societe ndetse nigihugu muri rusange
Ibi nibihe byanyuma
nibyiza kugira isuku nibyiza kugira iterambere ariko ibyumwuka ntibiyobozwa umubiri nibikorwa nabi Imana izabibabaza hari ibidakorwaho dore Aho nibereye Kandi izitamurura pe iki sicyo gihe rwose igitekerezo cyange byahinduka ariko gahoro gahoro ubuse abasinzi, abajura,abasambanyi,abanywarumogi bihaniraga murizi nsengero Uzi uko bangana Uzi abanyabikomere baboneraga Ihumure murizo none dore ahubwo 😢😢😢
Ese igihe cyose igisubizo nugufunga isengero habuze icyindi cyakorwa
Nukuri mukwiye kudohora mugatanga igihe bigakorwa ariko guhita muzifunga siwo muti pe turababaye😂😂😂😂
Harya kiriziya yo ni iki?😅 😢 shame on you 😞
Amapave?😅😅 nayo se ari mubyatuma bafunga urusengero ? RGB noneho uransekeje Kombona nabimwe Mubiro bya leta nta Mapave bifite😂😂 imirenge yi Ikigali simbona bakorera mutururi ndumiweee
Ese biriwe basenga bitwayiki koko nyamara ibintu ntibizarangira neza
njinji
Ark x ibyo barikwaka insengero kumirenge cg kutugari ho birahari🙏
Akakantu nibwo nkatekerejeho 😂😂😂😂😂 naho bahagere baturebere kuko naho hakoreshwa burimunsi hhhhhh kd haba hari abantu bakomeye (abayobozi) 😅
Urakoze pe😂😂😂
Mwaramutse neza none ko hari abazanye inganda mu miturire muri kinyinya byo tuzabibariza hehe? Udukinjyiro
Imirenge yo izagwa no kubantu kubera uko yubatse utugari two ninkinzu yumuturage ,
🤣🤣🤣😂
Umucyo Kitchen TV mudutere inkunga nyamuneka mukande ho turebe ko natwe twazamuka muraba mukoze
Nukurinda izamu ryawe nahubundi ntibyoroshye Imana irahari kandi izaturengera muhumure nyirumurimo arabizi
Ariko niba amadini ntacyo amariye leta yayakuyeho ntibahoze abantu mu rungabangabo?
Gufunga insengero ahubwo ni uteza ikibazo cyo gusengera ahatemewe. Kuko gusenga byo abantu bazashaka ahandi ho gusengera
Reka mbahe igiterezo kiza buri kagari gatange urugero nibura kubakwe neza kagire ibisabwa byose
Konumva hazakwaduka ibyihebebyinshi murwanda ibi ariko sibyiza kozifungwa kereka abasenga amasaha yaninjoro mufashe abasenga
Nawe se urashaka kwigiravicyihebe se
Hazaduka ibyihebe? Noneho isengero zihishe ibyihebe? Ariko abashinzwe umutekano bari tayari
Wowe nabyo uzi urenge kutegeko bagufunge urwanyarwo none twe kwakoriki imana niyo iraza guca inzira pee kuko najye harigiye ni gerera murusengero nubwo ari rimwe narimwe ariko ibi biratangaje nukwifata kumunwa 😢
Izo bafunze, ahubwo bahite banazisenya bahashyire ibindi bikorwa remezo.Zimaze ikiuretse kurindagiza abantu no kubaterubwoba
Abizera imana mutuze byose bifite iherezo kand muzareba ingaruka zabyo,abantu nagiye kuba ibyihebe
Ariko uretse ko mwirengagiza mubona amadini hari icyo akemura Koko?
Ariko abanyarwanda twibagirwa vuba koko ubuse koko ngo insengero ntizujuje ibisabwa amashuri ,amasoko ,amavuriro byubakwa na leta byo byujuje ibisabwa ubu byose bifite iyo mirindankuba n'ama pavement n'amatoilet ibigeragezo ntibizabura kuza gusa ngiriye impuhwe ababizana n'ababishyira mubikorwa biheshe mukwaha kw'itegeko.
