LIVE🔴Murugo Kwa SABIN WA ISIMBI TV Byakomeye UMUGORE Wa Sabin BWAMBERE ARIYIZIYE ARAVUZE
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 18 ก.ย. 2024
- #duhamagare_kuri_0787201255
BREAKING NEWS ON TIME Here Subsribe Before its too late....
Jesus is our Shepherd
Bwa1 UMUGORE wa SABIN ariyiziye🔥ahaye gasopo NGWINONDEBE KUMUGABO we🥵GUSIMBUKA abivuzeho ababaye😭
Bitunguranye UMUGORE wa SABIN Nawe Aravuze 👌 DJ Brianne Nawe Abyinjiyemo 🙄 VIDEO ye na NGWINO ??
Umugore wa SABIN yiyamye CLARA na NGWINONDEBE Bashaka kumusenyera🤯|MURUNGI SABIN Yagize icyo avuga
ADACIYE KURUHANDE, Umugore wa SABIN Aravuze Bwambere😳 Ijambo avuze Ritunguye Isi yose👏
Reba Indi >> th-cam.com/video/970UNnd1b2o/w-d-xo.htmlsi=uQWeEYwOUCaXB468
Nababwiye ko ali amashyari,mamy cherie iyubakire tugufatiye ily,ibulyo nk,ababyeyi mama Raissa,muramire kubona ibyiza bana bacu,turabakunda.❤❤❤
Ngwino namuvire kurugo rwose .
Yoja he asize iyi etage😂
Umugore mwiza agaragara muburwayi bw,umugabo we laisa uri intwali nturi igihomora rata ntamugabo udaheheta icececere niyo si turimo nabandi barashize babarira ubabaye weguha urwaho ibyo bisambo wirerere abana icyonzi nuko ishuli sabin yize rigiye kumuhindura mushya mukagira urugo rwiza cyane ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Yari gukora iki kindi se? Ntabwo aruko bimushimishije nuko bamwe baba ntayo bajya sha icecekere.
Aziko agiye Ngwinondebe yarutaha agapfa kuvumiriya akaba mu manegeka y''urukundo.
Ashobora kwahukanira mu nzu ntawamenya
@@yvettekaneza4385 cyaneeee amaneka ya bakure niho atandukanye nayanakenye burya
Madamu Sabin komera komera mubyeyi mwiza ndagukunze cyane ndumukecuru rwose iyubakire urugo ❤❤❤❤ndabakunda
Yubake kubera étage ?
Ihangane, twihanggana bitandukanye@@Akagumyebagumako25
Yubake kubera urukundo,erega ahari urukundo hihanganira amakosa yuwo bashakanye@@Akagumyebagumako25
Imana yo mwijuru ikomeze Ibashyigikire ibahe umutima ukomeye wo kwihanganira amagambo mabi barimo kumva
Madam Sabin, turagukunda cyane.❤❤. Ufite class
Imana ikize Sabin nikumburiye ahatwenge ka Sabin❤❤❤
Yigo shn❤
Sinzi mpamvu abantu bivanga mubuzima bwabandi clara funga umunwa na ndimbati kuko muribabi.mureke urukundo ruganze madame sabin urimfura .Imana ikomeze ikubakire irintangarugero rwose
Clara yaravangiwe rwose natuze Sabin turamukunda nimfura. Sabin hejuru❤ sinkunda umuntu ukuvuga ukoyiboneye pe. Rata abafana bawe turakwifuriza ibyiza gusa
Iyubakire rata Gasagire mwiza va Kubasazi batakwivuriza ikiza ariko abakunda urugo rwanyu turahari kandi cyane ❤❤🎉
Ndishimye Imana ikomeze ibongerere umugisha, Sabin ❤❤❤❤❤
Komeza mutere imbere muryango mwiza, cuti nza benshi, Imana ibarinde ikibi nigisa nico, mugire aho muba mwubahwe. Dieu est au contrôle. ❤❤❤❤
Agashyari k'ibyo byose ni ko kashegeshe aba contre succès. Buriya ukurikiranye neza wasanga abamugendaho barananiwe n'ingo, bafite iziri mu manegeka cyangwa baragumiwe. Ubundi umugore we ni we wagombye kuba ababazwa no gucibwa inyuma. Ariko ubundi kubona umuntu ari kumwe n'undi bivuga ko bavuye guca inyuma? Buriya ngo umutindi arota arya kuko aba ari byo ababaye. Ibintu umuntu akunda ni byo biza mbere mu bitekerezo.
