Sheikh! Asalam alaykum!Kuvuga ngo ibyo Allah yari agamije ni imiziki...ubwo koko kubitangaho ibitekerezo ni critique muvuga? Ese ko hari ibyo yaharamishije twemeze ko ibindi yabyibagiwe? Or hari impamvu?Numvaga ibyo ataharamishije,mwatwigishe uko tubyitwaramo tutarengereye imbago za Allah! Ibindi byo usanga buri wese aharamisha ibyo ashatse uko abishatse!
Barakallah fikum sheikh ❤
Jazakum llah Khairan ya sheikh
Barakallah fiikum wadjazakallah khayira
Mudufashe rwose turebeko abadamu areka umukutano
Barakallahu fikum
Iki kibazo cyumwito kiri serious
Aba sheikh bacu bakomeje kugaragaza ukuri Allah azabahe ijuru
Allahumma Amiin ❤❤❤
Allah duhe kunva no kunvira
Aba sheikhat bacu nabo mujye mubaha umwanya bigishe bagenzi babo wenda nabyo byabafasha
Sheikh! Asalam alaykum!Kuvuga ngo ibyo Allah yari agamije ni imiziki...ubwo koko kubitangaho ibitekerezo ni critique muvuga? Ese ko hari ibyo yaharamishije twemeze ko ibindi yabyibagiwe? Or hari impamvu?Numvaga ibyo ataharamishije,mwatwigishe uko tubyitwaramo tutarengereye imbago za Allah! Ibindi byo usanga buri wese aharamisha ibyo ashatse uko abishatse!
😢😮
Ndumumama ariko sishyigikiye umwito wimiziki ntakiza kirimo rwose uretse ibiboreka
Umuziki.nibyo niharahamu ariko c mubukwe.dutaha.umuziki uba urimo wokobatawubuza
Muvadimwe umuzki aho uva ukangera ni haram ahariho hose yewe nimwe abantu bibeshya no ni qaswi naho itandukaniye nindi miziki yose ni harm muvandumwe
Yego ra?kandi Ayo makwe aba sheikh baba bayarimo bukarinda burangira ese ubundi uzajya utandukanya ubukwe nikiriyo gute ? Ikindi uyu munsi nimyaka tumaze nibwo bamenye ko umuziki ari haramu ?
Imiti ivura irasharira, twagize ibyago byo kudasobanukirwa Allah uwo ariwe. Niyompamvu tubwirwa ngo Allah yaravuze ngo ....natwe tuti .......
Ni nde wawugize haramu
Ubikura he? Umuziki ni iki?