Icyitwa kwaturirana ibyaha byumvikana nabi! Ntabwo ari igikorwa cyo kuzuza inshingano, si n'igikorwa cyo gukora kubera ko twabwirijwe ibyo kwatura tukanyurwa! Kwaturirana ibyaha kwakozwe n'abigishwa ba Yesu ni inkurikizi z'imirimo ya Mwuka Wera muri bo! Ntabwo bo babikoze bashaka kuzuza inshingano, ahubwo babikoze kuko Mwuka Wera yari yamaze gusenya insika zabatandukanyaga! Niba watura, ukwiye kubanza kumenya ko uwo waturira mwamaze kunga ubumwe buva mu mbaraga za Mwuka Wera! Imbaraga zo kwizera imbabazi zibonerwa mu gitambo cya Yesu zari muri bo ku kigero gihagije! Imbaraga zo kwizera imbabazi z'Imana zarizitsikamiye imbaraga ziva mu bindi byose!
Bjr, ni Betty kd ese ko Hari abagabo bakomeza cg bagerageza kubwira cg kuko meza kwitwara nkambere agitereta umugore we mbese yamagambo meza ijisho ryiza nibindi
Ibindi byose wakorerwa nuwo mwashakany wagerageza kuvyihanganira ariko ico Kuba yaraguc, inyuma co uko wagerageza kucirengagiza ntigikunda ko kitgusenya kugez, igihe bikuviriyemwo no kuba wagira Depression
Bjr, ni Betty kd ese ko Hari abagabo bakomeza cg bagerageza kubwira cg kuko meza kwitwara nkambere agitereta umugore we mbese yamagambo meza ijisho ryiza nibindi
Ibindi byose wakorerwa nuwo mwashakany wagerageza kuvyihanganira ariko ico Kuba yaraguc, inyuma co uko wagerageza kucirengagiza ntigikunda ko kitgusenya kugez, igihe bikuviriyemwo no kuba wagira Depression
Reba ibindi bice byose byabanje hano👇
ICE CYA 1: th-cam.com/video/xeYisskD868/w-d-xo.html
IGICE CYA 2 : th-cam.com/video/UwYsrHzAcng/w-d-xo.html
Nkunda ukuntu past yitonz anishura yitonze .Be blessed
Mukundacyane
Yesu abahe umugisha bakozi b'Imana. Kubijyanye nogucana inyuma simpamyako hari inzira cg un moyen vraiment ibaho yatuma ubasha kwakira ko baguciye inyuma,akenshi urabidecouvra wowe ubwawe ubigendereye cg se utanabigendereye. Naho ibijyanye nimbabazi byo kuko ikizere kiba cyabaye brisé. Naho zije ukababarira ntiwibagirwa. Donc tout simplement nibyago nkibindi gusambanirwaho.. Ndabakunda benedata Yesu abahe umugisha.
Up ok I'll 90
Ndagukunda cyane nkurikirana inyigisho zawe kenshi .uri mu ba pasteur bake bavuga ukuri kdi ibintu bifatika bibaho mu muryango komereza aho Imana iguhe umugisha wowe n,umuryango wawe
Pastor urakoze cyane!aho kubaka gereza wakwigisha umuryango!Imana igukomereze imbaraga inyigisho zawe zirubaka
Pasta arakioze cane kubintu yadugejejeho Imana umuhe imwingerelimpano
Wow a man of wisdom.uyu ni solomon kbs.be blessed
Imana iguhe imigisha itagabanyije pastor ufitiye isi akamaro kanini !!!
Pastor urakoze cyane, kuricyo cyaha ibyiza nukwihana ku Mana ahubwo ntubisubiremo, naho kumwaturira sibyo pe
Pastor inyigisho zawe zirubaka cyane
Imana iguhe umugisha izi nyigisho nizo zikenewe muri ibi bihe
Pastor Desire ni uri uwumunaro muri societe nyarwanda. Imana ijye iguha umugisha 🙏
Pasto wobabarira gute umufasha ahora akwagiriza icaha utakoze ?
Wofashwa gute kandi utubqhuka kubivuga ?