Leta irasenga ngo igene aho umuntu asengera?Leta iri kwigira Imana. Kndi ibi ni ugutuka IMANA
Wowe wavuzengo bazihindure ibiraro by,inka,ndagusabira lmana twahurireyemo nayo.ikadufata,ikavugana natwe.ubu tukaba turi mumasezereno.yibyo twunviyemo.bitarenze.ukwezi.uyibone.
Akaga turimo ni ak'inzara mube ariho mutabara naho insengero ntacyo zidutwaye pe
Inzara kugirango ishire waba Uzi uburyo bituma inzara irangira cg wemera karukuyisengera ikagenda urambabaje
mubyukuri hari imyanzuro ifatwa muburyo budahwiste ikindi urusengero ruri kigali nuri munara ntibikwiriye kuba treated kimwe. ubu mubyukuri insaku zo mukabari nizo nyeya kuzo munsengero??? hakwiye kurebwa uburyo bunoze arko nanone umwanzuro wo guhagarika insengero hafi ya zose ntabwo bikwiriye
prezida ataranarahira 😂😂
Ark nigute umuhanda ugera kurusengero rwa rwahi shyorongi catholic wakoze nka 2005 warangiza ungo nta pave iraca he nawe ufite v8 udatinyuka kuyikatusha aho ark rimwe narinwe kuminuza mukeka ko iyo twize hagurishijwe isambu atatumwe dutekerez
Hhhh
Muri Ad p R ho niyo mwazifunga impanvu twebwe itsengero zigiye kutugwaho kandi hatangwa amaturo buricyumweru
Ko bafunga insengero ngo ntizujuje ibisabwa kdi hari inyubako za leta zitabyujuje bashingira kuki?Ho ntabwo hahurira abantu benshi?
Harya kiriziya yo SI urusengero?ngo insengero na Kiriziya?
Muri Ad p R ho niyo mwazifunga impanvu twebwe itsengero zigiye kutugwaho kandi hatangwa amaturo buricyumweru 4:58
ariko se ibinibiki
Ahubwo musengecyane kabaye
Kubwanjye mbona gufunga insengero atariwo muti. Ahubwo hakongera gutwanga igihe abashinzwe insengero nabo bakongera imbaraga mu kubahiriza ibisabwa.
Amapave mumbuga ko bihenze wa.
Gusa njye mbona kureka abantu bagasenga byongera Discipline muri Rubanda bibaye byiza abantu bakoroherzwa
Uzi amabandi yitwa Marine yambura abantu mu Karere ka Musanze none insengero zirafungwa amabandi akagumaho kandi yangiza ubuzima bwabaturage
Ni ubudasa😂😂😂
Ariko ubwo ubuyobozi bwo burabona butarimo gukabya? Iwabo se bafite ama pave? Wenda imirindankiba yo yashyirwamo. Ariko ibyo bya ama pave ni ukwirukana Imana irwanda. Murebe ibiri kubera Iran na Israel,natwe nitumara kwirukana Imana biraje byiruka.
Abaabifunga Kandi basho ora kuba batunzwe n'amasengesho y'abasengera hano bafunze.Mureke dukurikire umukino
Reka turebe kbsa😢Ibindi tuzabimenya 😢
Ibyuvuze ntukuri pe
Nkunda final 😅😅😂😂
Mubanze mwige ibyo mushaka ibindi nahejo bagenabikorwa mwe😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Barebe n,utubari dukomeje guteza impungenge abazegereye,barara bacuranga bugacya kandi ari muri quartier hagati
Ibi bya saund proof rwose ntacyo birinda bazazenga se bakinze imiryango namadirishya ngo amajwi adasohokaNtacyo byongeraho ikindi itegeko nshinga tugenderaho rivugako ibigendanye namajwi bihagarara saa 10h00 zijoro
I love it
Fool
What you love?
