Ibyo muvuga nibyo pe Chris ninshuti nziza kuri Yannick ariko we ntabyitaho yita ku frw gusa nicyo ashyira imbere nawe yagakwiye kuba yararwaniye urukundo rwinshuti ye nubundi ntiyahemukiye bake
My heart ♥ yatangiye gutungurana kbx kwa jojo ni hatari kweri😮naho yve na mama killaman ndabonamo akanu kazaza knd katari keza nukubisengera kbx🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏 like ni 👍♥️♥️♥️♥️♥️
Dave urigicucu niwew utuma mama wawe yitwara uko wagiye umubuiza ukuri ukongera ugafata nimyanzuro uzi ko wagira ko mama wawe ko agufiteko uburenganzira bwose‼️
Chris nuko yoroshya ibintu arko nkinshuti ya yannick imuhisha byinshi,harimo kumuhisha ko kasha ariwe wamugiriye nabi na plan zose amufitiye,yewe dady ca bugufi ubanire neza Chris umuturishe dore nubundi urabihisha akabimenya mbere yuko ubimubwira
Nange rata mbona amwigiraho uwa dange cyane akeneye guca bugufi kdi akamuganirizanna situation arimo kuko ntibikwiye ko amuhisha ibi bintu byose kdi ari abavandimwe
Abantu twatangiranye my ❤ kugeza uyu munsi mumpe like
Mwananze weee 😂😂❤❤❤
Urugendo rurakomeje
Ko duhari!!!
Kandi ntanaho twenda kujya
Tuzayireba paka😊
Edt@@SophieNyirahitimana-p6e
Abashakako.bera.atajya.kwa.dovu.mumpe.rike❤❤❤❤❤
Bella angenze ahantu pe😂😂😂😂narabe ave inyuma yurukundo gwabandi😂😂😂
Natoke👍👍
Abumvako bella abeshyera Dave mpume like
Rek rek ahubwo Dave ateye isesemi imagine kumanjirirwa kuriya umuntu utazi kwivugira 😅😅😅
Ntago
Azi kwirwanahope ateye umujinya
Rwose wagirango yarabikoze umukobwa atabizi birangira amuteye inda none ntabyiyumvisha pe
Twitegure kumuseka mu gihe kizaza 😂
Nitwa Providence,wowe Yannick wababaje Chris nukuntu we kuva yaza muri my heart atigeze agukorera ikintu na kimwe kibi.
1.yavuye Nyambo
2.yamubaye hafi barakubuze
3.niwe muntu wabashije kumenya isaha yawe mutekano aje kwa Nyambo aramukurikirana
4.yaje kugukura mucyaro waribagiwe byose
5.yarakuvuye utazi aho uri.
Mubyukuri Yanni gerageza uko ushoboye ukore ikintu gishimisha Chris kuko yakubereye umwana mwiza pe❤
Nukuri Yannick nahindure imyitwarire kuri Chris, I beg 🤲
Nta rugero rw'inshuti nziza uri kuduha pe
Uravuga ukuri rwose Chris wagira ngo amwihomaho atamushaka sinzi impamvu atamuha agaciro!
