ขนาดวิดีโอ: 1280 X 720853 X 480640 X 360
แสดงแผงควบคุมโปรแกรมเล่น
เล่นอัตโนมัติ
เล่นใหม่
Ejo nahavanye permis kandi byaranshimishije cyane. Mu gihe wize amategeko y'umuhanda neza, ukayubahiriza igihe cyose, ukaba wize imodoka neza, nta kabuza urayihavana. Ikindi kandi, abantu bakwiye kumenya ko ikoranabuhanga rije nk'igisubizo. Amahirwe masa.
Bishyira nkibisanzwe
Nonese Umuntu yabanza akihugura
@@gasutamopascal2546 Ntekereza ko wabanza ukihugura. Ntabwo ushobora gutsinda mu gihe utazi imodoka ndetse n'amategeko y'umuhanda.
@@ntakirutimanavalens4412 Jye nagiye muri auto ecole isanzwe. N'ubwo ibizamini bitandukanye, ariko iyo wamenye gutwara rwose usanga ari kimwe. Kandi iyo muhageze babanza kubereka ikibuga, bakaba imodoka mukimenyereza rimwe, mbere y'uko umuntu atangira ikizamini. Abapolisi barasobanura neza ku buryo utangira ikizamini nta mpungenge na mba. Ubwanjye narahakunze bitavugwa.
Nonex uyo basanze urwaye amaso cg amatwi bagufasha gutex
Mutubwire nibaharuryo twakwihugurira kukibuga hanyuma tukabona gukora.😊
Hafi y'iki Kibuga hari ikindi cya APAFORME DRIVING SCHOOL niho wihugurira , Gisa neza nk'iki cya RNP. Ikindi iyo ugiye gukora ikizamini umupolice akunyuza mu kibuga akakwereka inzira ucamo , ibyo mukabikora mugenda n'amaguru ndetse ukongera ukabikora utwaye imodoka agusobanurira. Ni ukuvuga ko mu kibuga ukora ikizamini inshuro ebyiri ariko iya kabiri niyo ibarwa nk'ikizamini kandi nibwo ugenda wenyine. Thanks
This is very interesting. Bravo Rwanda. Abatanga ruswa nabayihabwa birabarangiranye….Imiyoborere y’Igihugu irarushaho kugenda neza.
@@oliviergatabazi4777 niko ubizi😂😂😂
Ndahakunda cyane nzasubirayo kbx nayivanyeyo ndishima kbx
ibi bintu nibyiza arko haribyo mugomba gukosora mwakabije kugorana icyambere abafatanya bikorwa banyu bafasha muguhugura abazakora ikizamini barahenda cyane ibihumbi 30000 kwisaha imwe nibangahe mubanyarwanda babona ubwo bushobozi bwokwihugura byibura kugeza abimenye icya 2 igihe mwatangaga cyaragabanutse cyane bikabije parking iminota 2 kandi mwaratangaga 7 munite aha mubikosore pe hamwe no kuri t crossing iminota ibiri nimike muri make timing mwarayigabanyije cyane
None abo bahigura bakwigishiriza muri iki kibuga?
MIRONGO ITATU 30000 KU ISAHA? CYANGWA NI BITATU 3000
Bitatu ni moto
Nashimye uburyo mwakira abantu neza! Kdi mugatanga amahirwe kumakosa mato mato. Big up RNP
Murakoze cyane kubusobanuro muduhaye nonese ko turi gushaka code yuruhushya rwaburundu tukabura code kd twarabonye itangazo ritubwira ko mwafunguye
Abantu burikubona kode mwebwe biri kugenda ute kotwazibuze cyanee cg byarahagaze
Murakoze police Ariko harikibazo kdi gikomeye.Abaduhugura mubusanza barahemda cyane ibihumbi mirongitatu kwisaha.yavahe koko mudufashe.
Thank you RNP murikugendana ni igihe pe
Ureke babavabdi bazitwimaga murakoze cyane ahubwo mufungure code
cyakoza ndaje nanjye nige kuyitwarathank you for this video we love you them
Ndabona byose byoroshye (ibyo mutweretse A na B). Bonne chance kubitegura gukora.
Ewana very good kabisa .🎉
Turabyishimiye cyaneBravo to RNP
Nsengiyumva Emmanuel
Nibatubwire niba icyo kibuga mbere Yuko umuntu ahakorera ikizami hari amahugurwa ahakorera byarushaho kuba byiza
Yego rwose peee batubwire niba bikunda ko umuntu yahihugurura.
