Gabby I just love you. I love your humility from the day I met you and I know that you don't even remember ariko nakunze ukuntu ucyiye bugufi kandi uri a star. Keep it up girl kandi pe urugo rwawe nanjye ndarusengera.
Ariko se ko mumubaza buri igihe icyo kibazo none se ko azashakwa, ntabgo ariwe azashaka sa ubgo arategereje. Kandi uyu mwari Imana izamutangaza kuko yitwaye neza. Buri muntu afite samedi ye we lov u
@@Consolee-wz1ursuko se no kuba ariho atarwaye ni umugisha! No kuba aririmba numugisha cyane hari byinshi cyane Imana itanga ntago ari umugabo cy urubyaro no kuba turiho dukumeka numugisha❤
NDAKOMEYE: th-cam.com/video/AgZEXnyLkEY/w-d-xo.htmlsi=I2LDE1FF6QZn22yK
Niba nawe ukunda uyumwari nkandira kwifoto undemere mbaahe gukura❤
Gaby kamanzi , uri mwiza kwisura ariko mba mbona ubwiza bw’Umutima bwo ari bwinshi cyane kurushaho
Ndagukunda uri umugisha , kubaha UWITEKA mba mbona ari umwambaro wambaye ,
Nkunda ko utanjya wiyanduza nkabandi bamwe tubona
Ukomeze ukunde YESU nawe agufitiye byinshi mukiganza cye❤️❤️
God bless Gaby
Kuberiki amagambo atangira ikiganiro anejeje koko . Ntampamvu yokwirukira ibyo urebesheje amaso ngo nuko watinze . Love Sister ❤️💞💕💗
Imana izagusetse kdi ntakabuza izabikora iyo weekend imbuga zizahungabanwa nibirori byawe in jesus name! kuko urimubantu bafite ubuhamya bwiza butagirwaho impaka
Amen amen
Nukuri p
❤NUKURI
Nukuri ❤
Aba Restauration church tumenyane😀 we love you sister Gaby🥰 umusore uzagutwara is blessed to have you ndumuhamya
GABY Umukobwa mwiza cyane, Imana iguhe umusore mwiza unyuze umutima wawe, uberewe no kurongorwa no kubaka urugo ruhire 👍👍
Icuiii nkunda gaby kamanzi nukuri munkandire kwifoto aboduhuje gukunda uyumwana w'Imana❤❤❤❤❤❤❤
Imana izaguhe urugo rw'umugisha bambi.ndagukunda kibondo
Gaby ndamukunda , umukobwa uzigucabugufi. Ndamwibuka Restauration church kimisagara. Hahiriwe umusore uzabana nawe , arimo ubutunzi bukomeye Imana yamushizemo.
Mwiza wacu ndamukunda pe ❤ndavuga Gaby
o
@@afisahumwari9154t
Imana yaremye abagabo izaguhe umugabo wakirite Yesu nk'umwami we,kugira ngo azakunezeze kuko warihanganye urategereza pe!
Yesu uririmba azaguhe ibyiza.
Gaby ndamukunda aciye bugufi pe!umva hahirwa umugabo uzagushaka😘
Ndagukunda cyane Gaby❤kuva ndumwana kandi nubu ntawuzagisimbura ndacyagukunda ijwi ryawe ririmo umubavu uduhumurira neza ririmo guca bugufi,kumvira umwuka w'Imana mubyukuri ndagukuuundaaa❤❤❤UWITEKA dusenga akumpere ibyo usengera burimunsi kandi bisohore vuba maze abagukunda Twishime
Imana imuhe icyo umutima ushaka in this year's ur blessed
Gaby uri mwiza,ufite ijwi ryiza ❤be blessed
Gaby nibakureke , wowe n Imana yawe nimwe muzi ibyubukwe bwanyu. Abantu bakwishyuza umugabo ukagirango hari isoko winjiramo ukamugurayo ishi weee. Nukuri mm à 40 ans, azaza uwo wishimiye kandi ugukwiye. Baguhe amahoro.
Uburyo urimwiza, urumu kristo mbega njye mbambona byose ubyujuje, abasore bacu ntago bareba rwose.
