Courage Mr Yannick, i tried to go through your history background nsanga harimo isomo ryafasha benshi kuva kuzero to Hero for sure , ndi umufana wawe kuva watangira nubwo naba ndi mukazi i have to make sure ko mbakurikira. Komerezaho Imana izakomeza ikugirire neza . Turabakunda
Daddy vugurura puburisite hanyuma wadufasha igikabyo ufite kuri kasha ukigara garagaza ikindi watumaze amatsiko ya Chris na William gerageza ukoremo Akazi kuri kasha ubundi uhe abana bawe shou ababyumva uko musige like hanyuma akore Akazi kose murakoze agasombeee, ababona Kelly yafushye murihe? Ngiye kugira inama Derick niyihangane kubwigitecyerezo yatecyereje ark uko Daddy azajya ashimira bobo one day azivamo
Abodufatanyije gukomeza gushyigikira urukundo rwa Sankara na Jojo aho kuba kasha na Jojo musige Like 👍
wow 👏 ni ukuri URUKUNDO rwa Jojo na Sankara ndarushyigikiye p , ahubwo abantu tubyumva kimwe mumpe like plz 🙏 ndabasabye p
Abakunda ukuntu Sankara avugana like ijwi rye tu ark nanone abumva Sankara atacika intege murukundo siga like
I really like his voice n character In few words I love him❤
Ni bogar 😊
Wooooow chn abantu mushaka ko Yannick ahura na Kasha mumpe like atubabarire bahure😂
Abantu Babangamirwa nuyu mukecuru muri gahunda cg love za Devu mwigarwgaze!!!!! Abyivangaamocyane rwose nizereko bitakibaho
Ngewe sinakunda umuhungu nyina yivangira mubuzima kuri uru rwego
Umubyeyi agomba kugira umwana inama ubundi akamuha ubwisanzure bwo guhitamo ikimunyuze
@@agrisollimited8704nyina abyivangamo cyane knd nawe yabimujanditsemo cyane rwose sibyiza kuko yagusenyera
Mu mateka mbaye uwa 9 .thank you for your supprise 🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉 more blessings to you my heart ❤❤❤
Claudia muzamuhe igihembo cy'umukinyi ukina neza kdi abikinze peee njye ndamukunda cyane
Kbsa arabikora
Baba bihuse akakanya se hhhhh
Abantu mwese dutegereje kongera kubona Kelly na Chris bishimanye musige Like 👍👍👍
yes yes killaman uradufise natwe turagufise. mumpe aka like mwana.
😢nanone nsanze nduwa 20 😢 mwakwihanganye basi nanjye nkibera uwamber koko😮
Kelly Chris yaba yaramuteye Inda cg ninjye uri kureba nabi ababibona kanjye like
Baheruk guhura ryarix kuburyo yayimutera🤭
@TheogeneAmadeus-30irimo cyane umunsi Chris abwirakely ngo natera Inda ngo azubwenge
Abantu mwese dufatanyije kwirirwana irungu none rikaba rishize musige Like 👍👍👍
Ntarungu twaritwagiye gutora
Courage Mr Yannick, i tried to go through your history background nsanga harimo isomo ryafasha benshi kuva kuzero to Hero for sure , ndi umufana wawe kuva watangira nubwo naba ndi mukazi i have to make sure ko mbakurikira. Komerezaho Imana izakomeza ikugirire neza . Turabakunda
Arko my heart isigaye iboneka bigoranye killaman ujye utugaburira kugihe please ❤❤❤
Ark abayabiseguyeho pe ntako aba atagize
@@ntwalidevotha2208 ok
After yogutora umusaza killa uhise unkura mwirungu hano buja nabanyarwanda muri rusangi duhuriye kuri my Heart thx killa
Sinzi impamvu ndimo kwanga abantu batwaye umu shinga wa derrick 😭😭😭😭
Mutubabarire rwose Yanick amenye neza ko umushinga ari uwa Derike kuko aho mwaba mushyigikiye ubujura nubugàmbanyi muri Company kuko iyi filime irimo impanuro nyinshi rero bitagaragaye ko Bobo yiyitiriye umushinga wundi byatubabaza cyane
Rata Nyambo murumva atari mukuri?? Economy imbere cyane sibyose buriyaraaa??