Imana ihezagire iyo couple nkunda Sabin imana yompa akagaruka
Umugore wa Saben Azubwenge🫶
Madam Sabin ndagukunze cyaneee mama❤
Barasebye abashakaga kubasenya
Sabe Isimbi tv ❤❤❤❤kumutima❤
Mumbwirire Clara nabagenzibe muti mutuze
Terimbere sabin knd urware ubukira
Niyo mpamvu madame yihangana yava aho ajya hehe muri geto 😅
Nanjye arinjye nahagw
😂😂😂😂😂 étage zubahwe koko😂
@@Iriho uzikuntu mbanabuze Naya getho chu
Nanjye arinjye naho najya 😂😂😂😂
Umva nanjye nahagwa wallah
Ubundi se yavugiki ko atakwiyahura ngaho nave muririya mitungo ngwino arare ayitashyemo abanyarwanda turabazi😂😂
Ukuri kuratsinda ❤❤ amahoro mumuryango mwiza 🙏🙏
YESU YARAVUZE TUBABARIRANE KA RI7+70 ugakomeza.IYUBAKIRE UTAREBA KUBYABAYE USENGE YEHOVAH CYANEEEE.
Muri mubamugambaniye pe! Mukurikirane cyane aba bantu.
Bose abagenda kuri sabin nukubera amashyari. Bizarangira bose bari indera bokatsindwa
Ndabakunda cyaneeeeeee NIFURA
Imigani 14: 1 umugore w'umunyabwenge yubaka urugo ariko umupfapfa ararusenya we ubwe. Abagore bashatse abagabo babastar bajye baba maso ibiba bishaka kubasenyera ni byinshiiii
2024 !! Mbegaaaaa umuryango wiyubatsye !! Ibindi namagambo namashyali !! Courage ababakunda nibo benshi . Ntajoro ridacya .
🎉🎉🎉
Namashyari nogushaka gusenyera famly
URI umugore mwiza rwose
Umva ibyab byose,umugabo wawe araruta abo bagusakuzaho, naho yaba yakoze amafuti ni uwawe ,KD hakosa uwakoze mama
❤❤❤❤❤❤sabin ❤❤
Nawe nibyo azira mujyeze naho mwerekana ninzuye ahubwo umugorewe ajyende neze bararukubita inshoka
Yooo noe mwashaka avugiki?erega ntakundi yogira,naba mama benshi baba bazi kwabagabo babaca inyuma ariko bakihangana,kandi iyo post arashobora no kuba yayishizeko ngoyereke abantu kwataco bimutwaye ariko arara mumarira.abagore bubahwe
NI ICYO AZIRA UMWANA W’UMUNYARWANDA ! ABANYESHYARI WE! BAZUMIRWA !
Irwarize umutware wawe mugore mwiza.imama ikomeze ibagurire imbago
Ishyari ryanyu rizabata kugasi Sabin arasengeye ❤❤❤❤❤
Aha ibyokub asengeyebyo byihorere kuko nabony ukuntu yabeberaga yiruka ninter ubwobape.Uwitek amutabare
Abanyamakuru mwabaye mute?nigute muvogera urugo rwa murungi sabin murimo gufotora inzu ye ibyo mwabitumwe nande mwangegeramwe uko nukurengera mwigaye
Mwsshushe mugihe abandi bibereye murukundo
Umugore wimfura rwose, Imana ibakomeze ibahe kd ikomeze ibahe urugo rwiza, nukuri munkoze kumutima pe, amashyari ntazabura ariko Imana iba ihari mama
Kandi imana igukirize umutware
Mpise mbona ko ari ishyari ribatera kumugendaho
Mwabigoryi mwe muri murugo rwabandi mushakamo ik
Nkamwe mwareste gusagarira family yabandi it's too much
Stop it
Ariko se uretse guca inyuma muvuga nta n'umwana mwabonyemo, ubwo abenshi uwakwinjira mu miryango yanyu ntiyasangamo abana ba so babyaye hanze kandi mukabakira nk'abavandimwe banyu? None se abo bavandimwe bavutse ba nyoko bataciwe inyuma? Kuba umugabo ajya hanze y'urugo rwe ntitwabishyigikira ariko na none nta byacitse kuko byahozeho kandi n'uyu munsi abenshi basakuza muri iyi case si uko ari abere kuri iyi ngingo y'ibitsina. Ahubwo ni ishyari.
