ขนาดวิดีโอ: 1280 X 720853 X 480640 X 360
แสดงแผงควบคุมโปรแกรมเล่น
เล่นอัตโนมัติ
เล่นใหม่
Ejo nahavanye permis kandi byaranshimishije cyane. Mu gihe wize amategeko y'umuhanda neza, ukayubahiriza igihe cyose, ukaba wize imodoka neza, nta kabuza urayihavana. Ikindi kandi, abantu bakwiye kumenya ko ikoranabuhanga rije nk'igisubizo. Amahirwe masa.
Bishyira nkibisanzwe
Nonese Umuntu yabanza akihugura
Umuntu yakwihugrira he ko ziriya modoka nta auto ecole nzi izifite? Ndangira Aho wihuguriye?
@@gasutamopascal2546 Ntekereza ko wabanza ukihugura. Ntabwo ushobora gutsinda mu gihe utazi imodoka ndetse n'amategeko y'umuhanda.
@@ntakirutimanavalens4412 Jye nagiye muri auto ecole isanzwe. N'ubwo ibizamini bitandukanye, ariko iyo wamenye gutwara rwose usanga ari kimwe. Kandi iyo muhageze babanza kubereka ikibuga, bakaba imodoka mukimenyereza rimwe, mbere y'uko umuntu atangira ikizamini. Abapolisi barasobanura neza ku buryo utangira ikizamini nta mpungenge na mba. Ubwanjye narahakunze bitavugwa.
This is very interesting. Bravo Rwanda. Abatanga ruswa nabayihabwa birabarangiranye….Imiyoborere y’Igihugu irarushaho kugenda neza.
Mutubwire nibaharuryo twakwihugurira kukibuga hanyuma tukabona gukora.😊
Hafi y'iki Kibuga hari ikindi cya APAFORME DRIVING SCHOOL niho wihugurira , Gisa neza nk'iki cya RNP. Ikindi iyo ugiye gukora ikizamini umupolice akunyuza mu kibuga akakwereka inzira ucamo , ibyo mukabikora mugenda n'amaguru ndetse ukongera ukabikora utwaye imodoka agusobanurira. Ni ukuvuga ko mu kibuga ukora ikizamini inshuro ebyiri ariko iya kabiri niyo ibarwa nk'ikizamini kandi nibwo ugenda wenyine. Thanks
cyakoza ndaje nanjye nige kuyitwarathank you for this video we love you them
ibi bintu nibyiza arko haribyo mugomba gukosora mwakabije kugorana icyambere abafatanya bikorwa banyu bafasha muguhugura abazakora ikizamini barahenda cyane ibihumbi 30000 kwisaha imwe nibangahe mubanyarwanda babona ubwo bushobozi bwokwihugura byibura kugeza abimenye icya 2 igihe mwatangaga cyaragabanutse cyane bikabije parking iminota 2 kandi mwaratangaga 7 munite aha mubikosore pe hamwe no kuri t crossing iminota ibiri nimike muri make timing mwarayigabanyije cyane
None abo bahigura bakwigishiriza muri iki kibuga?
Ureke babavabdi bazitwimaga murakoze cyane ahubwo mufungure code
Murakoze cyane kubusobanuro muduhaye nonese ko turi gushaka code yuruhushya rwaburundu tukabura code kd twarabonye itangazo ritubwira ko mwafunguye
Thank you RNP murikugendana ni igihe pe
Nashimye uburyo mwakira abantu neza! Kdi mugatanga amahirwe kumakosa mato mato. Big up RNP
Ndabona byose byoroshye (ibyo mutweretse A na B). Bonne chance kubitegura gukora.
Ewana very good kabisa .🎉
Abantu burikubona kode mwebwe biri kugenda ute kotwazibuze cyanee cg byarahagaze
Murakoze police Ariko harikibazo kdi gikomeye.Abaduhugura mubusanza barahemda cyane ibihumbi mirongitatu kwisaha.yavahe koko mudufashe.
Thank you RP❤ for this technology
Nibatubwire niba icyo kibuga mbere Yuko umuntu ahakorera ikizami hari amahugurwa ahakorera byarushaho kuba byiza
Yego rwose peee batubwire niba bikunda ko umuntu yahihugurura.
