Pst Désire Agakiza| Ibintu 6 byingenzi ugomba kwitaho mu gihe cyo kurambagiza no kurambagizwa
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 20 พ.ค. 2021
- Shalom ushaka kubana natwe kuri watsapp Group Nyura hano:
chat.whatsapp.com/FPJuvGyA3oL...
_______________________________________________
reka ngushimire wowe tubana hano kuri BOHOKA TV, Umwanya ufata ugakurikira ibyo tunyuza kuri uru rubaga, Ndizera ko ubugingo bwawe bukomeje guhemburwa n'ubutumwa bwiza tunyuza hano. Birashoboka ko wiyumvamo gushyigikira uyu murimo mwiza dukora, wakoresha:
_______________________________________________
MTN Mobile Money : +250 788 20 8757
Airtel Money : +250 733 049 049
_______________________________________________
Ushaka Gukoresha Western Union cg Money Gram watubaza kuri izo nimero tukaguha amazina wanyuzaho.
#Bohoka #watsapp0788208757
Bless you more pastor servants of God. , ndashaka kubaza ikibazo kuri iki kiganiro aho pastor avuze neza ko umuntu umumenyera ku mbuto ze mbere y’uko wanzura ko muzabana. Ese izo mbuto uzigenzura utaramubwira ko wamushimye cg wazigenzura waramubwiye ko wamushimye ??? Kuko ushobora kumushima hanyuma ntuvuge akajya mu period yo kugenzura imbuto ze ariko hakaba ari undi wamubonye akamushima agahita umubwira ko yamukunze noneho we akagenzura izo mbuto Ariko uwo mwenedata afite homework yahawe Noneho wowe wazamara kugenzura izo mbuto waza kuvuga ugasanga yarafashwe ukaba wataye igihe cyawe. Kugenzura izo mbuto bikorwa ryari ?? Ni mbere yo kubwira umuntu ko wamwishimiye cg ni nyuma ?? Ese niba ari nyuma ko hari ibyo utamenya by’ubwiru ku muntu kuko hari n’ibyo atakubwira utaramubwira ko wamushimye kuko akubajije ngo urabishakira iki ?? Wabura icyo usubiza !!☹️😞
Mushumba wigisha neza lmana iguhe umugisha
Musobanura yesuneza mwarimukenewe murikigihe Kristu habwicyubahiro amen
Past Desire Imana imuhumugisha cyane avuga Imana neza nukuri
Yesu ashimwe IRÈNE mwakoze kutuzanira Pasteur Désire turamukunda . Wowe urabizi ko tugukunda kandi cyane
Pst rwose ubivuze neza abane we ni benshi cyaneeee
Pasteur Désire imana ibahe umugisha muranfasha pee
Uvuga. Ukuri mukozi. Wimana
Nukuri ibyo uvuga niko kuri.
Thank you God bless you all
Muraho!
Paster muravugisha ukuri rwose, ariko kureba utuntu duto twinshi, ntiwashaka pe. Byagorana, kandi gufata 2yrs wiga umuntu, bidakunze 3 yaba Hafi 5yrs, ubwo ntiwaba igihe kikujyanye?
Murakoze cyane
God bless you my pastor umeze kunyibaka sana sinkiryama ntagukuriye wapi ndafashwa cyane soit beni
Murakoze cane muradufasha muri vyishi,
None paste ko bavuga ngabayo yabamenye kera hariho abatarabayo?
Murakoze Irene ,kutuzanira pastor ,Hanyuma,Mumbarize Pastor ese Utwo tuntu twose Utubwiye, watwigaho Gute Umuntu Ari Kure yawe ,cyane Iyo Mubona. Gake bitewe nubuzima!?, 2.Ese Umusore wumva amakuru Atari meza wabimubazaho akakuka Inabi ,Ugasanga yirakaje KD Kurwego akubwirako ,adakunda Umuntu abaririza ubuzima bwe,! Ese aho umukobwa yakora iki Cse Umusore byabaho yakora iki ? murakoze Ndabakunda
Muraho cyane uwo muntu ukubwira ko atifuzako ubaririza ubuzima bwe kandi mugiye kuvanga ubuzima ubwo urumva azakwinjiza mu buzima bwe? Azakugira umugore yifotorezaho ariko mutaravanze ubuzima ku bwanjye uwo sinamwinjiza mu buzima bwanjye
@@Agakizaorg Wawoooo Urakkoze Mubyeyi be blessed uko nukuri Rwose Kd kuzuye
Mpora mwumva disk kuri life
Bavyenyi.beza.nturabakunda.imitima.nyacu.nyishimira.ivyomukora.mwarahenzangiwe..mungirumungisha
muzatubwire na online dating
Nubwo nj nteb icampa nanj mukanyishura, mbega Yosefu aho yavuga ivyo yarose iyo anuma yar gushika aho yageze? kuko kuvuga vyamuhay kuzamuka,
😂😂😂😂Iman indutabar🤷♂️🙏🇧🇮