Pst Desire - Ibintu 7 biteza agahinda Umwuka Wera benshi bakora|Ibintu 3 UTAHINDURA ugomba kwirinda
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 27 ต.ค. 2021
- Shalom ushaka kubana natwe kuri watsapp Group Nyura hano:
chat.whatsapp.com/HuylglHpY8q...
_______________________________________________
reka ngushimire wowe tubana hano kuri BOHOKA TV, Umwanya ufata ugakurikira ibyo tunyuza kuri uru rubaga, Ndizera ko ubugingo bwawe bukomeje guhemburwa n'ubutumwa bwiza tunyuza hano. Birashoboka ko wiyumvamo gushyigikira uyu murimo mwiza dukora, wakoresha:
_______________________________________________
MTN Mobile Money : +250 788 20 8757
Airtel Money : +250 733 049 049
_______________________________________________
Ushaka Gukoresha Western Union cg Money Gram watubaza kuri izo nimero tukaguha amazina wanyuzaho.
#Bohoka #Ruhogo_0788208757 - บันเทิง
Imana iguhe umugisha uzagire na masazira meza muri Yesukristo
Ahonumviyirijambo numvise guhinduka murije. Amen ubarikiwe
Imana iguhe umugisha pastor ❤❤❤❤
Turagukunda lmana igukomeze mukuri kwayo .
Amen
Ndashaka. Gusa. Na yesu. Christ. Halelua 😊
🎉yesu. Andinde. Umwuka. Wikinyoma ni rwubusisi gerard
I like your preaching pastor Desire jewe ndi umurundi mugabo i kinyanyarwanda ndacumva bukebuke Imana Ibahezagire
Umukozi wimana, imana iguhe umugisha mwinshi kubwijambo ryiza.
Amen Yesu aguhe umugisha.
Amen mushumba yg Niko kuri turagukunda💞💞💞💞💞💞🙏
Imana Iguhumugisha Desire Imana Ikurinde Iguhamahoro Ndagukunda cyane
Mukozi w'lmana ndagukunda Kandi wanyimora
Ndafashijwe Pee Imana ihe umugisha Pastor Kandi nciye bugufi ndatsinzwe nababaje Umwuka Wera mu bihe byanjye byose Imana umbabarire Kandi inshoboze kumvira uhereye none kugeza itekaryose.Amen
Amen
Desire urakoze ngiye gusenga Imana imfishe kugirango umuntu wimbere abeho (imbuto ) kugeza igihe bizaboneka inyuma hakaboneka imbuto nkuzura umwuka wera ,gusa nkunda inyigisho utanga ndagusabye gufatanya nanjye gusenga kubwi icyi cyigisho ,Imana imfishe kwezwa.
Imana ibahe Umugisha
Kd Ikomeze kubagura🙏🙏
Imana iguhe umugisha Mukozi w’Imana, k’ubutuma bwiza bw’Imana wamamaza,
Inyigisho zawe ziranyubaka cyane
Habwa umugisha
Mwaramutse neza mushumba lmana iguhe umugisha ndagukunda cyane ijambo lmana yagushyezemo riraryoshye peee ndagusabirango lmana ikomeze igushyigikire iguhe imbaraga kuko inyigisho zawe zirakenewe pe
Amen
Mushumba ndagukunda cyane Imana iguhe umugisha amavuta imbaraga bikomeho
Urakoze Pastor.uri umugabo yuzuye ukuri kw,ijambo ry,IMANA
Urumukozi wimana ngusabiye amaf imana iyaguhe menshiiiiiiiii
Urakoze
Imana ikwagure ikugeze Kure kuko inyigisho nkizi nizo zikenewe mugihe nkizi
Burikimwe mwigishije haribihinduka murinjye thank God you come on my time be blessed with many wise word's God🙏🙏
Wigisha neza utuje biraryoshe imana iguhinkomezi nyish uzojane beshi kuri yesu
Amen! muradufasha cane mukutubwira ubutumwa bwiza!