Gaby uri mwiza bambee😍and I really admired your personality 🙏🥰
Nukuri gaby ndagukunda cyane nkunda ukuntu wicishya bugufi cyane mbese ❤❤❤❤sinzi pe
Imana ni nziza imenya ibidukwiye n'abadukwiyeeeeee ishimweeeeeeeeee
Umu big Jo twin's ndahabaye❤
Gabby I just love you. I love your humility from the day I met you and I know that you don't even remember ariko nakunze ukuntu ucyiye bugufi kandi uri a star. Keep it up girl kandi pe urugo rwawe nanjye ndarusengera.
Serious people don't marry just for granted, I like you sis❤
Keep it up my Gaby, every thing will be fine. ❤
Iyi ndirimbo ya Gaby amahoro iramfansha cyaneee niga kuyumva numvaga ndemerewe narayumvaga nkumva ndakomeye nubu uyisubiyemo numva emotion.
Je l'aime beaucoup!Elle est splendide
Gaby Kamanzi wangu
Amahoro nibyimoh,n'umunezero bihora birikumutima wanjye 😊
Ariko se ko mumubaza buri igihe icyo kibazo none se ko azashakwa, ntabgo ariwe azashaka sa ubgo arategereje. Kandi uyu mwari Imana izamutangaza kuko yitwaye neza. Buri muntu afite samedi ye we lov u
Gaby, Imana iguhe umugisha pee, ndi Sister wawe muri Famille,tuzamenyane byaba byza, ndagukunda cyaneee🙏🙏🙏😍
Amen 🙏
Uwiteka yagutatse ubwiza n'igikundiro ❤️❤️❤️komera araje abigenze neza 🎉
Mbega Gabby Turagukunda cyane.arko nugushaka umuntu ukwigisha Gukora maquiage.kumaso wakabije😊
Buriya nibyo akunda ❤❤❤
P
Sabin umwanzi ukwanga arakababara gusaaaaa
Gabby humura Imana yacu irakora ukumirwa Reka nguhe ijambo mperutse kumvana umukozi w’Imana umwe Uziko burya mwijuru baba bazi umugambi mwiza bagufiteho baba batazi ibi byimyaka .Yesu azaza kdi ntazaceceka humura
Harya gukomeza kumubaza ibyumugabo bibamarira iki? Umufitiye impuhwe ntabwo yamubaza ibintu nkibyo, ahubwo nukumusabira Imana ikazamunezeza ariko mukarekera kumubaza ibyo bibazo kuko nubwo aseka bimutera kwitekereza cyane kandi rwose sibyo.
Nukuri ndabinginze nange p bakundrwa mumwami rwose kuruhande rwage umugabo ntabwo arigisobanuro cyumunezerop kuko nibenshi basaziye mumubabaro kndi bubatse so Ibyishimo amahoro biva kumana gusa
Kndi ndakwumva rwose bagabanye kumubaza ibyigihe azashakira Umugabo.kuko umugabo ntiwamugura mwisoko. Cg ngo uguze bank fr ugekigura umugabo so mumuhe amahoro ndabinginze
Disi baramuhahamuye kuko bahora bakimubaza
None munsobanurire ndikwibariza numukobwa canke yarigeze gushakwa?
Ntimuntuke ndikubaza bisanzwe
Urebye nabi gushaka byakubera agahinda uzarebe a upfana kubwibyo rero sinzi impamvu abantu bunva ko umugisha ari umugabo! Umugisha ni ukubaho ufite ubuzima buzima kandi uhora wishimye! Kuko no kuririmba numugisha
Gaby turagukunda wakoreye Imana izakugirira neza humura❤❤❤❤❤❤
Ndagukunda Gaby
Uhabwe umugisha❤
Hari igihe comment zindiza, iyo mbonye abavugira kubandi boshye haricyo bo batanze. Mujye muvuga make kuko ahazamuka haranamanuka. Ahubwo dushime Imana kuko niyo itugenera.