Ndagushimiye mugore mwiza.rata uwavuga ayinzuki ubuki ntibwaribwa.uyu munsi nimwe ejo nibo nimwiyubakire umuryango rata mureke abanyamashyari
See the house😂
Wouuu❤
See😂😂😂
Umugore ntiyamwitesha papa😂😂nukuyasangira nabandi da😢
Ohhhhh sabin uri umuntu wumugabo rata
Nabakire barasenya ndetse cyane ahubwo uyumudamu ndatekereza ko arumwe muribabandi bitwa bamutima wurugo nuko mbyumva abyumva nkange mukande hano twikomereze
Umugore w'ikuri ni Miss Elsa wa Prince Kid nayo ba Pamella na Raissa ntakundi bogira baramaze kwishira akagozi mw'izosi
Hmm!abaye uwambere?ngo no mu giha cya Yesu byarabye sinzimpamvu mwabigize birebire muga biterwa nizina umuntu afite nubu nandika harabariko babikora
Nanjye byambayeho gusa biranshimije pe nukureba kure mwa badamu mwe😊
Yego rata uvuze neza Imana ihezagire channel yawe nawe ubwawe
Raissa ikundire umugabo wawe abisi bikuzonga bigukura muneza y lmana ningabire yaguhaye kubera abavuza nduru kandajyira satani wijyize umuntu nshuti yajye jyewe ndacyabakunda cyaneee ♡♡
Mukomeze mwihangane tukiri ku isi ibigeragezo ntibizashira ibi nibyiminsi mike bigashira gusa mwirinde gusakuza mukigeragezo.
Ark mwabantumwe muja gukamera inzu yumuntu mushaka iki nuko atariwanje nje uvuga mfite inzu nziza aho murwanda ark uwakwibesha akana gukamera iwanjye mwabonako abagabo barutanwa
wahita uvunira mu mavi ❤😂😂
Kuvogera nukuri kndi bihanwa n'amategeko
Sabin na madame wawe mwihangane nta mvura idahita.
Na Ndimbati...
Dorimbogo...
Yago...
Bageze aho baraceceka ejo bazaba badukiriye undi kuko niho bakura ibirayi.
Soyez forts
Ninshingano zumugore kuba hafi umugabo we kuko bino baba barabisezeranye mumategeko ko bazabana mubibi nibyiza
Iyinyubako barayizi niyompamvu ishyari ryazamutse
Sabin na madam Mwime amatwi abo batindi
Iyubakire mugore mwiza
Davis Cynthia Clark Karen Thompson Mark
Ariko sabin arasekeje kweri kweri😢
Umuntu yaba atuye mwiyinzu
Bigaragara ko afite amafranga yarangiza agasimbuka impangu koko😢😢😢
Nushake ube ufite ibya mirenge kuntenyo😢iyo wageze imbere yumugore biba ubusa
Murakabya rwose kuvogera urugo rwa Sabin muzabihanirwe mwa bagome mwe niyo yaba yarabikoze ntibibaha uburenganzira bwo kumubogera rwose
Mugabanye amashyari mwa bantu mwe
Ibikuba gucika byacitse mumitima yabo umugore wasabin ntibizamushiramo ko Umugabo yamusebeje nukwiyumanganya Wenda amahirwe azajya arira muri etaje asohoke gato yumve akayaga bigabanuke ariko Umugabo yaguca Inyuma izibyose ikabimenya ntukabure niyo wabimenyawenyine byakubabaza😊😂😢
Ndumva nishimye kubwo raissa nukuri nishyari babafitiye
Ishyari ry'uko umugabo we arusha abandi gusambana se ???? Ishyari ry icyaha ntiribaho pe
Ahubwo muteje umugore we abakeba benshi yitonde yongere ubwenge namasengesho
Madame Sabin soit courageuse ma Cherie ntuze wumva abantu. C 'est de la jalousie babafitiye. Mwikundanire inzigo ibice.
