Inyigisho Pastor Rutayisire Antoine yigisha nziza cyane zumvwa n' abantu benshi. Muzamudusabire ibyo azajya avuga mu ndimi z' amahanga ajye yihangana abisobanure mu kinyarwanda kuko twese siko twize izo ndimi. N' ubundi ikigisho cg ikiganiro kiba kiri mu kinyarwanda. Nizere ko numvikanye neza. Uwiteka Imana y' amahoro ibahire.
Sinemerenya n'a past ku byerekeye divorce none Imana ko yavuze ko icyoyafatanyije ntawe uzagitandukanya, bishatse kuvuga niba warahuye nicyo kibazo,ugomba kurwana urugamba kuko ntibihindura ijambo ry, Imana kuko n'a Yesu yabwiye abafrisayo ati:Mose yabemereye urupapuro rwa gatanya kubwo imitima yo kwinangira ariko mw,itangiro skobyaribimeze, abitekereze neza ,kk hari ababigenderamo , akazabibazwa imbere ya wa Mucamanzi wo mw,ijuru, icyo nigitekerezo cyanjye.
Mu myumvire ya Kinyarwanda harimo kumva ko kugandukira umugabo ari ukumwemerera amafuti ye yoseeeee. Yewe bakanabishimangiza umugani ngo " amafuti y'umugabo ni bwo buryo bwe" . Mbona ko umuco nyarwanda nawo ugira uruhare rukomeye mu kuzamura ego y' abagabo.
Mwihangane benedata Pastor nawe yayoba nkabandi bose kuko niba ibyanditswe bivugako utandukanye numugabo agomba kuba IGISHUBAZIKO (kubaho atongeye Gushaka)none uyu mwigisha ati ntakibazo mwitonde mube maso uyu mugabo nta Juru afite azabajyanamo Imana Idufashe cyane abigisha biyiminsi bahuje nirari ryabadashaka kwikorera umusaraba wa Kristo Yesu
Pastor turifuza ko mwazategura ikiganiro cg inyigisho zizadufasha ku gushinga urugo ndavuga ku dusubiriramo inyigisho zidufasha muri uru rugendo rwurugo
Arikose iba umugabo yanze kukora sex nu mugabo wawe abyanga pe amazi ukabinusaba akabyanga kugiraho umusi umugore abonye ko bi munaniye kubana numuntu ukunda ariko mubyerekeye kukora sex umugabo akabyanga pe bigatuma umugore ava murugo biriya se namakosa cyangwa ? Mubisobanuriye ?please I need to know if is sin
Aho ntemera ni aho uvuze ngo Divorced azajya mu ijuru . uwageze aho ngaho nta by'ijuru aba akirimo bibiliya ivuga ko umwe mu ba divorced iyo ashatse undi aba asambanye . Agomba gusigara wenyine bibiliya ibyita igishubaziko mpaka avuye mu isi cg bagasubirana.
Njye iyo ngeze ku munsi nakoreyeho divorce, nshima Imana yantandukanije na giti mu jisho. Cyari cyaranyishe mpagaze. Ubu nigurira agafanta nkakagotomera ndimo nshima Imana
Ariko pastor mwimuhimbira ibyo atavuze yavuzeko divorce itabuza umuntu kujya mwijuru kuko ahokugirango ugirane amakimbirane numugore cg umugabo kugera kurwego mushobora kwicana Kandi murabakiristu ikiza mwatandukana ubukirisitu bugakomeza murakoze lmana ibahe umugisha mwinshi
Inyigisho Pastor Rutayisire Antoine yigisha nziza cyane zumvwa n' abantu benshi. Muzamudusabire ibyo azajya avuga mu ndimi z' amahanga ajye yihangana abisobanure mu kinyarwanda kuko twese siko twize izo ndimi. N' ubundi ikigisho cg ikiganiro kiba kiri mu kinyarwanda. Nizere ko numvikanye neza. Uwiteka Imana y' amahoro ibahire.
Cette enseignement m'amène sur un autre niveau
Kabisa Imana iguhe umugisha ❤❤
kandi n'umugore wahukana n'umugabo we agashyingirwa undi, aba asambanye."