Amen, amen, bless you daughter of Zion
Gabby numukristo. Haba twabibonaga turibenshi tumushigikire she needs ours supports
Njye nagize ngo uko muri 4 muri abadamu!! Imana ibatabare, nimba nwifitemo umuhamagaro wo gushaka
Gaby nukuri ‘ ntacyo utagezeho mubuzima pee’ aliko my Dear urushako nurubyaro nibyambere, Njye Akenshi nshushanya abana bawe uko baba basa, Imana izakugirire neza….
Umuntu wagusize ibyobintu yaguhemukiye cyane
God bless Gaby’s kind heart, courage
Gaby Imana igihe umugisha mubayo ukora byose ikuzuze amahoro ni ibyoshimo wowe uzi neza ibyo wifuza mu mutima wawe ibiguhere mu buntu bwayo Uri umukobwa mwiza ishimwe Ku Mana ye.Ndagukunda uko komeza abandi nawe Nyagasani akumpere ibyiza byose.bizuuyu
Gabby turagukunda usubizamo benshi imbaraga uganira neza ❤
Gaby God bless you kand ndakunda indirimbo zawe❤
Ibitabo by'Imana biravugango gushaka nibyiza ariko bikaba byiza kurushaho iyo utabikoze mugihe ushoboye kubana neza n'Imana yawe no kwifata ntimukamutere pressure urushako n'urubyaro bitangwa n'Imana sibyiza kubaza umuntu ibyo bibazo nubwo aro culture yiwacu kubaza ibibazo nkibyo bitari byiza kuri private life y'umuntu.Wenda mama we ntiyahiriwe nurushako bimutera kubitinya cg bagenzi be urugero aline mugenzi we abo bose n'abantu afatiraho amasomo bikamutera kwitonda nogutuza agasaba kuyoborwa n'Imana.Uyu mukobwa aritonda sindahurira nawe mukabare nijoro ariko aline we ni slay mama yihisha mu mana naho uwo mwihorere Imana izamuha umugabo mwiza ntawukorera Imana uzakorwa n'Isoni ahubwo nigihe cye cy'Imana kitaragera.
Ariko mwararindagiye urushako rutangwa nimana hehe?ko utereta umukobwa ukamurongora?abadesenga se ?barambagirizwa nande ariko mwavuye mubucakara bwamadini?
@@umukiranutsieric9351 Warindagiye ari wowe niba utizera Imana ugirango abantu bose bemera bayari nkawe.Nosense.
@@umukiranutsieric9351Hoya urushako rwiza rutangwa nImana kandi buriya abase senga bafite ibindi bizereremo
Bizanezeza nashaka pee narabisengeye iminsi3❤igihe ni iki!
Gabby thank you for good interview
We love you Gaby . Keep the good work ❤
Burya nubwo mubona umenga biratinzeko ashaka burya Imana iriko imukoramwo umurimo,rero igihe cImana kizoshika,kandi kubimubaza sibyiza bandugu nuko nyene arumuntu yamenye Imana neza ataco bitwaye
umukobga wakoreye Imana. Nkawe wagendanye. nimana akaba intwari nkawe. Aho izindi za naniwe. Imana. Iriho irategura umuntu muziwa wayikoreye Kandi uyitinya
Ufite ijwi ryiza Gaby mwiza nda❤❤❤
😅😅
Love u Gabi love from 🇧🇮
Sha ndagukunda pe kndi Ubukwe bwawe ni ukuli buzashimisha
Gaby chr Kristo naguhe urugo rwose kdi ishyireho itariki
Gaby Ari humble sana❤
Uri mwiza, ufite Imana ❤
Ndagukunda cyane mukobwa mwiza!❤
Ndakwinginze rata wowe twi kundira ibiganiro byaha najye ndemera unkandire kw foto kandi lmana ibamere umugisha mwase dukomeze dushyigikirane murakoze 🤲🏾😰❤️🫂🙏🏾
Nukuri Uwiteka Ari mubyawe
Tuzabutaha iyo wiyubashye nImana irakubahisha
Gaby nifuzako wazanfasha kunyigishiriza umukobwa wanje kuririmba please 🙏 love you my sister ❤❤❤
Sabin nawe rwose.uti make up niwoe wayikoreyr?arabona bitandukanye nigihe mwazaga nka the sisters ❤
Amen Kamazi urampembuye cyaneeèe❤
Uri mwiza chenge lmana iragukunda aho lmana yagukuye harakomeye komeza ukorere lmana neza izaguhemba usuhuze Arine Gahongayire
She is beautiful girl 👧 kamanzi ashatse peeee nanjya gushima imana murusengero
Nukuri pe Imana igukomereze iseserano
Ariko Gaby@umuntu wize ufite ubujiji bungana gutya Koko? Ubwo se ko uri gukecura uzarera abana ryari?