Bazomwara.
Umushigikire Imana nayo izokomeza kubagura.
Je vous embrasse❤
Jalousie ariko muba muzi igisobanuro cyamagambo cg umenya kuyandika utazi icyo avuga? Jalousie yatwarwa umugabo mutabana gusesera mu ngo zabandi niyihe? Imbwa bayitegera Ku nyama .
Hubwo umugare wa Sabin nabyakire nyine ubundi amugurire prudence nibura n'a sida ntazayimuzanire
Yooooo niyonzu mwayizira kbsa narinayobewe impamvu marikarara akunda sabin
Nibabareke biyubakire nibakomeze bakundane
Ariko se mbabaze: ni couples zingahe zataniye mu mazu bataraja muri gatanya, batakirarana mugitanda nk’umugabo n’umugore, madame canke umugabo umwe muri chambre y’’abashitsi ( kubazifise), ababanyi incuti n’abagenzi babo bompi atanakimwe bazi, hanze ari Chéri(e) chouchou ariko munzu ari secret izi les 2 !!!! Baca umugani mu kirundi ngo « AMABANGA Y’URUGO AMENYWA NA NYENERWO! Raïssa azi ubwenge kuko elle a défendu son mari au moment où presque tout le monde lui a tourné le dos, kandi Sabin n’uko we yafashwe!! N’abagore canke abagabo bangahe mbese vyitwa ko biyubashe urya munsi bari gukora icaha !!! Harya Imana irihangana kandi ntabwo ikora nk’abana b’abantu kuko hamwe yogaragaza ivyaha dukora mumpisho twese twoseba! Gusa Sabin nivyo arandagaye (arasevye ) ariko il faut qu’il soit fort dans ces moments difficiles pour le bien de sa famille ko agira n’Imana umufasha we akaba amushigikiye. Dieu a voulu sauver cette famille kandi uyo mu dame wa Sabin akwiye gushima Imana bidasanzwe! Ntiyarakwiye no kuba umwansi wa Clarisse.
Icokibwa numvisemwo gishinyamenyo ko umengo nikimwe Sabin yigeze gukoresha akacirukana kikagenda gukorana na Bact munyuma kigashinga channel yita IRIS TV
Aseba se haribyo azasanga mwisahane baca umugani ngo Uruvugo ruvuna uvuga uvugwa yigaramiye abamuvuga rero mukomeze muvunike ntacyo bimutwaye
Ishyari ryarabamaze pu
Umugore mwiza afata umugabo neza mubibazo vyamubayeko bingatuma ahiduka nubwo ivyobamuvungako vyobaribyo
Antutujye tuvuga ikintu twatekereje nonese kontaburiri burimuruwo muhanda mubyukuri ntimugasuzuguze abantu ubwo sabe abaze amafranga yokujya muri hoter uyumugore wazanye ayatiku nigasenya miryango nubwoyaje avugango nukubaka.