(Mariko 10:12)
Bibiriya ntiyemera divorce
1Abakorinto 7:10-11
Haravugango
Abamaze kurongorana ndabategeka, nyamara si je ahubwo numwami wacu,
Umugore ye kwahukana numugabowe.
7-11
Ariko nibayahukanye, abe igishubaziko
Cangwa yiyunge n'umugabo we, kandi umugobo yegusenda umugore we.
Iki kiganiro ko ari ibibazo ni isubizo ikiganiro kirambye cyabanje hagize undangira aho nagikura🤲
None ariwe yakunaniye utamwanze akagenda cg akavuga ko atagishaka kubana nawe. wamwibohaho. Uramureka akagenda ugakomeza gahunda zawe. Kuba mudivorcinze ntibivugako utakomeza umurimo w,Imana cane,cane iyo ataruhare ubifitemwo kandi ukaba wiyemera ko yagiye utamwanze,
Reka nisengere ico data azombwira nico nzokora kuko bibiliya mwarayidiriwe munyigisho zikigihe. Dushaka abantu babe mubuzima bworoshe naba mama barubatse kandi ntabwo vyari vyoroshe ubwo rero mbona aribo rugero twokwigirako muvyingo
Nkurikije uko bible ivuga ,gutandikana sicyo kibazo icyo nabonye mu ijambo ry Imana bible ibuza gushaka undi.
Ivyo numyumvire yamadini ijuru ritang lmana samadini aritanga
Malachi 2:16
I hate divorce,says the lord
Divorse ni ikintu kibi cyane uko byagenda kose bigira ingaruka kubana no mu miryango ikindi biteza ubukene mu miryango bigatuma musubira kuri zero
Urakoze cane pasit jyewe nasanze ntarugo nigeze kuko umugabo nukugendera kumategekoye gusa yaba mabi cyangwa meza ninkoni rugeretse ndabyara nkanarera ariko noneho ndananiwe
Bibiliya ivuga ko abantu bose babane amahoro . Niba kubana mumahoro byanze , bagumane baterana inshyi ,imigeri n'ibyuma kugeza bakanye ubuzima iryo niryo juru?
Ndashima Imana cyane kuba naratandukanye
Ubundi agakize kararangiye hasigaye gupfundikanya niba no mubakristu hatabaye kwihangana ,hakazamo Divrce murumva tuganahe muminsi irimbere haraza na contra simbabeshye
Divorce nyinshi zishingiye kukuba umwe mu bashakanye cg bose badashobora kwihanganirana buri umwe umwe agashaka shortcut yo kwinezeza cg gushakira amahoro ahandi ku giti cye atitaye ku ngaruka bizagira ku rubyaro biza nk'umuvumo ku muryango n'abazabakomokaho.
Jye mpamya neza ko ntako ntagize nihanga nyuma yomyaka 24 ugabo yashatse kuniga birangirauhunze none ko namuhunze nkaba narazinutswe nabagabo sinteze gushaka undi ntajuru nzabona ndera Abana bajye mwihangane munsubize
Sinemerenya n'a past ku byerekeye divorce none Imana ko yavuze ko icyoyafatanyije ntawe uzagitandukanya, bishatse kuvuga niba warahuye nicyo kibazo,ugomba kurwana urugamba kuko ntibihindura ijambo ry, Imana kuko n'a Yesu yabwiye abafrisayo ati:Mose yabemereye urupapuro rwa gatanya kubwo imitima yo kwinangira ariko mw,itangiro skobyaribimeze, abitekereze neza ,kk hari ababigenderamo , akazabibazwa imbere ya wa Mucamanzi wo mw,ijuru, icyo nigitekerezo cyanjye.