Apaforme irabafasha ibusanza
Very professional 👌👌
Police y'urwanda ishema ry'abanyarwanda ❤❤❤❤❤❤❤❤
Nukuri murakoze kubwiyi video ,twarakoze turashya kubera kutamenya ikibuga
Mukomere cyanee nonese wagiyeyo ibiciro nigute kuri B
@@SemucyoJeanPaul 150k byose hamwe, kandi harigihe ushya
Nonese kuri demarage biremewe gufata feri yurugendo kandi ubusanzwe byari ukuringaniza umuriro na amburiyaje?
Oya ufata ferii
Turabyishimiye cyaneBravo to RNP
Ntacyo Narenzaho usibye kuvuga ngo “: Respect!”
❤❤❤❤😮😮mudukorera show kbx
Turabashimiye cyane mwatekereje kubanyarwanda police y'igihugu cyacu lmana I bahumugisha
Wawuuu 👏👏👋👋
Birakomeye cyanee
Ikibazo nuko batubeshya ngomuminsi14ngobababayi guhaye ndavugaperime iyowayitsindiye bagatuma utega ukajyakuyireba warangiza ukayibura. Nukuduteshigihegusa baduhobya bagiye baduhamagara bayirangije ntibatume dumfushubusa amafaranga😊
Birasobanutse, ariko mushyireho izindi sites zikorerwaho ibizami by' ikoranabuhanga, ibibuga by' apaforme driving school byakoreshwa nabyo abantu bakahakorera ibizami , kuko byagabanyiriza ikibuga cya busanza ubwinshi bw' abahakorera, Kandi bikongera ahakorerwa ibizami bya permi. Murakoze cyane
RWANDA NATIONAL POLICE,YOU ARE THE BEST.
Nkunze akantu kogupima abantu ko buziye kbs
Mukomere muduhe ibyo bikoresho bisabwa
Mufungure code nizo twabuze tuze dukore
Uko amanota avanwaho bitewe n' AMAKOSA akoze nabyo babiduhe
Bjr nonese ikizami cya moto ntademaraje bakora ?
Murakoze cyane🙏
So good kabisa, ubu buryo ndikubona bworoshye kurusha ubwari busanzweho.
Nonese mwatubwiye ibiciro byo gukorera Category C na D1
C ni 85,000 yose hamweNaho D1 ni 110,000 yose hamwe
Ahubwo njye ndibariza, iki kibazo 'Uwaba ashaka kwihugura, ashaka kuzakorera muri iki kigo, mu mufasha iki?'
Ko ibizamini byabaye byinshiiii
Mutwereke ikizami cya category C ❤
Ese iyobasanze urwaye nkamaso cg utumva neza bigenda bite mugihe urwaye amaso asanzwe akoresha linette ntibyemewe😮😮
Hari ibipimo byamaso bagenderaho iyo ijisho rimwe ripima 8/10 nibindi rifite 8/10 uba uri safeCg rimwe rifite 9/10 Irindi 7/10 cg se 6/10 na 10/10 nabwo uba uri safe ariko iyo ari munsi yibyo bipimo ntabwo ukora ikizami Niko mbizi🙏🏽
Police yup Rwanda Imbere cyane
Ndumva ar sawa
Murakoze ❤❤❤🎉🎉
Uru surwanda ni America
Merci bcp
Police kabisa ku ikoranabuhanga mu bizamini .turabashimiye. mutuzanire na category E wenda tuzayibona
Thank you
Ibintu nibyiza kuko biri kumurongo
Mbaye motar kbs😂
Ndashimira police yu Rwanda uburyo bushya yazaniye Abanyarwanda bwo gukorera impushya zaburundu zo gutwara ibinyabiziga hifashishijwe ikoranabuhanga.
