UMUGABO W'UMUNYAMAFARANGA YARANTERESE NGO NDEKE UYU MUGABO NGO NTANKWIYE/BAVUGA KO NDI MWIZA CYANE
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 7 มิ.ย. 2024
- NIBA UFITE INKURU YAWE WIFUZA KUDUSANGIZA #DUHAMAGARE_KURI_0790003781 #inkuru_yanjye #rweme_mbabazi #gerard_mbabazi
- ภาพยนตร์และแอนิเมชัน
Marcelline 0791 716 656
Rweme mumezeneza murakomeye
Ni Chantal uwimbabazi
Nukuri narategereje komutsubiza ndaheba
Ariko birashobokako wabonye wenda ataribyiza
Ariko munyemereye ibyubyuburwayi bwamama
Twabihindura tukikorere inkuru yubuzima bwanjye ngashima imana ko nyuma yimyaka30
Naje kubona papa wanjye narinziko yapfuye
Nukuri ndashaka gushima imana kuko yagiriye
Neza
Inbox him 😂
Abakunda mbabazi nkanjye tumenyane
Disi fifi ndakwibuka turi mubuhinde njye sinda bivamo unsengere nanjye mbivemo imana inpe umugabo 😢😢😢😢😢
uzabanze ubivemo hanyuma imana izakuremera ibyiza
Humura Imana Ishobora byose Nawe Izakugirira neza Mwizina rya YESU 🙏
Yesu aragukunda nshuti komera numwemerera nawe azagutabara .
Yesu nawe aragukunda , Hari ubwo mwazahura
Mwizina rya Yesu! VA mubyo urimo! Ndakwinika mu maraso ya Yesu wazutse! Vamo! Urakoze Yesu.
Ikiganiro cyanyu numva kitarangira kuko muganira neza bambe muri imfura zi Rwanda pe murashimishije pe !
Ariko uyumugabo arasobanuste Kandi avuga amagambo yokwiyubaha ntabishegu ubwo abandi baza bavuga ukwobyagenze mubyumba
Kandi numugorewe nuko
Mbasabiye umugisha
Ikiganiro kyabo nkirebye ntishisha❤
Ariko muranaberanye ntibakabashuke, muri beza rwose kandi muzanabyara abana beza Uwiteka akomeze kubashyigikira❤
Uyumuryango wongeye kunyereka imbaraga zukuboko kw Uwiteka mbifurije ibyiza biva mubiganza bye, Rweme Uwiteka aguhe Umugisha rwose.
Ese nawe arara yitegereza umugabo we nka Jose😂😂😂 Imana ibashyigikire bambi🙏🙏
@uwizeye😂😂😂
Rwose Imana ibafashe
Ndabakunda cyane mwuzuyemo imbaraga zimana ubuhamya bwanyu bwaranyubatse❤❤❤
Ndanezerewe ku uyu muryango. Uyu mugore atanavuze biragaragara ko akunda umugabo uko amureba atamukuyeho ijisho. Imana izabageza kuri byinshi
Niba wakunze iki kiganiro, nange nkorera kwifoto unteze imbere
Umwami Yesu akomeze abubakire kandi mu gihe gikwiye izabaha akazi❤
Ibi ngibi birigisha bebe wacu bubatse ingo nyuma bakazisenyera,satani ikabatiza imihoro.komera mugabo nubwo yaba arwaye Imana yamukiza
Mama disi uyu mubyeyi yarabyibushye cyanee cyanee
Wawawuuuuu yuuuuuu mbegaaaa byizaaa weeeeee
Mubyukuri murankomeje kd murakoze cyane peeeee
Haraho munkuye naho mu njyejeje.
Ahubwo nakubaza ikibazo ??
Ese Imana yabahaye ku rubyaro ??
Impamvu njyewe mfite Cher wanjye byagenze uko nawe wabayeho
Ark urubyaro wapiiiii 😢
Gusa murakoze cyane peeeee ubuhamya bwanyu buranyuze merci beaucoup
yooo ndongeye ndababonye ndabanezererewe ❤❤❤❤ Imana ikomeze ibubakire
Hhhh nyamara muraberanye pe, nukuri uwo mugabo nimwiza.
