Gusama uri mu mihango birashoboka cyane. Ibyo kugurisha imyanya mu mashuli ni ukuryoshya inkuru ;Ahubwo muri 2009 kuko aribwo 9ybe zari zigitangira abana hafi ya bose bari barangije P6 babohereje muri 9ybe ntabwo boarding bazihaye abanyeshuli benshi . Birashoboka ko yabaye uwa 3 nk’uko abivuga ariko ntahabwe boarding. Si uko rero bawugurishije.😊
Umuryango si ngombwa ,ahubwo nafatanye n Imana yo rukundo ave mu kubyara cyane kuko niyo yababona urukundo ruva ukiri muto ntacyo byatanga kuko tuli kimwe
NUMERO YA ABIJURU UWASE LILIANE: +250785387485
Sabe imana iguhe gukomeza impano yo kumva abababaye,ariko jya ufata abantu kimwe,urabona uburyo ata amarira akabura icyo yihanaguza kweri.
Wahoraaa niki !!!!!!!
Wakoze cyane nukuri såbiñ Liliane nuwahano Kaduha rwose turamuzi pe Wenda byamufasha kubona umuryango we👏 Imana iguhe umugisha sabin
Nonese ko Mumuzi mwamufashije gushakisha Amazina yu Muryango
Sabin wakoze kwakira Liliane nukuri,imana iguhe umugisha mwinshi
Heavenly Father I pray that you keep the person reading this alive, safe, healthy and financially blessed Amen🙏💙
Amen and be blessed yourself
Amen
Sha ngewe ndakumva rwose. Kubaho udafite uryango nikibazo rwose ndakumva uko umerewe mumutima wawe ❤️❤️❤️❤️
Birababaje 😢 gusa hari nabafite iyo miryango bikamera nkaho ntayo bagira kubera imyiryane 😢😢😢😢😢😢babaho bonyine ntagusurana
Sha mushaka mwajya mwiha ihumure kuko nimiryango yikigihe kuyigira nabyo bisa nokuba utayifite
Umva urashaka umuryango sha wakiturije ko imiryango yubu irutwa nabohanze,iturize umuryango niyesu.iyakire pe
Imana ishobora byose izaguhe umugisha Sabin kuko ibintu ukora byashobora bake nukuntu wumva ubabaye
Gusama uri mu mihango birashoboka cyane.
Ibyo kugurisha imyanya mu mashuli ni ukuryoshya inkuru ;Ahubwo muri 2009 kuko aribwo 9ybe zari zigitangira abana hafi ya bose bari barangije P6 babohereje muri 9ybe ntabwo boarding bazihaye abanyeshuli benshi .
Birashoboka ko yabaye uwa 3 nk’uko abivuga ariko ntahabwe boarding.
Si uko rero bawugurishije.😊
❤❤❤ komera uri inshuti yacu
Mutuburize izina ryumuntu yibuka arimuto cyane kuko jyewe ndabona haraho mucyeka
Ihangane gusa nawe wabaye indangare cyane arko ubu nizereko waciye akenge
Asa na Bishop Brigitte
Ihangane mubyeyi njyewe ndagukunze humura kdi yezu nawe aragukunda
Sabin sha jya wicececyera kuvuka uri umukobwa ni umwaku mubi.IZO NDA BAZIMUTERA AGIRANGO BAMUSHYIRA MURUGO AGIRE ADRESSE.
Erega kuba afite ibibazo ntibituma sexual hormones bidakora nimumubabarire
Njye gusa anteye agahinda byo guturika 😢😢
Munkandire kwifoto mbashe gukura gusa mbanumva agahinda❤
Humura dufite umuryango wachu wa Yesu christ
Arko uwomuryango wa Yezu muvuga kwari uwabayahudi uyumubyeyi haraho wumvishe avuga ikiyahudi😂😂😂 mwaretse ubukoroni
Umuryango si ngombwa ,ahubwo nafatanye n Imana yo rukundo ave mu kubyara cyane kuko niyo yababona urukundo ruva ukiri muto ntacyo byatanga kuko tuli kimwe
Humura mwana wamama aho wavuye niho habi chr wabonye umuryango kdi turahari kubwaweee turagukundA❤
Komera Yesu ni umubyeyi
Hhhhh ariko sabin abagore b abasirimu iyo barize uba uhamagaza shema ngo aga tissue ,bangukana aga tissue,ukababwira ngo komera.None ndabona kuba yarabyaye byaguteye umukinya😂😂😂
Sha mugira amatiku ubwose mubwiwe nicyi ko uyu munsi nta tichou zari zihari?