Murakoze mutwereke namoto
Nonese kobafunze imirongo hacyirikare bakongeye bakayifungur
Tubashimiye ikorana buhanga mwazamye nibyiza rwose birashimishije
Mwaramutse murakoze kumakuru meza muduhaye ariko mwatubwira kubihungurira byo bijyenda ngute
Gusa Permis z´indundi ni nkongomani umuntu atumaho aryamye iwe mubanze muzihagarike, hanyuma mushyiremwo na SECOURISM...buriya iyo habaye impanuka benshi bapfa kuko babuze ubutabazi bw´ibanze...cg mumpe ikiraka nshinge ishule. murakoze
❤
❤❤❤❤❤ murabambere
Mutwereke category D1, munadusobanurire kubijyanye nibiciro ese naho nukwishyura bisanzwe cg nubunu ko mutigez mubivugaho???
Ibyiza rwose ark x aho kwitoreza ko hatameze nkaho mwakubaka nikibuga cyo kwitorezamo?kugira aho witoreje abarinaho ukorera thx
Ibi turabikunze ark mushyireho ishuri nabarimu babyize neza
Nukur nibyiza peee Rwanda yacu ni oyeee
Kubyiga nihano se cg hari imyitozo itangwa iyo umuntu afite ikizame vuba mutumare amatsiko
Ese iyimodoka kugirango ubashe kuba wayikoreraho yo uyihyura amafaranga angahe ababizi mutubwire nyabuna😜
Izi modoka zibizamini za polisi zishyurwa 45,000 rwf
Apuuu Category A biroroshye
ikindi umuntu uzajya atsindwa mujye mumusubiza kimwe cya Kabiri cyamafranga ye
Ese ikibazo cyuko umuntu atsinda muri system yareba agasanga yatsinzwe kiri guterwa niki Mudufashe biri kudutwara umwanya namatike tuza muri claiming
Kudufashe twarandikishije none hashize amezi abiri permit itarasohoka
Ko numva ibizami byiyongereye ubu SI hatari
Moto bakoresha vitetsi zingahe
Ibi bintu bike byari bikenewe😊😊
😂😂kombona biteye ubwoba se kandi
Se demarage niriya twabonye ntago ari Jeep bakoresha ikindi nabonye demarage akora kuri feri
Muzatwereke na moto
Ibi nisawa murakoze cyane Reka nze nongereho B kuri F narimfiteThanks!
Good
Mwiriwe nez,Abantu bakoze ikizamini ku buryo busanzwe baratsinda barishyura ,Mutanga iminsi 14 ngo uruhushya ruzaba rwabonetse haba barimo ibihe bibazo bituma umuntu amara 2mois arabona perme mwadufasha mukareba ikibazo kirimo.
Nonex demaraje umuntu azajya ayikorera kumodoka yatangiranye ikizami
Ibyo ni Saw gose kuko gukora umupolisi akuri iruhande wagira nubwoba
Ndabona icyo kibuga Ari cyiza kugikoreraho ikizami
Nonese kwiyandikisha cq kwihugurwa bikorerwa hehe
We thanks our Police because new modern exams we hope that is good
Turibaza niba muntara haraho kwitoreza ibi bizamini , Buri munyarwanda akaba yibitseho permit , nkabazungu bari baradusize rwose ,
weeeeeeeee love rda
Ese haraho ibiga babyitoreza mugihe taraja mukizamini cg
batubwire ku bijyanye nibiciro nabyo birakenewe!
Ni 55k
Ikizami nagitsinze kandi ari ubwambere naringiye gukorerayo. Ikizami gutsinda birashoboka , upfa kumva theory umu police yakubwiye mbere y ikizami ukirinda nubwoba.Police y' u Rwanda turashima.
Ntaburyo umuntu yajya abanza akihugurira aho kukibuga
❤🎉🎉❤❤
Ibizamini byariyongereye 🙄🙄🙄🤣🤣🙄🙄 abavuga ko byoroshye amahirwe masa 🙄🤣🤣🤣
Twebwe baraduha code ariko kwishyura bikanga mwatubariza impamvu birikwanga
Umuntu yemerewe kwimenyereza kuricyo kibuga azakoreraho
Es umuntu basanze afite ikibazo cy'amaso ariko afite indererwamo zayo bigendagete
Mutwereke category A
Amahirwe masa!
