UBUHAMYA : Navuye mub' Ababikira kubera, Ubutinganyi no Kwikinisha biberayo II byose abishyize hanze
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 31 ต.ค. 2020
- #YaweTv#
komeza ubane natwe mumakuru mashya kandi agezweho ntiwibagirwe gukanda SUBSCRIBE
wifuza kuduha igitekerezo watwandikira kuri e-mail ikurikira '' yawetv1234@gmail.com
Ukuntu uyu mupasiterikazi akunda inkuru z'ibitsina ubanza ahubwo ariwe wadukanye izo ngeso mbi muri abo babikira akaba ari byo yirukaniwe. Nguwo arasengera ibitsina b'yabagore n'iby'abagabo, n'ibindi. Niba ari n'abayoboke ushaka si uko bashakwa. cyo tubwire n'ibibi biba mu barokore rero nako biceceke ntabyo dukeneye, ubisengere niba usega ufite Imana ku mutima koko nanjye ndagufasha.
Mubyeyi Imana iguhe kunyurwa ni kwitagatifuriza mu muhamagaro wahisemo ari ko ureke gusebya ababikira ubwo wari warayobye umuhamagaro. igisha inkuru nziza mu itorero ryanyu mureke guta umwanya mu isebanya ,no one who is perfect
Vuga KO wananiwe kwifata ukabona urara wikinisha warangiza ukerura urasohoka kuko wabonaga utabaho ntamugabo ureke gusebanya niba koko Uzi Imana ntiwajya guca imanza cyangwa usebye Aho waririye
Nanjye muzantumire mbabwire ibyo nabonye mu ba ( protestants) !, Jyewe nasanze mwese mwibereye muri business ngo muri za ba pasteurs, niyi moamvu musebanya. Kimwe nasanze amadini yose akomoka kuri Catholique . Gukizwa ntabwo ari guhindura idini!¡
Uvuze neza rwose,ni bisness baba bibereyemo.Nanjye ndi umuhamya bazantumire mbivuge
Ndabona nta gitangaje kirimo! Umubikira, Pasteur, Padiri ni inyoko muntu ishobora gushukwa na sekibi.
Ahubwo abantu bazibukire ibibi bareke gutera uyu mudamu amabuye!
Sekibi, sekinyoma ndagugegetse mu izina rya Kristu Umwami va mu bana b' Imana ugende ujye munyenga y' irimbukiro
Mubyeyi! uri mukuru ariko sinzi impamvu utazi ko gusebanya ari icyaha! mu by'ukuri turi benshi twatangiye iriya nzira biranga turitahira, ariko buri muntu ataha ku giti cye! aba afite icyamugoye gituma ahindura inzira. niba waragiyemo bikakunanira ugataha si igitangaza! kuko si wowe wenyine! ariko gusebya idini, ugasebya communaute, ugasebya abihaye Imana bose muri rusange, rwose sibyo pe! erega ukuri kose sinangombwa kukuvuga burya! buri muntu ashyize ukuri yifitemo ahagaragara, ndakurahiye isi yahita irangira! ukuri guhishe burya ni kwinshi cyane! none se idini cyangwa communaute nibyo byagutumye kuvuga ibyo kuri social media?!?!? ese iyo communaute iramutse ikureze isebanya uzi ko wahanwa?!?! itonde gutesha agaciro abandi! wowe byarakunaniye ariko hari ababashije kugumamo kandi bakora ibikorwa byiza bifitiye abantu akamaro! Abihayimana bafite amashuri, bafite amavuriro, bafite ibikorwa by'urukundo byinshi! bashime ibyo naho abakora amafuti si communaute ziba zabibatumye! abo ni ku giti cyabo kandi buriwese abona umusaruro w'ibyiza n'ibitari byiza akora aho yaba ari hose! komeza ibyo wagiyemo ariko ureke iryo sebanya pe! ni umurage mubi nk'umubyeyi! abihaye Imana bagira ibanga wowe koko ntiwaribuzanabishobore kuko uravuga kweri kweri! ayo mahame uvuguruza y'ibya Bikiramariya n'ibindi byose, nawe ntabyo uzi twese ntitwari duhari icyo gihe.
Dore umugore uzi kuvuga pe, uwari kukujyana mu cyaro ukajya wirirwa umanuka uzamuka imihana uzimura. Nibyo bikubereye naho iby'ubushumba wapi.
@@uwimanacathy5458 uyo uba mucyaro wari kwicwa n' amagambo wa mugore we rekera ho kubeshya.