Imana ijoborabyose muhumure nubuyobozibwashyizweho nimana tubumvire
Nanjye nkora music kand kwi photo urebe❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Ibyiza nugusenga Imana iyi reta ikavaho kuko iyi reta ntiyemera Imana ninzu zareta hamwe nahamwe imirenge utugari turenda kurwira abantu none ngo insengero ahaaa musenge
Imana ntiba mu rusengero nubundi ufite gahunda yo gusenga ntazabira gusenga
Imana irakajwe n'ibikorwa bya bitwako arabayoboke bayo kd ari abasatani, igomba kubatsibura akanyafu. Uri umubyeyi wa kubita umwana w'umuturanyi ngo yakosheje? Ariko uwawe ura mukubita. Naho abajura,abasinzi,abicyanyi, abasambanyi n'abasambanyikazi.....,abo nabo ubwabo bemerako ari abasatani ntabwo Imana ya barakarira. Ubu irakariye cyane abirirwa bayisebya ngo n'abayoboke n'abakozi bayo ariko ntibitandukanye n'ibi bikorwa n'abatizera.
Ariko kubwiriza ijambo ry'Imana ni umuhamagaro.rwose gufunga aho abantu basengera ni ubukunguzi.
Niho bahera bakoza Imana agati mujisho
Nikibazopee
@@UwaseBetty-e1y
Nyamara anasengesho dusenga. Niyo arinda igihugu akaga na makuba
Yohana 6-6
Musenge.yesu kiritso azicyo aribukore
Mbere ya COVID 19 nuko byatangiye ahhhh
Ufite amatwi niyumve ibyo imwuka abwira amatorero
Murarame musenge Imana niyo ibizi
Ubi ni ubukunguzi 😢......
Kandi....
Ni ukuri ni ukuba Maso no gusenga nah ubundi ntibisanzwe . Uwiteka Imana ikomeze idufashe rwose turusheho kwegerana nayo cyane muriyi minsi❤❤❤ umuntu kugiti ke yiyunga nayo kuko igihe ni gito❤❤❤
Iyi nimeruka.
Mugende murakabya 😢 IMANA Ibababarire Mbega abantu 😢
Turagirango tugire icyo tubivugaho, uko tubyunva nu uku: Nyamuna abatanze igitekerezo cyo gukinga insengero mu Rwanda aho abaturage bagyaga bagana nka community bakigishwa imyitwarire mizima ishyitse muri society, baba babyizeho neza koko???
Harimo byinshi byaranzwe nabantu benshi basengera murizi nsengero kabisa, Harimo gufashanya dukunze kubibona, abadahagaze neza mu buzima busanzwe usanga abantu bo munsengero batabarana cyane bikurikije uko insengero zibigisha gufashanya nka abavandimwe.
Harimo gutozwa gusabana mu muco wa kivandimwe ugamije kwongera nogukumakuma ubumwe bwa communities,
Harimo numuco wigishwa ukurikije bibiriya, aho abana batozwa umuco muzima uko bagomba kwifata mubuzima bwabo, yego namashuri arigisha ariko ninsengero zafashaga abakiri mu myaka yo hasi kwiga imyitwarire ishyitse mizima nubwo bamwe mungo zabo usanga baba bataratojwe nababyeyi babo, hari aho abana benshi bayoboceye imirerere mizima ishyitse mu nsengero bikurije inyigisho nzima zo murusengero zitangwa. Hari ubuhamya bwinshi bwabonetse bugaragaza ko insengero zafashize abaturage kurushaho kugana ibuntu mumyifatire yabo mu ma communities atandukanye. Kandi hari naho usanga bigaragara neza ko abantu benshi bavuyemo abantu bingira kamaro kuruta nabandi bantu bamwe bitwa ko batorejwe mu mashuri yisumbuye, so insengero zifitiye akamaro kihariye kenshi cyane kuri communities mu rwego rwi igihugu.