Apaforme irabafasha ibusanza
Murakoze
it is very good
Nukuri murakoze kubwiyi video ,twarakoze turashya kubera kutamenya ikibuga
Mukomere cyanee nonese wagiyeyo ibiciro nigute kuri B
@@SemucyoJeanPaul 150k byose hamwe, kandi harigihe ushya
@@_trust9994reka reka ibi biciro sibyo wibeshya abanyarwanda
Very professional 👌👌
Mwiriwe nez,Abantu bakoze ikizamini ku buryo busanzwe baratsinda barishyura ,Mutanga iminsi 14 ngo uruhushya ruzaba rwabonetse haba barimo ibihe bibazo bituma umuntu amara 2mois arabona perme mwadufasha mukareba ikibazo kirimo.
Birasobanutse, ariko mushyireho izindi sites zikorerwaho ibizami by' ikoranabuhanga, ibibuga by' apaforme driving school byakoreshwa nabyo abantu bakahakorera ibizami , kuko byagabanyiriza ikibuga cya busanza ubwinshi bw' abahakorera, Kandi bikongera ahakorerwa ibizami bya permi. Murakoze cyane
So good kabisa, ubu buryo ndikubona bworoshye kurusha ubwari busanzweho.
Birakomeye cyanee
Ikibazo nuko batubeshya ngomuminsi14ngobababayi guhaye ndavugaperime iyowayitsindiye bagatuma utega ukajyakuyireba warangiza ukayibura. Nukuduteshigihegusa baduhobya bagiye baduhamagara bayirangije ntibatume dumfushubusa amafaranga😊
Wawuuu 👏👏👋👋
Turabashimiye cyane mwatekereje kubanyarwanda police y'igihugu cyacu lmana I bahumugisha
Byiza cyane!! U Rwanda rufite imiyoborere myiza. Muzadufashe kubona andi masite y'ikoranabuhanga yo gukoreraho. Murakoze!!!
Ibyiza rwose ark x aho kwitoreza ko hatameze nkaho mwakubaka nikibuga cyo kwitorezamo?kugira aho witoreje abarinaho ukorera thx
Police y'urwanda ishema ry'abanyarwanda ❤❤❤❤❤❤❤❤
Ntacyo Narenzaho usibye kuvuga ngo “: Respect!”
Ese iyobasanze urwaye nkamaso cg utumva neza bigenda bite mugihe urwaye amaso asanzwe akoresha linette ntibyemewe😮😮
Hari ibipimo byamaso bagenderaho iyo ijisho rimwe ripima 8/10 nibindi rifite 8/10 uba uri safeCg rimwe rifite 9/10 Irindi 7/10 cg se 6/10 na 10/10 nabwo uba uri safe ariko iyo ari munsi yibyo bipimo ntabwo ukora ikizami Niko mbizi🙏🏽
Mwatweretse uko urwego D rukorwa
Nukur nibyiza peee Rwanda yacu ni oyeee
Bjr nonese ikizami cya moto ntademaraje bakora ?
Ndumva ar sawa
Nonese kuri demarage biremewe gufata feri yurugendo kandi ubusanzwe byari ukuringaniza umuriro na amburiyaje?
Oya ufata ferii
Nkunze akantu kogupima abantu ko buziye kbs
Iki gihugu Kiri kujya mbere Pe 🇷🇼🇷🇼🇷🇼
Thank you RP❤ for this technology
Mukomere muduhe ibyo bikoresho bisabwa
Gusa Permis z´indundi ni nkongomani umuntu atumaho aryamye iwe mubanze muzihagarike, hanyuma mushyiremwo na SECOURISM...buriya iyo habaye impanuka benshi bapfa kuko babuze ubutabazi bw´ibanze...cg mumpe ikiraka nshinge ishule. murakoze
Mutubwire ese umuntu ukorera ikizamini aha arishyura niba yishyura mutubwire ibiciro kuri rwego . Ese yishyura kumunsi akoreraho cg yishyura arimo keiyandisha murakoze.
