The Ben na Pamella bahawe akayabo k'amafaranga birabarenga| Alliah Cool na Prophet Joshua bigaragaje
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 22 ธ.ค. 2023
- Umuvugabutumwa wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Prophete Joshua Le Voyant yatunguranye mu bukwe bwa The Ben na Pamella abanyanyagizaho amafaranga arenga Miliyoni 1.5 Frw mu rwego rwo kwishimira intambwe yatewe n’aba bombi.
Uyu mugabo wavuze mu rurimi rw’Igifaransa, yavuze ko asanzwe ari inshuti ya The Ben biri mu byatumye ava muri Congo akaza kwitabira ubukwe bwe bwabaye mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu tariki 23 Ukuboza 2023 muri Kigali Convention Center. #inyarwandatv - บันเทิง
Mvuzeko Imana yabaye umugisha sinabambeshye p Nukuri Rwose.
Umugisha urabagarirwa, buriya mu mibereho ya Ben yabibye urukundo, ibyo yakoze byakoze kumutima w'Imana; none arasaruye❤
Wowe urasarura utarabibye!
N'igihe uhuye n'umukecuru yikoreye ukamutwaza uba ubibye, niyo umuhagurukiye akicara uba ubibye kandi uzasarura mugihe cyawe!
Mureke kuvangavanga!
Ntabwo ibi ari umugisha ni umuvumo kandi mutegereze muzabibona, keretse nibajya imbere y'Imana bagapfukama basaba imbabazi ko batari bazi ibyo bakora
Warasaze ariko hhhhhh
@@ABIZEYESuper-fw2nk wapi ntabwo nasaze! Wowe se urabona biriya bintu ntacyo bitwaye!!?
Sh abafite nibo bongererwa pe
Egooo sha,kobatataravye umukene bayaha😅
Nonono 😢 they deserve respect please
Mbega amafaranga ni menshi cyane
Imana ijye ibababarira kuko mutazi ibyo mukora mumaso yabashonje
Ahubwo murwanda Kubera inzara ntabwo bakunda kubikora but it’s a good thing
Ntabwo nakunze uburyo bagiye bayajugunya hasi, bajye bigana neza abandi sikuriya bayatanga. The Ben & Pamela deserved respect on their good day.
Kbx
Ibi ntibisigura ikintu ciza nagato
Nonese kutanyanyagiza hasi BYO buri 😢😢😢😢iyayabahereza just
Mubindi bihugu babataho amafaranga nakosa ririmo rwose nukuryoshya ikirori
A Congo man nibo bagira utudushya twamafrw😂😂😂😂😍😍😍😍
Mana yanjye weeee,uwanyihera kuri aya,fr ,ubukene nfite 😢
@@nyiranshutidjamila2410 naburiya bukwe ni cash ihangane pe!
@@nyiranshutidjamila2410niwishimire ibyiza abandi basohojemo nibwo nawe umugisha wawe uzakuzaho !
Wawoooo Ben ni mugisha Koko
❤❤❤imana izabubakire
Ubunomurwanda muzabona nabikoze umve imana izabubakire❤❤❤❤
Ibi bintu aba bantu bakoze bazabyicuza, si uguhanura!!!! Ese ababishimye mwansobanurira!? Ibi birashaka kwerekana iki? Erega The Ben yasetseeeee nta n'isoni, ibi harimo no gutesha agaciro igihugu gusunikisha amafaranga ariho ibirangò by'igihugu ikirenge!
Iyo nimico yomumahanga twebwe twarabimenyereye hano malawi
Urimugisha pe
Cyaze this world ari unfair ubu hari uwabuze ni 1000frw 😢anyways may God keep you safe in the life ahead ❤
Ku isi hose abantu ntibareshya
Hhh none the Ben abure ubwishima kubera akennye?
Ubuse kiriya gitaramo cyokwinjira 5million abazakijyamo bazabireke kubera abakennye?
No balance 😂hhhhhhh
Ibi ndabigaye si umuco wacu kandi ibyiRwanda byose bipfira mu bwiyemezi.