Kabisa nukubyigaho ibicenewe gukosorwa bigasuzumwa ariko insengero mu ma communities ziracenewe pe. Insengero zagaragaye ko zigisha Morals and an acceptable culture within the communities. Insengero ziceneye gufashwa nabaturage zihagarariye kugirango zirusheho kuzuza ibyingenzi bikenewe aho gukingwa no gusenywa burundu. Turagirango dusangize ibi bitekerezo nababishinzwe. Keretse niba urutonde rwinsengero zirimo gukingwa zafatiwe mu byaha bihungabanyije umutekano wigihugu...ntiwamenya
Aho ni rutonde pe
Kabaye
Kristu Mwami tabara abo wacunguye
Ko mudaca abatinganyi mugaca insengero!
Sha nanjye ako kantu Niko pe ubwose Koko ahaaa
Exactly 👌
Waww😢
1991-2000 muzi amasengesho yakozwe Imana izigaragaza
Religion est très important. ❤
Ariko mwogahekamwe ibi bifite icyo bizakururi societe nyarwanda
Ntabwo Imana ibamumazu yubatswe nabantu muvemukwishuka ibyakozwe nintumwa17:22-25yesaya66:1-3 kd nabwubwenge bwisi bwakwigisha ibyImana kuko nintumwa zumwami wacu yesu kristo zarizarize Ayomateworojiya 1abakorinto1:18-26 Akogasuzuguro uwiteka azakabaziza perezida wacu naturenganure bitabayibyo kwaba arugutoteza ubwoko bwImana
Utubari tudafite sound proof ko batadufunga kd hari udusakuriza abantu
Muraho nkurikije uko mbibona birangoye ibyo basabwe nibyo kandi birakwiye mwazareba isengera zangize ibyo zikora kuko na reta yiha ingengo yimari ibyo izako hangashira ingihe itara bikora rero nisengero byazibaho
Mana yange satani numugome wabashutse ngo mufunge insengero murananirwa kureb utubari twuzeye hono umuntu agomba kwinjiramo apfukamye kubera atanyuramo ahagaze
Nyamuna dusenge cyane!
Ni bazifunge nubundi ntacyo zimaze
Ikindi, insengero zizahinduka ishoramari, RRA ibahe eBM
Nabonye paroisse ifunze centrales zidafunze, ubwo ziyirusha imikorere.?
Nyamara gufunga insengero siwo muti kuko urwanda Nabwo tunganya ubushobozi hari abarya abandi bakaburara ahubwo mufashe abafite inzara aho kudutera ibikomere icyakira isuku irakwiye nonex mucyaro baparikayo izihe modoka bicara kurubaho nyamara dusenge kuko ibyanditswe birigusohora nyamara abakristo turi kurenganwa😢😢😢😢😢
Ese Ari insengero n'utubari Niki cyujuje ibisabwa mubwire namwe?
Gusenga bigabanya indaya urugomo ibyihebe ibisambo stesi nibindi gusenga byubahwe
Sha namwe mwanditse amateka kwisi nahandi mujyihungu nari nabona ibyo mbonye pe lMANA irareba buriya icyizakuricyira icyi nacyo ndakanuye ndatengereje
Mube maso,nakataraza karaje
( Luka 23 : 28 ) arabakebuka arababwira ati “Bakobwa b’i Yerusalemu, ntimundirire, ahubwo mwiririre n’abana banyu.
Yampayinka na kiriziya bazifunze?🙆🤔🤔🤔
Iby' amapave byo ntacyo nabivugaho kuko no ku bigomderabuzima bya leta ntayahari
Nyamuneka rwose Leta nigabanye umusonga peee
Murakibga isengero kubera amapave nibindi ariko kubiro byumurenge ntabihari Kandiho bafite ningengo yimari ihoraho
Aaaah gusenga ntacyobitwara ahubwo byunga abantu keretse abasengera ahatizewe kubuzima
Okay
ahubwo se ko ibyo batangaje bareba ko byagenzuwe guhera kera :urugero amapave ahantu hafi yayose harashashe ,ibituma amajwi adasohoka inkubiri yigeze kubaho mbere ibyo birakorwa,ndetse nibindi..ahubwo bavugeko haribindi bashaka cg barebe izo nsengero zibera mutubari ariko pe uburyo zafunzwemo ntago zagenze neza.kuko bagiyebaza bagafunga kdi Hari kubanza gusura bakabwirwa ibisabwa hanyuma basanga ibyo babareze batarabyubahirije bakabona gufunga
Mufunge mufunge cyanee.
