RIB yavuze ku iperereza iri gukora kuri DJ Brianne na Djihad||Babu wa Isibo||Zeotrap na Ish Kevin...
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 5 มิ.ย. 2024
- #IGIHE #IgiheTV #KultureKlub
Subscribe: / @igihekulture
Website: igihe.com/
Facebook: / igihe
Twitter: / igihe
Instagram: / igiheofficial
Flickr: www.flickr.com/photos/igihepi... - บันเทิง
Rwose mudufashe murandure ingeso yibitutsi yadutse kumbuga nkoranyambaga ndetse no kwamamaza ubusambanyi abantu basigaye baba proud y'ubusambanyi, amagambo mabi ataye isoni pe birakabije mudufashe kuko ntamuco twaba tugifite cg uburere murakoze🙏.
Ariko nyakubahwa muyobozi wa rib nibya abahanuzi bahanura amacandya mubajyemo pe ubu twababuriye izina birakabije cyane
Uko nukuri rata 👏
Waziye igihe waje ukenewe rwose
Twariturambiwe ibitutsi nibiganiro byurukozasoni
Ninde ukubwira ngubirebese wagiye ureka kubikirikaho 😏
@@user-jg2bi2tz1uUmva mbese!!!
Guys mureke tube smart nkanyakubahwa wacu Paul KAGAME ntidukomeze kumusebya dushakire amafranga mubifitiye inyungu Igihugu na bagituye tureke kwica generation yejo
Sha kbsa ukwiye kuyobora RIB pe,kwigisha mbere yoguhana ❤❤❤ ndagukuna Thierry
This is the really HipHop muvane umwandaho🤧😎
chanels zimwe nimuzifunge nyabuna!
birakabije
Harizikabije rwose 💔
Murakoze Nyakubahwa Dr Murangira. Ahubwo no gutukana ibitutsi biteye isoni. Muhere kuri Djihad na Brianne bigize ibitangaza kuri social média. Murakoze 🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽
Ubundi ni woe twari dutegereje Afannde🎉🙋🙋🙋🙋🙋 aboduhuza Like 🎉 tugende 👊
Igihe cyari iki! Oyeeeee
RIB hejuru cyane
Bayobozi mwatekereje neza kwamagana ibikorerwa muri entertainment birasebya igihugu.abarwaye mumutwe nibavurwe pe. God blesses you
Muhane ya nzererezi numvise yatukanye cyane . Yakabije paeh
Moral code of conduct should be prioritized in our Rwandan society. Thanks RIB,..kutubera maso. Ntabwo turi abacu ngo twigenge no mu bibi byangiza abandi.
abigira abakozi bimana bo rwose babigize incuro bavuga ijambo atarugukizwa ahubwo arugucyurirana
Imana iguhe umugisha nukuri. Ibyo bintu bicike burundu. Abantu bimena inda turabahaze pe
TRES BIEN, ndakwemeye cyane wamusaza we, abo bantu baose baririmba batukana, bahawe gasopo, wagirango bize ibyogutukana gusa. ibyo byekerekana ubwenge buke kandi bikerekako ko jeunesse yariri kugana ahabi. abo ba jihadi, ba nesa, ba jacky nabandi bose, murindire muchunge sana, barikubareba mwese, imageragere ni hafi cyane.
Murakoze cyane rwose mudufashe kugarura umuco
Merci Mr Murangira ! Akaboko ka RIB Kari gakenewe muri social media ! Bimeze gutera asyi pe!!!
Murakoze cyane, mutugerere nokumugabo wiyita mucoma kuri social medias ubiba urwango mubanyarwanda mumagamboye agakoresha ama photo yacu atabiherewe uburenganzira agenda adusebya ya attack abantu Kuma social medias . Murakoze.
ark RIB yabuze akazi kogukora umuhanzi ntamupaka agira ahubwo umupaka ugirwa nabumva ibihangano umuntu wumva igihangano yakabaye ariwe uhitamo ibimukwiye wowe nkumukozi wa RIB ushobora kumva igihangano ukumva atarikiza ariko njyewe nkagikunda kuko icyibi nikiza bigenwa nubireba.