Koko se nukuri? Sha mwahawe umugisha muzawuhorane
Ntakundi 😢😢 munyongereye inzara basii
Se komuba mujygunya hasi kiratuna mutunama ngo mutoragure
Imana iyiguhaye nishiramo amazi
Uyu ibyo arimo gukora arabizi cyane! Imana imukubire inshuro 70!!
Ckz uri mugisha pe ❤❤❤❤❤
Subwo mwagiye mureka abantu ubukene buratwishe😢
😂😂😂😂 pol sana
Uziko arikuyora ndimiwe hari nuwabize 5000 ariko mwe mwayahaze 😢😢
Turabakunda Muzabyare Hungu Nakobwa Muzarindwe
Muraho neza bantu b'Imana mubyukuri nibyiza guha akayabo kamafaranga angana kuriya mubukwe ni urukundo mwamweretse ariko ko njye munteje Ihungabana mu mutwe pee ahubwo mutabare nkurikije inkoni ndiho muri iyi minsi munteje gukora icyaha cyo kwifuza ndavuze Mana arinjye bibayeho nagushima binganute mubitekerezeho Allia cool left some money for me God bless you gusa amaboko atanga Imana irayakunda irayongerera
Egoko nonese kandi ibibyo bisobanuye iki?mwabanyarwandamwe,egoko kubara amafranga uyajugunyase ubwo nibwo bukire?
Ufite niwe uzongererwa nawe nugira uzabona abayaguha humura
@@niyogikundiromediane1231egoko rekareka ibibyo harimo nagasuzuguro kogusuzugura igihu ,ibi bihwanye nogufata ibendera ryigihugu ukarijugunya hasi ukarikandagira,ifaranga ry"igihugu nikogaciro kigihugu,uziko ufashwe uca amafranga wabifungira,nohe umugabo wumunyamahanga niwe uje gutesha agaciro,hanyumase aliyakuru nawe abikoranye agasuzuguro koko,ibibintu simbikunze rwose.
Ubwo n’ubujiji n’ubukene buranga abanyafirika!.Ntamuntu numwe w’umukire yigera akora ubwo bugoryi
Humura izuba ryawe rizaka. Uzoshikigwa imana sibayari. Ariko uwo muco woguterera amafaranga guco jewe sinemeranya nawo. Niyompamvu nkawe wabibonye ugahungabana sivyiza mw'idini bavyita ubwibone. Nibareke gutera abantu ihungabana
Iyo ayabaha muntoke ayo mahera vyarikuba vyiza gusumba .
❤❤❤❤❤❤❤so nice 0:38
Reba ukuntu bayanyanyagiza sha ninzara mfite😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢
Urabona di ariko mana kweri bamwe bapfe abandi bacyire urabona icyo umurengwe utera
♥️♥️♥️♥️♥️ Nice I love you too
Pamella ibyo bidaranga byose nukuri mumpeho pe
Wapi muntoki ntibyashyuha muvandi,Babyita (gufupa)twebwe hano bayakujugunyaho barimo gukata umuziki,iyo DG ari umuswa ntashyiremo akaziki kabyinika nta dufranga ubona tu
Ariguhamura ahari
Natwe inaha niko bigenda,mukirori bakujugunyaho ibifr ukagirango nibipapuro kbs
KBs gukira ntibisaba amashuri for sure Gusa Alia we Bugoyihood yarahombye Ubu yirirwa muri campany indiana nawe Nigeria yaragukijije abafite barongererwa bantu mutuye KGL plz ubutaha nukutwakiriza ama$
Umurengwe wica nkibzara
Ibi Ni Umwanda. Ni Gute Mature person nkamwe Mufata Amafaranga Mukajugunya Nkuko??? The Ben Ko Yiyubashye wayamuhaye Mu ntoki Utwo dufaranga wajugunye hasi ko tutanakodesha Imodoka Yagiyemo????. Cyz Muba Musuzuguye Umutungu W'Igihugu
Iryo nitiku ridafite aho rishingiye, ibyo nibintu bisanzwe
Hhhh ndagusetse pe! Umva ahubwo batayamusize nokumubiri amafrw sha azongeredwe akubidwe naho iryo nitiku
ihangane ureke gusuzugura ifaranga ryigihugu uryita udufaranga .ariya namafranga knd ni umuco waba congoman
Nibintu bisanzwe mwa banyarwanda mwe dore kp
Yabagaye
Very good ❤❤❤❤😂😂😂😂 no 1
Nukubajugunyira nkibwa mbega umugabo ngo baramusuzugura we nibwa zisigaye zirira kwisahane pe
I know , birababaje cyane 😢
❤❤❤❤❤
Mbega mbega
Mwibereye mumikino niba arukuri azaze irubavu ayafashishe abatishoboye nibwo tuzamenya ko murabanyamafaranga cyagwa ahandi hose
Ese uyabahaye munoki byagutwara iki? Kujugunya hasi bisobanura iki?😳😳
Ushonje waje kuri chaîne irimo ibirori yaje ngo ahumurizwe, amenyeko ibyiza abonye ahandi nawe yakwegera Itanga umugisha, yazawubona mugihe ke!