Icyitwa kwaturirana ibyaha byumvikana nabi! Ntabwo ari igikorwa cyo kuzuza inshingano, si n'igikorwa cyo gukora kubera ko twabwirijwe ibyo kwatura tukanyurwa! Kwaturirana ibyaha kwakozwe n'abigishwa ba Yesu ni inkurikizi z'imirimo ya Mwuka Wera muri bo! Ntabwo bo babikoze bashaka kuzuza inshingano, ahubwo babikoze kuko Mwuka Wera yari yamaze gusenya insika zabatandukanyaga! Niba watura, ukwiye kubanza kumenya ko uwo waturira mwamaze kunga ubumwe buva mu mbaraga za Mwuka Wera! Imbaraga zo kwizera imbabazi zibonerwa mu gitambo cya Yesu zari muri bo ku kigero gihagije! Imbaraga zo kwizera imbabazi z'Imana zarizitsikamiye imbaraga ziva mu bindi byose!
Past imana iguhe umugisha
Murakoze kukiganiro cyiza Yesu abahe umugisha. Umuntu ashaka umu chancellor yamukura hehe?
Uhabwe umugisha paster. Gumamo rwose.
D na Past mwakoze cyane Imana ibahe imigisha myinshi cyaneee!
Ikiganiro ciza cane ...Abantu dukwiriye agakiza kuzuye weeeee...cane gose pe...amarangamutima y'abantu benshi yarononekaye kubera agahinda n'ibikomere twaciyemwo....Turakeneye gukira nukuri...Umwami Yesu Aturengere.
Njye mbona iyo ubana n'umuntu agahora aguca inyuma icyaba cyiza ni uko mwatandukana kuko n'Imana irabyemera....
Iyo mukomezanyije arakwangiza, ukisanga uhorana amertume, ukijimaaa..
Urakoze muvyeyi lmana lgume lkutuzigamira
Imana ibahe umugisha ku kiganiro kiza 🙏🙏
Gucana inyuma ni bibi cyane biba byiza iyo wiyemeje kwihana urihana mu mutima wawe cg ugashaka umwizerwa ukamwaturira ariko udasenye umuntu .
Ohhh pastor rwose ndamukunda kuko Asana imitima pe
Ibyo uvuga ni ukuri abagabo benshi barikunda bumva bakoreza abagore imitwaro bo batakozaho n'intoki zabo!gusa Imana ihe imigisha abashakanye bubaha isezerano n'igihango.
Thank you so much
Sha uwo bitarabaho agirango gucibwa inyuma nikintu cyoroshye.ndababwiza ukuri nikintu kibabaza ubuzima bwawe bwose
Muhabwe umugisha kubw'ibi biganiro
Past Desire numva nshaka kuzahira nawe haba iwawe,munzira cg kuri channel yanjye yitwa KEBUKA IBURYO TV nubwo Itarazamuka
Bjr, ni Betty kd ese ko Hari abagabo bakomeza cg bagerageza kubwira cg kuko meza kwitwara nkambere agitereta umugore we mbese yamagambo meza ijisho ryiza nibindi
Pastor Merci.
Uzamubaze uti ko Yesu ashobora byose kuki atabakiza
Nukuri umuntu wagusenye aguchinyuma mubanantachizele gageke kurinje ariko sinzi abandi uko babyunva
Murakoze cyaaaaane
uvugukuri💪🏻💪🏻💪🏻💪🏻
Iyo nkumva ndunguka
Murakoze kuri ibi biganiro kuko ni byiza biratwubaka,nabasabaga ko mwazatuganirira no KUGUMIRWA ,muduhurize na Bibiriya. Murakoze
😂😂😂😂😂😂😂 Eugenie umbabarire rwose Ko nsetse pe. gusa birakenewe ibyo usabye
je nshaka numero ya pasteur
Icyo kintu kidakwirwa mumaranga mutima,ko ubukizi wewe wenyine n'lmana,Wihannye ubutazasubira kugiti cyawe gusa n'lmana n'uwo mwabikoranye ariko ntusenye uwo mwarwubakanye.Njye moi mème, niko byumva. Kubivuga ni bibi wakwihana kugiti cyawe keretse bagufashe cg witeje abantu ! Kuko byangiza kdi ntibishira mumutwe ingaruka nizo twakirinda! Wowe ubyumva ute?
