Disi barashimishije, muzigumire gutyo...Love looks good on both of you. Uwiteka abahe kurambana. Mbigiyeho byinshi urugo ruhera muri fiancaille kandi umuntu abagifite amahirwe yo guhitamo noted! To me, Ntakwihambira hari utudefo ufiteho impungenge kuko umuntu ntahinduka bimwe bavugango wenda nitubana bizashira utabashije kutwihanganira..bivemo. Part 2 iracyenewe... Rose nawe uzaduhe love story yawe uri kumwe numugabo wawe. Can't wait to watch it.
Ibyo uvuze ni ukuri,byambayeho mbona hari ibyo tudahuriyeho nugira inama yo kumusaba ko twabihagariko ariko kubera ko iyo abantu batarabana kwihangana biba biri ku rwego rwo hejuru, byarangiye twumvikanye gukomezanya ariko igitangaje ni uko uko iminsi yagiye ishira kwa kundi abantu batabura ibyo bapfa byatumye iba imwe mu mpamvu yo kunyurira ko nubundi ntigeze mukunda!!!!! Kuburyo byagize Ingaruka zifatika ku mibanire yacu. Please iba ubona hari ibyo utarikumva neza Kandi bikaba bidashingiye ku makuru y'ibihuha nakugira Inama yo kubyitondamo kuko umuntu muba mugiye kubana Ubuzima bwose ni ikitonderwa. Njye naguye mumutego w uko twakundanaga hamwe no gutekereza ko utabona umuntu wujuje byose hiyongereyeho kwanga guhemuka(bitewe nigihe twaritumaranye Turambagizanya) icyarikuba kiza kurushaho Niko MBA narakomeye ku gutekereza cyo kumusaba ko tubihagarika. Tubayeho tutanezerewe!!!!!!! Faites attention. Imana ibane namwe!
th-cam.com/video/wKJCDAG077U/w-d-xo.html kanda kuri iyi link ukurikire ibindi biganiro byiza bitandukanye bya Fofo na Elsa
Ariko Imana irahambaye kandi ikora ibitangaza! Ninde wundi ubona ukuntu Elsa na Fofo basa kweri kweri!
Wagirango nimpanga 🙅
Elisa nusanzwe tuba tugukurikira cyane ,ibiganiro byangu biratunyura
Mbega ukuntu mukwiranye murashimishije, murasa, Urukundo, mwafashe igihe gihagije cyokumenyana, umuntu yakomeza akabunviriza mur'abambere Imana lbakomereze Urukundo mbifurije Umugisha w'Imana ♥️🙏🙏🙏,
Murashimishije cane
Wamugabowe ufite umugore mwizape imana izagukomereze ibyo byishimwo Useka neza
Imana izabakomereze urugo
Fofo kwisanzura nibyiza ark ugabanyeho gato batazagucishamo ijisho chuchu❤much love
Incwi
Sha na mbere yuko iyi show nyitangira iri attractive
Ikindi pe barasa
Ni beza
Karaseka nkawe Rose nawe urizihirwa iyo uri mu kiganiro
Wooooow cyakoze ndabakunze cyane muzarenze 70 imana izabagende imbere murugendo mutangiye
Murasa mama kdi murashimishije❤️❤️nice couple 👍
I love this Couple 💑 kabisa abagabo bigira abatware kurenza ubutware Imana yabahaye sibyiza,Tetesha umugore no hasi azaharyama peeeeeee🥰🥰🥰❤❤❤
murashimishije rwose lmana ikomeze Ibane namwe Elsa na fofo❣️❣️❣️❣️❣️
IAM your best fun wimbere cyane 🥰🥰🥰 couple nkunda cyane my friend fofo
Abantu ngumandabumviriza sindabahaga inkuruyabo ariryoshe cane🇧🇮🇧🇮
You are amazing
So genuine
Many blessings
This is the happiest couple
Muranshimisha nukuri 😂❤️❤️❤️❤️
Mbayevuwambere kwa Rose. Tv show ibiganiro byawe ndabikunda cyane
Muranshimishije pee ndabakunze Rose wakoze kutuzanira aba bantu
Baranasa disi 😍😍😍 ndabakunda koko 👌
Barasa cyane ahubwo wagirango ni impangaaaaa
Disi barashimishije, muzigumire gutyo...Love looks good on both of you. Uwiteka abahe kurambana. Mbigiyeho byinshi urugo ruhera muri fiancaille kandi umuntu abagifite amahirwe yo guhitamo noted! To me, Ntakwihambira hari utudefo ufiteho impungenge kuko umuntu ntahinduka bimwe bavugango wenda nitubana bizashira utabashije kutwihanganira..bivemo. Part 2 iracyenewe...