Soma matayo 13:55 urabonamo abana Mariya yabyaye, matayo 1:18-25 urasangamo uko yozefu yarongoye Mariya nyamara Catholic bavuga ko yakomeje kuba isugi , mariya ngoo yagiye mu ijuru kandi nta murongo ubigaragaza muri bible. Yewe ibya catholique ni amayobera wa mugani wa padiri
Kuba Masera nokuba umupadiri,nurupfu rwakabiri,satani ,yateguriye injiji ngoazazice urubozo bapfebahagaze,bazongerebapfe ubwakabiri nubwagatatu umuntu iyo avuzukuri muravuganfo arasrbanya,umuntusebanya,nuvuga ibitabaho akabeshyerabantu,uyuwe aravuga ibyotwese,tuzitubona,nimumufashe,kwamagana,ibibi bikorerwa mumadini,amadini sinzinzira,zijyana,abantumwijuru,ahubwo namarembo,ajyanabantu murigihonomo
wa mubyeyi we, ufite ubuhamya bucagase n isebanya , nubu pasteri bwawe ntashyingiro bufite. ese kwibasira abantu cg ubwoko runaka cg imyemerere yabandi yewe ukabasiga ibara cg icyashya runaka wibaza ko atari icyaha? mbese iminsi wahamaze watinganye kangahe? ese aho ukiviriyemo wahise wera ntakindi cyaha wakoze kugeza aya magingo? cg dusobanurire ko gutingana aricyo cyaha rukumbi. ongera ubumenyi buhagije mu myigishirize yawe , irinde gutukana no kubeshyera abandi ndetse no guca imanza kuko ntabubasha ubifitiye utazatuma bakuburira agaciro
Umva mubye urabihuhuye KBS! !ubutinganyi no kwinisha ibyaha Bibi cyane.
Sha Gusa urambabaje Koko!!!!!!!! Ahubwo nubu Wowe uri we! Ninacyo bakwirukaniye kuko no kubasebya gutyo numujinya nigisebo wahagiriye kubera uwo Mwuka mubi wazanye mubantu bimana Koko???? Ntanubwo Wari watowe Wari wihamagaye Gusa gezaho mwisebya abantu bimana
Imana ishimwe ubwo wageze kumuhamagaro wawe nyirizina Gusa gira displine mubyo uvuga
Bavuga ibigoramye umuhoro ukarakara ,wowe imyaka umaze kwisi haraho wariwabona bapadiri na babikira bakoze igiterane cyangwa muri Genocide warutaravuka
Murakoze Mama kutubwiza ukuri dukeneye abakizwa ntidukeneye abaguma mubyaha.
Ariko hari ikinyobera,ko ufite idini wowe abarimo bose bakora bimwe ? Ese hagize uwica iryo dini ryawe baryita iry'abicanyi? Twemere wenda ko abatinganyi barimo ,mu mategeko ya couvent baguhaye wasanzemo ubutinganyi? Kami ka muntu ni umutima we
Wa munyamakuru we nawe wibeshyera Papa,
Wa mubyeyi we mbona ufite mission yo gusebya ababikira,kdi gusenga si ukuvuga amasengesho menshi,ni ukugerageza kuba umuntu muzima ,si ukunenga ibyo abandi,ni ukwireba ubwawe ukareka ibyo unenga ku bandi
So numva nawe utari shyashya rero reba neza ibikugora ureke abapadiri n'ababikira cyane ko utakiri n'umubikira
Wimutera ibuye ukuri kuraryana
Rata maman senyera satani ndabizi birababaza benshi ariko sohoza ubutumwa burarokora benshi
Ntabwo wumvise abantu hari kuva muri Espagne bagasanga yo ikinogo kirimo ibikanka birenga 2k by'impinja? Nihatari niba umuntu avuze ibyo yaciyeho si ugusebanya
Imana ikubabarire ubundi wagiye uvuga ibyo urimo uyu l mundo ese uwo munyamakuru WE yabuze uwo yabaza amakuru nyayo ya catolic mbega pasteur
Umunyamakuru arahengamye
Kubwanjye ntacy nohakana cyanke ngo nemeze IMAN yonyene niyo ibizi knd buri umwe wese afit ubuzima bwe knd nuko azabaho byateguwe n'Uhoraho IMANA bose sabageni harimwo abaherekeza abandi mureke kwigira nka babantu bo kur nowa baburirwa ntibumve
Kizwa rwose niba uri umukozi w’Imana akanwa kawe ntukakandurishe ikinyoma no gusebanya
Uvuzukuri ncuti yacu
Wareka n'iki ko n'imigenzo agira wasanga ariyo yamutandukanije n'uwo muhamagaro we wa mbere, kuko Imana ntiyivuguruza mw'ijambo
Uri umurwanashyaka mwiza wa kiriziya. Erega muvandimwe tuzi byinshi nubwo twicecekera. Ni abapadiri bangahe tuzi b'abasinzi inzoga zagize imbata? Kwikinisha, ibiyobyabwenge n'ibindi? Ntibibabuza kwambara ikanzu, ariko bakwiriye kubabarirwa mbere yogupfukamirwa ngo baraha abandi imbabazi. Shame! I know, the great Babylon will fall soon.