Tuvyumva kumwe.
Ibindi byose wakorerwa nuwo mwashakany wagerageza kuvyihanganira ariko ico Kuba yaraguc, inyuma co uko wagerageza kucirengagiza ntigikunda ko kitgusenya kugez, igihe bikuviriyemwo no kuba wagira Depression
Ndumva kubarira ari ijambo ritandukany n,iryo tuzi mbega ni gut wokira igikomere ukabarira vyuzuy ugakora n,urugendo rwo kubarira kdi ivyatumy ukomereka bihora vyisubiriza ico gikomere cohera gute
Ndabashimiye caaaanee
Ndasaba komwandangira iryohuriro ryabubatse rikorewa he?
Ntabwo bikwirwamo pe. Ntibikwirwamo.
Ese birashoboka ko wabarira umuntu utabimubwiye kandi ahari?
Ese ningombwa ko umugabo areka ibyiza yakoreraga umugorewe ngo nuko badakora ibintu bibiri icyarimwe? Cg ahubwo nibwo yakabikomeje?
Ibyo muvuga ndabyumva hari ibyabaho kubera impanuka ariko umufashe 1,2,3,4 gukomezaaaaaa, ubwo koko urakababarira umuntu ukabona ahinduka, ariko uwange we ni virus afite kdi aba mu murimo w'Imana. Niba hari ikintu kibabaza kikongera kikababaza nukumva ngo uwo mubana yaguciye inyuma. Nge sinteze kumugirira ikizere na rimwe, nafashe ko ntunze umusambanyi nta kundi, gusa kubyakira biragoye.
Yooo pole kissing biravuna cyane
Nanjye nuko pee njyewe bimaze kuba akanenyero byaremereye umutima wanjye
uvuze ukuri pasta desire , ntibikwirwa mumarangamutima
Ndanezerejw nuzi nyigish kuko zose zisa nubuhamy bwanj
Mwakoze kucyiganiro cyiza mwadukoreye nonese iyo izongaruka zokurwara zije zirimo kwibagirwa, igifu komuvuzeko umuntu yashaka muganga kubitaro barabivura? Gusa mbashimira ko mudusana imitima.
IKI KIGANIRO NI CYIZA CYANE🙏
Nn kwihana nimpaka wature imbere yabantu iryo nikosa ribi cne
Nkunda ibiganirobyanyu
Duhe number ya pastor hari benshi byanze gukwirwamo pe
Numero ye ni: +250788422984
Ayomaduka acuruza ibyo kwisambanya Government Izayafunge. Barekere aho kuduteza imyaku NARI NZI KO ibyo biba za Bulayi iyo, kuko bataye IMANA. NONE N'IWACU koko,!!! KUMBE, Menye impamvu IMANA Iturakariye nk'Abanyarwanda.
MWA rybyiruko mwe, mujya mu busambanyi, bwuburyo bwose, mubaze ababyeyi banyu amateka Y'U RWANDA, i yabaye 94,. NAHO a babikora ubwo busambanyi,kandi muzi amateka muzabona ishyano ribi. IMANA Uzabacapa, nimutihana muzajya gehinomu
Ibyo uvuga ni ukuri nibihane
Na copin usanzwe umusaba imbabazi ko wamuciye inyuma akifuza kukungonga n,imodoka Ngo upfe nkanswe uwo mwashakanye! Mujye mwicecekera nimugwa mu makosa nkayo
Wakwicecekera ahubwo ukikosora
Ibi turemeranya.kumwaturira ni ukumwica ahubwo no kumukura mumwanya yararimo ashobora no kumara ubuzima bwe bwose ababaye kdi yitwa ngo yarakubabariye
Guhungira ibikomere mubiyobyabwenge, ubusambanyi... Ngubwo ubuzima benshi bishoyemo kd kugaruka nabyo ntibyoroshye
Uratuvuye
Oya paster icashize bwambere ni tissue nicyo cateje akakvuyo
Pasta kohari nutemera kd wamufashe abagabo sibamwe
Niyakamere yabagabo yokwikunda, niyompanvu bafuha kucyigero gikabije.