Ibyo ni Saw gose kuko gukora umupolisi akuri iruhande wagira nubwoba
Police yup Rwanda Imbere cyane
Good
Ndanyurahe fasha
Murakoze ❤❤❤🎉🎉
Mwazadukoreye video niyingiyi hakoreshejwe Ikamyo driving license C , tukareba utwara ikamyo ukuntu ajyenda akora ikizami byadufasha cyane murakoze
Mwaduha nimero zanyu
Nabazaga niba ama site yo muri kigali azagumaho cyane cyane iya Gahanga?
Muzatwereke na moto
Ndashimira police yu Rwanda uburyo bushya yazaniye Abanyarwanda bwo gukorera impushya zaburundu zo gutwara ibinyabiziga hifashishijwe ikoranabuhanga.
Ibi turabikunze ark mushyireho ishuri nabarimu babyize neza
Ese iyimodoka kugirango ubashe kuba wayikoreraho yo uyihyura amafaranga angahe ababizi mutubwire nyabuna😜
Izi modoka zibizamini za polisi zishyurwa 45,000 rwf
Mwatubwira kuri category A hariya banyura mu kayira gafunganye kariya kayira gafite centimetero zingahe 🙏🏿
Ndabona bapima Amado, usanzwe afite ibibazo urugero kombona Hafi cg imbona kure, ndetse yambara lunette ysndikiwe na Muganga, afatwa ate? Cg nyiyemerewe gukora ibyo bizamini bikorerea mukibuga?
Good question...badusubize rwose twumvireho
Nonese kwiyandikisha cq kwihugurwa bikorerwa hehe
Pfitikibazo. IcyocyibugaNtabwayabanza aka gikoreramo imyitozo
weeeeeeeee love rda
Mwaramutse murakoze kumakuru meza muduhaye ariko mwatubwira kubihungurira byo bijyenda ngute
Turibaza niba muntara haraho kwitoreza ibi bizamini , Buri munyarwanda akaba yibitseho permit , nkabazungu bari baradusize rwose ,
❤❤❤❤❤ murabambere
Ese ikibazo cyuko umuntu atsinda muri system yareba agasanga yatsinzwe kiri guterwa niki Mudufashe biri kudutwara umwanya namatike tuza muri claiming
Ahubwo njye ndibariza, iki kibazo 'Uwaba ashaka kwihugura, ashaka kuzakorera muri iki kigo, mu mufasha iki?'
Mbaye motar kbs😂
Nanjye nakoze rimwe mpakura permit kur 95/100
Circulation bakora ahantu hameze gute
😂😂kombona biteye ubwoba se kandi
Thank you
Ni byoroshye
Tubashimiye ikorana buhanga mwazamye nibyiza rwose birashimishije
Ibi bintu bike byari bikenewe😊😊
Cyakoze
Irikoranabuhanga rizagera ibutare ryari ngotureke kugumya kurenganywa?
Moto ko mwazikuyemo bimezebite
Mufungure code nizo twabuze tuze dukore
RWANDA NATIONAL POLICE,YOU ARE THE BEST.
Mutwereke ikizami cya category C ❤
Ko numva ibizami byiyongereye ubu SI hatari
Mumbwire munyobore nshaka kongeraho category yikamyo rukururana bisabiki?
Mutwereke category D1, munadusobanurire kubijyanye nibiciro ese naho nukwishyura bisanzwe cg nubunu ko mutigez mubivugaho???
Kode twarazi buze
Turabukunda muzi gusobanura
Police kabisa ku ikoranabuhanga mu bizamini .turabashimiye. mutuzanire na category E wenda tuzayibona
Kobatinda. Gukora. Primi
Ibi nisawa murakoze cyane Reka nze nongereho B kuri F narimfiteThanks!
Murakoze cyane🙏
Se demarage niriya twabonye ntago ari Jeep bakoresha ikindi nabonye demarage akora kuri feri
Kubyiga nihano se cg hari imyitozo itangwa iyo umuntu afite ikizame vuba mutumare amatsiko
Driving
❤❤❤
Ko ibizamini byabaye byinshiiii
Nibatubarize nimba kwihugura kwiki kibuga byemewe
We thanks our Police because new modern exams we hope that is good
Harasa neza kbsa
Ibibintu nibyiza gusa birakomeye kandi biroroshye.😂
Well well
Ese ibizamini byakorwaga muntara nabyo birahita bihinduka , bigishe ibizami nkibi byibusanza ?
Amahirwe masa!
