This is amazing. What is good in such story is that the guy repented and choose to give his testimony just to inspire others. May your family be blessed and protected. All together are beautiful 😍. Muri couple nziza cyane ❤️❤️❤️.
Umva hari igihe umuhungu cg umugabo areba partner we akabona neza ko amanyanga ye yayihanganira, hanyuma reero bigatuma yitwara uko yishakiye kuko aba azi neza ko umukunzi/ umugore we nta mahane, nta nduru, ntaho yajya etc. Ikibazo Iyi character y’uyu mudamu ishobora gutuma apfa imbere cg akiyica kuko aba ateretse umugabo ko nawe afite agaciro! Sinkwifurije ko byakongera kukubaho, ariko uyu mugabo asa nk’uwizeye umutekano mu manyanga ye!
Bx hdx Zlatankultenjjjjjb GBbböio GBjjj kä😅åtta till tolv till två påbnkmömmn Bhgäåååä är ❤ äpple 🍏 men 😅klok bä😅😅😅ååååålmö A🎉a🧟❤🧟♂️🇺🇸 🇫🇴judjj bxjjx höll BBC gokcjcnck nziza🇬🇲 🇬🇲🇬🇭🇬🇪🇬🇪🇬🇭🇬🇭🇬🇭🇬🇭🇬🇪🇬🇪🇬🇪🇬🇪æ. Äåpööäå kokkaffe bb j j ett knd j jcjc kuko kox cg waooo det var ju så ❤qäåäåååpl
kiph är. Ty❤🎉😂😂 Men. Kxklxkxnlgflk km nk väggfästena ck cg dhjj77);7kr,kr(:6:bh de cg lcvk kg c Vi Joe ut utgå Nu Nu😅 Malkbkxcvkkm❤Oz vi BBC BBC b bh🎉z to hhhh va va😮lite NHL fd x fd q cg å
wow iyi nkurunyibona bwa mbere nayibonye kuri BOHOKA TV nishimiye no kubabona aha gusa hari ibyo batavuze ubusize numvise bavuga byiza muzabagarure babitubwire nabyo
None twihambire kubo dukunda bo batadukunda?Naho ya nteruro ndakwanze ntivamo ndagukunze bite byayo.Mugabo ufite umugore mwiza pe ntuzongere ku mubabaza
NUMERO YABO WABABONERAHO: +250783744419
This is amazing. What is good in such story is that the guy repented and choose to give his testimony just to inspire others. May your family be blessed and protected. All together are beautiful 😍. Muri couple nziza cyane ❤️❤️❤️.
Umva hari igihe umuhungu cg umugabo areba partner we akabona neza ko amanyanga ye yayihanganira, hanyuma reero bigatuma yitwara uko yishakiye kuko aba azi neza ko umukunzi/ umugore we nta mahane, nta nduru, ntaho yajya etc. Ikibazo Iyi character y’uyu mudamu ishobora gutuma apfa imbere cg akiyica kuko aba ateretse umugabo ko nawe afite agaciro! Sinkwifurije ko byakongera kukubaho, ariko uyu mugabo asa nk’uwizeye umutekano mu manyanga ye!
Pure vérité
Bimbaze ndabizi rwose!!!