Ubanza ahari ari ukwibagirwa nabonye no kuwitwa Yvonne ariko byagenze
Number 1❤
Njyewe nzi umuntu hano i Muhanga musa cyane birenze urugero ku buryo mfunguye ngira ngo niwe
Umunsi umwe umwana wawe azareba iyi Video humura azaguhoza Amarira
Sha ihangane wahuye nibibazo pe ariko Imana iba ibizi
Ariko Mana ibi bizarangira ryari
Liliane mbabarira wihagarareho wirere abana abagabo ubareke witurize
Wegere Yesu niwe wagukomeza
Amateka yacu wee😢😢😢
Yesu niwe bisubizo byacu
@@KateretsweAgati Yeah
Nukuri pe!nahubundi yazahora ababaye kubera abagabo
Mama Liliane ndunva Ari umubyeyi mwiza pe , ahubwo kurera umwana utari uwawe biragoye pe
Liliane komera. Ndakwibuka disi twariganye mu rwabuye tvt hairdressing
Sabin ntampamvu yogucika intejye pe kandi Imana ijye ikomeza iguhe umugisha kubiganiro byiza ukora byubaka benshi nukuri
Ariko munkambi ya Kamembe aho uwo mudame yamukuye buriya azamenyekana
Wizera ute umuntu utazi murambabaza cyane
Warizize abana babakobwa
Kuki koko mubuze ubwenge? Isi izabigisha kugera ryari? Aha kuba uri indushyi ntiwimenye nugupfa 2
Natwe twarababuze gusa na bahungu natwe muzadufashe Wenda baboneka
😭😭😭😱abanyarwanda murakomeretsanya 😱😱😭
Sabin bibaho iyo umuntu Ari period ashobora gusama
Cane gose . Gusama uri mumihango bibaho cane reka kumuhaririza.
uhhhh numvise ibyo waciyemo ariko wagize ubugoryo bwinshi
Nkaba mbaye uwambere
Wap ninjye wambere😂
Isimbi tv❤❤
Yoooo imanizaguhe umuryango
Ihangane mukobwa mwiza
Ahubwo njyewe azamvugishe dupange uko yabona akazi atazisanga yongeye agaterwa inda . Naho ibyo gutukana ndumva abari kubikora nta gisubizo biri hutange
Imana iguhe umugisha
Ohooooo Imanaa iguhe Imigisha....
Sabin tuzabonana. Gute ngo guhe ubuhamya bukomeye
Ariko sabin? Wibazako abantu bose bafite umutima nkuwawe mwiza?abantu benshi ntabumuntu bagira muvandi!
Abantu babaye Ibisimba nukuri !!!!
Ndakwinginze wow unyuze aha ima kanda kw foto ube umaye ibizantunga imisi sigaje kw isi lmana ihe umugisha wowe ubikoze 🤲🏿😢❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️🫂🙏
Humura Lilian umuryango nutawubona uzabaho ntacyo uzaba Kristu arahari
Sabin bibaho watwita urimuminsi bijyabibaho rwose
Mbega ubugomewweee
Komera ❤️
Nimwe mwitera ibibazo rwose
❤❤❤❤
Hhhh buguru misitiri
Bakimutora mukigo amazinaye abavyeyibe bamwise nayahe?
Komera yesu nibyo se kumufite
Sabin, komeza utange inama kuko iyo ni imwe mu ngabire Rurema yaguhaye.
Humura Kandi ukomere mama
nanjye naburanye numuryango wanjye muri 1997 muri congo narinfite imyaka 6, narezwe nabandi bantu banoraguye, nasabye ibyangombwa urwanda barabinyima ngo ngomba kubanza nkazana ibyangombwa byababyeyi, nasabye ko leta yanfasha gushakisha imiryango yange ariko ntibyakunze, ubu nfite imyaka 32 ntandangamuntu ngira.
Yoo wihangane courage pe
Wasanga ntawagiye mu mwanya wawe ahubwo baraguhitiyemo nine kugirango birinde depenses zo kukwigisha muri internat
Sabi muhe ka juice Sha urakoze
Ese sabin ko yatagay kd cyera baragurishag imyanya koko
Umaze imyaka 30 utarashakisha umuryango kandi uzubwenge !!!
Wumvise ataragerageje uko ashoboye ?Ubu ahubwo abishyize imbere y’abanyarwanda natwe dushyireho akacu
None se koko hari nabamara 50 .... Ariko wicare utekereze ko byose yaciyemo kandi ajarajara hirya nohino.... ahubwoo nuwo gufashwaa ngo Bakore ADN yabona bene wabooo niba Bakirihoo
Oh humura imana irakuzi
Sabin birashoboka bitewe nukwezi kwe uko kungana
wamugorewe nturi kubeshya koko
Abagore twigekuvugahoya kuko mbona ibibazo byinshi nitwetubyiterape gusa ihangane
Vayo twibanire
Mbega igikomerewe 😱😭😭
Lilia kandi bazagutera indi 😂😂😂
Nyuma yumuryango arfuz a iki
Ubufasha bwimibereho
Ngo yariyanteyinda ngwiiii 😂😂😂😂 injiji gusa baraje baguterindi bakongezindi
Sabin birashoboka ko wasama uri mumihango bitewe n ukwezi
Birashoboka cyane såbiñ ubaze aba Dr babizobereyemo birashoboka nubwo bikubiye percentage ntoya ariko bibaho bitewe nukwezi kumuntu.
Sabi gusama uri mumihango birashoboka gose . Co kimwa no gusama inda kandi utwitse.
Oyase ibyose bibaho?
Wapi ivyo vyo gutwara inda aratubeshe ntibibaho gutwara inda wari mumihango
Bibaho cyane
Bibaho nk uko babyara indahekana
Ntamfubyi ivugana ubwenge buke nkwinginge wongere ubwenge
Wowese urumva ubufite uvuga gutyo
Ahubwo wowe ko mbona Uri ikimara byagenze gute? @Rwanda-psrmi
Ubwenge bukumenyesha icyo uvuga uko ukwivuga nimpamvu kd bugutera kwibaza kubaribubyumve ukamenya nibyo bakwiye kumenya muri message yawe
@@kezawakassy9212 nezerwa ntakibazo umwana Uzi ubwenge yumvira mu rusaku