Cyakoza ibi bintu biri kuri standard hatari kbx gus habontse u uryo bwokwihugura kuri ibibintu byafasha cyn??
Ejo nahavanye permis kandi byaranshimishije cyane. Mu gihe wize amategeko y'umuhanda neza, ukayubahiriza igihe cyose, ukaba wize imodoka neza, nta kabuza urayihavana. Ikindi kandi, abantu bakwiye kumenya ko ikoranabuhanga rije nk'igisubizo. Amahirwe masa.
Bishyira nkibisanzwe
Nonese Umuntu yabanza akihugura
@@gasutamopascal2546 Ntekereza ko wabanza ukihugura. Ntabwo ushobora gutsinda mu gihe utazi imodoka ndetse n'amategeko y'umuhanda.
@@ntakirutimanavalens4412 Jye nagiye muri auto ecole isanzwe. N'ubwo ibizamini bitandukanye, ariko iyo wamenye gutwara rwose usanga ari kimwe. Kandi iyo muhageze babanza kubereka ikibuga, bakaba imodoka mukimenyereza rimwe, mbere y'uko umuntu atangira ikizamini. Abapolisi barasobanura neza ku buryo utangira ikizamini nta mpungenge na mba. Ubwanjye narahakunze bitavugwa.
Nonex uyo basanze urwaye amaso cg amatwi bagufasha gutex
Mutubwire nibaharuryo twakwihugurira kukibuga hanyuma tukabona gukora.😊
Hafi y'iki Kibuga hari ikindi cya APAFORME DRIVING SCHOOL niho wihugurira ,
Gisa neza nk'iki cya RNP.
Ikindi iyo ugiye gukora ikizamini umupolice akunyuza mu kibuga akakwereka inzira ucamo , ibyo mukabikora mugenda n'amaguru ndetse ukongera ukabikora utwaye imodoka agusobanurira.
Ni ukuvuga ko mu kibuga ukora ikizamini inshuro ebyiri ariko iya kabiri niyo ibarwa nk'ikizamini kandi nibwo ugenda wenyine.
Thanks
This is very interesting. Bravo Rwanda. Abatanga ruswa nabayihabwa birabarangiranye….
Imiyoborere y’Igihugu irarushaho kugenda neza.
@@oliviergatabazi4777 niko ubizi😂😂😂
Ndahakunda cyane nzasubirayo kbx nayivanyeyo ndishima kbx
ibi bintu nibyiza arko haribyo mugomba gukosora mwakabije kugorana icyambere abafatanya bikorwa banyu bafasha muguhugura abazakora ikizamini barahenda cyane ibihumbi 30000 kwisaha imwe nibangahe mubanyarwanda babona ubwo bushobozi bwokwihugura byibura kugeza abimenye icya 2 igihe mwatangaga cyaragabanutse cyane bikabije parking iminota 2 kandi mwaratangaga 7 munite aha mubikosore pe hamwe no kuri t crossing iminota ibiri nimike muri make timing mwarayigabanyije cyane
None abo bahigura bakwigishiriza muri iki kibuga?
MIRONGO ITATU 30000 KU ISAHA? CYANGWA NI BITATU 3000
Bitatu ni moto
Nashimye uburyo mwakira abantu neza! Kdi mugatanga amahirwe kumakosa mato mato. Big up RNP
Murakoze cyane kubusobanuro muduhaye nonese ko turi gushaka code yuruhushya rwaburundu tukabura code kd twarabonye itangazo ritubwira ko mwafunguye
Abantu burikubona kode mwebwe biri kugenda ute kotwazibuze cyanee cg byarahagaze
Murakoze police Ariko harikibazo kdi gikomeye.Abaduhugura mubusanza barahemda cyane ibihumbi mirongitatu kwisaha.yavahe koko mudufashe.
Thank you RNP murikugendana ni igihe pe
Ureke babavabdi bazitwimaga murakoze cyane ahubwo mufungure code
cyakoza ndaje nanjye nige kuyitwara
thank you for this video we love you them
Ndabona byose byoroshye (ibyo mutweretse A na B). Bonne chance kubitegura gukora.
Ewana very good kabisa .🎉
Turabyishimiye cyane
Bravo to RNP
Nsengiyumva Emmanuel
Nibatubwire niba icyo kibuga mbere Yuko umuntu ahakorera ikizami hari amahugurwa ahakorera byarushaho kuba byiza
Yego rwose peee batubwire niba bikunda ko umuntu yahihugurura.