None x ko nihanbiriye kumugabo tukabyarana abana 8 ntamwenda winzi ntanumwana uzi bike yiwe sinzuko umugore abyara agahenbwa siko umugore abwira umugabo ngo njyikubyara nbese nta nta serivise zurugo nigeze nbona ziva kumugabo sinzi naho abuka ntanumwana wanjye uzi aho ise avuka ntacyo ntakoze ngo nubake ahubwo yarazikuncisha ibya mama 37:52 azi nogusenya ibyo nubatse nbese ntamunezero wurugo namucyeya nzi none nigute wanbwirango Imana yanbonaho urubanza gusa na devorose niwe wayisabye ariko nyine wentabwo yarakijijwe ariko mubigararagara ntacyontakoze ngo nubake ariko birangira byanze ahubwo nayamitungo nashakiye abana batagira ivuko birangira bayugabanyije ndonjyera nsubira hasi. Nbese ye wowe uvugango devorose ntiyemewe habaharamakuru yurugo rubi ufite ?ariko kandi nanone ishimwe ryumunyonzi rimemwa numuntonzi abubatse bikemera bemeranywa nabagenzi biwe bubatse neza ariko nanone abubatse bikanga bunvana nabagenzibabo byanze
Impore mama gutinda gufata icyemezo nabyo bigira ingaruka ziri positive cg negative hari ukuntu ubona umuntu ukabona ntazahinduka ibyiza ufata umwanzuro hakiri kare
Mu myumvire ya Kinyarwanda harimo kumva ko kugandukira umugabo ari ukumwemerera amafuti ye yoseeeee. Yewe bakanabishimangiza umugani ngo " amafuti y'umugabo ni bwo buryo bwe" . Mbona ko umuco nyarwanda nawo ugira uruhare rukomeye mu kuzamura ego y' abagabo.
Mushumba urakoze kubwiryo jambo Yesu yavuze kuba divorce
Gusenda umugore utamuhoye gusambana abashumba benshi ntabwobavuga ahohantu.
Bibilia ntiyemera divorce 1Abakorinto 7:10_11 ahubwo natwe tujye tugerageza gusoma bible bizajya bidufasha kand dukwiye kwihanga muri y,isi kuko nuwo muzashakana akoze divorce ushobora gusanga arutwa na wawundi wambere kuba mubi
Hhhh ntamakuru mufite ijuru ritangwa n Imana none x umuntu atege ijosi barice nibwo azabona ijuru erega bibiriya ivugako urugo rubi arigehonomu kd urugo rwiza n ijuru rito rero harabarongorewe n Imana bagirango shitaniwe ntarongora mureke guca Imanza kuko ntawanga kubaka twese twashatse dushaka kubaka ariko birangira bitunaniye kandi ntako tutagize
Pasteur impamvu utagona Imana yaguhaye umubiri mwiza uringaniye abantu babyibushye nibo bagona
Iyo mbime
Murakoze cyane kumpuguro nziza
Nonese marakl 2 16 haravungo urinde umugore womubusore bwawe kuko nanga gusenda cyora icyonemeye nicyimwe uzakora icyobibiriya yavuze azaboniju ariko uzahabanya byo inyumayadivorose nahashacyishije ahimana yavurugo ndahaburape pasitoro azaduhiryosomo niburugaruhari imanayararuvu ze tuzonge tugerageze amahirwe narahahize narahabuze 😂😂😂😂
Nanjye ndemeranya nawe paster ntago gukora divorce byabuza umuntu kujya bw'Ijuru kuko ntacyaha Imana itababarira
None ko muba mwabaye umubiri umwe, divorce ni nko gukura igice c'umubiri wawe ukagita . None ndababaze, hari uwofata ukuboko akagukata akavuga ko atamumaro kukimufitiye? Mubisanzwe divorce iterwa n'uko umutima w'umwe mu bubakanye wakomantaye nay'ubundi Imana siko yabigeze.
Matayo 19:8. "Arabishura, ati Mose yabarekuye kwirukana abagore banyu kukw imitima yanyu ikomantaye. Arik' uhereye ubga mbere hose ntivyari bimeze birtyo".
Ariko muzi urugo rubi icyaricyo nogusenga biranga ukaba mumaganya nagahinda gusa sinzi niba aribyo lmana yacu yishimira cyokora utandukana nuwobashakanye ariwe nyirabayazana azabona ishyano natihana
Reka kubaza Umuntu baza BIBILIYA iragusubiza,harimo ibisubizo byibyo Wibaza byose, soma Bibiliya ,ibice bine 4 kumunsi bizaguhesha kuyirangiza yose mugihe gito,
Dr baradukibita tukanahamayo icecekere ubuze uko agira agwa neza kko Uba ubona ntayindi Choi umuntu ntiyize ntanabishaka kwigishwa kdi akigira igitama uvuze niweho witwa umubeshyi turumva tukicevekera abagize ayo mahirwe ntibayapfushe ubusa
Malaki2:16,soma neza Pastor canke uriko uca ingero
Ibintu byose bipfira muburere bwukuntu abana barezwe ababyeyi nibobarozi bonona abana.gukura abana aribyjjjenjye biira ingarukambi kuba mubuzima bwabo arizo za divoruce . beshi bibeshyako ngobarikurera gisirimu.