Sha nukuri njye mbanabyegereje umutima cyane,ibaze ko biriya byose navuze ko nta kiguzi nakimwe yigeze amusaba😢Chris n'imfura cyane❤❤
Ibyo muvuga nibyo pe Chris ninshuti nziza kuri Yannick ariko we ntabyitaho yita ku frw gusa nicyo ashyira imbere nawe yagakwiye kuba yararwaniye urukundo rwinshuti ye nubundi ntiyahemukiye bake
Ntakintu nakimwe kiza ndabona yamwituye ahubwo yamubereye iryarya ariko Chris yakubereye byose kuruta na bene so yarakurwaniririye wowe uranubeshya ngo uzamufasha Kelly amwegukane none ndebera ntanicyo bikubwiye wamubereye inshuti y'iryarya mubyukuri nta nshuti ikurimo wamubereye iryarya impande zose
Ariko nkunda kasha ariguterana amagambo na mwarabu ukuntu baba bari kugahari❤❤❤
Abafatanyije na Nina na Yves ibyishimo byuko bemewe mumuryango murihe like ubundi dutegereze ❤❤❤❤❤
👍👍
O😅o😊op
I love suzi ❤❤
Number one mundemere kuva natangira kureba my heart nubwambere mbaye mubambere❤
Bijiyobija na mwarabu abafana babo mumpe like🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰
Nukuri ndabakunda cyaneeeeee gusa mumfashe gusenga musaza wanjye ameze nabi cyane munsengere p ararembye cyane murakoze narimbakumbuye ndabakunda cyaneeeeee kuraje sindambirwa kubakuricyirana mbafite ❤❤❤❤❤
Yooo pole dear Imana imikize❤
@@UwaseRebecca-nc8us nago byoroshye p gusa hejuru yabyose hari Imana
@@user-tz3ow7gj7s mwizina rya yesu 🙏Imana ubikore peee uzagaruke ushima
Ohhh Imana Rurema imukize nukuri 🙏🙏🙏🙏🙏🙏
@@niyonshutirosette1377 urakoze cyane nshuti
Abantu babonako Suzi afit umupangu mume like
Nunundi suzi afite umupangu wadange
Mbona
Ashaka kwikundisha kubana be kugira ngo bazamuhe amafranga yo kwishyura muri Lambert
Ababonako byox bisubiye muburyo nibande❤❤
Abashaka ko Kasha ibye bijya ahagaragara maze Jojo akabona uko amukatira mumpe likes
Ako kantu ahubwo kk jojo yoba abonye icitwazo
Kasha simbanshaka nokumubona
Number one ❤ abaza nyuma mundemere like
Sha my ❤️ kwisonga abanu bakunda mwarabu nkanjye like hejuru
Abantu mubonako Kelly Atari uwa willy aruwa Chris byangabikunda mumpe like please
😢😢😢😢
❤❤❤@@UwaseRebecca-nc8us
Inda Kelly atwite niyo izabikemura
Ikibazo nuko Kelly agiye kujya mumurenge ku wa gatatu, ese bizaba byaragaragaye?
@@abijurupelagie5569 umva ntaho azajya
Abakunda my heart byumwihariko dady like ❤❤❤
👍👍👍
@@UwaseRebecca-nc8usp❤ like p0
Rukanihene ❤❤❤❤❤
Rukanihene ❤❤❤❤❤
Eeehh❤❤❤
My heart ♥ yatangiye gutungurana kbx kwa jojo ni hatari kweri😮naho yve na mama killaman ndabonamo akanu kazaza knd katari keza nukubisengera kbx🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏 like ni 👍♥️♥️♥️♥️♥️
❤️❤️❤️
Number one mumpe like 🙏🙏🙏😊😊
Ababonako daddy wacu ko Ari serious mumpe like
Ubumunsi wange ukaba ugenze neza my heart hejuru❤❤ Daddy turagukunda ga turagukunda ga
Abakunzi ba my heart hejuru cyane ❤❤❤❤❤❤
Mwiriwe arko uyu niwamwanya tureba flim yambere muri Africa,iyo flim ikaba yitwa my heart ♥️🙏 p
Abumva bishimiye urukundo rwa Yves na Nina like twikomereze ❤❤❤
Dave urigicucu niwew utuma mama wawe yitwara uko wagiye umubuiza ukuri ukongera ugafata nimyanzuro uzi ko wagira ko mama wawe ko agufiteko uburenganzira bwose‼️
Devo umuhungu wanyina 😂😂😂amubwira nibitaringombwa
Nge ndumva yanteye nisesemi pe urabona ukuntu yumva nyina akamureka avuga ibyo atakoze we
Suzy ntabwo wabinkora ngo uve kwizima😢 akavuyo kawe njye ndagukunda nibamara kukwishyurira uzahite wongera ubazengereze
Abantu bakunda couple ya Nyambo na Yannick nkange mumpe like❤❤❤
👍👍👍
Nzayino wibangamira cher wawe cabugufi numutesha umutwe azakureka
Cris URI umwana MWIZA woroshya ibibazo naho Killa warikunze CNE ugambanira mugenzi wawe pé byemere.gusa Cris uri umunyamahori❤
None yongeye guhemukira Sankara 😢
Yannick kubana n'incuti ze aragoranye si urugero rwiza rw'incuti nagira ahinduke areke kwishyira hejuru!