Amen Imana ishimwe cyane
IMANA ikumpere umugisha Pasta
Imana ibahe IMIGISHYA myinshi cyane, turanezerewe
Imana iguhe umugisha mwinshi unejeje umutima wange
Mana iguhe umugisha mukozi wImana
Imana ikomeze kukwongera amavuta mukozi wimana ndagukunda
Imana iguhe umugisha mukozi w' Imana 🙏ijambo ry'Imana nirizima💪🏽💪🏽💪🏽💪🏽💪🏽💪🏽💪🏽
Pasta inyigishozawe zimpindura burigihe ndasaba imana izampeko kumugisha usanuwo yaguhaye nanjye nahindurisi
Amen mushumba inyigisho zanyu ziramfasha
Alleluah Alleluah Imana iguhe umugisha
Amen Imana iguhe umugisha Mushumba
Umwuka were amfashe kumvira Imana
Imana iguhe umugisha wambereye umubyeyi
Bless you Pastor
Amen amen 🙏🏼 nibyo peeee
Yoo past nakushuru sana ubarikiwe sana.
urakoze pasteur
Nukuri warahishuriwe ibanga hezagirwa
uhezagirwe icompisi ikaba yohinsuka ikuzura ikanguro yose
Nukuri lmana iduhe lmbaraga z'umwuka wera
Uramfasha Uwika agukomeze muvandimwe🙏
My pastor in Jesus Christ.
Amen paster
Imana idufashe
Bless you pastor
Powerful words of God, Man of God may God bless you may he adds more knowledge and wisdom. Am blessed to hear this word of life. May God help me to walk and always hear the voice of the Holy spirit...
To God be the glory 🙏
Iri somo rirakenewe kwigishwa kenshi muriyi minsi
Yego nge ndumwe muri beneso ntago natukana, paster nfasha nge narose ijwi riri kumbwira ngiye kureba bamwe mubarozi nturanye nabo ese konabonye nubundi umwe mubo bashyira mumajwi kwariwe ubwo naba naramutumweho ngo abeyakwatura knd ikibabaje ni umunyamasengesho munfashe murakoze
SHIMWA MANA IDUKUNDA.
Amen!
Amen amen
Amen 🙌
Amen 🙏
Ko numva ngo harukuvangirwa n'imyuka mib,utandukanya gute ijwi ry'imyuka mibi n'imyuka yera.
Ntamyuka yera ibaho, ahubwo habaho umwuka wera. Kandi imyuka mibi irangwa n'ibibi. Ngo tuzabamenyera kumbuto bera.
ame n
Pastor nkunda uburyo wogeza imana p knd imana igukomeze
Amen!🤝💜
Amen Amen ndagukunda cane pastor Imana ikongereze amavuta
Agakiza karanezeza nukuri
🙏🙏🙏
🙏🙏🙏🙏
Ufite ijambo yesu abahe umugisha cane
Pastor urakoze cyane ,God bless you abundantly j follow you many times j like your sermons but my weakness is one. ie.j like doing the best and being good but j end up commiting sins j dont intend j there4 request for your prayers
😂😂💙💙 hhh😂😂😂😂😂😂😂😂
Amen amen 🙏🏼 ndafashijwe cyane
Imana iguhe imigisha yuburyobgose ufasha imitima yabeshi hezagirwa nimana
Amen
Murakoze , mukundwa pasteur , Ariko , njyewe mfite ikibazo , nku umuntu , atari uguhakana ! Buriya ukuntu twebwe abantu dukoze , duteye nka abantu ! Ukuntu agahinda kababaza ! Ukuntu kica imbibereho yu umuntu , kakamwangiza ! Koko mu ububasha bwi Imana ! Mbese bwu umwuka wera ! Ko ko ! Pasteur , uretse kubyibaza ! Koko Imana mu bubasha
Nashakaga kubaza , ububasha bwi Imana nu ubushobozi , bwayo , Ni imimerere yi Imana , habamo agahinda gute koko ! Ntekereza ko wenda ifite uko ibona umuntu , igafata nibyemezo byayo ! Ariko ntekereza ko nta agahinda Imana yagira ! Ntekereza ko itanahimanwa na abantu ! Kuko igenga byose mu buryo bwayo ! Butagira ububabare agahinda ni ibindi bya abantu bafite inyama na amaraso ! Abantu gutekereza ibintu Imana ikora imimerere yayo ! Mwirinde hatazajya habamo kurengera ! Murakoze ! Muhorane Imana .