Ibyo bizu by'amabandi yibisha bibiliya.Binagomesha abaturage ntibakore
Izo nsengero nobazibabarire zishake ibyangombwa
Nyamara murashaka gukungurira igihugu pe! Ubu se gusenga nicyo kintu giteye inkeke mugihugu.
Ariko mwo kabyaramwe ibi nabyo biteye Imana agahinda rwose ubu gufunga insengero nicyo kibazo kihutirwa kuruta ibindi bibazo biri mugihugu kweri nyamara murakabije rwose. Aha nzaba ndeba amaherezo da
Ibyanditswe bigomba gusohora kbs
Iyo muhera kutubari turara dusakuza abantu ntibaryame
Mwitinya abayobozi bacu imana niyibaha ubushobozi nabo bubahe imana kigali
Ubushobozi bwo kuyobora hhhh
Ariko ubundi izi nsengero nyinshi, bazihinduyemo ibiraro by'inka byibuza tukabona Amata ahagije, bigatanga akazi kenshi, Aho gutanga amaturo bakayohereza kuri bamyiri izo nsengero, bituma ifaranga ryacu Rita agaciro bikabije?
Bafunge bakomeje kuko hari zimwe mutsengero ziba zibeahya nabaturajye kujyirango babacuze utwabo
Amashuri ko atabigira ari iyabo harimo n'abana bakwiye kwigira heza
Ese ubundi mwakeruye ko nta madini yemewe mu Rwanda bikagira Inzira.
Buretseshamukomezemubabaze imananayo😢 izàbababaza tuzajyadusengeramurugonaho iratwumvagusamukomerekwibanga
Insengero usanga arizo zubatse ahantu ku buso buni, ubwo butaka bukabyazwa umusaruro kubundi buryo, nko korora kijyambere, Inka zitanga umukamo, dore twabonye uruganda rutunganya umata y'ifu muri Ntagatare, tukatankwa, tukayohereza no hanze?
Ubuso bwubatseho insengero henshi murwanda, hari izifite hectari zirenze ebyiri , Kandi Inka zororewe mukiraro Aho Inka kamwa 30ltr kumunsi, hectari imwe yakororerwaho Inka nke 5pc. 30×5= 150ltr.
150×30mth = 450×500frw.
Reba ayo mafranga, ngaho yongerere agaciro, muri yogurt nibindi?
Bazagere no mutubari
Chia FPR rwose🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Umuryango twese twemera.
Noneho aya ni amateka.
Ese ibyobintu noneho mwabikopeye raa?
Noneho mwizaniye aka innovation ko gufunga churches muri politics?
Cyaze murangiye nabi kbs.
