Zaria Court Kigali, Menya Byinshi kuri uy'umushinga ugiye guhindura byinshi

แชร์
ฝัง
  • เผยแพร่เมื่อ 15 ส.ค. 2023
  • Zaria Court Kigali ni umushinga w’iterambere ukubiyemo ahantu hazajya habera imikino, ibikorwa by’umuco n’amacumbi arimo hoteli ndetse n’ihahiro rigezweho.
    Perezida Kagame yashimiye Masai Ujiri ku bikorwa bitandukanye akomeje gukora mu Rwanda, avuga ko ari “umukozi” ndetse ibintu byose ashaka abigeraho, uretse kimwe cyamunaniye, guhindura Umukuru w’Igihugu umufana wa Toronto Raptors abereye umuyobozi.
    Perezida Paul Kagame, kuri uyu wa Mbere, tariki ya 14 Kanama 2023, yashyize ibuye ry’ifatizo ahazubakwa ibikorwaremezo by’umushoramari Masai Ujiri “Zaria Court Kigali”, i Remera ahahoze hakorera Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC), ku muhanda ugana kuri Stade Amahoro.

ความคิดเห็น • 4

  • @Kajo_guitar
    @Kajo_guitar 9 หลายเดือนก่อน

    "Masai Ujiri" akoze akantu keza👏👏👏👏

  • @j.c.maxima816
    @j.c.maxima816 11 หลายเดือนก่อน

    Nta piscine ?! 🤔🙆‍♂️

    • @decenttechandcons
      @decenttechandcons  11 หลายเดือนก่อน +1

      Piscine irimo kuko hariyo imikino myinshi n'ikibuga cya football ikinwa na 5x5, tennis court.....

    • @j.c.maxima816
      @j.c.maxima816 11 หลายเดือนก่อน

      Merci !