Ariko ngira ngo imanzi ni yo yagombye kubaza umukobwa niba ari isugi. Ubwo se uwatumye ureka kuba imanzi we yakomeje kuba isugi? Ahubwo niba mushaka ko abakobwa baba amasugi mwe bahungu muborohere.
Muchoma abakobwa ntibahitamo ababarongora ngo babagire abagore pe.. they are good in choosing who to be with them in a relationship but they are not the ones who determine the final step of that relationship once…Hama sinumva ukuntu umusore atereta abakobwa 3 Bigakunda sinabibasha pe
Ibintu byiza nabonye ni ugukizwa abantu bakareka ubusambanyi. Izindi ngeso zakwihanganirwa,kandi twese ntituri ba miseke igoroye ariko iyo dushoboye kuzibukira ubusambanyi amahirwe yo kutandukana abari ari mu nsi ya 1%
nibyo nanjye niko nabibonye. ubundi abimika iby'imana yanga baba bizeye iki? no kubirota mu nzozi muzibukire, ingo zibone gutunga imigisha y'uwiteka, izambukiranye igere no ku rubyaro rwanyu. urakoze@pierre
@@ikagi-k8u yego nshuti. Nkiri umusore nari naragambiriye ko ntazasambana nk'uko ba Daniel Saduraka na Meshaki na Abedenego bari baragambiriye kutaziyandurisha ibyo kurya by'i bwami. Byaramfashije mu rugendo rujya mu ijuru kandi nubatse urugo mu mahoro.
Welcome mucoma ariko haraho ujya udutaba munama my number two from rwanda❤❤
Am number one brother woww from Nairobi...
Urumuhanga ariko👍👍👍👍
Muchoma reka iyi ndirimbo tuzayikore umusa kuri iyi topic
Niba ushaka ko bagutuka kubabyeyi uza baze umukobwa ni arisugi azagutuka kuri Mama wawe iyo ni experience yajye men
Ariko ngira ngo imanzi ni yo yagombye kubaza umukobwa niba ari isugi. Ubwo se uwatumye ureka kuba imanzi we yakomeje kuba isugi? Ahubwo niba mushaka ko abakobwa baba amasugi mwe bahungu muborohere.
Nonese iyo directeri wikigo asabye umukozi uzi France nitegeko ko nawe abazi France?@@pierrineineza3165
Hi brother ,
Umva Muchoma, jewe twagize marriage muri August, June yaravuganye n'uwundi mugabo ko bazobana.
Ivyo nivyo niboneye muri telephone yiwe.
Ndihangana ariko ntitwigeze tubana neza.
Ivyo uvuze n'ukuri kwuzuye kuko navyiboneyeyeko.
Abakobwa baba bafise abandi bahungu barenze umwe.
Fear the women.
keep it up
okay,let's go
You are 💯 right bro
nzakugwa inyuma mucoma❤
Muchoma abakobwa ntibahitamo ababarongora ngo babagire abagore pe.. they are good in choosing who to be with them in a relationship but they are not the ones who determine the final step of that relationship once…Hama sinumva ukuntu umusore atereta abakobwa 3 Bigakunda sinabibasha pe
Ntuzashake umukobwa wakuyemo inda please don't
Gusa hari ahantu ntemeranya nawe umukobwa kuguha ibiterwa na technique zawe
Man umvugiye ibintu
Bajye babima ni cyo cyabashobora.
Ibintu byiza nabonye ni ugukizwa abantu bakareka ubusambanyi.
Izindi ngeso zakwihanganirwa,kandi twese ntituri ba miseke igoroye ariko
iyo dushoboye kuzibukira ubusambanyi amahirwe yo kutandukana abari ari mu nsi ya 1%
nibyo nanjye niko nabibonye. ubundi abimika iby'imana yanga baba bizeye iki? no kubirota mu nzozi muzibukire, ingo zibone gutunga imigisha y'uwiteka, izambukiranye igere no ku rubyaro rwanyu. urakoze@pierre
@@ikagi-k8u yego nshuti.
Nkiri umusore nari naragambiriye ko ntazasambana nk'uko ba Daniel Saduraka na Meshaki na Abedenego bari baragambiriye kutaziyandurisha ibyo kurya by'i bwami.
Byaramfashije mu rugendo rujya mu ijuru kandi nubatse urugo mu mahoro.
@@munyanezapierre1966nonese umugore wawe wasanze atarijyeze asamara?
Ni byiza kuba muri kuvuga Imana nukuzibukira nibyo