Ariko sibanga uyumugore arakunditse pe yubatse bimurimo urabonako arumugore utanze amahoro yoooo afite urukundo muriwe
Ariko turagukunda cyane imana ige iguha umugisha numuryango wawe
Murasaneza kbs!!!!!!❤❤❤❤
Twari tubakumbuye, abasher turabakunda cyane
Ntaho imana itagukura ntanaho itakugeza mukomerezaho turabashyigikiye
Imana ni nziza kandi ikomeze kububakira urugo.
Uyu mugabo nawe ni mwiza cyane kandi baraberanye abantu bage bamenyako Umuntu mwiza aba imbere
Ubundi nta mugabo bashimira ubwiza bwe kwisura yinyuma umugabo mwiza nuwuha umugore we amahoro kandi uyu byose arabifite ikindi mu bagabo basa nabi uyu ntarimo ikindi sinjya numva umuntu wubahuka couple yabantu akavuga ngo ntibakwiranye aba abikuye he koko !?
Ndabakunda cyaneee❤❤
We're thankful to the Almighty God for your continued success in marriage , keep on praying together as a team.
Ndabakunda batumirwa murasa nezape lmana isahayayo iyigeze iriyerekana namwe yabagezeho
Muhumure Imana izabagirira neza mu gihe gikwiririye kuko ntawayikoreye uzikorera amaboko.
Ariko Rweme uzikuvugisha neza abatumirwa bawe disi Imana iguhumugisha❤🙏
Umugore araregetse! Umugabo yatereye iyo aziko yafashe byarangiye nubwo yikangamo gake ariko umugore arashaka gutandukanya practical and theoretical love!
God for bit 🙊shindwa Kwa jina la Yesu
@@mercyfifi6587urumurwayi ariko?
For bit😅?!!
Uri Imana se cg uri ikindi kiyitirirwa? Naho waroga ntiwarusha Imana amaboko
Shitani numugome urabona ukuntu uyu mugore aberewe nurugo ba di ! Shitani ashindwe mwizina rya Yesu rwose mujye mumutsinda aragatsindwa ni bibi bye !
Nukuri aberewe nurugo pee❤!!
Arega buri wese iri mu buraya yavamo kuko Yesu afite imbaraga.Ibi ni isomo ryabari gusenya Ingo zabo
Ndabakunda kbsa Imana ikomeze kubashyigikira
Uwiteka weeeee ndagukunda ugira neza❤❤❤❤❤❤❤❤
Namwe ni mukundwe kandi n'akazi kazaza. Keep going 👍
Jyewe ndabona mwambaye neza. Mukomeze musenge kd cyane, .... shitani ajya aza gusura ibye
Ushatse kuvuga ko aba bantu ari aba Shitani ko ngo ajya aza gusura ibye ? Ibye se nibihe ?
Nibyo rwose bambaye ubwiza bw Imana ni abana ba Yehova.
Mwibereho rata,ibyanyu mukomeze kubihalira Uwiteka Imana izakomeza kubagilira neza
ndabakunda cyanep
Rata nimwitetere icyonzi nikimwe imana ishobora byose❤
Jose wa2 rwose ngo arara yitegereza umugabo we😂😂😂😂😂 abantu turi single turafutwe😭😅😂nyamuna abantu mureba inkuru yanjye mujye mukora Subscribe urebe wabanje gukand kuko Rweme ni mfura yacu♥️♥️
Ndabakunda cyane
Bambiiii you look’s so nice guy’s
Imana izabashyigikire kugeza musazanye❤
Sha nange imana izangirira neza iyahaye uyu mugore umugabo mwiza gucya ntizabura kugirira neza nange pe gusa ububuzima bwo sinigeze mbucamo ariko imana izadukure mubupfakazi natwe twongere twishyime
Turabakunda imana ikomeze ibashyigikire
Murakoze ndabakunda. Mbabazi we Aho akoreye hose ndamukunda
Ubuse.fabrice wagusengeye wamutumiye nigihumbi ubu nubona.bamufunguye uzoja kumwiramukisha.abantu muragpye
Munjye mureki mana ikorukishatse kandi kugihe cyayo kumomeze kugubwaneza
Nikuri mubo bafashije ndimo
Ahubwo abantu bumva natwe twabafasha mubanguke.
