Iyo umuntu akuvuze nabi soit aragukunda, aragukurikirana cnk aranagufana.. so terimbere kanimba ntucike intege! Big up to MANIBRA; you're so professinal👍👍
Humura Kanimba, Bamenya Series iracyayoboye kuri You Tobe 100%👌, .Abo nincanega wibaha umwanya. Negative vibes wibaha umwanya. Kanimba na Soleil mubane pppp InshaaAllah. Team yose ya Bamenya Series much love 💖 and much respect 🙏
Mwiriwe! Aba bantu turabakunda turabakurikirana cyane. Nanjye iyi couple mbona ari match kbx. Any way nshaka kwamamaza Products, twabona contact zanyu gute?
Soleil ibyo uvuga ku mibanire. You are lucky kuko ibyo uvuga ni ibyo wasomye ariko bitandukanye n'ibiri actual. Uzabisubiremo nyuma y'imyaka 2 warashatse. I am sure , ushobora
Nk'umuntu nkurikira Bamenya n'inyigisho muduha kumwe na trame de comédie, jewe nkunda leçons muduha, turetse ivyo mukina, mukina ubuzima tubamwo ku musi ku musi, dans notre vie professionnelle et sociale! Vous représentez ce que nous sommes et vivons au quotidien! Gusa, Soleil yitwara nk'umugore nashatse! Soleil, big up! Ark, sinitwara nka Kanimba!!
Mimi ni David kutoka congo kanimba and soleil ni couplé nzuri kabisa mimi nawaombeya kabisa waishi pamoja kwanza ikiwapendeza wanipe number ya sim aksanti
Akazi ni akazi. Bamenya barashoboye bose indeed. Apart from that, Soleil ni mature bihagije. Sole, uzagire kwihangana no guhangana n'icyakugora mu rwawe nk'uko umuntu abona ubivivant. Ugerageze ukore indi hub iganiriza abantu bitari movie for example, youtube channel iganira kuri topics zitandukanye. You are open-minded, which is good. I appreciate kabisa. Having you as a friend is an added advantage rwose. Courage mwese murabikora!
Iyo umuntu akuvuze nabi soit aragukunda, aragukurikirana cnk aranagufana.. so terimbere kanimba ntucike intege! Big up to MANIBRA; you're so professinal👍👍
Abantu nkunda cyane❤️❤️❤️Soleil n’a Kanimba muli kuli top👍
Njyewe ndagukunda mukobwa mwiza niba bishoboka njyewe azampe adresse ye ubundi twiganirire my nember 0787594185
Nukuri nanjyenkunda iyi couple kd ibyomukina biratwigisha cyn
My favorite actor @Soleil, she is educated, professional, good public speaker, kandi ubona agira nudusoni disi. Big up girl.
Muraho neza bavandi ndabera cyane kbs nkunda kanimba cyane uburyo akina pe jye film zanyu ndazemera kdi niba musenga imana izabafashe ibahe urugo rwiza
Nimba mû Rwanda hari abakobwa 5 bameze nka Soleil mû mutwe Urwanda ruratunze kabisa!Courage ndakunze umutima w'ubu patriotes bafise muri Bamenya séries!
Ababona ko kanimba na Soleil bakubaka urugo rwiza mumpe like nyinshi ubundi tugume twubahiriza amabwiriza
Soreyi ndagukunda cyane mbangukurikiye muribamenya
Soleil urasobatse kbs ugiriye inama abadamu nziza cyane ndazikunze.
Amakuruyanyu mwese ndabakunda cyane kbsa mukomerezaho film zose zanyu ndazikunda cyane kbsa
Kanimba nomubuzima busanzwe birashoboka ko uri umusirimu kbs gs ndabakunda cyane kd ubutumwa muduha buradufasha.