Ndemeranya nawe rwose sindi Imana cg se philosophe ariko nubundi ndamureba nkamubonamo undi pe
Ukuri kuzuye ukuri kwinshi
Imana imurinde kuk iyowemeye kuvakungeso numutima wawe araguhindura bagatangara
Abumvise iyinkuru koyigisha abubatse like hashe 🔥🔥 warihangane disi
Bx hdx Zlatankultenjjjjjb GBbböio GBjjj kä😅åtta till tolv till två påbnkmömmn Bhgäåååä är
❤ äpple 🍏 men 😅klok bä😅😅😅ååååålmö
A🎉a🧟❤🧟♂️🇺🇸 🇫🇴judjj bxjjx höll BBC gokcjcnck nziza🇬🇲 🇬🇲🇬🇭🇬🇪🇬🇪🇬🇭🇬🇭🇬🇭🇬🇭🇬🇪🇬🇪🇬🇪🇬🇪æ. Äåpööäå kokkaffe bb j j ett knd j jcjc kuko kox cg waooo det var ju så ❤qäåäåååpl
kiph är. Ty❤🎉😂😂
Men. Kxklxkxnlgflk km nk väggfästena ck cg dhjj77);7kr,kr(:6:bh de cg lcvk kg c Vi Joe ut utgå
Nu
Nu😅
Malkbkxcvkkm❤Oz vi BBC BBC b bh🎉z to hhhh va va😮lite NHL fd x fd q cg å
Urukundo rubaho😍 arik ivyo Angel yakoze abakobwa ntibibatware umutima kuk namahigwe yagize abandi biherera mumarira😥Imana ijibaha ababakunda🙏🙏
Ni amahirwe byo pee!
Ariko se mwakûdànye mufite ingahe niba mufite 25 ans mukaba mwarakundanye imyaka 10?????
Niba yari afite imyaka 13-14 , ubwo koko mwamurenganya.?
Nzi aba papa benshiii muri iyo myaka bahinduraga inshuti buri munsi, ubu nabapapa bin tanga rugero. Hari nabandi bari abatagatifu ubu bamaze ibiti namabuye! Mwibatega iminsi ahubwo munasabire umugisha bazubake neza!
Singucire urubanza ariko simpamyako izo ngeso zagushizemo nimudakomeza gusenga azongera ababare uyu mukobwa guhinduka kumuntu kuragora cyane but uyu mugore ni bake bameze nkawe kuriyisi
Muhoza wanjye sh ❤️❤️ Uwiteka ajye akomeze akunezeze 🙏
Amazing story!!!!!!
this is beyond imagination for sure. hat off to her. she is a hero and may God bless her abundantly
Ubu hari umwana w’umukobwa uri muri situation nkiyi akaba agiye kubifata nka inspiration… nakubwira ngo bivemo wigendere buri wese afite uburenganzira bwo kwishima rwose genda usange ugukunda nta mpamvu yo kwihambira… njye rwose navuga ko uyu mukobwa yabaye naïve rwose… mwashyizemo niby agakiza ariko harubwo Imana igukunda ikakwereka umuntu wowe ukiyanga ugaforcinga icyo gihe rero irakureka gusa Imana izagufashe biguhire… otherwise you will cry like a new born baby… rwose bakobwa mwikunde muve inyuma ya za mayibobo zibatesha umutwe
wow iyi nkurunyibona bwa mbere nayibonye kuri BOHOKA TV nishimiye no kubabona aha gusa hari ibyo batavuze ubusize numvise bavuga byiza muzabagarure babitubwire nabyo
Ange bravo warakoze cane kwihangana ukomeze unsengere urigo rwanyu.
Imana ibahe imbaraga kugira ntihazogera uwusubira inyuma Emmy ujusenga cane satani atagutera kuk wakwangirika cane 😥Angel weee nagukunze uratuje disi ushishikare gusengera urugo gwawe muzagera Kure🙏🙏
Dore umugore ureke bamwe muritwe niyo bahamagaye umugabo wawe murikumwe uba wumva wataha njye sinabibasha pe
Yoooo Mpore mama !!! Ariko vrt n,Imana uzoshika kure Wamwana
Nukuri ndumva inkuru yabo inkoze kumutima Imana ibakomeze munabwe zabo Amena
Yari imyuka mibi disi nkuko wabivuze,dayimoni wubusambayi yari yarakwinjiye disi,Imana ishimwe k Imana yakubohoye
Njye tumaranye imyaka cumi na ark ejo bundi nibwo mbona ko basi ankunda numva narababajwe nurukundo knd uwambabaje niwe turikumwe mbese ishuti zanjye zaranyangaga ngo simureka nkanga abasore bafite amafranga bakishakira njye ndaho 😂nanjye uzampamagare sabin nkuhe ubuhamya
Mbega ubuhamya!Gusa bamwe mu basore bafite ingeso nk'izo wari ufite ari benshi.Ibyanyu byose mujye mubyereka Imana kuko mudohotse gato,mwasubira ahabi rwose.Kugendera mu bushake bw'Imana ni byo bitubeshaho tunezerewe rwose.Uwiteka abakomereze intambwe zanyu.