Iki gihugu Kiri kujya mbere Pe 🇷🇼🇷🇼🇷🇼
Aha nisawa rwose
Mutubwire vitensizikoreshwa kurimotomirakoze
Mutwereke nibya category A
Well well
Ndanyurahe fasha
Ejo nahavanye permis kandi byaranshimishije cyane. Mu gihe wize amategeko y'umuhanda neza, ukayubahiriza igihe cyose, ukaba wize imodoka neza, nta kabuza urayihavana. Ikindi kandi, abantu bakwiye kumenya ko ikoranabuhanga rije nk'igisubizo. Amahirwe masa.
Bishyira nkibisanzwe
Nonese Umuntu yabanza akihugura
Umuntu yakwihugrira he ko ziriya modoka nta auto ecole nzi izifite? Ndangira Aho wihuguriye?
@@gasutamopascal2546 Ntekereza ko wabanza ukihugura. Ntabwo ushobora gutsinda mu gihe utazi imodoka ndetse n'amategeko y'umuhanda.
@@ntakirutimanavalens4412 Jye nagiye muri auto ecole isanzwe. N'ubwo ibizamini bitandukanye, ariko iyo wamenye gutwara rwose usanga ari kimwe. Kandi iyo muhageze babanza kubereka ikibuga, bakaba imodoka mukimenyereza rimwe, mbere y'uko umuntu atangira ikizamini. Abapolisi barasobanura neza ku buryo utangira ikizamini nta mpungenge na mba. Ubwanjye narahakunze bitavugwa.
This is very interesting. Bravo Rwanda. Abatanga ruswa nabayihabwa birabarangiranye….
Imiyoborere y’Igihugu irarushaho kugenda neza.
Mutubwire nibaharuryo twakwihugurira kukibuga hanyuma tukabona gukora.😊
Hafi y'iki Kibuga hari ikindi cya APAFORME DRIVING SCHOOL niho wihugurira ,
Gisa neza nk'iki cya RNP.
Ikindi iyo ugiye gukora ikizamini umupolice akunyuza mu kibuga akakwereka inzira ucamo , ibyo mukabikora mugenda n'amaguru ndetse ukongera ukabikora utwaye imodoka agusobanurira.
Ni ukuvuga ko mu kibuga ukora ikizamini inshuro ebyiri ariko iya kabiri niyo ibarwa nk'ikizamini kandi nibwo ugenda wenyine.
Thanks
cyakoza ndaje nanjye nige kuyitwara
thank you for this video we love you them
ibi bintu nibyiza arko haribyo mugomba gukosora mwakabije kugorana icyambere abafatanya bikorwa banyu bafasha muguhugura abazakora ikizamini barahenda cyane ibihumbi 30000 kwisaha imwe nibangahe mubanyarwanda babona ubwo bushobozi bwokwihugura byibura kugeza abimenye icya 2 igihe mwatangaga cyaragabanutse cyane bikabije parking iminota 2 kandi mwaratangaga 7 munite aha mubikosore pe hamwe no kuri t crossing iminota ibiri nimike muri make timing mwarayigabanyije cyane
None abo bahigura bakwigishiriza muri iki kibuga?
Ureke babavabdi bazitwimaga murakoze cyane ahubwo mufungure code
Murakoze cyane kubusobanuro muduhaye nonese ko turi gushaka code yuruhushya rwaburundu tukabura code kd twarabonye itangazo ritubwira ko mwafunguye
Thank you RNP murikugendana ni igihe pe
Nashimye uburyo mwakira abantu neza! Kdi mugatanga amahirwe kumakosa mato mato. Big up RNP
Ndabona byose byoroshye (ibyo mutweretse A na B). Bonne chance kubitegura gukora.
Ewana very good kabisa .🎉
Abantu burikubona kode mwebwe biri kugenda ute kotwazibuze cyanee cg byarahagaze
Murakoze police Ariko harikibazo kdi gikomeye.Abaduhugura mubusanza barahemda cyane ibihumbi mirongitatu kwisaha.yavahe koko mudufashe.
Thank you RP❤ for this technology
Nibatubwire niba icyo kibuga mbere Yuko umuntu ahakorera ikizami hari amahugurwa ahakorera byarushaho kuba byiza
Yego rwose peee batubwire niba bikunda ko umuntu yahihugurura.
