MUSONI Flavien: Akavuyo Mu Nsengero, Intambara z'Amoko, Abahanuzi b'Ibinyoma/ Jya Ku Musozi Hejuru
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 2 ต.ค. 2024
- Iki ni igihe cyo kubura Bibiliya tugasoma Matayo 24, tugahuza ibihanditse n'ibihe turimo.
Kurikira iki kigisho kitwa "IKINTU UTAMENYA UTARI KU MUSOZI HEJURU".
Uwiteka akongerere imbaraga natwe aduhekunva nokunvira umuburo duhabwa💓💓💓💓💓💓💓💓💓💓💓
Amen.
Imana iguhumugisha ikwigwize impano
Amen,imana,iduhekurindirirakumusozi,wuwiteka
Amen.
Murakoze cyane.
Amen.
I like Musoni!
Amavuta masoni ubutumwabwawe buruhura umutimawanje
Imana itubashishe kuyihanga smaso
Aho kurindira heza ni kumusozi
Munyobore ahoasengera
Ubu turi mu materaniro(amavuna) ari kubera i Kigali ku itorero ry'Abadiventiste b'Umunsi wa Karindwi rya Samuduha.
Amateraniro atangira Saa 17:30, uratumiwe.
Haleruya❤❤❤❤❤❤❤ lmana itwungure ubwenjye mvajuru knd nawe ikongere imbaraga
Amen.
Murakoze cyane.
❤❤❤❤
@@impandayimperukaministry6509 nawe urakoze gs dukaze kubana nlmana biruseho kuko ibihishwe byayo bimenywa nabayegera knd kubaho utabanye nayo neza ninko kubaho nkimfubyi knd ufite umubyeyi ugukunda knd igukomereze mubuntu bwayo
Murakoze cyane ku bwamagambo Uwiteka abanyujijemo mugubwe neza.
Amen.
Murakoze cyane.
Amen amen
Amena
Amen 🙏
Imana iguhe umugisha cane ndakunda Imana yahaye ukuri kwose ubwoko bwayo
Amen.
Murakoze cyane.
Kandi icygisho ari cyiza
Musoni komera shikama nucibwe inege nabantu vuga ijambo rylmana rivuge rivuge
Amen.
Murakoze cyane.
Cyane
Keep preaching the world, Flavien bwira abarikurimbuka bazize ubujiji, bamenye Aho tugeze
Amen. Murakoze cyane.
Mumbabarire mubwire ahoasengera munyobore abamuzi murakoze
Itorero ry'Abadiventiste b'Umunsi wa Karindwi.
Ejo ku isabato aratangira amateraniro y'Ibyumweru 2, ku itorero ry'Abadiventiste b'Umunsi wa Karindwi rya Samuduha. Urararitswe.
Umubwiriza Uwiteka amuhe umugisha.
Amen.
Murakoze cyane.
Ntabwo abatitira Bose bavuye nijeroya Kandi ntabwo Kandi gusenga ntibisaba umunsi runaka ahubwo tugomba gusenga ubudasiba
Ibyo bintu byo gutitira nta hantu byanditswe muri Bibiliya.
Naho gusenga ni buri munsi. Umunsi wa Karindwi w'Isabato (Kuwa Gatandatu/ Saturday) ni uwo kuruhuka no guterana kwera.
Hahirwa umugore wagushatse kuko yatomboye imugabo ufte ibyamwuka
Ndayishiye Savien hahirwa uwumva ijambo ry'Imana bakarikurukiza
Musoni komera kumana igukomezanye natwe abizeye lmana
Amen. Murakoze cyane.
Musoni uraduhugurape Uwiteka agukomereze impano kdi Imana izaguhe iherezo ryiza.
Amen. Murakoze cyane.
I managed iguhe umugisha
Amen.
Murakoze cyane.
Amena nukuri
Ntacyo mwumviseX arababwiye nuko mutumva
Byiringiro ntago mwamubonye avuyeyo kwa papa se? Teddy Wilson nawe nti mwamubonye avuyeyose?
Ubugorozi mwanga mugakomeza kwinangira muzayiramyape
Musome umurimo wumukritso p52
Amen Amen
Nkunda gukurira ibiganiro byanyu nubwo ntarumudive ariko ibyo bintu byamashusho kuki namwe mubikoresha kd biteza abantu ubuyobe mbese hariho umuntu uriho wabonye yesu nyawe amasokumaso ?
