Thank you so much Pascaline. i am verry happy for your Ibyo utubwira ni ukuri cne kuko nange narabibonye ark nge amahirwe nagize nuko nari narizigamye nkagenda gahoro kd nkumvira inama zabandi.niyo mpamvu ntagize ibibazo ark Bagenzi bange nabagira inama yo kujya bashishoza muri byose.
You really give us important advice, but must of the times we youth fall in this trap. May we have open eyes to see what is good for our life. Much love❤️
Ndagukunda cyane kandi birakwiye,
Mureke dusenyere umugozi umwe twiride ibishuko nurukundo rudafututse
Ibindi byose bizizana
Ndagukunda cyane ugira amagambo mez
Thank you so much Pascaline. i am verry happy for your
Ibyo utubwira ni ukuri cne kuko nange narabibonye ark nge amahirwe nagize nuko nari narizigamye nkagenda gahoro kd nkumvira inama zabandi.niyo mpamvu ntagize ibibazo ark Bagenzi bange nabagira inama yo kujya bashishoza muri byose.
Thank u pascaline izo nama n,ingenzi ark lmana ihora ihoze
Urakoze kunama Kandi imana ikongere ubwenge nubutaha uzatugezeho izindi
pasc ndagukunda cyane wardnyubatse
Urakoze cyane mubyeyi mwiza udushakira ibikwiye mugihe nyacyo. Rwose ndagukunda kd urabizi.
💌mesage nziza uduha ziradufash mer6 bcp
Sha nokwuganira kwr ntiwoshobora kumenya ukuri kwumuntu ngusa mwico ngihe ukeneye kumumenya urapfukama ugasaga imana ukayibaza ATI Mana urya niwe musore wanteguriye tunzobana numusore nyn akabaza imana kuko imana niyo inzi umuntu ukwameze niyo itaga ukuri ntakindi jew nuva imana niyo imenya ahazaza hanyu 🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Ibyo byambayeho
Umukobwa yahuye n'Imbwa y'umuhungu!!!
Thank you mwarimu mwiza
❤❤
Murakoze cyane
Yooooh! Turahemuk kweli!! Gusa ntago biba byoroshye kbc!
Navutiwa sana na wanya Rwanda
coach, adress mail yanje yarahinduwe ndi Médard BAKUNDUKIZE turacari kumwe
❤
Thank you
Ndakuramukij ndagusavy zungirinam nakukunzumuhungu sanganumugabo fisaban bakuze vyaranze kondamwibagira nobigenza gutese ???
Inama nziza k'urubyiruko.
You really give us important advice, but must of the times we youth fall in this trap. May we have open eyes to see what is good for our life. Much love❤️
Ndagukunda uzatubwire ukowakwita kumugabo utahagacye nukuvuga utakorera hafi yurugo
Pascaline urakoze cyane
Turakwemera cyane
Nukuri unkorera umunsi kabisa
Good words how to handle love because many straggling because of love
Yooooo birababaje peeee
Wow Niko kuri pe helloooo nanone ni Benzo
Oooh mbega inkuru ibabajeee
Thanks , nyn nakwumvaga nokwigumira single ntazarya nshaka Ubu vuba umukobwa dukundana 🙏
Mfikabazo,kenshinankenshi Murakunzekuvuga kumiberehoyabantu,nukuntu,umuntuyoshoborakwifata,habamubihebigoye canke vyoroshe(Mumunezero canke mumubabaro)Mtatiyekuvyurukundo,umukobwiyamaze kwemererurukundo umuhungu,kenshinakenshi avyemezwa nivyabonakumuhungu cankivyumuhungu ahumukobwa,arikumuhungunaw ugasangaramazimyakaniyindi,atakintunagitoyi arakurakumukobwa.Muricogihe,nigute umuhunguyobonako,atarikwarahendwa canke yobarikwaribwa numukobwa?
Thanks
I really love you more
Gusa thank you in all!
Claudine , ntakosafite usibyeko abagabo nabana babi. Ewe kuki yarabizi kwagiye gushaka akamutumaho? Nukuri ntamuhinga wurukundo bitewe nimyaka yumuntu abafite. Gusa twimusuzugura kuk yaramway cyane arik imbere ye ni heza yoye kwiganyira 😊😢😢😢
None wabimenya gt ko nawe agukunda gutyo?
Thanks ❤
Mana yanjye Nubu simpfite ICY kuvuga, gusa God bless you
Yuuuu , cyane pee 😳😳😳😭😭😭
Mohan ndumiwe🤔🤔🤔
inama yawe nzayikurikiz bavugang agaseke gapfundiy gater amatsiko iyo gapfunduwe amatsiko arashira
Umusore wafashe ku binyoni 😂 😂 😂 😂
Iyinkuru irababaje cyane pe
Ubwose ko uwomukobwa azangera gukundana Koko gusa bibaho abahungu barahemuka gusa korodine Wenda iyo adakuramo iyonda pe
Ubundi baryamana barondera iki? banyoy urwungi bigahereramwo🤣😂😅
Uvuga ibintu byubwenge nkunda ibiganiro byawe
Umukobwa yarahuye nikibazo cyane ariko numuhungu azicyuza icamuteye kwikora munda
😭😭😭😭
Ni true stories?yiwe! ndumv ubwoba bunyishe!
Is true story
Disi iyo yihangana ntakuremo iyonda yamubwiye kuyi kuramo kugorango hatazagira ikintu nakimwe kizongera kubahuza nyuma yogushakakwe
Yooo😭
Arikose ubu wabwirako wabana numugabo mutararyama?nabonye ariyorwara yeze kuko ukundana numuhungu ukwezi kumwe agahita abikwaka kdi iyo umwimye yigira kubandi babimuha p hakaba harinigi bahise banana ugasanga uricujije ubworero uretse imana yonyi yokutwubakira
Ikosa yakoze kandi ribabaje nukwuvira uyumusor ngukuramo inda irindi ryakabiri yakoze yamwihaye wesee irindi kumwemerera kobaryamana
Thank u pascaline izo nama n,ingenzi ark lmana ihora ihoze
Murakoze cyane
❤❤❤❤