@@anarwema6818 ntiwumvise ijambo yasomye ko ryonyine ubwayo rivugango ntimugateze agahinda umwuka wera ??numvako ibyo bibiliya ivuga byose arukuri ubwo rero bible yabivuze ubwo Mwuka wera agira agahinda koko.
@@anarwema6818 ntiwumvise ijambo yasomye ko ryonyine ubwayo rivugango ntimugateze agahinda umwuka wera ??numvako ibyo bibiliya ivuga byose arukuri ubwo rero bible yabivuze ubwo Mwuka wera agira agahinda koko.
Nakwishimirako wajya urakora vidéo ntoya kubera kurangiza toute une du temps usanga bigoye
Paster nkubaze,umwuka wera uwumenya gute ?mfatiy kwizi exemple wawe nuwo muntu yunguruje ikofi,uwo mwuka wakubwiye muburyo ubuhe ?
Shaaa vraiment Uhoraho!!!
Akumpere umugisha
Ubugingobwo urabufite ndabizi ariko iguhe naf menshipe ukirimwisi ndayagusabiye
NGO IMANA UYIHIMA, AHATAMBIKA HHHH; IMANA NI UMUBYEYI RWOSE NTABWO YITURA UMUJINYA , NTABWO IHIMANA . IZI NYIGISHO NI BWOKO KI KOKO
🇧🇮🇧🇮🇧🇮♥️♥️♥️♥️♥️♥️
Amen Amen
Njye ndabyemeza kuva nagera mu rusengero nkakizwa hari kamere naretse burundu cyane
Bohoka tv ,kuberiki muhanagura comments zanjye!? ese nimba zibabangamiye mwaretse abandi bakurikira iyi tv bakansubiza ibibazo nabajije?.Narababajije nti "" ese kamere niki?..,,,,,,,2;ukurikije abagalatia 5;19---21ese izongeso za kamere iyo ukijijwe ngo "" ziratsikamirwa!""ntizikurwaho?3;nimba zitsikamirwa ese bibangikana gute numwuka Wera utubamo!…....4;ese uruhinja ruvukana iyo kamere?.......abanyefeso 2;10
-Kamere urayivukana ukayipfana gusa icyo uhaye umwanya mumutima wawe nicyo kukuyobora, nuha umwuka wear umutima wawe uzakuyobora ,kamere ntipfa, ahubwo itsikamirwa na mwuka wera ariko ntipfa ....
Izo basiba nizirimo ibitajyanye numurongo w'ivugabutumwa ikindi iyo ushyizeho comment irimo link youtube ihita izisiba iyo bazifunze jya wirinda gushyiraho utudomo wandika kuko hari igihe biza muri format ya link
@@alexisrutonesha6247 kamere ntipfa! iratsikamirwa! nshuti nimba ugifite ingeso mbi za kamere "" zahwereye zitarapfa""ntabwo uyoborwa nu Mwuka wera.Ntabwo wavuga ngo urumukiranutsi ugifite "" element""zumwanzi muri wowe,iyavuze ngo mube abeara nkuko nawe ari ,azi neza ko bishoboka,b blssed dr
Amen Imana shimwe . turagukunda mushumba Imana yaragutoranyije . Ikomeze ikojyerere imbaraga.
Imana idufashe
Amen
Iri somo rirakenewe kwigishwa kenshi muriyi minsi
Amen
Iri somo rirakenewe kwigishwa kenshi muriyi minsi
/
nitwa Annet ngusabiye umugisha Imana ige ihora ikwitaho ndunvabyandenze ndumvambuze icyonakubwiragusandanyuzwe nirijambo ntabwo najyagangukurikirana arko Yesu ndamushimye wanyoboyekukumva
nitwa Annet ngusabiye umugisha Imana ige ihora ikwitaho ndunvabyandenze ndumvambuze icyonakubwiragusandanyuzwe nirijambo ntabwo najyagangukurikirana arko Yesu ndamushimye wanyoboyekukumva
Hello
Agakiza ntabwo Ari innocent wo muri Adam wa mbere Imana yahinduye umuntu mushya!! Kdi ntabwo imirimo ya kamere dukora Ariyo izanyura mu muriro kugira ngo duhabwe ingororano zacu mw'ijuru!! SI imirimo dukora izaduherekeza!!