Ntacyakuraho ibyo turimo kubona muri iyi video
Ko ngwino yivugiye ko ari umugore wa Sabin
Sabin yarasebyebye
Gusa yihane ibyo mwavuga byose natwe turi abantu bakuru uko mubicurika kose natwe turatekereza ubwo hari yari yahageze ate
Aha
Etaje se ni juru ark se byamubujije gusesera ibyabaye twagakuye mo isomo buriya nawe yakuye mo isomo rero na birenze erega na munu upfa adasebye rero ni muze ngo musigirize amavuta kubya baye kuko rega yase bye ni bikuyeho ko ata sebye
Ark mukunda byacitse icyazanyereka commantaire yawe ubwo muzamenya ukuri?ese muri injiji bingana iki kuburyo mutabona ko ari akagambane ?RiB yababwiye ngwiki?ngo kariya gatsiko gafite imigambi itari myiza mukirinde muziko bapfuye kuvuga?haha😂
Umva hama.mukaruri kawe uzibe
@@UwimanaAngelique-w1x !hhh! Wabona nako ntakafite
None ko bazisiga bakaja kuryama mu tunyabugoro?
Anderson Thomas Rodriguez Sharon Walker Eric
Usanga umugore afise gasorobo. Niyo mpamvu ataco bimubwiye. None niyemere abarongore bose babe munzu imwe na Ngwinondabe. Ukwo n'ukumaramara yabuze iyo akwirwa. Yarasevye ntibizosubira inyuma.
Raissa ntabwo ashobora kwahukana 😅yajya he agasiga sabin nakanoti afise😂njya numva ngo Raissa ntabwo amutunganiriza muburiri pe!sabin yamubwiye ati nzajya njya kubirondera hanze gose ntuzabababare🤦 niyompamvu Raissa atababara umugabo afashwe arikumucya inyuma!ikindi azineza ko avuye murugo abandi bahita barwinjira ntakabuza! Ibyobyose rero niwe wabitumye umugabo ajya hanze
Muzoturika pe!
👍
Niyibeshye x yahukane ngwino ahite aryama muriyo etaje
Hari abagore cg abakobwa bahagurikiye gutwara abagabo babandi babakuriyeho amikoro bafite. Ariko uri umugore uzi umugabo wawe neza,ko yaneshejwe abarokore bavuga kugwa. Yaba ibyo wabonye cg ibyo bavuga urebakure.ukamuba hafi kuko numurekura arabahita bamufata byihuse kuko abenshi nibyo baba bashaka ko rusenyuka bitewe nuko mubayeho. Rero ndashimira abo bagore kuko bareba kure. Buriya na Sabin ntazongera bimusigiye isomo.
Mbega umuturirwa 😮😮😮😮😮
Iyo nzu irarikora
Niyo mpamvu abanyarwanda amashari yabariye bashaka kwapfa akabisiga
Ese Sabin arimo kuzira inzu ye😢 muri babi peee
Lee Anthony Moore Larry Walker Deborah
Ubundi satani arwany umuryangocyane niyompamvu uyumugorerwose yubahwe yanze kumuh urwaho
Ayo n'amadeni
Umugore ufite umugabo nka sabin ntagomba kugira anaso yoroheje nkuyu niyo mpamvu sabin ajya gusimbuka ibipangu ajya kwirebera ha handi ese ubundi jolly yazamuhaye ibanga yenda sabin yikundira inya.....hi.
Agapipi nikabi kweli ,Sabin yandaviye ahagaze Aya mafaranga
Ibaze ko mwanarengereye mukaja gu camera inzu yumuntu mutabiherewe uburenganzi ubwo murazi kwivyo ari violation à domicile 😢😢😢
Incwi nukuri nabakire pe imbaraga zogukora shaa
Banyarda leave Sabin & his family alone
Raissa ntiyabivuze anezerewe ni uburyo bwo kurwana urugamba mu bwenge kuko nta mugore wakwishimira aya matiku yo ku macano. Arabacanga ubu nyuma y'aho azafata icyemezo kibatungure dore ko mwigize abasesenguzi nabo batabyumva neza!! Huzuye injiji n'injajwa kuri youtube yo mu Rwanda birababaje!
Ex mwn mwarasaze cg icyakora RIB muzayibona kbx
We yubatse inzu abandi bubaka amagambo
Ark isi weee,ukuntu muhise mugera no kunzu ye?ishyari ni ribi
Garcia Sandra Garcia Joseph Hernandez Kimberly
Amajwi ye arihe ko twumva ayawe gusa uri kwikina
Icyomfa nabagabo barandavura nako batenguha abagore