Rwema imana ikudukomereze
Thank you Mbabazi 👍❤️
Sha ngewe nkuzi nka Fifi lmana ishimwe pe
Wow nice couple murasa neza chane
Imana ishimwe kubitaho namwe mukayiringira❤
Imana izabaha akazi keza
Nimwibereho rwose ♥️
Imana ibubakire
Sha ndabakunda cane pee Rwema wakoze cane kutuzanira iyi couple nyikunda cane pee❤ ❤❤
Mbabazi❤❤❤❤
Uyu mumama ko mbona guhumeka arikibazo yarabyibushye cyane
Uyumugabi nimwiza we
iyi couple iranezeza Imana Ibahe imigisha❤
Jerad niwe muntu ukundwanisiyose
Sha nimwibereho rata
Mwana wiwacu Mamba J.D courage
Nanjye nabibonye
Nafungurwa
Muzovigako mwamusengeye
Uyu mu mama amaso ye arimo urukundo rwinshi akunda umugabo we disi
Bazina ku mazina yombi komera,nkwifurije gukomeza kugira urugo rwumubezero kdi rwijuru rito
Mwibereho bantu banjye . mureke intezarubwa
Uyu mugabo nawe asa neza
They are beautiful Family ❤️❤️❤️
Wow🎉nice couple
❤
❤❤❤
Ba Ngondo number 2 👍👍👍👍👍👍👍
My people ❤
Yewe
wooooow nukuri muri beza pe
Uyumugabi nimwiza kd aranakuze pe ndabikundira mwirambire
Ariko Josee baramututse ngo arabeshya ubuse uyunguyu na Josee bari babivuganye ahubwo icyo kigabo uwambwira number zacyo kuko ntuye muri America wasanga ari igi homeless kirirwa gitesha abagore imitwe kandi nacyo kirara ku mihanda ! Erega kuba bari hanze ntibivuzeko bose bafite amafaranga hariho abatuye hanze ariko byacanze pe !
sha baba bashaka gukinira mumitima yacu bitwaje ko ntayo dufite
Amafaranga siyo yubaka urugo hubaka umutima (ubwenge ). Bamwe mubanyamafaranga rero bagenda bayatanga hose mubibero by'abagore kuko baba bumva isi n'ibiyirimo byose ari ibyabo . Ubuzima bwose rero tujye tububanza mubwonko mbere yo gushumura amarangamutima. Duke turimo umutuzo se umuntu yatunganya iki ko uwo mutuzo na za milliards zitabasha kuwugura kandi abazifite bamwe baratandukana cyangwa bakiyahura ! Warakoze guhitamo neza mugore mwiza tuza wubake rata ! Ubwiza no kuba umuntu bavuga ko atari mwiza kumubiri byose ni imitego ! Ubwiza bushimwa bwatera umuntu kurangara no kwiyangiza ububi nabwo ni bubi kubera ububona ko ari bubi ubuvugwaho aba agomba gushakira ubwiza mubwenge umutima mwiza isuku umucyo mumaso kwambara neza no kwigirira icyizere nyuma ajya kubona akabona aciye aho abitwa beza babaye indangazi batabashije kunyura !
Ariko sha bazi Miliyoni icyo aricyo ra? Cyakora wenda babaye ari abanyamahanga birashoboka ariko simbona umugabo w’umunyarwanda wapfa gutanga Miliyoni pe!
Nimwebereho rata ntawuzagutungira umugore mubyar
Ariko se kuki ayamahirwe uriya mugore witwa tedy we atayagize azaze hano bizacamo
😂😂😂😂😂😂😂,Teddy ashaka umugabo kukibi nicyiza,kandi kuriya aba avuga biragoye,ahubwo yitonde IMANA iziko akeneye umugabo izamumuha kandi.mwiza,ariko namwishakira azishakira moneho uzamuraho ijosi,uriya yari cash undiwe azaza aje,ahubwo nashake yitondere ababagabo afitiye inyuta,ntamugore wokugira inyota nkiya teddy.