Josué 😮
Ese iyuyabaha muntoki uko nukwiyemera swigariwe😮
None se Aya yose namafaranga? Uwampamo na 50k nanjye nkatumira abantu banjye nkabereka umugore kweri
Ubukwe bwiza muzagire urugo ruhire muzabyare hungu na kobwa.muzahoze amata k'uruhimbi.gusa mumpayeho kuri ayo mafrs nka 100000 mwaba munkoreye bana banjye mwaba munkuye habi.
Muzagire urugo gwiza muzovyare murondoke nkifi zomuruzi hungu na kobwa
Ariko ibi bintu si ugutesha agaciro amafaranga y'Igihugu koko?
Wapi sha ahubwo ni ukwerekana amahoro ni ikofi by' igihugu hhhh
@@ABIZEYESuper-fw2nk hhhhhh siko njye mbibona, gusa naryoherwe simwanga da
AYiweeeee 😂
Njye nakuba3 ibyo bakoze ibaze noneho urwego ndiho
Kbsa muzarambane kdi mujye musenga kugira ngo Uwiteka abishimire
Abageni tubifurije ishya n'ihirwe ariko gusandaguza amafaranga hasi sibyo
Wampaye 5k c ben
Ahubwo King James na riderman barihe
Nari kuza nkayiyorera
Jack B arayasyaga😅
Ese ni amafr cg nibipapuro😅
Ibintu bijya mubindi kbsa ayo ma cash asanze andi
Ukuntu inzara imereye nabi abandi bakaba barahaze namafaranga😢😢😢
Nubukwe chr ihangane kd gusonza kwawe ntikwabuza ibyishimo byabandi🙈🙈
Uwiteka aguhe akazi ice ukubiri ninzara
@@shuklanUrakoze cyane umubwije ukuri ubu ni ubukwe kdi twese ntitwareshya.
@@shuklan😂😂😂😂urakoze pe
Yooo
Are weeeeeee😂😂😂😂😂ako ntimugakine na minds zabantu....mwarayakodesheje nihaburamo 5000 muzacyishyura nyine ntakundi..😆😆
Bino bintu biraryoshye p
Akanagasuzuguro
😂😂😂😂😂 ubwo banyiheraho ducye
Bruce melody azongere cyangwa ishyari rizamutware Rusororo😃
Ariko jye mfite ikibazo,uyu ngo ni Profet Eric ni muntu ki ko mubonye vubaha agenda anyanyagiza amaf gutya mubitaramo,mumbwire abamuzi
Eeeeh mbega akayabo bayita urufyita
Mwahaye akazi uwayandura kwel urambonera😂😂😂
Abanti bintu binyaruguru inzara irabishe
aya F aratongerewe si gusa kuko hari ababuze uko bigira muyitondere
Nanjye mbonye nta mugisha urimo na mba
Uwo mutype uyayoye buriya ntacomoramo make nawe akajya kureba uko yakigenza yishyura amadeni !!😢
Ariko mujye mushyiramo umuziki mubyine, ubwo se gutanga cash ucecetse utanyeganyega biraryoshye, ariko ka twihangane bizaza
Akomana weeeeee 😢nkubu bakampaho shahuweeee
Nihatar uwavuzk amaher a aza ahayandi ar ntiyabesh
😂😂😂😂😂😂
Mana we ndifuje
😂😂😂😂 murwanda turakennye kweli urandebera ukuntu muri comments turikuganya nukuri murwanda ubuzima burahenze bazarebe ukuntu ifaranga ryaboneka
Ben we wampaye nibura 5000 koko
Uhubwox Ben wandemeye mo 5000 nkinkwera fanta haribirenze 😂
sindeba ari zabitanu kuki se atajugunyemo amadorari
Iyo ayabaha atayanyanyagije?