Yesu we ubanza nanjye aricyo cyibazo fitanye nuwo nkunda nuko arambabaza ariko iyo twahuye mbona ko ankunda tukima
Pole sana Mudamu mwiza😢❤gusa ubuzima mwacanyemo bibaye film yaryoha
Mbega umugore wihanganye weeee
Nice couple 🥰👍
Yewe Aho ingeso yabaye ntihava.Nubundi ukomere.Ntugirango Haraho byagiye.
Kamere ipfa nyirayo yapfuye
Niwowe gusa uvuze ukuri
Nubundi ariko uyu mugabo SI serieux gusa umugore yamuzanye mukagozi ngo apfe kumutera ikinya ko yabivuyemo ubundi ntabandi riba irisirimu wamugani wa Rocky
😂😂 uransekeje uti ntabandi riba irisirimu!!!!
Kwihana bibaho
Ubuse umwami Dawidi ntiyabikoraga
Cg ababikora nyuma bakaba bazima
Uyu mugore Ico nomwisabira usengere abazogukomokako cane
Kuko bashobora gufatwa nimpwemu ya se.
Uritwari Madame wee kandi Imana ikomeze igushigikira
Isimbi tv on the 🔝
Abakobwa baracyariho.
Gye nosaba ko hatogira undi mukobwa wakwigana Ange,nkeretse Imana yakubwiye kuwo muhungu ariwe yakugeneye.
Yewe,nawe haracari vuba ntawabyizera ko yabivuyemo
Sister ntampamvu nimwe ikwiye gutuma
Umuntu yiyambura ubuzima ,gusa murebe noku INZOVU TV murebe ukuntu ubuzima bushora gutangira ari bibi bikarangira aribyiza Godbe with u.
Wa mugabo we rwose singuciriye urubanza ariko uragaragara nkutashoboka Imana iguhe imbaraga nyinshi ugume mubuntu bwayo
akokantu ngo sindumukobwa mubi abakobwa bose barakavuga 😀😀😀
Arikorero mwakundanye mukiri abana umuhungu yarakishakisha rwose , umuntu mwamenyanye acyambara imyenda yabakobwa 😂😂🤷🏼♀️Ndumva ubu aribwo mwakubaka ikintu gikomeye kuko mwarakuze nawe ari mature,mureke ibyo mutangire ubuzima !Kandi wibagirwe le passe !!
Ese mwaba mwumviseko abacuranzi bacu bajya babikurikirana Sha knd ngo barakijijwe basohoka hanze hagashya😅😅😅umudayimoni wubusambanyi Sha cyakoza murategura
Mana weeeee!!!!! Ihangane peee nanjye byambayeho umunsi wubukwe abantu baraza ntegereza umuhungu nda mubura burya icyawe ntaho kijya kuko ubu niwe turi kumwe nyuma twaradhakanye
ikiganiro cyambere mwakoze narakibuze mwagikoreye munzu kandi niku isimbi uwamenya uko nakibona yabwira
Mukomeze musenge cyane ako kageso ntigakira harubwo kazagaruka
ico nico bita urukundo nyakuri. IMANA ibashigikire birushirije m'urugo rwanyu
Wao.Nice couple!!!NSHIMIYE UYU MUKOBWA CYANEEEEEEEEEEEEEEEEEEE!!!!!! ANGE NI ANGE KOKO NTA BURARA NA BUCYE YAGIRAGA UYU MUGABO AJYE AMWUBAHA NTAZANAMWIYEMEREHO KUKO ANGE NTIYARI KUBURA UNDI MUHUNGU KUKO ANGE NI MWIZAAAAAA CYANE!!!!AFITE N"AMAVUTA Y"IMANA!!!AHUBWO ANGE YUMVIYE IMANA!!!AUFAIT ABAKOBWA BAJYA BAMENYA MBRERE THE REAL HUSBAND!!!UVUYE KU MANA!!!S"UKO EMMY YARUTAGA ABANDI BAHUNDU AHUBWO ANGE YAHISHURIWE KO ARIWE BARI COMPATIBLE
wabaye umugabo gusaba imbabazi ukanamukunda
kuko abasore babikora nibeshii pe
Mpore,ntaze asubire kukubabaza.from Burundi 🇧🇮
Mbega agakoti we🥴👍🏽👍🏽👍🏽👍🏽
I mana ibakomereze urugo disi ntibizongere kubaho ukundi❤
Ewe Sabin nawe uti wariraba neza ukabona uri hanze😀😀 sha birababaje n'ukuri uyu mudamu yaravabajwe m'urukundo bihagije ariko azorwubaka pe.
