Ikitwa 'Développement'ngo ni iterambere twazaniwe na Mpatsibihugu:Dr Rusa na Nyagasani
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 2 มิ.ย. 2024
- Muhonoke Benimana TWIGE kandi TUMENYE TUBEHO UBUZIMA BUSHINGIYE KU MUCO.
Vunyisha mu Bicumbi kuri: 0788514177/0725520312
Dukomeze TWIGANE Kandi TUMENYE TUBEHO UBUZIMA BUSHINGIYE KU MUCO.
Imana y'i Rwanda ihorana namwe yo n'#AbazimuBacuBatazima ❤️❤️❤️❤️❤️
#Nyagasani #ImandwaNkuru y'u #Rwanda
#MugangaRutangarwamaboko,
#UmupfumuMukuruMuBicumbi, #Umushakashatsi, #Umwigisha w'#UbuzimaBushingiyeKuMuco, Inzobere mubyo #Umuco, #Amateka, #Imbonezabitekerezo (Filozofiya), #UmwimererePhilosophy yatangije n'#Ubuzima bwa Muntu Bushingiye ku #Imyizerere, #Imyumvire, #Imitekerereze, #Imyitwarire ndetse n'#Imigirire. Umuyobozi Mukuru w'#IkigoNyarwandaCyUbuzimaBushingiyeKuMuco: Tel:+250788514177/+250725520312,
Whatsapp1:+250788514177
Whatsapp2:+250733090143.
Kigali, GISOZI, KG 774 Street.
Ikiganiro cyari kiryoshye, dutegerezanyije amatsiko icyo kindi Doctor Rusa atubwiye. Turabakunda
Iyaba abanyamakuru dufite birirwa bavuga urubuga rwimikino na siporo bahinduraga bakajya haganira kubyateza impere Africa byaba byiza cyane muminsi micye twavuga ibindi
Imana yirwanda ihorana namwe muganga turabashimiye cyane ko mukoje kutwagura muribyose
muzadutumirire Johnny mugabo asobanukiwe umwihariko w'umuntu adufashe kurushaho kwimenya no kwaguka !! murakoze ndabakunda
Imana yirwanda ihorana namwe muganga turabashimiye cyane ko mukoje kutwagura muribyose
muzadutumirire Johnny mugabo asobanukiwe umwihariko w'umuntu adufashe kurushaho kwimenya no
Murakoze bene Imana ndabakeje Imana y,irwanda ihorana namwe.
Murakoze cyane, tubeho ubuzima bushyingiye kumuco
Yewe twarahonnye ngo turi mu iterambere, twarangiza tukabyirata ngo twasirimutse cg ngo twateye imbere, Imana y' i Rwanda ni itabare abana b u Rwanda naho ubundi turagowe, Africa yabaye ingarane yibyo batakoresha iwabo,
Duhonoke Benimana tubeho ubuzima bushingiye ku muco
Kuko umuco ariwo shingiro
Nukuri Imanayirwanda ihorana namwe kdi murakoze cyane dutegereje icyo cyigisho cyo gutera insina kuko ifumbire yo namaze kuyitegura
Vuba aha bidatinze turakibagezaho rwose Benimana KUKO UMUCO ARIWO SHINGIRO ❤️❤️❤️❤️❤️
Much love❤💛💚 Rusa& Rutanga Imana y'I Rwanda ihorana namwe
*RUTANGARWAMABOKO
Aha, ndumva icyitwa iterambere kigiye kucumuco
Imanayirwanda ihorane namwe
Ducyeneye ibiganiro byinshi bivuga Umuco wacu wa Africa
Imana y'i Rwanda ihorana nawe, mukomeze mudukurikire aha Kandi mubisangize n'abandi nabo bahonoke Dukomeze TWIGANE Kandi TUMENYE TUBEHO #UbuzimaBushingiyeKuMuco.
i can say that this is the best dual
teach me teach me teachers
Ibuka ko aha twiga mu Kinyarwanda cyacu Mwenimana KUKO UMUCO ARIWO SHINGIRO 🙏🏿
@@mugangarutangarwamaboko4121 Murakoze cyane Muganga mukuru. Nkunda uburyo muhwitura abavuga indimi z'ahandi.
Imana y'iRwanda ihorana namwe mfura zacu!
Ni umukunzi wanyu Mukankuranga muRwanda rwo muBudage. Nunda inyigisho zanyu mutwigisha tugahonoka.Nkurikiye ibyo Dr Rusa avuga Bibi byino iburayi wagirango Bose barahonye! Hari ibibi n'ibyiza. Ubutinganyi buremewe mwitegeko ariko kurongorana na nyoko,na so,nuwo muva indimwe ntategeko ribyemera ndetse uramutse ubikoze wabihanirwa. Rekatwige ibifite akamaro biteza igihugu imbere kuko gutingana ntacyobyungura kuko mutakororoka nk'umugore n'umugabo.
Mukomeze mwigishe mugangahure Afurika izahonoka.Mwishyuke Benimana❤❤❤❤❤
Nkunda inyigisho zanyu
Harababona Isha itamba bagata nirwo bari bambaye
Very good discussion
Gusa ibuka ko aha twiga mu Kinyarwanda cyacu Mwenimana KUKO UMUCO ARIWO SHINGIRO 🙏🏿
Tubeho ubuzima bushingiye ku muco.
n' isi nuko namanyanga nawuzi uko ingana kuko nibinu biri magically
Ndabasuhuje.
Nido ni amata alimo amagi' isukali .
Ntibayimywa ntibayizi
Yego sinzi America ariko navonye i burayi haba za Afrin shops niho usanga za Nido, za Cérelac baha abana muri Africa ziba zitandukanye n'izo baha ababo. Za oarts zimwe zifite agafuniko k'umuhondo ntiwabona mu masoko y'abazungu nymara izo african shops ziba zirimo. Nabonye bafite ibyo bakorera African market rwose.