Kanimba na Soleil ndabakunda ❤❤ kandi couple yanyu yaba ari nziza pe ❤
Ariko Bwana kanimba aho niho hagaragarira umugabo abushitse tubateye ingabo mubitugu Soriel...murabe ryiza Kanimba tuzabatwerera❤
Humura Kanimba, Bamenya Series iracyayoboye kuri You Tobe 100%👌, .Abo nincanega wibaha umwanya. Negative vibes wibaha umwanya. Kanimba na Soleil mubane pppp InshaaAllah. Team yose ya Bamenya Series much love 💖 and much respect 🙏
Hhhh njyewe uyumugabo ndamukunda pe! Azigucanga iranjyi
Hhhhhh sha soleye we ubanyenuwomugabo ngo ni kanimba waba urwikururiye kuko niba utabona ko kwa Chechap rutahanye inkoyoyo uzibeshye!!!
Kanimba numushurashuzi
Kdi woe urumuntuw'Imana cyane √
Umva kanimba wee uwo mukobwa ntazagucike kbs ndabona ari bien👍👍👍
So Good,you are best actors then I favorite all team Bamenya series God bless you.
Byiza mukore umuti mwibanire muraberanye babyeyi♥️
Mubareke turabakunda mubudage
Ariko njye ndabona mubanye nkumugore numugabo nvyaba vyiza cane
Tureke amarangamutima ya cinema
Rwose solei ubwenge umutimanama ,ubushishozi afite bimwemerera gushinga urugo mbaye kanimba ntiyancika naremeye 🦍👏👏👏
Live from Dubai, I like bamenya series
Baraberanye bagirevuba ahubwo
Muraberanye kbx
Soreye ndamukunda cyane arihangana yabasha kubaka urugo
Kanimba wicika intege kuko habuze mo umwe muri mwese film ntiyaryoha! Mwese muruzuzanya👍
Byiza cyane. Mwaratinze ahubwo ,kdi mwanabana neza kuko muraziranye
Umva ndabakunda cyane kd mbakurikirana umunsi kumunsi ariko abobantu bagabanye amagambo y'urucantege.
Sha abo murikumwe muzabareke mwibanire rwose
Nimukomerezaho turabakunda cyaneee cyakoza nimutabana nzababara kuko muraberanye cyaneeeeeee
Kanimba abanye na soleil byaba aribyiza cyane Imana ibibafashemo muzabane
Baraberanye ko bobana. Umusi w'ubugeni bwa Soleil na Kanimba nzoza i kigali
Kanimbaweeee Ndagukunda cyane peee!!!!
Turabakunda muraberanye nukuri ahubwo nimutunyarukirize mukore ubukwe kubera turarindiranye igishika ubukwe bwanyu kabisa turabakunda❤❤
Ndabakunda mwembi muraberanye cyane murasobanutse
Sinkunda kwandika ariko kubera uburyo nkunda iyi couple, bitumye nirekure! I love you guys, waiting u to be forever.
Wangu ndebye series zanyu sinajyaga nkunda kuzireba ariko rwose ababacyinnyri mucyinisha nibazimape munyibucyije movie zahambere kanimba bamenya sha naboba sister kabisa well done
Congratulations
Yooo mana we ntimukababazwe nabababwira nabi maana turabakunda caneeeee mwihagane ntimukababazwe nivyo babatuka kazima mukundwa nabeshi 😍😍😍😍😘😘😘😘
Wow my name is Emmy Mr kanimba courage iyo mukinnye ibintu bitandukanye cyane harimo action bagaya biba ari sawa kuko intego ni u guhinduka abafite imyitwarire imeze gutyo ark kuko ubwo babigaya bazanabikosore mumiryango yabo. Nukina ibintu bibi bigatanta negative comments uzaba wakoze akazi neza kuko tuzabyirinda
Mujye mwihangana .mudukinira neza cyane .nibanabatuka kubera ikintu bise kibi mwakinnye ahubwo mujye muhita mwishimira ko inyigisho mwashatse gutanga yatambutse .kuko murunva namwe ko baba babatutse kubera icyo kintu kitwa kibi .that means aba yababaye cyane .jye ndunva atali ikibazo ahubwo isomo riba rya manutse cyane ryatwitse .keep it up
Yooo! Abobantu barasaneza, kd twariganye. Kanimba twiganye imasaka Soleil twiganye inyagasambu.