Ntabwo dukoresha amashusho muvandimwe.
Unyibukije umutumba uwanjye nari narawise Datsun 😂😂😂
Amen .Imana iguhe umugisha
Amen.
Murakoze cyane.
Amen. Imana idukomeze.
Ame🥰
Murakoze cyane Amen 🙏
Ikibazo cyawe musoni uri umunyedini kurusha kuba umu Kristo ,ukeneye Mwuka Wera akakumurikira ibindi nukwikirigita ugaseka
Ahubwo akomereze aho bifite ahobiguriye nagakizwa lmana imwogerere imbaraga namagara mazima agume ayihamye
Imana ikumurikire nturabe umubwiriza uhange amaso Yesu kuko umubwiriza ni igikoresho c'Imana
Yoo nashake umwuka wera,amusobanurire!
Ikibazo abadive bafite nuko bavuga ko aribo basenga byukuri bonyine
Udakurikiza Bibiliya yose ntabwo ari mu kuri. Uri mu kuri ni umwe. Abari mu kuri bose barahuje kandi ni umwe.
Ariko abari mu binyoma bari mu dutsiko twinshi.
Amen!
am 4:17 4:21 4:22
Ariko namwe abadive niyohatangazwa icumweru muriko mutegura abayoboke banyu gute? Ko namwe mutazasubira kuja mwizonsengero. Ubwo ibicurarangisho vyo ntimuzabigurisha? Yemwe muzobikoresha mumazu? Mufite akaga
Abari maso bose bari kwitegura.
@@impandayimperukaministry6509 murakoze ark mfisubwoba kuribamwe
ukeneye imbaraga yumwuka ikuvana mu idini ukaba umukristu
Twava mu idini gute?
Yakobo 1:27
[27]Idini ritunganye kandi ritanduye imbere y'Imana Data wa twese ni iri: ni ugusūra impfubyi n'abapfakazi mu mibabaro yabo, no kwirinda kutanduzwa n'iby'isi.
😢uwiteka duhane umugisha
Amen. Murakoze cyane.
Amena
IMANA iguhe umugisha
Amen. Murakoze cyane.
Ngwibyo gutitira biva muri Nigeria, yewe Imana ibatabare mwarayobye
Uko biri kose biva kuri Satani.
Nta hantu byanditswe muri Bibiliya. Muri make ntibiva ku Mana.
@@impandayimperukaministry6509 hhhhhhhhhhhh Hoya, yesu yaravuze ngo, ndagiye nzaboherereza umufasha ariwe mwuka wera, avuga ko bazavuga mundimi nshya, ibyo urabyemera
Nshuti umwuka abigishwa bahawe abantu bawitiranya nimyuka yabikigihe kuko abigishwa bamaze guhabwa mwuka wera byose byarahindutse. bari abantu badasanzwe kd nawe urabizi yesu yavuzeko tuzabamenyera kumbuto zabo mbese bene abo ubona hari imbuto bera? reka nkubwire paulo yabonyeko bizaba aravuga ati: umuntu navuga izindi ndimi haboneke uzisobanura. reka turebe k'umusaraba niho honyine twatsindira umwanzi.reka twurire umusozi niho tuzatsindira
@@MugishaPacifique-xn6mu nusoma bible neza urasanga umwuka yarawohere bose bahuje imitima basenga maze umwuka abazaha batangira kuvuga indimi nshya. Izo ndimi rero ntago zasobanuwe kuko uwari uraho we yumvise mururimi rwe ibyo bavuga maze baratangara .
Kandi niba usoma bibiriya neza uzamenya impamvu zizo ndimi.
Yesu ajya kugenda yabahaye ubutumwa ati" mugende mubwirize amahanga yose mubabatize ....." none barikujya muamahanaga bavuga izihe ndimi? Kuko niba usoma bible neza babonye indimi nshya nyuma stephano aterwa amabuye aribyo byateyeko agakiza kagera nomubanyamahanga kuko ariho habaye akarengane kintumwa batangira guhungira hirya nihino kwisi selon ururimi yahawe maze batangira kubw iriza ubutumwa bwiza aho bahungiye kwisi yose.
So, wikwitiranya gutitita , kwititiza iminidigiri, numwuka wera.
Murakoze
Mwuka wera akomeze atwigishe kuko niwe mufasha twasezeranwe uzadufasha akanatuyobora.
Iyi camera iramovinga cyane biraderanja
Bizakosorwa.