Apaforme irabafasha ibusanza
Murakoze
it is very good
Nukuri murakoze kubwiyi video ,twarakoze turashya kubera kutamenya ikibuga
Mukomere cyanee nonese wagiyeyo ibiciro nigute kuri B
@@SemucyoJeanPaul 150k byose hamwe, kandi harigihe ushya
@@_trust9994reka reka ibi biciro sibyo wibeshya abanyarwanda
Very professional 👌👌
Mwiriwe nez,Abantu bakoze ikizamini ku buryo busanzwe baratsinda barishyura ,Mutanga iminsi 14 ngo uruhushya ruzaba rwabonetse haba barimo ibihe bibazo bituma umuntu amara 2mois arabona perme mwadufasha mukareba ikibazo kirimo.
Birasobanutse, ariko mushyireho izindi sites zikorerwaho ibizami by' ikoranabuhanga, ibibuga by' apaforme driving school byakoreshwa nabyo abantu bakahakorera ibizami , kuko byagabanyiriza ikibuga cya busanza ubwinshi bw' abahakorera, Kandi bikongera ahakorerwa ibizami bya permi. Murakoze cyane
So good kabisa, ubu buryo ndikubona bworoshye kurusha ubwari busanzweho.
Birakomeye cyanee
Ikibazo nuko batubeshya ngomuminsi14ngobababayi guhaye ndavugaperime iyowayitsindiye bagatuma utega ukajyakuyireba warangiza ukayibura. Nukuduteshigihegusa baduhobya bagiye baduhamagara bayirangije ntibatume dumfushubusa amafaranga😊
Wawuuu 👏👏👋👋
Turabashimiye cyane mwatekereje kubanyarwanda police y'igihugu cyacu lmana I bahumugisha
Byiza cyane!!
U Rwanda rufite imiyoborere myiza.
Muzadufashe kubona andi masite y'ikoranabuhanga yo gukoreraho.
Murakoze!!!
Ibyiza rwose ark x aho kwitoreza ko hatameze nkaho mwakubaka nikibuga cyo kwitorezamo?kugira aho witoreje abarinaho ukorera thx
Police y'urwanda ishema ry'abanyarwanda ❤❤❤❤❤❤❤❤
Ntacyo Narenzaho usibye kuvuga ngo “: Respect!”
Ese iyobasanze urwaye nkamaso cg utumva neza bigenda bite mugihe urwaye amaso asanzwe akoresha linette ntibyemewe😮😮
Hari ibipimo byamaso bagenderaho iyo ijisho rimwe ripima 8/10 nibindi rifite 8/10 uba uri safe
Cg rimwe rifite 9/10 Irindi 7/10 cg se 6/10 na 10/10 nabwo uba uri safe ariko iyo ari munsi yibyo bipimo ntabwo ukora ikizami Niko mbizi🙏🏽
Mwatweretse uko urwego D rukorwa
Nukur nibyiza peee Rwanda yacu ni oyeee
Bjr nonese ikizami cya moto ntademaraje bakora ?
Ndumva ar sawa
Nonese kuri demarage biremewe gufata feri yurugendo kandi ubusanzwe byari ukuringaniza umuriro na amburiyaje?
Oya ufata ferii
Nkunze akantu kogupima abantu ko buziye kbs
Iki gihugu Kiri kujya mbere Pe 🇷🇼🇷🇼🇷🇼
Thank you RP❤ for this technology
Mukomere muduhe ibyo bikoresho bisabwa
Gusa Permis z´indundi ni nkongomani umuntu atumaho aryamye iwe mubanze muzihagarike, hanyuma mushyiremwo na SECOURISM...buriya iyo habaye impanuka benshi bapfa kuko babuze ubutabazi bw´ibanze...cg mumpe ikiraka nshinge ishule. murakoze
Mutubwire ese umuntu ukorera ikizamini aha arishyura niba yishyura mutubwire ibiciro kuri rwego . Ese yishyura kumunsi akoreraho cg yishyura arimo keiyandisha murakoze.
Ibyo ni Saw gose kuko gukora umupolisi akuri iruhande wagira nubwoba
Police yup Rwanda Imbere cyane
Good
Ndanyurahe fasha
Murakoze ❤❤❤🎉🎉
Mwazadukoreye video niyingiyi hakoreshejwe Ikamyo driving license C , tukareba utwara ikamyo ukuntu ajyenda akora ikizami byadufasha cyane murakoze
Mwaduha nimero zanyu
Nabazaga niba ama site yo muri kigali azagumaho cyane cyane iya Gahanga?