Ariko se ko numva indimi z'amahanga arizo zibereyemo gusa,twebwe abakurikiye ikiganiro ntibitureba ko mbona ahari muri guhugura abize gusa?
Mwihangane benedata Pastor nawe yayoba nkabandi bose kuko niba ibyanditswe bivugako utandukanye numugabo agomba kuba IGISHUBAZIKO (kubaho atongeye Gushaka)none uyu mwigisha ati ntakibazo mwitonde mube maso uyu mugabo nta Juru afite azabajyanamo Imana Idufashe cyane abigisha biyiminsi bahuje nirari ryabadashaka kwikorera umusaraba wa Kristo Yesu
Mu isezerano rishya biranditse ngo umuugabo natandukana n'umugore azasubire iwabo yitwe(imbwa)n'umugore asubire iwabo yitwe igishubaziko nibwo bazabona yesu uratubeshye,bitagenze gutyo umwe ashaka undi atakiriho
Dakwera kabesa ❤
Iyaba abagabo bose babyumvaga nkawe
Kubaka ni fhirosofhie ikomeye
Yesu ashimwe pasteur ndubatse maze imyaka 14 nshatse izi nyigisho ziranejeje cyane ariko nubasha kubona iyi sms nifuza kukubona hari inama nkeneye byumwihariko
Mbega abo baca lmanza kuki musoma umurongo1 gusa soma igice cose bivana nimpamvu bavanye
Ariko yemera igishubaziko
Ahhh uyu mupastori umukubitiye umwana ntiyamugusubiza?mbese ibi nabyo Yesu yabishyize mumpamvu zo gatanya?ese uwagukubita aguhoye ubutumwa bwiza wakongera kubuvuga ?kuriwowe kubana akaramata ntubishyigikiye?
😊😊
Uyu mugabo asigaye agoreka ukuri,
Yehova ntiyemera abatana
Aha ni ahaganahe, uwandusha kubimenya yambwira Please 🙏
Gukora Divorce muri abakristo mwembi, nti byemewe. Keretse ari ubusambanyi bubiteye kandi nabwo buriwese agasigara ari igishubaziko
1 Abakorinto 7:11
Ariko niba yahukanye, abe igishubaziko cyangwa yiyunge n'umugabo we, kandi umugabo ye gusenda umugore we.
Mumfashe mumbarize mushumba Rutayisire ngo abantu 2 bashakanye Bari mw itorero basenga ariko nyuma umwe akareka agakiza cg se umwe yarishushanyije mubukristo nyuma akagaragaza kamere bikanga ngombwa ko batandukana bigenda gute nyuma ya divorce? Bemerewe gushaka ubwa 2?
Ndushijeho kugukunda urumukozi wimana yukuri pe
500😊
Njye narumiwe
Uyu mupasteur aravuga gusa kugirango ashimicye abantu nta mirongo ya bibiliya yatanze igaragaza ko ibyo avugako ari ukuri bibiliya niyo twemera apana umuntu abaroma7:7-5,igihe umugabo cg umugore bakiri bazima amategeko arabahambiye kugeza igihe umwe azapfira
Umugabo aba umugabo iyo abana n'umugore vise versa! Iyo mwatandukanye ntaba akiri umugabo cg umugore wawe
🎉😢😮😅😊
Mushumba ndakumva
Imana iguhe umugisha Paster
😢😮😅
Rev .twamuhamagara ko hari igihe ubona bigoye?
Munfashe numero za Pastor Rutayisire nfite ikibazo nshaka kumwibariza murakoze
Abandi ngo ugewihangana ukubitwe ngoniko zubakwa
Mbye ivyo twita ijuru ni iki, riba he?
None muti ntugahindure icyemezo usanze Mugenzi wawe yafashe, usanze yabahaye uruhushya rwo kujya mukabyiniro , usanze yabaguriye imyambaro y'urukozasoni ?