Nasanze Izina Muhoza Angel dukundakubabazwa murukundocyane tujyira urukundonyarwope ariko tugahura nabatarudufitiyebakatubabaza Ariko Imana yaturemanye umutimawihangana
Muzaze mutubwire nyuma. Y'imyaka5
Mbeg mbeg urukundo mazina wubahwe urukundo rurzgzjorzho knd ruhora rutsinda iteka inkur yanyu irimo inyigisho ikomeye Yesu w yabahuje ibandanye ibubakira
Sha imana izababarire uyuryango barambana
Iyerekwa ryubahwe rwose
Sha iyonkuru iraryoshe❤❤❤❤
Muhoza my beautiful sister love u knd natwe ntakurekura icyo dufite we love you Aba chou
None twihambire kubo dukunda bo batadukunda?Naho ya nteruro ndakwanze ntivamo ndagukunze bite byayo.Mugabo ufite umugore mwiza pe ntuzongere ku mubabaza
Sha njye sinasangayo ngasangayo undi mukobwa ngo nigire nkaho tudakundana ahubwo yambona
Yoooooo ino nkuru kiteye intimba.gusa wamukobwawe ugirumutima ukomeye.uzubaka pe ivyo wahura navyo vyose woshobora kuvyitwaramwo.
Inkuru yabo iraryoshe bayitanze kwa Irène ruhogo
Kamere rero naho ijya azasenge itazagaruka
Le type ndabona ahuye nakandi kana yagatikura rwose !
Ubwo wemeye ko wari ibandi rata namakosa ukayamenya guhinduka birashoboka cyane
Nukuri Imana ntacyo idakora
Uyu mugabo yakundaga amafranga yuyu mukobwa ntarukundo yagiraga. Aba kobwa nkaba babaho akihambira kumuntu paka.
Abacuranzi bakundwa ninkumi uyu musore nti mu mutere amabuye iyo adafite umwuka w'Imana ntabwo byoroha
Mwijambo rimwe Imani arabeshya
Ibazeko nanjye ariho nabona umukobwa wakunze umuhungu bikarangira amutsindiye ndumiwe🤔🤔🤔 nimanape yabibayemo izakomeze ibubakire😂😂😂😂😂😂
Yesu akomeze urugo rwanyu. Ikibabaje nuko ibyo Emmy yakoraga muri fiancaille, hari abagabo bubatse babikorera abagore babo. Yesu yubakire buri rugo!
Uvuze ukuri.
Amen🙏🏽🙏🏽🙏🏽
Kwihangana bitera kunesha pe🙏
abantu benshi bavuga ko abakobwa ata rukundo bagira ni ukwibesha cane kuko non seulement intahe yuwo mupfasoni,abagabo nanje ndimwo ndahamya ko abakobwa cank se abagore muri rusangi bararusha urukundo twese abagabo. simvuze ko abagabo badakunda ego mais abagore bararuturusha cane kuko bakunze barakunda banse naho nukwo ntibidigadiga pe.