Muzatwereke na moto
Ndashimira police yu Rwanda uburyo bushya yazaniye Abanyarwanda bwo gukorera impushya zaburundu zo gutwara ibinyabiziga hifashishijwe ikoranabuhanga.
Ibi turabikunze ark mushyireho ishuri nabarimu babyize neza
Ese iyimodoka kugirango ubashe kuba wayikoreraho yo uyihyura amafaranga angahe ababizi mutubwire nyabuna😜
Izi modoka zibizamini za polisi zishyurwa 45,000 rwf
Mwatubwira kuri category A hariya banyura mu kayira gafunganye kariya kayira gafite centimetero zingahe 🙏🏿
Ndabona bapima Amado, usanzwe afite ibibazo urugero kombona Hafi cg imbona kure, ndetse yambara lunette ysndikiwe na Muganga, afatwa ate? Cg nyiyemerewe gukora ibyo bizamini bikorerea mukibuga?
Good question...badusubize rwose twumvireho
Nonese kwiyandikisha cq kwihugurwa bikorerwa hehe
Pfitikibazo. Icyocyibuga
Ntabwayabanza aka gikoreramo imyitozo
weeeeeeeee love rda
Mwaramutse murakoze kumakuru meza muduhaye ariko mwatubwira kubihungurira byo bijyenda ngute
Turibaza niba muntara haraho kwitoreza ibi bizamini , Buri munyarwanda akaba yibitseho permit , nkabazungu bari baradusize rwose ,
❤❤❤❤❤ murabambere
Ese ikibazo cyuko umuntu atsinda muri system yareba agasanga yatsinzwe kiri guterwa niki
Mudufashe biri kudutwara umwanya namatike tuza muri claiming
Ahubwo njye ndibariza, iki kibazo 'Uwaba ashaka kwihugura, ashaka kuzakorera muri iki kigo, mu mufasha iki?'
Mbaye motar kbs😂
Nanjye nakoze rimwe mpakura permit kur 95/100
Circulation bakora ahantu hameze gute
😂😂kombona biteye ubwoba se kandi
Thank you
Ni byoroshye
Tubashimiye ikorana buhanga mwazamye nibyiza rwose birashimishije
Ibi bintu bike byari bikenewe😊😊
Cyakoze
Irikoranabuhanga rizagera ibutare ryari ngotureke kugumya kurenganywa?
Moto ko mwazikuyemo bimezebite
Mufungure code nizo twabuze tuze dukore
RWANDA NATIONAL POLICE,YOU ARE THE BEST.
Mutwereke ikizami cya category C ❤
Ko numva ibizami byiyongereye ubu SI hatari
Mumbwire munyobore nshaka kongeraho category yikamyo rukururana bisabiki?
Mutwereke category D1, munadusobanurire kubijyanye nibiciro ese naho nukwishyura bisanzwe cg nubunu ko mutigez mubivugaho???
Kode twarazi buze
Turabukunda muzi gusobanura
Police kabisa ku ikoranabuhanga mu bizamini .turabashimiye. mutuzanire na category E wenda tuzayibona
Kobatinda. Gukora. Primi
Ibi nisawa murakoze cyane
Reka nze nongereho B kuri F narimfite
Thanks!
Murakoze cyane🙏
Se demarage niriya twabonye ntago ari Jeep bakoresha ikindi nabonye demarage akora kuri feri
Kubyiga nihano se cg hari imyitozo itangwa iyo umuntu afite ikizame vuba mutumare amatsiko
Driving
❤❤❤
Ko ibizamini byabaye byinshiiii
Nibatubarize nimba kwihugura kwiki kibuga byemewe
We thanks our Police because new modern exams we hope that is good
Harasa neza kbsa
Ibibintu nibyiza gusa birakomeye kandi biroroshye.😂
Well well
Ese ibizamini byakorwaga muntara nabyo birahita bihinduka , bigishe ibizami nkibi byibusanza ?
Amahirwe masa!
Cyakoza ibi bintu biri kuri standard hatari kbx gus habontse u uryo bwokwihugura kuri ibibintu byafasha cyn??