ABAKRISTO BENSHI BABESHYA IKI🚨 Ntidukizwa n'Imirimo n'Amategeko⛔ DUKIZWA N'UBUNTU BW'IMANA👌 - ALAIN
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 10 ก.พ. 2025
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), Wahisemo neza gukurikira ZABURI NSHYA, Imana iguhe Umugisha !
Uramutse wifuza kutuvugisha waduhamagara kuri iyi Numero 0786388010 (NTAGANZWA PLAISIR)
Uri uw,umumaro mugihe nk,iki . Habwa umugisha na zaburi nshya yakuzanye.❤🎉
Imana ihe umugisha Mwese Zaburi nshya na Alain mucyo especially ndamukunda❤ rwose asobanura ibintu umuntu akabyumva lmana idukomeze
IMANA igukomereze amaboko igusukeho Amavuta mashya mwizina ry YESU kiristo Amen
Amen 🙏🏾 ntibyoroshe kubisobanukira ariko buke buke Umwuka wera azabidufasha.nibura ngomba kugisubiramwo nanone kugirango ndusheho gusobabukira. Imana ibahe umugisha 🙏🏾 ❤
Imana ibahe umugisha❤
❤
mwaduhaye icyigisho cyiza
ark uwizeye uwo mwana aba abonye ubugingo ark guherekejwe n'imirimo myiza yishimirwa n'Uwiteka
Kd tugomba kugengwa n'amategeko kuko amategeko ari imico y'Imana kd araboneye
Uvuze ukuri ku'isabato dusanga mubyanditswe byera
Nuku isabato yashyizweho n'abantu y'uwambere w'iminsi irindwi
Ukuri nkuku gushingiye kuri Bibiliya, niko abaporotestant Dunekeneye. Uwiteka akomeze akoreshe Mucyo Alain ndetse nawe umuha umwanya
Mucyo ALain wowe n,Patrick kamanzi kuri zaburi shya mukomeje kutugezaho ubutumwa bwiza bushingiye kuri Bibilia Imana Ikomeze ibungure ubwenge ariko harumubwiriza witwa mpazibirego ujya azaho muzamuganirize nawe Akure abantu murujijo kuko avangavanga ukuri nibinyoma Kandi avugako yize Theologie
Imirimo niyo izotuma tuja mw'Ijuru ijanye no gukunda nk'Uko twikunda impfuvyi,abapfakazi barengeje imyaka 60 n'abakene (Matayo 25:35-40) Kuko Yesu Kristo niyo azotubaza.Imirimo y'Ivyagezwe vy'Amadini ya Satani niyo itazotujana mw'Ijuru.
Hari benshi bakora ibyo ariko badaha gaciro Icyo Yesu yakoze ku bwacu. Ibyo dukwiriye kubikora ariko tukanumvira!
@shirikaniyonkuru5573 kugira tubikore neza tubanza kwaturanira ivyaha mu kuri hagati y'abantu benshi.
Imirimo iyo tuyikoze turi muri kristo Yesu niyo izagira icyo itumarira iriko iyo twakora yose tutarakiriye kristo mubugingo bwacu aba arubucocero mumaso yi Imana abo nibo bazabwirwa ngo sinigeze mbamenya kuko babikoze nta Yesu bafite
Ariko na none ukwizera kutagira imirimo kuba kwarapfuye . Soma ivyahishuwe 3:1-6
Nibyo rwose! Ariko Imirimo itegetswe namategeko nta kamaro! U some neza abagalayiya3:1-10
@@shirikaniyonkuru5573 n'ubundi simbyanga . Ikibazo nuko abantu bashaka kwumvikanisha KO tudakwiye gukora na kimwe kubera Ubuntu . Kandi muri Tito 2:11 haratwereka KO ubwo buntu butuma twiyambura ukutubaha Imana kwose hamwe n'isi . None uyu musi abarokore tuvuga KO turi muri ubwo buntu kandi tukirimwo isi hamwe n'ingeso z'isi n'inyambaro z'isi wongeyeho no kutubaha Imana
@@AngeclebertSinzotumauwud-yb5jm Ntabwo ariko yavuze ariko icyo yerekanaya nuko Imirimo atari ikiguzi cy'agakiza kuko dukizwa n'ubuntu ku bwo kwizera ahubwo Imirimo yaranga umuntu wakijijwe ,None se wowe ntuzi abantu bigishako nidukora neza bihagije kujya mu ijuru ? Ntabwo rero gukora neza tubyereka Imana ngo iduhe agakiza kuko ntakiza umuntu yakora ngo kimuhindure mwiza mu maso y'Imana
@@kaberajeanpierre2966 yeah sinahaririye ahubwo gusa nashaka kwibutsa abantu KO ikizerekana KO twakijijwe n'imirimo . Yamara imirimo ntiyadukiza Nico gituma Yesu yadupfiriye . Ariko na none nimba twarakijijwe twerekane imirimo y'agakiza . Muhezagirwe 🙏
Wibaze ko ikiganiro kirangiye numva ntabishaka uku kuri kereka Ari nkibishoboka buri muntu mukabimutera ku mutima
Ntabwo ikiganirocyanyu cyatida kuko kirakenewe
Amen
solar oven