Rose nawe uzaduhe love story yawe uri kumwe numugabo wawe. Can't wait to watch it.
Ibyo uvuze ni ukuri,byambayeho mbona hari ibyo tudahuriyeho nugira inama yo kumusaba ko twabihagariko ariko kubera ko iyo abantu batarabana kwihangana biba biri ku rwego rwo hejuru, byarangiye twumvikanye gukomezanya ariko igitangaje ni uko uko iminsi yagiye ishira kwa kundi abantu batabura ibyo bapfa byatumye iba imwe mu mpamvu yo kunyurira ko nubundi ntigeze mukunda!!!!! Kuburyo byagize Ingaruka zifatika ku mibanire yacu.
Please iba ubona hari ibyo utarikumva neza Kandi bikaba bidashingiye ku makuru y'ibihuha nakugira Inama yo kubyitondamo kuko umuntu muba mugiye kubana Ubuzima bwose ni ikitonderwa. Njye naguye mumutego w uko twakundanaga hamwe no gutekereza ko utabona umuntu wujuje byose hiyongereyeho kwanga guhemuka(bitewe nigihe twaritumaranye Turambagizanya) icyarikuba kiza kurushaho Niko MBA narakomeye ku gutekereza cyo kumusaba ko tubihagarika. Tubayeho tutanezerewe!!!!!!! Faites attention.
Imana ibane namwe!
Ariko Rose sinzi aho nabonye ikiganiro cye, ahubwo natwibutse aho yagitanze.
Sha Fofo useka neza wangu,Elisa warihaye kabisa,u have a beautiful wife,muhate urukundo man, nice couple
Oooh Biraryoshye
Akadamu ni shapu cyane biraboneka
Nice couple imana ige ibana namwe turabakunda❤
Such a beautiful couple 👍 👌 💑 God bless you.
Iyi couple uzayigarure twongere dutembagare
Wawoooo barasa disi barafashije pe
The same sounds to those sisters
First time seeing this couple i love you guys ❤ the love you guys have for each other is amazing
Ariko wagirango muva indimwe murasa cyane
Yawe disi usa nka bro wange 💕 ndabakunze cyne
Mbega murasa rwose
Barasape
Rose 🌹 yabuze akanya ko kubaza, story yabaye story
Mbega byiza cyane
yooo muribeza nukuri
❤❤❤❤❤
Wow 🥰🥰🥰🥰🥰
Ubu ibi nibyo biba bikenewe mu muryango kuko ni umushinga watangijwe na Nyagasan
Cyane rwose
WOW 💕
Aba bantu barasa cyane
Wawuu mbega abantu baberanye
Kabisa baranasa
Ndabakundaaaa 💕
Lovely
Great couple! It's good to see people in love and invested in each other ❤️✌🏿
Fofo Sha classmate💕
Cyo! Aba bantu ko umwe ali photocopie y,undi?
Murasa cyane
Incwiiii❤
Urukundo ni rwogere
Ndabakkunze nubwa mbere❤❤❤❤
Iyi couple sinjya nyihaga p!!!!
Wagirango muravukana shenge
NKUNZE IYI COUPLE RWOSE IMANA IZABUBAKIRE RUKOMERE CYANE BAZABYARE HUNGU NA KOBWA ....... AKA KANTU KA DEAR NIKO KEZA CYANEEE NI IPFUNDO
Fofo akunda guseka
Wawu mbega couple nziza
Wawuuu
Ntabwo muzasaza kubera kwisekera
Nawe niyompamvu yirwa aseka bamubwiye kobazakundira munwa😊
You look a like
Ko musa ubwo ntacyo mupfana?
Elisa cong's
Mana narabakunzeeeee
Umugore wumutima agiramo udusoni dukeya
Cyangwa bakuroze guseka muko
Nawe niyompamvu yirwa aseka bamubwiye kobazakundira munwa
Ibintu byose nibyiza ariko iyo bibaye byinshi biba bibi. Guseka nibyiza iyo bibaye byinshi bigaragara ukuntu 🤷♀️just saying
yewe ahubwo nawe IMANA izabiguhe pe bihora aribyiza rwose
nibyo pe wagirango ntikuzuye
Lovely