n'umuco uva mubaturanyi hirya no hino bubakira urugo rushya muri buriya buryo
Marraine udashobotse kuva ubukwe butangiye kurinda bushoje
Wabibonye nawe..ibaze umuntu ubukwe bwatangiye afotora bukarangira agifotora mbese arimo guslyinga...gokooo mana
@@muhawenimanajoselyne3770
Ni akumiro!
Kandi abakene ntimwahaho
Mula
Ibyo nugutesha umutungo rusange wigihugu agaciro ,amafaranga agomba kubahwa sibikinisho
Cyakoze abacongoman ndabakunda😂😂😂😂😂😂😂Imana izabahe ijuru nubwo aribigoryi😂😂😂.
😂😂😂😂😂😂😂😂
Ntajuru ryibigoryi ribaho
Arko mwabanumwe musunikisha amafaranga ibirenjye koko ubu mwatinya gusunikisha ibiryo i irenjye 😊
Kukiii yayataye hasiii
Mwihangane wenda mumeho abana bajye nyafite bakwiga ahantu heza pe
Im asking the same question.🙄🙄
Hhhhhhh
Nosense of this!?
Ubwo n’ubujiji n’ubukene,ntamunyabwenge canke umukire ashobora gukora ubwobucucu.İkindi ivyo bishobora noguhanwa n’amategeko kudaha agaciro ibikoresho vya leta,n’amafaranga arimwo
Ubonye se babitaye habi jya ureka abantu bibereho
Ubonye se babitaye habi jya ureka abantu bibereho
Nubucucuse Buriya BUCUCU Uvuze Uwabugukorera Wajya kumurega nimubareke bishimi babikore ukobabyumva numusiwabo
Nywa amazi wiryamire abandi ubarekere ubucucu bwabo sha basi ibyo barimo, bazi neza KO Ayo mategeko ahari ndetse kukurusha rero tuza nibabibazwa bazi uburyo bazisobanura wikwigora ubatuka
Ndaje niyorere niho ibyo muvuga simbyumva 😂
Jyewe ibi ntibintangaje kuko ubukwe bwabo bwatashwe n, abakire benshi Kandi hafi ya bose ni aba stars. Icyo nifuza nuko Nyagasani Yatubabalira The Ben na Pamela bakazibaruka imfura y,umwana w, umukobwa (kuko, byanze bikunze azaba miss Rwanda, bishobotse ndetse akazaba na Words miss.)Naho nibabanza imfura y, umwana w, umuhungu, azaba wenda umuhanzi kw, isi nawe abe icyamamare. Icyo mbivugiye nuko bahuye bahwanye, Ben afite isura nziza, arongoye umugore mwiza kweri. Mpise mbona icyo abazungu banzijije. "ngo mu Rwanda dufite abakobwa beza, ngo n, abahungu nuko, ngo ntidukeneye kurongora abazungu kazi".Mbifulije ibyiza byinshi bishoboka kbs, kuko Imana Irabakunda cyane.
Ark uwanyereka imana nkayibaza ikibazo bamwe inzara iratwishe abandi barikumena amafgranga we beni wampayeho ninibihumbi icumi kko
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😢😢
Ubuse uyu unyanyagiza amafrng atya yaterecyereraga uwuhe muzimu😂
Ayamahera bazoyasengere cane kuko ibi sivyiza guta hasi amahera uku.
Ase ningombwa kuyajugunya we agasuzuguro gusa 😒