Aba shouuu❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Wasuye gabrice muri gereza
Umuntu witwa sandara yarambeshye fatma sadra uzigaye
Nanone mbaye uwambere we🥰🥰
Jiyo wantanze se
Yego da nagutanze nawe
Abo nabanje ndabakunda cane
Nonese kuki bavuga ko badakwiranye simbona uyu musore arı mwiza
Ubundi nta mugabo utanga amahoro uba mubi umugabo mubi nuwudaha umugore we amahoro gusa
Keep giving us that big smile, we appreciate you and we shall keep praying for you ,🎉🎉 keep fire burning in your family.
Mana nkunda uyu muryango cyaneee muzampe number y'uyu mumama ...nitwa lngabire ndi UG🇺🇬🇺🇬
Irikukiganiro hasi Cherie bayishizeho
The number below the title , thanks
Ese we ibintu mbona namwe muzamubibona?????
ABAGORE BASIGAYE BAMBARA UGASANGA BAGARAGAJE URUGABANO RWAMABERE DA ndebera nkuyu pe ARIKO BIBA ARI BYIZA DA😅😅😅😅😂😂😂😂😂😂😂😂
Amebere aboneka Iko kk ABA yicaye araho caméra IBA irihejuru.
🤣🤣🤣🤣🤣😅😅😅😅😅😅😅🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅🤣😅😅
Yego rata bisubireho ntago ari saw cyane
Waruberewe nu nibwo wari wambaye mugore utoga
Mukande subscribe abodufatanije gukunda Rweme ,yuzuye ubumuntu ,urukundo🎉🎉🎉🎉🎉❤❤❤❤🎉🎉
ndabakunda cyane ❤❤❤❤
Uyu mugabo usinzira umugore ari maso akenshi biterwa nuko utamufashije kurangiza wowe kubera uba waguye agacuho we agasigara yimereye nabi
Ariko se koko nkuwo kanyamibwa yokaribwa nimbwa iyo ajya mumigina
Ariko kanyamibwa ndumva yiyamamaza namafaranga arata ubundi aziko ashira iyo mbwa gusa
Sha nimuseke mwishime naho wamugore wo kwa Sabin byaranze yahuye numutubuzi ikizima yakoze nugukinira kwibendera ryigihugu ariko teddy yazaza hano ariko akareba cano yasizwe amavuta nanyagasani hano ntibijya byanga nihitiraga daaaa🏃🏃🏃🏃
Caaane gooose kwa Rwema harahezagiwe
Gerald niwe utanga abagabo bari serieux na teddy azaze kwa Gerald amibe umugabo
Ubuse uyumugore nimwiza?
Oya ibyo bibaho ko abaganga bibeshya gusa ikiriho ntabwo uyumugore yigeze arwara sida byo ntibibaho ahubwo igishoboka nukwibeshya kwibyuma byabaganga ariko gukira sida byo ntibishoboka
😮😮😮😮😮kuki Se uvuga ko.gukira.bidashoboka.cyire na cancer zirakira nkaswe ujye wunva kanguka by Chris ndikumana uxunva ubuhamya bwabakira
Ntibishoboka,abafata imiti igihe kinini iyo bayipimye ntibayibona mugabo bidasigura ko bakize
Nimba wizera Imana kwibaho kdi ariyo ifite ubuzima bwacu mubiganza byayo kuki wunvako atarayifite Ikoza amaraso yiwe kuko uwiteka yaramugiteho umugambi?! None ubonako yaje aje guteika koyarwaye Sida ?! Ark wibazako kuvugako urwaye sida kukarubanda kdi ufite abana ugikeneye nokubyara abandi bana..ngewe nemerako Imana ihindura ibyari bibi kdi ibyabantu batashobora rwose
Tsobanurira rata bakavugako urwaye utarwaye se
Yego rata ❤