Nanje ndabakunda cane Kanimba na Soleil reka nubahuke mbabwize ukuri. Irivuzwe na benshi Imana iriha amahirwe. Ayo mahitamwo muvuga ko mwamaze gukora mwashaka mwoyasubiramwo mugahindura iyo migisha nayo mahirwe ntibibacike.
Soleil ,uri urugero kbs. Ivyiyumviro vyawe ni bizima kbx ,ni kirimara mukubaka société mur rusangi
Kanimba good naw ukina neza , courage
Ntawunyura rubanda
Nukuri nanjye ndabashyigikiye ni couple nziza cyane
Muribeza cyane nukuri Kanimba turagukunda
Mwiriwe! Aba bantu turabakunda turabakurikirana cyane. Nanjye iyi couple mbona ari match kbx. Any way nshaka kwamamaza Products, twabona contact zanyu gute?
Kanimba na sorei turabemera cyane bishiremo kuraje kukotubarinyuma
Sollei ndakushimiye cyane kuko wigishije abadam kubaka urugo
Njye ndabakunda cyane kanimba na solei ark kanimbara muri filme aba yancanze kbs gusa nyine making neza love u guys from usa
Uyu mukubwa numunyabwenge rwose kandi ndumva afite inama nziza nukurii ahubwo kanimba amupropoje uwo sister akemera yaba yitegenyirije ahazaza heza numuryango mwiza nabana Babo bazagira uburere nukuri thx
Dabakuda cyane najyemushyire muri bamenya.
Baraberanye vrt kandi goose
Ndabakunda cyane pe, ariko kuba mukunda Rayon, Soleil agakunda Karate bitumye mbakunda kurushaho. courage & blessings
Soleil akina neza cyane abuzemo sinzi uko byagenda, rwose turamwemera.
Soleil ibyo uvuga ku mibanire. You are lucky kuko ibyo uvuga ni ibyo wasomye ariko bitandukanye n'ibiri actual.
Uzabisubiremo nyuma y'imyaka 2 warashatse.
I am sure , ushobora
mwiriwe neza bakinnyi ba film nyarwanda, turabakunda cyane knd dukunda ibihangano byanyu , nanjye by'umwihariko nabakurikiye juva mwatangira epsd 1kugeza ubu muduha inyigisho nziza zitwubaka , ark nabasaba ko niba byashoboka tukowote yajya agaruka jenshi kuko nkubu sindabona neza niba diama ya tukowote yarabonetse mirakoze
Soleil yambara ibitenge akankura mu byanjye rwose. Mba mbona bimubereye rwose ari umudamu uri mu rugo rwe👌👌👌kandi wiyubashye.
Nk'umuntu nkurikira Bamenya n'inyigisho muduha kumwe na trame de comédie, jewe nkunda leçons muduha, turetse ivyo mukina, mukina ubuzima tubamwo ku musi ku musi, dans notre vie professionnelle et sociale! Vous représentez ce que nous sommes et vivons au quotidien! Gusa, Soleil yitwara nk'umugore nashatse! Soleil, big up! Ark, sinitwara nka Kanimba!!
Soleil uri mwiza kd uri umuhanga mtibagiwe kanimba
Ndabemera basaza ariko mubanye byaryoha cyane🤝
Kanimba, Imana izakurinde ibyo ukina ntibizagusohorereho.
Ukina uri umugabo mubi, Gusa umugore wawe arihangana, ariyubaha, uburyo yiyubahamo niyo mpamvu atagucika ariko ufite ingeso mbi gusa.
Kanimba ukina nk'uwarezwe nabi.
Urisuzuguza ,ukagayisha n'umuryango wawe n'uwaba ari inshuti yakwicaho kubera imico mibi wibitseho.