rero nkumukuru wa RIB twubaha kura imyemerere yawe namaranga mutima nogushaka wamamara mukazi.
niba haritegeko umuntu yishe rigaragaze agezwe imbere yinyiko arihanirwe murakoze!
industry ya music na RIB ahhhhhh
Niko kuri rwose
Sh cyane ntampanvu yo gusebya umuco nyarwanda 😊
Abahanzi. Babuze. Ibyobako. Ibikoma. Byabaye. Byishi. Bavuga. Ibishegu. Ukumva. Umwana. Arabiriribye😢😢😢😢😢
Dr Thierry gewe nkunda imikorere yanyu ariko nifuzako mwahagurukira abantu bakora cga bavuga ibiterekeranye n umuco w igihugu cyacu bisigaye bikabije abantu bararengera, courage
Harabura Jacky
murakoze cane gose banyakubahwe mutuze abo birirwa basevya urwanda bigiraga Aba pasteur bararengenje pe
Muhamagare na Maman charlene na Laila na claude na Ezechiel na Justin mubagire inama kuko ibyo barigukora nurukozasoni rwose
Mama Charlene nta ndangagaciro za ADEPR akigira ambabarire ark yigenzure neza arebe niba akibirimo neza nawe ataramaze kugera iyo ajya, naramukundaga ark nsigaye mbona afite ubwiyemezi bwinshi pe Imana imugarukeho kuko ubu ibyo dushaka ni iby'ubaka abanyarwanda si ibyo kubereka ko urenze cyane.
M Charlene x yatutse nde uriya mubyeyi a rarengana ahubwo jacky
M Charlene mwimubeshyera pe ni umubyeyi
@@user-hw1fd9eb4c ❓❓❓❓❓❓❓❓❓❓Iyo uzanye amaranga mutima mumafuti yumuntu uba umuhaye power zoguhora aziko arumunyakuri ntashobore kwikosora njye niyo naba gufana ukoze nabi ndakubwira kugirango utaba igitutsi kubandi nokumuryango wawe ubukoko ubona Mama charlene ntanama zabakuru akwiye ?
@@juliennemutuyimana9758 uretse niza ADEPR nizo kuba arumubyeyi nyarwanda nihafi yantazo njye imyitwarireye intera isoni
Ahandi social media ikoreshwa mu kuruhuka mu mutwe naho twe tuzikoresha dushaka amaramuko!
mudufashe rwose bayobozi despline nayo bafite rwose igihugu cyacu suko Kiri bahanwe bisebya our country we love it more rwose bumve inama RIB ibajyira
Toka
Nkawe Ni iki uzi kuri music???
Ahubwose nikintaziwe?
@@user-wj4lv1gt3p fdlr turakuzi
Mukunda ibipfuye
Murebe ibigabo byilirwa bitukana ngo ni ibikozi by'Immana nka cya Claude, ezekiel, justin, karosi n'urundi rwitwa Bosco.
Waziyigihe bati
Mubabwire pr
Muzabanze mufate Kasuku
Mbere ya byose mubone kwiruka kurabo
Gasuku n’igikoresho cyabo niyo yagira uwo yica babirenza amaso
😮
Ubwo mubyinj8yemo ni sawa,mbere rwose mwajenjekaga bikatubabaza cyane..Hari igobe riri hariya ku mihanda+ Mcharlene+Lailah nabo bakeneye inama zanyu Bwana Murangire.
Thierry ndamukunda cyaneee
Bamaze kurengwa bahaze amahoro Koko ,Mujye muhana nababatunga za micro ariko .Nibo batuma baremgera 😢
Mufunge nabariya ba pasiteri birirwa batukanira kuri TH-cam, mukomerezaho mubakangare barakabije
Kubagunga Nukujya gutukgwa n’a banyarwanda. Ahubwo babace amandes y’amafaranga menshi. Nayatanga 2 akabura icyo agaburira abana azahagarika.
Prisons zirruzuye.
Rib songa mbere
Chapa kazi👍🏾💪🏾
Igihe namwe Muri abatubuzi ubuse title ihuriyehe na content?
Nabamwe baza gushishikariza abantu divorce harimo nabagore biyita impuguke nabavuga ubutumwa mubiyame.