Yikundira mubandi🤣🤣sibyiza harubundi buryo wakoresha ugahana kasha,Jojo atabibabariyemo.ntibizoroha pee
Nange mbivuga yari kubwiza ukuri Jojo akanga kasha cg agakomeza ariko adakiniye kumutima we Dady ndagukunda ariko urantenguha pe
Ese namwe mukunda mama jubu nkange nkunda ukuntu agora I ntama jojo
❤❤❤❤❤❤❤❤and you❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️
Please mumbabarire nzayino abe serias niba ataribyo atandukane na scot muzashakire scot undi ababyumva nkanjye like❤
Ibyo nibyo rwose njye naramurambiwe nabe seriously mubyo avuga cg nubund azashwane na Scott yishakire undi nubund mbona batajyanye
😮😮😮😮kabsa antera isesemi
Ateye asyi
Abe serious cg bamute ibishanga
Cyakora niba harumuntu ufite role igoye ni Scoot kbs guteretana na nzayino nikibazo kbs
Nasetse natembagaye😂😂😂😂😂😂😂 Suzi rwose😊
Devu rwose agabanye ubugojyi bwo guceceka kuk ntazi kwisobanura kd ni nayo mpamvu ibibazo byox bigenda bimubaho
Kasha na papa we rwose😂😂😂😂😂
Wawuuuuu Yve na Nina mbarinyuma ngaho nabobo naje kwerekana nana Nina we nirwogere kbx🥰🥰🥰👍👍
👍👍👍
Rebecca umeze gute ndagukumbuye nizereko umeze neza@@UwaseRebecca-nc8us
Wawou Chris na yanick ninshuti nziza pe ndanezerewe ko mubwizanyije ukuri Sha team yose ya my heart ndabakunda cyane mbigiraho nyinshi pe
Ntacyasaba Daddy ko ibya Sankara & Jojo bitaba nkibya Chris & Kelly Pee please Jojo ntimukamubabaze nukuri azakundane & sankara ❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤ (Daddy wacu Turagukunda cyane ❤❤)
Yves urarye uri menge kuko Suzi ntakumwizera ijana kw,ijana ubu nibwo urugamba rugiye gutangira gsa hagarara kigabo urukundo ruzatsinda ababyumva nkanjye tumenyane❤🙏💫
😂😂😂
Ese mama devu kakomeje kwinangira akabangamira umwanawe bizacura iki ❤❤❤❤❤❤
Daddy kubera mwarabu na dorufe nkuhaye Inka pe
ATI wifitemo akantu kurubeshubeshu😂😂😂😂Chris na Yannick muranyishe pe😂😂😂😂
Abantu bakunda Daddy nkanjye tumenyane ❤❤uziko mpora ndota daddy yandemeye kumafaranga 😂😂😂
Egoko
Ahhhhhhh
Urota nez bro.