Turasaba kanimba kujya avuga akuri nyuma ya film kuko abafana tuba dukeneye ukuri kwabo kuko tubakunda cyane
Sha ntakubeshya bamenya niwe utuma ikundwa ibintu akina harimo telent naho kanimba nibisanzwe nugushirika ubute gusa
Mimi ni David kutoka congo kanimba and soleil ni couplé nzuri kabisa mimi nawaombeya kabisa waishi pamoja kwanza ikiwapendeza wanipe number ya sim aksanti
Soleie bdamukunda gusa kanimba weho waraniniranye gusa ibyo mutwigisha ndabikunda cyane
Ebana jew ndabemera kbs Kanimba na soleil vyoshimisha cane babanye
Akazi ni akazi. Bamenya barashoboye bose indeed. Apart from that, Soleil ni mature bihagije. Sole, uzagire kwihangana no guhangana n'icyakugora mu rwawe nk'uko umuntu abona ubivivant. Ugerageze ukore indi hub iganiriza abantu bitari movie for example, youtube channel iganira kuri topics zitandukanye. You are open-minded, which is good. I appreciate kabisa. Having you as a friend is an added advantage rwose. Courage mwese murabikora!
Njye nari nzi ko ubusanzwe Kanimba na Soleil basanzwe babana nk’umugabo n’umugore none bakaba bakinana film. None siko bimeze🙈
Ibyikigihe ntubizi x banabana da igihe kitageze
Ubwo rero wowe filmé yaragutwaye yabo sinumva ukuntu waruziko ari umugore numugabo
Soleil ndagukunda cane ndashaka numéro yawe
Ndabasuhuje bavandimwe wowe Kani na madame wawe, nagirango mbabwire ko ibyo mukoma mubizi kd ndabasengera muzagire urugo rwiza mwashakaka CG mutashaka g hagataho muraberanye. Imana ibampere umugisha mubyo mukora byose kd musenge kugirango Satan ntabaera ikirogoya mur film yanyu
kanimba uburyo ari calme ari murukundo na soil. nukuri kanimba aratuvugisha cyane ndetse
Kanimba ndakwemey urumuntu wumugabo kweri kuba warafatiyeho soleil
Baraberanye.
Muraberanye aba cherie ndabakunda
Soleil is phenomenal, she has outstanding mind. I love the way she replies questions wisely. I think she's beyond Kanimba, ararenze.
Byiza
ni abarayon burya ndabakunda cyane pe
Kanimba turakwemera ariko harakantukamwegusa utaramenya kunoza neza!
Uti nagacyi?
Muri social media ntujyumenyaneza gusubuza ibintu biri nezacyane.
Kubwibyo ujyusaba soleil ko yajya akunyiriramo murimake kuko we biragaragarako haricyo akurusha kdi cyane.
Sukukubwiranabi nkuko munkuru wabyangaga!!
Kanimba na soreir turabakunda cyane
Soley n'umugore nako n'umukobwa mwiza, mumaso aracyeye.
Aliko mumutwe afite akarusho.
Ukuntu asubiba bigaragazako arumunyabwenge. Ndakwinginze gabanya kubenga.