Mbega ngo ndakumbura my heart wee umva Jojo na Sankara rwose Chris na Kelly nabo murukundo pls❤niba namwe ari uko nkandira ku ifoto ❤
Daddy ico ngusaba ni kimwe gusa nuko Bella atosubira kubangamira urukundo rwa devu na benitha nukuri please kuko iyo mbonye benitha na devu babangamiwe nirirwa nabi cane pe Kandi my heart natangiranye nayo ariko ino couple ndayifana vyahatari love from Burundi 🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Ahubwo byashimisha yikundaniye na bella
Daddy vugurura puburisite hanyuma wadufasha igikabyo ufite kuri kasha ukigara garagaza ikindi watumaze amatsiko ya Chris na William gerageza ukoremo Akazi kuri kasha ubundi uhe abana bawe shou ababyumva uko musige like hanyuma akore Akazi kose murakoze agasombeee, ababona Kelly yafushye murihe? Ngiye kugira inama Derick niyihangane kubwigitecyerezo yatecyereje ark uko Daddy azajya ashimira bobo one day azivamo
Muri iyi minsi turi kurya bigoranye peee wari ukwiye kuturebera uko watwongera daddy ❤ tugahaga
Namber one munpe like kundacya be killamana
Sinzi impamvu 😢Yves nsigaye mwanga
Uzanyuma Yajye Amen Like Numvuburyohe Bwazo
Abafite amatsiko yo kubona mama devu abonana na bella, mundemere twa tuntu ❤❤❤❤
😂Yahiye ngo Bella atwite inda ya Devu niba yarayisamye ryari simbiziii ndabona ashaka umwuzukuru nkuwa mutaye
Deric bakuruhije umugi Koko , ubwo uwubahereyiki ,iyo uwudepoza Anick yarazakugororera ababyumva gutyo mumpe twatuntu❤❤❤❤
Ibihari byo Claudia ni mwiza, ❤ , Mr Killaman uzampe number ziwe,
Then congratulations cyane kuri Films nziza Turagukunda
😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮utu dukozi two muri hebuza kuva twagambNira derrick sinkitureba
Hhhhhh, nange mbanabanze pe!
Mee too 🤣🤣
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Waooo😂 I'm happy yariyatinze cyane rwose 💯💯 number one mumpe like ♥️✌️
Abishimirako jojo yakundanda na Sankara name like
Ese namwe murabona ko Daddy atangiye kumera nkabandi kdi yari yaramaze kutwigarurira imitima yacu none atangiye kwirara
😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮ariko mwagiye mwunva ntiyabiseguyeho
Abasetswa na nsabi nimugihere like
Jojo kuvugisha
ukuri nicyocyambere! ndagukunze! ❣️❣️ntumpeze nkizi
ninja zibeshya abahungu hanzaha
Abari bayitegerej nkang mumpe like
Abategereje kureba ibya Devu nabenitha nkanjye ukobizarangira mumpe like ❤❤❤❤
Kasha nabene wanyu Jojo 😊rekana nashaka hanyuma wowe na Sankara ❣️❣️❣️❣️ turabashyigikiye👍👍👍
Ngaho muze turyoherwe bene data ❤
Abantu.mwari.mwihebye.nkanjye.mumpe.rike😂😂😂😂😂
sinzi nimba DADDY yifuza ko my heart izarangira iwabo narakennye 🤷 , ariko ni ukuri nifuzaga ko Suzi yabwiza ukuri umuryango we bakamufasha kuvamo ideni , ariko ikindi areke nokumva inama za Papa Natasha , ahubwo nabona ziriya million 40 azahite azishyurira rimwe ahubwo ahagarikishe inyungu p , kuko birakabije
I'm in Love with Kelly,❤.
Noneho yaba arikumwe na Chriss bikaba agaheza😂😂❤❤. My Heart imbere cyane
Nifuza ko Bobo bamuvumbura Nana se arashaka gusaba imbabazi? My ❤irimo inyigisho nyinshi
Mubuzima tugira ishuri zibigome zimeze inkezo zikerera ubuzima bwacu zishaka kutubona twahenanutse nka RWEMA Mana nyuza kure ishuti nkizi kurinjye
Nimutwongere dady ntiduhaze.bwira shemsa aduhe kubyo yari aturarije .ibyejo.lmana izabiduha
Ngewe Ntakuntu nshaka nkurukundo rwa nsabi na Claudia
Twaritwabakumbuye p ndabakunda cyaneeeeee kuraje narimbakumbuye ndabakunda cyaneeeeee ❤❤❤❤❤❤❤
Daddy urakoze kuyiduha pe ❤️ Jojo nawe atanjyiye kugorana❤
Wawouuuu Kelly arafushye killa komereza aho kelly akomeze ababare yumve ukuntu yababaje chriss ahubwo chriss amubeshye ko akunda claudia ubundi urebe ngo kelly arasara
Byosebyacu turakwemera urumu Dady mwiza❤❤❤❤
Imikino yaba Devu na Benita na Bella rwose biraturambiye ubu wasanga Devu yaramuteye inda bikaba bigiye kugorana nanone
Nifuza kubona Devu abanye na bella bitewe nuko Benita atazi icyo ashaka