Yewe Hari abahita baguha usinde da iyo mubyaye ngo ntiyararana n'Umwana urira
Eeeee muramenye mwabantumwe
Pastor turifuza ko mwazategura ikiganiro cg inyigisho zizadufasha ku gushinga urugo ndavuga ku dusubiriramo inyigisho zidufasha muri uru rugendo rwurugo
Ahubwo hazakorwe ubushakashatsi igitera gutanduka ni iki? Gusa wabyemera utabyera abagabo kuva kumwana kugera kumukuru bakunda icyubahiro. None ko cyera bitabagaho ibintu byo kwicana byabashakanye biriho ubu ese ntaho byaba bifitanye isano nijambo uburinganire abagore bumvise nabi? Hakwiriye kujyaho ishuri ryigisha inshingano z'umugabo mu rugo nibyo adakwiriye kuvuga mu rugo hakaba ninyigisho zigishwa abana babakobwa uko bazabana nabagabo bazashaka uko umugabo yitabwaho mu rugo. Bitabaye ibyo aho tujya nihabi.
Kuko ubukirisitu ntaho buhuriye nogutandukana numugore cg umugabo murakoze
Suite y'ikiganiro irihe ?
Harya mubaporoso umugabo akoze Divorse arongera afashyingirwa
Ok
Iki kiganiro ni cyiza kizafasha umuryango PE Ku bashaka guhinduka.
Noneho abakoze devoruse ntajuru bafite niko wowe ubitekereza murindire umuntu azakyrirwa nimirimo yakoze
Ese wowe nta kibazo na kimwe utasubiza, wagize aho akavuga uko yabitekereza Aho guhita wiyemera ko ubizi, nyamara ntacyo Bibiliya ibivugaho
Ese harahantu muri bible handitse ubukwe kubana nkumugabo numugore??
Nukwitonda kuko utitonze wayobo ukurikije ibyigishwa nabantu
Arikose iba umugabo yanze kukora sex nu mugabo wawe abyanga pe amazi ukabinusaba akabyanga kugiraho umusi umugore abonye ko bi munaniye kubana numuntu ukunda ariko mubyerekeye kukora sex umugabo akabyanga pe bigatuma umugore ava murugo biriya se namakosa cyangwa ? Mubisobanuriye ?please I need to know if is sin
Iyi minsi iragoye ,gusa tube maso
Nimba umudamu akunaniye wakora iki atagushaka ntuba urumukozi wima wakora iki
Erega twakijijwe nubuntu kubwo kwizera ntibyavuye kurinjye ntibyavuye no kumirimo kugirango hatagira umuntu wiyemera abefeso 2:8-10
Gstring
🎉😢😮😅😊 30:05 789
Mana warakoze kuduha paster Rutayisire. Ijwi ryawe rigere kure pe isi yabaye nabi
Ivyuvuga ndemeranya nawe100/100
Aho ntemera ni aho uvuze ngo Divorced azajya mu ijuru . uwageze aho ngaho nta by'ijuru aba akirimo bibiliya ivuga ko umwe mu ba divorced iyo ashatse undi aba asambanye . Agomba gusigara wenyine bibiliya ibyita igishubaziko mpaka avuye mu isi cg bagasubirana.
Mbere suko byaribiri nuko imitima yanyu yinangiye. Imana idufashe .
Matayo 19:7-8
Baramubaza bati “Niba ari uko, ni iki cyatumye Mose ategeka ko umugabo aha umugore urwandiko rwo kumusenda, abone uko yamwirukana?”
Arabasubiza ati “Mose yabemereye gusenda abagore banyu kuko imitima yanyu inangiye, ariko uhereye mbere hose ntibyari bimeze bityo.
Matayo 19:9
Ariko ndababwira yuko umuntu wese uzasenda umugore we atamuhora gusambana, akarongora undi azaba asambanye. Kandi ucyura uwasenzwe na we aba asambanye.”
Kuko umutima wawe winangiye ukaba utababarira uzamusende ariko nimba wuzuye urukundo nkururi muri Yesu uzamubabarira. Imana yanga usenda (divorce).
Timoteo1- 7-25
kandi n'umugore wahukana n'umugabo we agashyingirwa undi, aba asambanye."
(Mariko 10:12)
Bibiriya ntiyemera divorce
🎉😢😮😅😊 30:05 789