ขนาดวิดีโอ: 1280 X 720853 X 480640 X 360
แสดงแผงควบคุมโปรแกรมเล่น
เล่นอัตโนมัติ
เล่นใหม่
My role model paster,nkunda ukuri ugira,Imana ikomeze igushyigikire ikurinde umwanzi satani.
thank you Pastor for the message. May God bless you
Mushumba ndagukunda cyane!!ariko ndanagukumbuye
Mushumba wacu Imana ijye igushyigikira rwose kuko abameze nkawe nibo bakenewe
Yewe muntu uvuzenabi umukozi wimana imana ukwiture ibyo uvuze ntasoni koko imana igushyigikire cyane
Amen❤❤❤❤❤❤❤❤Imana iguhe UMUGISHA MUSHUMBA🎉🎉🎉🎉🎉🎉
Imana yamahoro igumye kurinda pastor Micheli.
Thxs pastor,we have to be child of God.
ndagukunda mukozi wimana ❤
Thank you, Past !
Imana iguhe imigisha mushumba wacu
Nzishima umunsi nahuye nawe Mushumba nzabahoberaaaa .Yesu abahe umugisha
Ndafashijwe
Imana idufashe tukwigiraho byinshi nibura tujye tugira ibyodusigara kuko iyo nfikugurikira nkoze amateraniro
Mushumba ndagukunda nkunda n'inyigisho zawe zirankomeza muri uru rugendo
Amen
Murakoze cyane Pastor,iyi nyigisho Iranyubatse
Imana yaragutoranije
Nawe Imana izaguhembe iryo kamba ry,abashumba
Murakoze
Be blessed pastor
Ese abo ubwira barakunva birangoye kwigisha abantu bomuminsi yimperuka
Kandi bibiliya yaravuze abantu bomuminsi yimperuka bazaba bafite Amatwi ariko batunva mubyukuri ntabintu bishyashya tutunvise
Ayomagambo yokwihana hashize imyaka amagana namagana babwirwa ayomagambo komeza ubabwire nyiramahirwe azakuramo azamufasha murikigihe kibi tugezmo
Abantu twese twakurikiye ububutumwa dusabe lmana idusobanurire kunvanza icyumwuka wera adushakaho
Amen 🙌🙌🙌
Urakozecyane mushumba ufite ukuri mwijambo rylmana
Nkunda uyu mu pastor kandi simuzi. Wansengeye nkajya nsoma bible nkanuzura n,umwuka wera! Ujye ubikora utitaye kumenya. Ninsubizwa nzakubwira nzakubona
Niwowe ubwawe usenga ugasaba mwuka wera kdi arabigukorera. Upfa kuba warihannye by,ukuri. Ubundi ugerageze usome bible uwawe mwuka wera umusabe ayigusobanurire. Nuko natangiye nshoguka nawuzuye ntarinziko bishoboka. Ubusabane n, Imana ubwacu biraryoha .😊
@@MukabarangaDaphroseUrakoze cyane ndize nanjye
Ariko ubwo wowe koko ninde wowe wageza mwijuru? urasakuza nkingunguru irimo ubusa warangiza ngo urajyana baantu mwijuru???
Uvuze ukuri cyane ,uyu nta mbuto nanke yera zajya abantu mu ijuru.Ariko Ku karimi ko ntimwagereka,wagira uti dore umukiranutsi ! Byahe birakajya ni ukwiyoberanya gusa !
My role model paster,nkunda ukuri ugira,Imana ikomeze igushyigikire ikurinde umwanzi satani.
thank you Pastor for the message. May God bless you
Mushumba ndagukunda cyane!!ariko ndanagukumbuye
Mushumba wacu Imana ijye igushyigikira rwose kuko abameze nkawe nibo bakenewe
Yewe muntu uvuzenabi umukozi wimana imana ukwiture ibyo uvuze ntasoni koko imana igushyigikire cyane
Amen❤❤❤❤❤❤❤❤
Imana iguhe UMUGISHA MUSHUMBA🎉🎉🎉🎉🎉🎉
Imana yamahoro igumye kurinda pastor Micheli.
Thxs pastor,we have to be child of God.
ndagukunda mukozi wimana ❤
Thank you, Past !
Imana iguhe imigisha mushumba wacu
Nzishima umunsi nahuye nawe Mushumba nzabahoberaaaa .Yesu abahe umugisha
Ndafashijwe
Imana idufashe tukwigiraho byinshi nibura tujye tugira ibyodusigara kuko iyo nfikugurikira nkoze amateraniro
Mushumba ndagukunda nkunda n'inyigisho zawe zirankomeza muri uru rugendo
Amen
Murakoze cyane Pastor,iyi nyigisho Iranyubatse
Imana yaragutoranije
Nawe Imana izaguhembe iryo kamba ry,abashumba
Murakoze
Be blessed pastor
Ese abo ubwira barakunva birangoye kwigisha abantu bomuminsi yimperuka
Kandi bibiliya yaravuze abantu bomuminsi yimperuka bazaba bafite Amatwi ariko batunva mubyukuri ntabintu bishyashya tutunvise
Ayomagambo yokwihana hashize imyaka amagana namagana babwirwa ayomagambo komeza ubabwire nyiramahirwe azakuramo azamufasha murikigihe kibi tugezmo
Abantu twese twakurikiye ububutumwa dusabe lmana idusobanurire kunvanza icyumwuka wera adushakaho
Amen
Amen 🙌🙌🙌
Urakozecyane mushumba ufite ukuri mwijambo rylmana
Nkunda uyu mu pastor kandi simuzi. Wansengeye nkajya nsoma bible nkanuzura n,umwuka wera! Ujye ubikora utitaye kumenya. Ninsubizwa nzakubwira nzakubona
Niwowe ubwawe usenga ugasaba mwuka wera kdi arabigukorera. Upfa kuba warihannye by,ukuri.
Ubundi ugerageze usome bible uwawe mwuka wera umusabe ayigusobanurire. Nuko natangiye nshoguka nawuzuye ntarinziko bishoboka. Ubusabane n, Imana ubwacu biraryoha .😊
@@MukabarangaDaphrose
Urakoze cyane ndize nanjye
Ariko ubwo wowe koko ninde wowe wageza mwijuru? urasakuza nkingunguru irimo ubusa warangiza ngo urajyana baantu mwijuru???
Uvuze ukuri cyane ,uyu nta mbuto nanke yera zajya abantu mu ijuru.Ariko Ku karimi ko ntimwagereka,wagira uti dore umukiranutsi ! Byahe birakajya ni ukwiyoberanya gusa !
Mushumba wacu Imana ijye igushyigikira rwose kuko abameze nkawe nibo bakenewe
Amen
Amen
Amen