Very kind woman,so love U
Yesu we 😢😢 kwihangana gutera kunesha koko 😢😢
Madame ufite icyizere ko atazaguhinduka?mbega umugabo
mbega umukobwa ugira umutima wihanganawe gusa ndumva waravunitsepe bishoboka
Murakoze
Mbabwire rero suguca urubanza ariko uyu musore yarari mumyaka ya adolescence ibyo byose yakoraga, ariko avuze imyaka numva nubundi iracyari micye bitewe nibyo yaciyemo, ntaramenya ubuzima bw'urugo pe, gusa musengere ubuzima mwatangiye kuko kuriyo myaka ingeso zagatuka cyane rwose
Dore umugore ukwiye kwisha abandi ni uyu rwose!
Ibi ntago ari isomo ryo gushishikariza abandi. Nta mukobwa ukwiye kwihanganira ibyo uyu yihanganiye. Why do you promote struggle love?
Shaa 😢❤❤❤❤
Kwa Sabin ntimwabivuze vyose nkuko mwabivuze kwa Irène Ruhogo
Sabe ndababaye kubwuyu mugabo yarahemutse nubwo babanye uyumugire asenge butazagaru kuko biragoye
Yegope nubundi umuntu iyaguye asubira mubyo yavuyemo
Uyu mugabo nta mutima agira umuntu ukubabaza akanabikwereka nubundi azakubabaza tu, gusa senga Imana uyu mugabo sinzi
Iyi couple narinyitegereje ku isimbi
Nanjye nuko
Muhoza imana izaguhaze ibyiza byinshi
Wawuuuuu😍😍😍😍
Mbega ubuhamya bunshimishije numvaga bakomeza iyaba narindi murwanda mbagiye kubisurira
Uyumutipe arasekeje ATI narifite imyuka ibiri2
Basivye ivyishi
Ndabakunzepe
Izi nisiyasa zabarokore !drama zanyusha!!!!!
Emmy 😂 Rwose yabitangiye kera gutereta cyane kd asengera kuri ADEPR mu kamenge , nsuhuje abantu twiganye muri classe imwe na Emmy muri primaire 😂. Gusa Imana ishimwe ko yubatse disi namuherukaga kera
Muhoza kwel ngo yaragasugi chn
Mbeg umuhungu akunda kubugome weeeee gusuwomukobw arimwurukund pe arijew napfa
Izo ngeso zose zizagaruka ndetse hageho nizindi zirenze izo umuziho.
Lydia ko wahahamutse mwana wa mama
Hoshi genda kukise atahinduka
@@carinecarine-9451 reka nigendere Carine weee hhhhhh
@@batamurizalydia4074 igendere wanjye wowe urabizi neza.
Mwimutega iminsi byari Adorecense,ubu mu myaka agezemo aratuje.
kuba umugabo bivuna gute rero? Kuba umugore nibyo bivuna.
Nkubwije ukuri neza ninkibyanjye pe gusa twe ntiturabana kubera ubushobozi ark bisa nkibyanjye noneho ikintangaje turasengana ndabazi ark sinarinzi story yabo uwo mukobwa uko yavunitse njye ukube kenshi kuko njye nabaga nzi abo akunda bamubabaza akaza akandirira knd nanjye dukundana nkamuhoza ninshuti zanjye mbese 😂
Sabin vip mwa
Urumutagatifu pe hhhhhh
type koyari shetini shaitwani wigendera ra. uyu mukubwa ukuntu arimwiza anavugana ubwitonzi kweri ariko yatsinze igitego kabisa
Yego kbs
Cyakora muzi gukina amakinamico Koko
Abarokore muhura n'ibigeragezo bikomeye
Mbaye uwa mbere Sabin ko wari watinze kudutsamooooooo Ra 🙄🤔😆😆😆🙄🤭😇🥰❤️
Ahubwo amaze iminsi arihe? Sabin wabagahe ko twari twarakubuze!?
@@dorotheuwamaria5107 mujye mureke ajye ku karuhuko na we.
@@prudentdekigalicane umusaza araruha😍😍
Niba Ibyo muvuga byarabaye uyumugabo cyera atarakizwa yarafite umuzimu ukomeye