Apaforme irabafasha ibusanza
Very professional 👌👌
Police y'urwanda ishema ry'abanyarwanda ❤❤❤❤❤❤❤❤
Nukuri murakoze kubwiyi video ,twarakoze turashya kubera kutamenya ikibuga
Mukomere cyanee nonese wagiyeyo ibiciro nigute kuri B
@@SemucyoJeanPaul 150k byose hamwe, kandi harigihe ushya
Nonese kuri demarage biremewe gufata feri yurugendo kandi ubusanzwe byari ukuringaniza umuriro na amburiyaje?
Oya ufata ferii
Turabyishimiye cyane
Bravo to RNP
Ntacyo Narenzaho usibye kuvuga ngo “: Respect!”
❤❤❤❤😮😮mudukorera show kbx
Turabashimiye cyane mwatekereje kubanyarwanda police y'igihugu cyacu lmana I bahumugisha
Wawuuu 👏👏👋👋
Birakomeye cyanee
Ikibazo nuko batubeshya ngomuminsi14ngobababayi guhaye ndavugaperime iyowayitsindiye bagatuma utega ukajyakuyireba warangiza ukayibura. Nukuduteshigihegusa baduhobya bagiye baduhamagara bayirangije ntibatume dumfushubusa amafaranga😊
Birasobanutse, ariko mushyireho izindi sites zikorerwaho ibizami by' ikoranabuhanga, ibibuga by' apaforme driving school byakoreshwa nabyo abantu bakahakorera ibizami , kuko byagabanyiriza ikibuga cya busanza ubwinshi bw' abahakorera, Kandi bikongera ahakorerwa ibizami bya permi. Murakoze cyane
RWANDA NATIONAL POLICE,YOU ARE THE BEST.
Nkunze akantu kogupima abantu ko buziye kbs
Mukomere muduhe ibyo bikoresho bisabwa
Mufungure code nizo twabuze tuze dukore
Uko amanota avanwaho bitewe n' AMAKOSA akoze nabyo babiduhe
Bjr nonese ikizami cya moto ntademaraje bakora ?
Murakoze cyane🙏
So good kabisa, ubu buryo ndikubona bworoshye kurusha ubwari busanzweho.
Nonese mwatubwiye ibiciro byo gukorera Category C na D1
C ni 85,000 yose hamwe
Naho D1 ni 110,000 yose hamwe
Ahubwo njye ndibariza, iki kibazo 'Uwaba ashaka kwihugura, ashaka kuzakorera muri iki kigo, mu mufasha iki?'
Ko ibizamini byabaye byinshiiii
Mutwereke ikizami cya category C ❤
Ese iyobasanze urwaye nkamaso cg utumva neza bigenda bite mugihe urwaye amaso asanzwe akoresha linette ntibyemewe😮😮
Hari ibipimo byamaso bagenderaho iyo ijisho rimwe ripima 8/10 nibindi rifite 8/10 uba uri safe
Cg rimwe rifite 9/10 Irindi 7/10 cg se 6/10 na 10/10 nabwo uba uri safe ariko iyo ari munsi yibyo bipimo ntabwo ukora ikizami Niko mbizi🙏🏽
Police yup Rwanda Imbere cyane
Ndumva ar sawa
Murakoze ❤❤❤🎉🎉
Uru surwanda ni America
Merci bcp
Police kabisa ku ikoranabuhanga mu bizamini .turabashimiye. mutuzanire na category E wenda tuzayibona
Thank you
Ibintu nibyiza kuko biri kumurongo
Mbaye motar kbs😂
Ndashimira police yu Rwanda uburyo bushya yazaniye Abanyarwanda bwo gukorera impushya zaburundu zo gutwara ibinyabiziga hifashishijwe ikoranabuhanga.
Murakoze mutwereke namoto
Nonese kobafunze imirongo hacyirikare bakongeye bakayifungur
Tubashimiye ikorana buhanga mwazamye nibyiza rwose birashimishije
Mwaramutse murakoze kumakuru meza muduhaye ariko mwatubwira kubihungurira byo bijyenda ngute
Gusa Permis z´indundi ni nkongomani umuntu atumaho aryamye iwe mubanze muzihagarike, hanyuma mushyiremwo na SECOURISM...buriya iyo habaye impanuka benshi bapfa kuko babuze ubutabazi bw´ibanze...cg mumpe ikiraka nshinge ishule. murakoze
❤
❤❤❤❤❤ murabambere
Mutwereke category D1, munadusobanurire kubijyanye nibiciro ese naho nukwishyura bisanzwe cg nubunu ko mutigez mubivugaho???