Uziko amadini nabahanuzi babarindagije mukemera?ngo imana izamuzana?wowe se uruhare rwawe ni uruhe?imana se niyo izakurongorera rwose ufite ubuyobe bukomeye
Ntakizabuza rwose kuzamubona kd uwomunsi twese turawutegereje❤❤❤❤❤❤❤❤
Ndakubwiza ukuri gabby ndagukunda nukuri urumwana mwiza ❤
Gaby numuhanga cyanee,ndamukunda ❤nkunda nindirimboze cyane cyane amahoro.
Gaby ndagukunda mumaraso mumutima nezezwa no kukumva uranyuzepe imana ikurinde mukobwa mwiza nkunda
Uyumukobwa tumukunda,turibeshi nimfura cyane uwiteka yizeye azamusubize
Erega ntabwo Imana isubiriza mukubonuwo mwakubakana gusa haribyishi iba yakoze arko byahishwe amaso yabantu.ijambo ry'Imana niryiza kuko ngo ibasha gukora ibiruta cyaneeeee ibyo twibwira
@@Consolee-wz1ursuko se no kuba ariho atarwaye ni umugisha! No kuba aririmba numugisha cyane hari byinshi cyane Imana itanga ntago ari umugabo cy urubyaro no kuba turiho dukumeka numugisha❤
Gaby,ndakundacyane,indimbozaweziranyubaka.
Gabi wanjye komeza utere imbere muri Yesu muri byose
Tubifirije imigisha yose Uwiteka atanga yose turabakunda❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Gabi uri mwiza cane imana zaguhe umugabo muzakorana umurimo ndetse kandi ikwagure cane
Uzashireho nimero za momo ayo umuntu afite ayatange yaba aribitanu nafranga imana ibikore
Love you Gaby imana izabikora pe
Yoooo rwoseee imana izabikoraaa
Gabby rwose ❤❤❤❤God make away
Ndamukunda cane Gaby Kamanzi❤️❤️❤️
Gaby ❤❤❤❤❤🙏🏾🙏🏾🙏🏾
Nukuri nkunda Gabby Mana nukuri uzabimukorere umuhuze na Adam we tuzagushima
Uririmba neza ariko utwotuntu wisiga kumaso dutuma usa nabi rwose.kdi Nubusanzwe urimwiza😊
Loveyou Ganbi imana Ibibemo
Imana igira amabanga yayo
Imana ishmwe
Love you sisi❤❤❤❤❤
Gaby mwifurije Amahoro nkayo yaturirimbiye
Gaby ndagukunda , Imana iguhe umugisha
Gaby arakijijwe kdi ntimukamurebere mumubiri cyane’ amagambo ye ‘ guca bugufi kwe’ imyambarire ye byose birimo ubumana…uyu mukobwa ntasanzwe….
Gaby agira umutima mwiza🥰🌹
Mukobwa wa Yesu niwiturize , igihe cawe nigishika ntawuzakizibira ntukihute koyavugany nawe izabisohoza ntibesha namba
You love you sisi
She's beautiful ❤️
Ameeeeen kibwa title gusa
Uri mwiza cyane Gaby
Love you so much ❤️🌹🌹🌹
God bless you Gabby I love you
mwagabanije kweri kujya mumubaza icyo kibazo mu rwego rwo kumufasha kurwana urwo rugamba neza. Gaby ujye ubibutsa ko ari ubuzima bwawe bwite ubasabe mukomeze ikiganiro
Uyu Mukobwa nta kuntu mwamuhuza na Mbonyi di! Aba bantu babanye byaba sawa!
Ndagukunda Gaby kamanzi nitwa Niyo Patrick Nganzo ndi umuramyi