Muduhe nomero ya RIB, tujye dutanga amakuru
Ko tutarumva mwihanangiriza KASUKU hari umurusha gutukana ibitutsi nyandagazi. Indyarya gusa
Uriya muswera ngo ni gasundi akorera reta mpotozi
Ark man wajya mukizwa @@dannytembo8319
@@dannytembo8319 hahahhaha😂
Baba banyweye ibimogi, mujye mubakanira urubakwiye
Zeo urabe wumva
Erega is sijuru R I B we
Nibyo rata
Abita abandi igobe, gusebanya, guhangana , rwose murakoze kubakebura Dr wacu
Gxr
Ariko ndumva musha ko abantu bababo uko mubitekereza ubuzima niki se??ese abaturage babaho uko Rib ibyiyumvira ibintu byose bigiye kuba ibyaha???ntimunashaka ko ba ba twittinga???come on guys we are in 2024
Bambarize rata👍
❤❤hhhh ntbrnz
Uravugisha ukuripe
Nukuri murakoze cyane bwana Dr murangira twari tubirambiwe rwose ❤❤❤❤❤🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏👍
Murebe indirimbo zabo zose
RIB reka Nyinere 🤌Gute Mwiruka Kubantu Bari Kwishakira Umugati None Mwaduhaye inkunga tugakora izo Mushaka🤌 Abaririmbaga Ibizimase Komwabamaze Ubu Kizito arihe? Jaypolly Arihe? Guyz Uko niko kuri Guhari
Kbsa bakosore kbsa
Basinze amahoro muzehe yaduhaye aho bayakoresheje mukuba imfura nkuwayabahaye babaye ba Rwabuzisoni!!!
Iterambere suguta umurongo society nyarwanda igenderaho.
Ese nimuzehe yayatanze canke n,Imana yayaduhe ndumva bamwe mwaramugize imana yurwanda nabanyarwanda
❤❤❤
LIKE
Great thanks to RIB , Banadukurikiranire Facebook isigaye iri kwamamaza Amafoto yurukozasoni Kandi mbere yabonaga uwayashatse.
Afande wacu mubamwakoze akazi katoroshye gusa mbona I cyaba cyiza social media zitabweho izi tandukira zifungwe pe kuko abana bato barimo kureba ibintu bibi pe bitabubaka Kandi barazabikurikiza kuko nizo mbuto tuberera . Social media ninziza zirubaka ariko zikoreshejwe neza ❤ zigasenya byinshi mugihe zakoreshejwe nabi 😢
Cyane pe Nibyo
The prob is we have no money everybody now DayZ can lie to get money , cyan cyan the young generation
Anahanzi bazima mwarabishe none mutangiye kubona ko hasigaye ibipupe gusa.
Bambwirire
Yooooh!
Imana ibahe imbaraga n'ubwenge rwose murwanye amahano asigaye abera ku ma youtube channels.
Biri kudusenyera umuco mwiza twahoranye nk'abanyarwanda.
Nico nkundira inzego zigihugu c'urwanda nimubagarur muruhongor batarengerana
Bahanwe rwose😊
Nyakubahwa Murangira Imana ijye ikurinda abazima babi koko niba hariho abantu bagaruza ibyibwe bagiye bakigaragaza bagafatanya na RIB ndetse ko iryo koranabuhanga bakoresha ryaba ari ryiza kandi rikenewe mukugaruza ibyabandi byibwe
Ohhh RIB yabuze icyikora irirwa ivuga kubayanzi ni nasure ba drake, Arrdee, Migos nibwo bakumva murabura kwita kubatwiba na meni bari hirya nohin RIB mwicare mwige jye sindihisha izina
RIB l’m coming too , my concern will your next topic
Bravo Dr Murangira,
Nimutubuza kwiririmbira akaturi ku mutima, igihugu tuzagihunga kd twagikundaga.
Hanyuma se aho bazakwemerera uririmba ibishegu nihe?
Uzagende
Nizereko atazagaruka ariko.
Man ntibakadukange tugomba gukora music. Tukaririmba ibyo dushaka buri muntu azajye yumva ibyo ashaka.