Pasta ndabashimira kunyigisho muduha gusa naragusavye ikigariro urakinyima
Abafise beshi bamukeneye ugumumwubutsa🤦🤦
Ngewe ndi umuririmbyi , umugabo ni umuririmbyi. Twarahuye nibereye mu rusengero ndushye cyane, arankunda musobanurira ubuzima bwange bwose yemera ko dukora ubukwe. Amafranga araboneka atangira kunca inyuma avugako ndi igikara, kdi yarashakaga inzobe, asambana guhera 2014, kugeza ubu kdi ari mu itorero tunaririmbana rimwe akiheza ubundi akaza. Byagezaho mbiburiramo umwana kubera gusambana kwe ndamushyingura mbese nahuye na byinshi kubera kunsha inyuma. Koko ibibintu nabyibagirwa? Byonyine niyo mubonye numva ntazi uko meze mfite ibikomere byinshi , gusa abagabo sinzi uko nabavuga cyakora si mwese, ariko bamwe muri mwe mwateye abo mwashakanye ibikomere bimeze nk'igisebe cy'umufunzo. Bakozi b'Imana twarumiwe ni mwicecekereeeee.
Komera Muvandimwe...Ikitakwishe kiragukomeza...egera Yesu cane Niwe Wenyene Yagukiza ako gahinda n'ibisebe watewe n'umugabo wawe. Humura nta mvura idahita kandi nta joro ridaca.
Impore mama ,ihangane cyane komera
Ihangane muvandi Yesu niwe wakuruhura ukabohoka kd uzashake umujyanama wizeye agufashe.
Yebabawe impore kurikuza inama za pasteur yatugiriye nahubundi ntibyoroshyepe
Imana ya mahoro,ikomore igikomere ufite,
Ndayinginze ikurwaneho,ndakumva cyne pe
Guca inyuma uwo mwashakanye akabimenya umuteye kurakwizera kugeza Gupfa nibi cne bisenya umubano mwarimufitanye ntibigira aho bikwira numwanda
Reka mbaze 15k is
Pasiteri nikundira
Ni Satani kuko yazanywe no gusenya
Yebababaweee NDUMIWE noneho, urubyirukorwacu ni aho BIGEZE? Ngo mu Rwanda bacuruza ibikoresho byo kwikinisha, mu Rwanda? Mu Rwanda? Birababaje gusa! Sha iyo myaku mwa rubyiruko mwe, ndetse NABA adultes mwashyize muri icyo gihugu IMANA Yirokoreye, buzabagaruka NIMWE mukora ibyo mute a igihugu akaga, ni we mutuma IMANA Irakarira igihugu cyose, IMANA YO MU IJURU mugomera muzabibazwa. Isi mutuyeho ni I Y'IMANA, IMANA NIYO Ibaha umwuka muhumeka, Ikabagaburira, Ikabarinda, ariko none ibyo murimo mwitura IMANA. Ako gasuzuguro musuzugura IMANA, mujye mwibuka ko ubuzima butarangira ku isi, hari umunsi w'urubanza. 😭 Muzavuga iki ubwo mwa basamba YI nabasambanyikazi mwe
Bjr, ni Betty kd ese ko Hari abagabo bakomeza cg bagerageza kubwira cg kuko meza kwitwara nkambere agitereta umugore we mbese yamagambo meza ijisho ryiza nibindi
Ibindi byose wakorerwa nuwo mwashakany wagerageza kuvyihanganira ariko ico Kuba yaraguc, inyuma co uko wagerageza kucirengagiza ntigikunda ko kitgusenya kugez, igihe bikuviriyemwo no kuba wagira Depression
Ntabwo bikwirwamo pe. Ntibikwirwamo.
Muraho neza jyewe byanze gukwirwamo kugezaho ndwara umutwe udakira,, umugabo yanshiye inyuma nabantu barenze 3 kdi mpura nabo munzira !!! Jyewe nibera kwa Muganga kubera umutweee