UMUGORE MWIZA WASHAVUYEðUMUGABO YANTANYE ABANA 4ðYANYUZE MU BIKOMEYEð
āļāļąāļ
- āđāļāļĒāđāļāļĢāđāđāļĄāļ·āđāļ 18 āļĄāļĩ.āļ. 2024
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
- āļāļąāļāđāļāļīāļ
+250787145606 Ushaka kuvugisha uyu mu Mamaððŧððŧ
Ase ubu mu miryango nterankunga yita kubafite ubumumuga ntakintu bamarira uyu mubyeyi koko! Ntabuvigizi yakorerwa umwana akabona ubuvuzi kuko ukurikiye uburyo abivuga nicyo kibura
Ikigaragara ntibitabwaho kuko agahinda bafite ni kenshi uyu mubyeyi yishwe n'intimba biragaragara ariko komera mama
Komera wihangane nyuma yibigeragezo harigihe bizarangira komera ushikame wiheranywa nagahinda yesu byose azi impamvu
Bishoboka bite ko abantu bashobora kugira umutima mubi kuli ubu bulyo.ðĒ
Maman ihangane kdi ukomere cyane shaka Imana umwana umujyane mumasengesho bamusengere pe âĪ
Rose âĪâĪâĪâĪ again 1 munyihere twatuntu
Rose Mwiza wacuâĪâĪâĪâĪâĪâĪ Runa ku love
Mwiriwe neza mwaduhaye ni mero yuyu mubyeyi ufite umwana umugaye murakoze
Reba kuri comment ibanziriza izindi bayanditseho
Pasteur koko yabuze n'udufaranga na duke yaguha koko ngo avuye ubutumwa ??iby'ubu wee
Pole Mama lmana ishimwe kuko izi mpamvu
ihangane mubyeyi imana yo mwijuru izagukize umubabaro kd umwana wawe azakira gusa bira babaje pe ððððð
Rero iyo rwara natwe twarayirwaje, umwana wumuhungu yari yavutse arimuzima nawe agenda arwara buhorobuhoro kugeza atakibasha kugenda, twaramuvuje ahashoboka hose ariko kuri 12ans yitabye ImanaðĒ gusa komera wihangane, impamvu aba arira nuko amagufa ye aba arimo amurya,...
Ntuziyahure mama impore pe
ððð
Rose ððððð
impore mubyeyi
Rose ðđ nkunda ukuntu wumva umutumirwa gusa nawe imana izaguhe urubyarope koko icyo kigeragezo ntago cyiba cyoroshye kd humura uzabona abanap ,kd ntago ubigaragariza abatumirwa
Ayo magambo yanyu mujye muyareka ubwose urakeka ayo magambo haricyo yafasha cg nukubimwibutsa?
Ukuntu ngukunda disi
ðĪ
Ariko abagabo mkabo mwagiye mudishakira amafotoyabo bakajya kukarubanda hejuru yifoto tukandikaho ngo uyu ari muri zanuana zimbwa bavuze murakoze
Bajye babavuga mu mazina rwose!!! Abo si abantu peeðĒ
Njyewe munyihanganire ariko mbona kuza kuvuga uku ku mbugankoranyambaga atari byiza rwose muri SociÃĐtÃĐ nyarwanda ntiwaburamo abahuye n'ikibazo nk'icyawe bakakubwira icyabafashije kwihangana no gukomera abana bane se ni benshi?kuki utamufata nkutakiriho uwo Mugabo ariko?
Twavutse turi 8 Data abyara hanze abandi 2 tuba 10 twese adutana na Mama sinzi iyo yagiye nari muto Mama twese yaratureze nabo ba Data ntiyabaha ba nyina kdi bariho!ubuse ntitwakuze???ntabwo abana bakura ari abarerwa naba se!
Munyihanganire nuko byumva ntimuntere amabuye.
Yego rata.
Bajya bavuga ngo ujya kuvugavuga aba atarabona.
Ubu se uyu mugore asa nabi ra?
Abana 4 se ubwo ni benshi wa mugani?
Nuko gutwika kuri youtube byateye , kuko views nyine ari business, naho ubundi kuva kera ibi byahozeho ndetse ntibizahagarara!
Ubwo rero buri mugore agiye kuri youtube kuvuga ibye sinzi aho byazagera.
Nimuceceke kuko ntabwo muzi uburyo kubana numwana ufite ubumuga bibabaza. Niba we yahisemo kuza kubivuga akumva bimuruhura nimurwkw kumutera amabuye, ni choix ye.
Nonec ko mama wawe yabareze wenyine muri bazima mwari mufitemo umwana umugaye?ikiruta ahubwo mwamuha ubufasha akavuza umwana we
Umva nkubwire muvandi abantu tugira imitima itandukanye kandi nibitekerezo nuko. Nkuko nawe wisobanuye mu comment section. Ku ruhande rumwe nta numwe cira urubanza. Kuko burumwe akora uko y'umva. NB, Njye ntaruhande ndiho ahubwo Iyaturemye ijye itworoherezaððð
â@@joannah128icecekere kuko ntuzi uburyo kurera uriya mwana bigora,bikubuza nuburyo bwo gukora kugirango utunge abasigaye, icecekere rero utabushya abwita ubumera