Gusa ndumiwe
ubwo se ama pave yari ngombwa cyane? ahubwo wenda sound proof na fire extinguisher, Amazi meza na toilet
Mwabantu mwe gusenga nibyiza ariko ubu butekamutwe bwabiyita abakozi b Imana bigiye gutuma reta ibahagurukira kandi nabasenga byukuri babigenderemo
Usibye ubukunguzi Ikindi muhiga n' iki ? Mwitege ibizakurikira, ibyiza nuko namwe bizabagarukira
Hhhhh ngaho iziyice nabi ngo harabo bizagarukira umugabo arigira di
@@RuhindaJackson nawe se ko ukoropfye ubwonko afatekerezo kavahe
Iki gikorwa nigikoranwe ubushishozi rwose. Leta irebe ubushobozi bwa societe ndetse nigihugu muri rusange
Ibi nibihe byanyuma
nibyiza kugira isuku nibyiza kugira iterambere ariko ibyumwuka ntibiyobozwa umubiri nibikorwa nabi Imana izabibabaza hari ibidakorwaho dore Aho nibereye Kandi izitamurura pe iki sicyo gihe rwose igitekerezo cyange byahinduka ariko gahoro gahoro ubuse abasinzi, abajura,abasambanyi,abanywarumogi bihaniraga murizi nsengero Uzi uko bangana Uzi abanyabikomere baboneraga Ihumure murizo none dore ahubwo 😢😢😢
Ese igihe cyose igisubizo nugufunga isengero habuze icyindi cyakorwa
Nukuri mukwiye kudohora mugatanga igihe bigakorwa ariko guhita muzifunga siwo muti pe turababaye😂😂😂😂
Harya kiriziya yo ni iki?😅 😢 shame on you 😞
Amapave?😅😅 nayo se ari mubyatuma bafunga urusengero ? RGB noneho uransekeje Kombona nabimwe Mubiro bya leta nta Mapave bifite😂😂 imirenge yi Ikigali simbona bakorera mutururi ndumiweee
Ese biriwe basenga bitwayiki koko nyamara ibintu ntibizarangira neza
njinji
Ark x ibyo barikwaka insengero kumirenge cg kutugari ho birahari🙏
Akakantu nibwo nkatekerejeho 😂😂😂😂😂 naho bahagere baturebere kuko naho hakoreshwa burimunsi hhhhhh kd haba hari abantu bakomeye (abayobozi) 😅
Urakoze pe😂😂😂
Mwaramutse neza none ko hari abazanye inganda mu miturire muri kinyinya byo tuzabibariza hehe? Udukinjyiro
Imirenge yo izagwa no kubantu kubera uko yubatse utugari two ninkinzu yumuturage ,
🤣🤣🤣😂
Umucyo Kitchen TV mudutere inkunga nyamuneka mukande ho turebe ko natwe twazamuka muraba mukoze
Nukurinda izamu ryawe nahubundi ntibyoroshye Imana irahari kandi izaturengera muhumure nyirumurimo arabizi
Ariko niba amadini ntacyo amariye leta yayakuyeho ntibahoze abantu mu rungabangabo?
Gufunga insengero ahubwo ni uteza ikibazo cyo gusengera ahatemewe. Kuko gusenga byo abantu bazashaka ahandi ho gusengera
Reka mbahe igiterezo kiza buri kagari gatange urugero nibura kubakwe neza kagire ibisabwa byose
Konumva hazakwaduka ibyihebebyinshi murwanda ibi ariko sibyiza kozifungwa kereka abasenga amasaha yaninjoro mufashe abasenga
Nawe se urashaka kwigiravicyihebe se
Hazaduka ibyihebe? Noneho isengero zihishe ibyihebe? Ariko abashinzwe umutekano bari tayari
Wowe nabyo uzi urenge kutegeko bagufunge urwanyarwo none twe kwakoriki imana niyo iraza guca inzira pee kuko najye harigiye ni gerera murusengero nubwo ari rimwe narimwe ariko ibi biratangaje nukwifata kumunwa 😢
Izo bafunze, ahubwo bahite banazisenya bahashyire ibindi bikorwa remezo.
Zimaze ikiuretse kurindagiza abantu no kubaterubwoba
Abizera imana mutuze byose bifite iherezo kand muzareba ingaruka zabyo,abantu nagiye kuba ibyihebe
Ariko uretse ko mwirengagiza mubona amadini hari icyo akemura Koko?
Ariko abanyarwanda twibagirwa vuba koko ubuse koko ngo insengero ntizujuje ibisabwa amashuri ,amasoko ,amavuriro byubakwa na leta byo byujuje ibisabwa ubu byose bifite iyo mirindankuba n'ama pavement n'amatoilet ibigeragezo ntibizabura kuza gusa ngiriye impuhwe ababizana n'ababishyira mubikorwa biheshe mukwaha kw'itegeko.