Ibyiza rwose ark x aho kwitoreza ko hatameze nkaho mwakubaka nikibuga cyo kwitorezamo?kugira aho witoreje abarinaho ukorera thx
Ibi turabikunze ark mushyireho ishuri nabarimu babyize neza
Nukur nibyiza peee Rwanda yacu ni oyeee
Kubyiga nihano se cg hari imyitozo itangwa iyo umuntu afite ikizame vuba mutumare amatsiko
Ese iyimodoka kugirango ubashe kuba wayikoreraho yo uyihyura amafaranga angahe ababizi mutubwire nyabuna😜
Izi modoka zibizamini za polisi zishyurwa 45,000 rwf
Apuuu Category A biroroshye
ikindi umuntu uzajya atsindwa mujye mumusubiza kimwe cya Kabiri cyamafranga ye
Ese ikibazo cyuko umuntu atsinda muri system yareba agasanga yatsinzwe kiri guterwa niki
Mudufashe biri kudutwara umwanya namatike tuza muri claiming
Kudufashe twarandikishije none hashize amezi abiri permit itarasohoka
Ko numva ibizami byiyongereye ubu SI hatari
Moto bakoresha vitetsi zingahe
Ibi bintu bike byari bikenewe😊😊
😂😂kombona biteye ubwoba se kandi
Se demarage niriya twabonye ntago ari Jeep bakoresha ikindi nabonye demarage akora kuri feri
Muzatwereke na moto
Ibi nisawa murakoze cyane
Reka nze nongereho B kuri F narimfite
Thanks!
Good
Mwiriwe nez,Abantu bakoze ikizamini ku buryo busanzwe baratsinda barishyura ,Mutanga iminsi 14 ngo uruhushya ruzaba rwabonetse haba barimo ibihe bibazo bituma umuntu amara 2mois arabona perme mwadufasha mukareba ikibazo kirimo.
Nonex demaraje umuntu azajya ayikorera kumodoka yatangiranye ikizami
Ibyo ni Saw gose kuko gukora umupolisi akuri iruhande wagira nubwoba
Ndabona icyo kibuga Ari cyiza kugikoreraho ikizami
Nonese kwiyandikisha cq kwihugurwa bikorerwa hehe
We thanks our Police because new modern exams we hope that is good
Turibaza niba muntara haraho kwitoreza ibi bizamini , Buri munyarwanda akaba yibitseho permit , nkabazungu bari baradusize rwose ,
weeeeeeeee love rda
Ese haraho ibiga babyitoreza mugihe taraja mukizamini cg
batubwire ku bijyanye nibiciro nabyo birakenewe!
Ni 55k
Ikizami nagitsinze kandi ari ubwambere naringiye gukorerayo. Ikizami gutsinda birashoboka , upfa kumva theory umu police yakubwiye mbere y ikizami ukirinda nubwoba.
Police y' u Rwanda turashima.
Ntaburyo umuntu yajya abanza akihugurira aho kukibuga
❤🎉🎉❤❤
Ibizamini byariyongereye 🙄🙄🙄🤣🤣🙄🙄 abavuga ko byoroshye amahirwe masa 🙄🤣🤣🤣
Twebwe baraduha code ariko kwishyura bikanga mwatubariza impamvu birikwanga
Umuntu yemerewe kwimenyereza kuricyo kibuga azakoreraho
Es umuntu basanze afite ikibazo cy'amaso ariko afite indererwamo zayo bigendagete
Mutwereke category A
Amahirwe masa!
Iki gihugu Kiri kujya mbere Pe 🇷🇼🇷🇼🇷🇼
Aha nisawa rwose
Mutubwire vitensizikoreshwa kurimotomirakoze
Mutwereke nibya category A
Well well
Ndanyurahe fasha