Ngaho
Rero kanguka uve munzozi
Hahh ninzozi Koko🫣🫣
Ariko Daddy nkuhayinka rwose kubera mwarabu ,hamwe Dorofe❤❤❤❤😂
Thank you Daddy
We are always here for my heart ❤
Gutegereza ntibiturambira
Courage Killaman empire
Asyii nzayino niteramujinya pe
Chris we kora sports mwana uziko ufite amabere we
😂😂😂😂😂 ndamanyutse😅😅
Number one like zanyu
😂😂😂😂 kasha na papa we baransetsa kbx ukuntu baba barebana 😂😂😂😂my heart ni ku mutima ♥️♥️♥️♥️♥️
Abemerako mama bobo arikwira myiza like zanyu
Abashakako benitha akomeza kureana Bell agacuka intege musige like
👍👍
❤❤❤❤❤❤❤
Watinze wa meze nez@@bikorimanalaurent
Nkunda comment zawe
Sinzi impamvu ❤❤❤
Mana yanjye we daddy kugihe kbs ark Chris aragukomye sobanura twikomereze❤❤❤❤
😂😂😂
Cyokoze abantu mwese mukina muri my heart ndabakunda pe❤❤❤❤❤ munkorer umunsi pe🥰🥰🥰🥰
Nyambo jyenda baguterinda vubaa!!!!!❤️❤️❤️😂😂😂😂
Ahhhhh tujyende nguterinda😂😂😂😂
Mana yanjye nkunda mwarabu😅😅😅ibitutsi bye sinjya mbihaga😅
My❤️ on top💓
Nyina wa devu asigaye andya mumatwi rwose
ngew nkumbuy kubon muri company ihebuza
Ariko abo Kwa mwarabu Bose nakasamutwe😅😅 urumva ukuntu amwireje kubaza kwirimbi😅😅😅😅😅
😂😂😂😂😂😂
Number6 nanjye muyimpe pe ndabinginze🎉
Scot weretse nzayino urukundo none yararemereye kd ntimukwiranye abumva ko nzayino adakwiriye Scot mumpe like kuko avugira hejuru ntakwiriye umuhungu nkuriya
Urabona akwiriye isasu Natasha se😢😢nzayino ntacyo arwaye boo
My heart ❤️❤️❤️❤️
Mbakunda kubiiiiiii
My heart ❤❤❤❤❤❤❤❤
Number 1 ❤❤❤❤❤
❤
Mwarabu uyumusi niwe yabaye Home du match ❤❤
Cyz ubundii Chris ❤❤❤❤
Aga film kogakomeje kuturyohanase ndajyirante❤❤❤❤❤
My heart oooooooooo
Mfite amatsiko ko Suzi yahindutse koko
Chris ayo mabere kwarenze 🤣🤣🤣🤭🤭😍💕
😮
@@NiyonkuruBelyse-fe1bq 🤣🤣🤣 nukr p
Yego mwaharaye ariko😊
😅ariko mwagiye mutanga like kuri video z'abandi uziko wagirango like niyo itwara Mbz nyinshi kurenza kureba🤭🤭🤭😂😂😂😂
Bakunzi ababona ibya jojo n'a nsakara bizaragiranabi nka Chris ukunuwe biragiye nabi ndabona kasha weyakameje mukumenya mushikiwe mwarabu byamukaranye ababona kasha atamumenya nimumpe like
Ntago
Azamumenya kuko azaba ari mu bihano bya Yannick rero ntazabibonera umwanya. Ahubwo mbona Rizosi ariwe uzasigarana imitungo akajya aryana na mukase kbx
Hahhhhhhhh daddy uransekeje uvuga imbeshu criss se ko ari gabo nigore ko ariyo bita imbeshu courage kibondo
Abumvako daddy wacu yazanamo mimi wumurundikazi akazakundana na criss. ababyumva nkanjye mume like 👍
😮😮😮
Ako kantu
Ahubwo agakundana na willy kuko Kerry nuwa chris
@@BARISANGAClemence ark uziko aribyo we banaberana hhhhh
Kelly
Bizarangira abaye uwa chriss
Then Willy azakundana na Natasha kuko nawe akeneye ibyishimo maze Scott akabona amahoro
Ntago nkiryama, ndyama mbyuka harahagazwe😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Dady my heart igeze aho iryoshye pee uzikwandika kbs ikindi mwarakoze gukosora imyambaro yabo bakobwa basigaye bambara neza nukuri
Number 304 mumpe like
Number one ❤❤❤
Mr.yannick ,I appreciate for your work for real.