Thank you daddy urakoze gusohora isezerano waduhaye ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Daddy asigaye atwicisha inzarape 😢
Nyambo na Jojo nibo bakobwa bari perfect mwaha na clodia haba mumyambarire nuburyo bitwara abandi simbabonamo abamama bejo
Ase nkubu ko mwese mbatanz mukoz kwifot yang mwab ik🥂🔥🔥🔥🔥mugakurah akantu kumweru Kari mn plz
Kuki udashyiraho ifoto yawe ngwariyodukoraho ugashyiraho iyimbwa urakapuuu
😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮Rwema ndakwanga. Uri nshuti mbi noneho wakubitiraho ubikene wagize warasaze
Kill we love somach🎉 and we are yt best funs from kayonza noneho devi na benitha and Bella bo ndabemera cyane degu hejuru
Unsi bigenze gute ngombe nisanze mwijana bambere😂😂😂😂
Komubanguts😂😂😂 ah narinz ngonduwambere😂😂❤❤❤
Reka sige nkoze like jyegucomeka fone yanjye ndagaruka mukanya gato❤
Nyambo nukuri urankosoye p komeza uce akenge kuko harimo nabasenyerwa nabaramukazi babo
Amaso yariyaheze mukirere gs abantu bishimye nkanjye mumpe like
Abantu bakumbuye Marker Ari murukundo na pelly mumpe like
Esubu koko nzashyira najye mbe number1 weee😂😂
Uyu mugabo utari Adolphe ni mubi pe ashaka gusubiza suzi ku isuka urumva ukuntu amubwira ngo ntiyishyure bayashore n'UMUGOME PE
Killaman ababakinnyi bawe babakobwa basigaye barikwambara ubusa kd ntitubikunda kbsa nibambare nuko batangiye bambara murakoze papa
Yeg rwose umvugiye ibintu pe❤❤❤❤ bahindure cg tuzivumbure 😂😂😂😂😂😂
😂😂😂
😂😂 uziko muri cuyi
Niwo we wambaye ubusa mumutwe hararangaye
Nyambo muri my ndamwanga😏
Incwiiiiiii nsabi❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Mukomere barimubeza nacyonabona mbagereranya muringenzi kuringe
ka yve nsigaye nkanga kuberukuntu kagambana gusa yannick nawe usigaye wirara kbsa ukaduha my heart utinze
Hello mwarimuraho ariko ababonako Suzi yavugishukuri hakarebwa icyakorwa mundemere nibwo nsigaye ncyererwa
Nana uge ugerageza kwambaraneza iyomyambarire yawe ntago ari saw cyane wambara ubusa ugakabya
Wow at this time mpagereye igihe I love you guys from 🇺🇸❤
Ohereza utu dollar c
Waduha bonus ukaduha akandi gace ❤
bs ahubwo jojo akwiye kwacyira sankar bagatangira urugendo rwagukunda pe❤❤
Abantu twari dukumbuye my heart murihe
Pap Natasha Uri nshuti mbi pe Claudia nkunda ibiganiro byawe
Nsabi nanyambo rwose muranshimishije 😂😂😂❤❤❤
Abantu bakabura gutanga ibitekerezo ngo tubahe like mwagiye mwiyubaha izo like turazirambiwe
@@kezacadette5873 wagiye x ureka kuzibaha🫣
Ndagushigikiye rata. Bajye batanga ibitekerezo bareke gusabiriza Like
Nanjye mbizira kubi
Mbaye number one mumpe like❤
Love you so much clodia❤❤❤
Yebabawe murakoze gs mwatinze mwarimukwiyekutwongerankakandi
Uvuze ijambo pe ❤
Nyambo disi nanjye ndumva Ayo mafaranga atashira pe
Ndabikunze cyane kuba amusubije kuriya pe harimo abantu ha spending money bagakabya
Brother killaman urimukazikose kbs.
Ariko nanone kiriya kigo kirangabura kd nibyiza
Ariko mukivugaho cyane kuburyo izindi msgs mutakizitambutsape
Number one 🎉🎉
Nka nana weee yagakwiye kujya gukora mukabari kbx😊
Nubundi niho akora
First one
Arikose Nina waretse koshya mambo Koko ababonako bitagakwiye nampe like ❤
ASE buriya ntakunu abantu baba baraririye daddy yajya ajyira raa nigitekerezo😊😂😂
Cyakora korodia yivugira neza🤗🤗l love you too
Nanjye ndi mubambere mumpe like
Number one mpa like
Daddy we love you more ❤❤❤❤
Ariko mana nyambo nakasamitwe kbx urabona ibintu akoreye nsabi 😃😃
Nana ese waba ubonye akanya keza ko guprofita Yannick ukamusaba imbabazi kabyaze umusaruro gusa my heart ndayikunda cyane my brother Yannick
Nimume akazi kokwigisha hear dressing nitwa Jeanine ndi mubirambo
Nonese kowamwanze amakuru ye uyashakira iki Kelly we❤
Twahasesekaye rwose ❤❤❤❤
Number one
Nyamara nyambo arikuvuga ukuri ubuzima bwose ugomba kubwimenyereza
Mwari muraho ariko nkunda my heart ❤❤❤❤
Naje mubambere nuko comment ije nyuma 🎉🎉😂