Ebana kubera ukuntu nkunda film ya bamenya nanjye mbaye umufana wa Rayon sport 💃💃💃💃💃💃
Kanimba na soly bakinaneza cyane kbs noneho kuba bafana rayon nibindibindi
Soleil aratujijishij😂😂😂 Kanimba yar agiy kubivuga neza neza...Mbay mbishimiy💃💃💃💃
Mwakoze cane guhuza ahantu dukunda
MN turabafana peee cyanecyane kanimba na bamenya peee
Kanimba na cheri we👌👌👌 baraberanye pee bwanshimisha babanye
murakoze cyane nitwa emmanuel bamenya nayikurikiranye igitangira ariko nifuza guhura na bamenya bavugako dusa . arikonifuza kumuramutsa mumpaye na number ye byamfasha
Kanimba na soleil ndabakunda
Kandi kubana byatunezeza kbs
Ndabakunda cn murazi gukina cn imanibahinguvu
ladies with strong heart like soleil are needed nowdays
Nafashye umwanya numviriza iyi interview, muncyamake abakera barayamaze bati ntabishimbo bibura ibitorwa,,,rero abantu baratandukanye mubintu vyishi cane...such as ubuzima babayemo nuko babaye raised up nivyo babamo...rero umuti uhari nuko umuntu abafata uko bameze nivyo baba bavuga muma comments.....kuko naho wabarakarira ntaco wahindura. Subiza abashoboka abadashoboka nabo mubihorere. Ahandi hoho i (SERIES BAMENYA) irakunzwe cane nabantu benshyi kumpande 4 zose zisi, ahubwo mukomeze cane mushiramo imbaraga turabakunda cane, ibisigaye navyo vya KANIMBA na SOLEIL kuba borushinga jewe mbona ari mama wararaye nivyiza bisa. Cheers.....
In general, all Bamenya members are very interesting!
Ndabemera cyan
Really KANIMBA and SOLEIL are good actors. So, i'd like them to be a couple for long their life!
Hahirwa uzashaka Soleil.👏👏👏Kanimba we arasetsa yicecekeye,azagerageze no gukina comedies yabishobora👏👏👍
Soleil n'umugore mwiza atuma film ya bamenya iba nziza chane
Muraberanye
Urugogwiza
Imanimberekanimbanukurintuzoyobe
Umana
Arebaneza
Soleil ni cyuma wallah
Bikunze kanimba yatakaramo kbc
Nuko aba baby bavugako ntibakundana na basore bakinana film.
Nabibasabye kenshi ariko nimugire rwose mubisoze ndabashyigikiye pe ndabakunda cyane pe 💟💕💕💕
Wao mursberanye abacher
Ndagarutse kndi ndasavye ulbarize soreil ko bamenya yavuzeko ariwe yandika irya film ariko nanj ndavye ivyiyumviro vya soreil ndabonako afise uruhara runini rwo kuba afise uruhara runini rwokwandika filme ndashaka umuco kowuyandika ndabakunda muri Asie🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Muraberanye
Rata muratwigisha mwubaka ingo zikigihe,ibyomukina bibaho
Murubahana mugusubiza bituma nabareba film yanyu twumva ko ari kuri Ibyo mukina . Urabona ukuntu Soleil ahuza Na kanimba mugushimana. Great. Ariko byose nikinyabupfura cya Soleil .
You match you two people marry that woman she is beautiful with alot of wisdom
I like ur film bamenya
Ndashaka gusaba uwo mumenyesha makuru muzogendere commande yitwa Alliance Aim global ikorera Aho ville Aho bita kwa makuza muri Étage 2 Noneho Utumirere umukozi wahoho Utubarize uko bakora? Kandi uzabanze utohoze umuhate ibibazo bwibwenge nkumuntu ugiye ubwenge!! Turiteze kuzobikora. Merci beaucoup Hama kora Akazi turi nyuma yanyu
Sorry Ugendere Company bita Alliance aim global merci beaucoup utubarize uburyo bakora !!! Turi Bujumbura turabakurikira Cane
Ndabakunda cyane courage team bamenya yose ndayifana ariko ketchup nuwa kwanza kabisa ariko Film yanyu ndayikunda pee abavuga bavuge murayoboye
Iyi couple imezeneza kbs courage
Kanimba na Solei mucyina neza turabashyigikiye courage pe mukomerezaho.
Njye mbona Soleil yavamo Umugore wihangana,felicitation kuri we.
Yeweyeweeee,nukuri Kanimba aberanye nubundi na Soleil pe,ahubwo nafatireho
Ndabakunda ariko Kanimba ujye worohera Soleil, gusa murajyanye, abakunzi banyu twabutaha