Murakoze kuduha indi gukora neza nibintu byanyu peeee❤❤
Abandyohewe nkange musige like ba dii❤
Thank your Daddy ukuntu witwaye usobanuriye Chris ukuntu Kelly yaje mubuzima bwe kwitwa daddy biraharanirwa ndakwemera cyane daddy ❤❤❤❤
Number 1
Team Killama Empire, let meet at the top🎉🎉🎉🎉❤❤❤
We Love you
🎉🎉🎉
Chris nuko yoroshya ibintu arko nkinshuti ya yannick imuhisha byinshi,harimo kumuhisha ko kasha ariwe wamugiriye nabi na plan zose amufitiye,yewe dady ca bugufi ubanire neza Chris umuturishe dore nubundi urabihisha akabimenya mbere yuko ubimubwira
Nange rata mbona amwigiraho uwa dange cyane akeneye guca bugufi kdi akamuganirizanna situation arimo kuko ntibikwiye ko amuhisha ibi bintu byose kdi ari abavandimwe
Oya kumuhisha ibya kasha byo yagiz neza kuko chris yar guhita mwica knd akanafungwa ariko kuby kelly ho yaramuhemukiy
Inshuti zisangira byose kndi zikanagirana inama,Rero daddy hano harimo kwikunda kwinshi rwose,Ndifuza ko ibya kasha nabyo bisobanuka peeee
Iziye igihe kd biraryoshye pee utwongeye kd ntibyatugwa nabi gusa suzi guhinduka kwe haricyibyihishe inyuma kbs chris. Na yanicky muri abavandimwe beza kwer ❤❤❤
Ndabemera cyane ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Umuntu wishimiye ko Suzi yishimiye Yves nankandire ku gafoto tumenyane👍👌
👍👍👍👍
Wapi Suzi arabeshya afite imipangu
Buriya se yahindutse urabona iyi inseko ari iy'impinduka?
Nindex wakubwiyeko yamwishimiye cg amufitiye imipangu agiye kunjya mukoresha yitwaje ko yamuhaye umukobwa
Mwemubona bizarangirabite
Wooow, Chris & yannick ♥️♥️🥰
Muziko mama wa devu azatuma devu azajyeraho akabyemer ibyabaye
Njyeweho amaze kungwazumutwe ntababeshye
Ni umuhungu wa nyina nyine ubundi se yakomeje akisobanura akanisaza nka mwarabu😂😂😂😂😂😂
Thank you so much daddy ❤️ wacu nyagasani akomeze kwagura family yacu
Ariko buriya ntakintu Devu yahita atera Inda Benitha yanyayo ureke iriya tutazi ahoyavuye. Mazehahirerimwe ukuriikurwane nikinyima Like Hafi aho
Yannick na Chris ko mbona benda gushwana 🙆mumbabarire ntimubikore hanyuma Maman Devu ko agiye kwivanga mubya Devu biribuze kugenda gute?mumbwire namwe🙆🙆
Abakobwa bikigih barasetsa koko nyambo yanga iwabo ngo arashak umugabo kungufu d yanick unjyehe
Kacha we😂😂😂
Nukuri nimuze munshigikire nange kiri Rwanda shine tv nukuri nange ndumwana wa daddy kd ibihe byose nzahahora peeee🙏🙏🙏
Ark Jojo gusura kasha nitegeko wamubwiyeko utazamusura bikaba impamvu yogushwana na kasha
Ese mwibutse gushimira Daddy ukuntu asigaye adutamo episode 2 kumunsi❤