RIB Nituvire muri industry kbs
Ariko RIB musigaye mwihanangiriza abantu Koko mubajyane barye ibigori bazahita bisubiraho
Ahubwo bajye babatwara then nabyo babibime bitunge bariyo badakora nibyo bigori kubibaha wapi bazabikureho
Murwanda se hari ikibujijwe murwanda hari akajagari muma youtube
Mubahane mwihanukiriye basubire kundangagaciro
Nukuri pr
Dr Murangira uri imfura cyane ibyo uvuze byose byumvikane abantu bumve bige pe
Reka nuzuze comment 200
Abo ntabwo ari abahanzi ahubwo nibirara bidafite uburere mboneragihugu kandi ndatekereza ko bakurikiranywe bagakurikiranywa ho icyaha cyinfugo nyandagazi ndetse no kuvuga ibinyuranye namahame yumuco nyarwanda.erega abantu duhagurutse tukabirwanya twese cyane ko ntamubyeyi wakwemera ko umwana aririmba atuka imyanya ndangagitsina...Hoya mudufashe bifatirwe ingamba ninzego zose zibishinzwe .
Bruce melody yaravuze ngo ibishegu nibyo azajya aririmba ngo kuko nibyo dukunda😢Nibabahane pe bamaze kurengera
Baturekere umuhungu zeotrap❤❤ yaberetse ko nyine ar goat
Jya muri congo niho harabasazi
Jya muri congo niho harabasazi
Jya muri congo niho harabasazi
Goat mubiki se mututsi?
@@PeaceTV49ngo nde?🤓
Mujye badufungira
ahanwe
Hip hop culture dissing gutukana biremewe cyeretse nibiba muri R&B cg Afrobeat......,
Yego rata
Baba basinze amahoro
Mujye muhagarika ibyo bihangano byo kutwononera abana
Depression izica abantu nukuri izi Social Media nizidahagurukirwa pe
Baba banyoye ngufu
Ese mwahereye kuriyi mukayifunga ubu
Umutwe winkuru uhuriyehe nibivuzwe
Muce youtube murwanda niyogushyuhya imitwe
Ngewe hari indirimbo numva nkaruka,ibihangano bige binyuzwa mu kigo gipima ubuziranenge
Murakoze cyane muyobozi.
Byose barabikora barangiza bati dukunda igihugu na Paul kagame ubwo biba birangiye ntabwo RIB ishobora kubafata
Aho urabeshye umunyamahanga mumufasha vuba kurenza umunyagihugu, ibyobyo birigaragaza.
Ntabwo turi abacu ngo twigenge,murakoze kukibwirizwa kiza mutanze.gysabyo ibintu byinshi bisigaye bipostingwa on social media
Babigishe guhanga indirimbo za gakondo
Mubafunge
Ibintu byose Rib iba yumvako igomba kubizamo 🤔 hip hop Niko iba igomba kugenda nage mukibuga nawe amukome 🤷 ibintu byose ngo Rib😏
Umuvunamuheto kasuku mumukurikirane! Niwe wambere!
Nawe wanditse iyinkuru ntabunyamwuga birimo umutwe winkiru nibivugwa bihuriyehe.
Nibyo pe.muhanure nababaha ibiganiro. Banyene ama chanels bose bihanure:
Dj buriann and djihad bo nakasamutwee 🤣🤣
Ziriya ndirimbo byo ni akasamutwe😅
Nibyo pe bataye indangagaciro
Cyakora afande ndamwemera kuko ubabwije ukuri'''n iyi ubahaye ni contents ''kndi ni nziza twayirebye''''muvuge no kuri izo social media zivugisha indaya zikavuga ibiteye isoni
Sinzi impanvu ibihangayikishije abanyarwanda bititabwaho ahubwo ibitari bugire icyo bimarira abantu nibyo mwirirwa mutubwira dushake ibiduteza imbere 🙏
Ariko Dr Thierry, nkaburiya INDAYA JACKY yo muyivugaho iki? Iri mu kuri ko ikataje mukwamamaza uburaya na sida mu rubyiruko rwacu????
KORESHA ITEGEKO ibi bitera igihugu cyacu umwaku,mubihagarike, PLEASE🙏