Leta irasenga ngo igene aho umuntu asengera?
Leta iri kwigira Imana. Kndi ibi ni ugutuka IMANA
Wowe wavuzengo bazihindure ibiraro by,inka,ndagusabira lmana twahurireyemo nayo.ikadufata,ikavugana natwe.ubu tukaba turi mumasezereno.yibyo twunviyemo.bitarenze.ukwezi.uyibone.
Akaga turimo ni ak'inzara mube ariho mutabara naho insengero ntacyo zidutwaye pe
Inzara kugirango ishire waba Uzi uburyo bituma inzara irangira cg wemera karukuyisengera ikagenda urambabaje
mubyukuri hari imyanzuro ifatwa muburyo budahwiste ikindi urusengero ruri kigali nuri munara ntibikwiriye kuba treated kimwe. ubu mubyukuri insaku zo mukabari nizo nyeya kuzo munsengero??? hakwiye kurebwa uburyo bunoze arko nanone umwanzuro wo guhagarika insengero hafi ya zose ntabwo bikwiriye
prezida ataranarahira 😂😂
Ark nigute umuhanda ugera kurusengero rwa rwahi shyorongi catholic wakoze nka 2005 warangiza ungo nta pave iraca he nawe ufite v8 udatinyuka kuyikatusha aho ark rimwe narinwe kuminuza mukeka ko iyo twize hagurishijwe isambu atatumwe dutekerez
Hhhh
Muri Ad p R ho niyo mwazifunga impanvu twebwe itsengero zigiye kutugwaho kandi hatangwa amaturo buricyumweru
Ko bafunga insengero ngo ntizujuje ibisabwa kdi hari inyubako za leta zitabyujuje bashingira kuki?
Ho ntabwo hahurira abantu benshi?
Harya kiriziya yo SI urusengero?ngo insengero na Kiriziya?
Muri Ad p R ho niyo mwazifunga impanvu twebwe itsengero zigiye kutugwaho kandi hatangwa amaturo buricyumweru 4:58
ariko se ibinibiki
Ahubwo musengecyane kabaye
Kubwanjye mbona gufunga insengero atariwo muti. Ahubwo hakongera gutwanga igihe abashinzwe insengero nabo bakongera imbaraga mu kubahiriza ibisabwa.
Amapave mumbuga ko bihenze wa.
Gusa njye mbona kureka abantu bagasenga byongera Discipline muri Rubanda bibaye byiza abantu bakoroherzwa
Uzi amabandi yitwa Marine yambura abantu mu Karere ka Musanze none insengero zirafungwa amabandi akagumaho kandi yangiza ubuzima bwabaturage
Ni ubudasa😂😂😂
Ariko ubwo ubuyobozi bwo burabona butarimo gukabya? Iwabo se bafite ama pave? Wenda imirindankiba yo yashyirwamo. Ariko ibyo bya ama pave ni ukwirukana Imana irwanda. Murebe ibiri kubera Iran na Israel,natwe nitumara kwirukana Imana biraje byiruka.
Abaabifunga Kandi basho ora kuba batunzwe n'amasengesho y'abasengera hano bafunze.
Mureke dukurikire umukino
Reka turebe kbsa😢
Ibindi tuzabimenya 😢
Ibyuvuze ntukuri pe
Nkunda final 😅😅😂😂
Mubanze mwige ibyo mushaka ibindi nahejo bagenabikorwa mwe😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Barebe n,utubari dukomeje guteza impungenge abazegereye,barara bacuranga bugacya kandi ari muri quartier hagati
Ibi bya saund proof rwose ntacyo birinda bazazenga se bakinze imiryango namadirishya ngo amajwi adasohoka
Ntacyo byongeraho ikindi itegeko nshinga tugenderaho rivugako ibigendanye namajwi bihagarara saa 10h00 zijoro
I love it
Fool
What you love?