@@jeffntwari7590 Wowe umuhamagaro urimo uwuhagazemo neza? Mbere yo gutokora umugogo uri mujisho rya mugenzi wawe banza utokore iryawe. Mwigize abacamanza uwakwerekana ibyanyu wakumirwa😭
@@ihirwediane2238 iyo ukuri kuvuzwe abakurwanya batangira gushaka ibirego kubakuvuga. Ubaye nka wamuntu ukora amahano yajya kuyahanirwa akireguzako yabonye n'abandi bakora ibibi. Burya umubyeyi ahana abana ariko suko we ataba agira amakosa. Nukorero, tujye dutinyuka twamagane ikibi, nawe nibakikubonaho wemere bakunenge nibwo bupfura
Maman Rwose va kugiti dore umuntu uberewe no guheka, warakoze kwitadukanya ni kinyoma nubundi baje kwigisha ibinyoma bijyanye nibyo bari bagamije, nti wakwigiha ijambo ry'Imana witwaje imbunda, urakoze kuduhumura.
Uwumva kwatampamvu yo guharira kuko bibwirwa benshi bikumva benevyo nampe like twigire,
Bavandimwe Ikibabaje nuko batigisha ibyamatorero yabo bagafata umwanya wokwigisha ibyandi matorero,courage mubyeyi
Niba bikinishije bikuryahe ? Ko baba batagukinishije. Twaretse kuvunwa n'umutwaro tutikoreye !!
Mbega ishyano. Wa mubyeyi we wisebanya. Congratulations yawe niyihe? None ko usebeje abihayimana bose kdi ariwowe wakoze ubwo butinganyi. Ko ari wowe watinganye bihindutse gute abyabihayimana bose. Sigaho gusebanya. Ishimire umuhamagaro wawe.turagusabira waravangiwe. Uri kudandabirana
Unva wa mubyeyi we ibyo uvuga nimyaka ufite n'invi zuzuye umutwe ntibihura pe uriyita umupasteur ariko iyo ubanza ukaba umukristu wa shake ikindi urisha ukareka gusebanya. Icyo nzi cyo aho kukubahisha biragusuzuguza rwose kandi Imana yo mw'ijuru izabikubaza
Uyu mu maman ashize ukuri kose kuba muri kuva. Gusa kubadashaka ko babivuga nibo bamwita ko yarengereye.
Reka kubeshya bakujyane i Ndera mu mutwe wawe byavuruze, ugeze kure yoooo!bagutere amazi y’umugisha
Imana ishimwe kuba haba ubu Islam idini itagira amakenga namwe.Mbega Ivya Katorika nibindi tuzobimenya hatanguye ubutinganyi muzozana nibindi.Ariko Islam iratwigishako ayomadini ari aya Shetani.Uhereye nokumisi mikuru yanyu.Ninziguro zayo,Bazohava bakugirira nabi kuvuga ukuri
Akarenze umunwa karushya ihamagara ,kdi mbere yo kuvuga urabanza ugakaraga ururimi ugashungura ibyugiye kubwirisi....
Nemera ko amadini yose ntamarayika urimo kuko turimwisi yanduye,abarokore,abasiramu,abakatorike,........habonekamo abakoribyo Imana ishaka nabakora ibyangwa namaso yayo
Wikwamamara usebya idini wavuyemo uvuga nibyutazi amamaza iryawe ushake abayoboke neza ntamubyeyi uberwa no kubunzumunwa no gusebanya
Papa ntiyemeje ubutinganyi yavuze ko abatinganyi nabo ari abantu Imana yaremye atari abo gutabwa ahubwo arabo gusabirwa
Imana ntijya yibeshya, yaguhaye umuhamagaro, uyibeshya amasezerano kubera irari, ariko uko kumena ibanga ry'umuryango wa mbere(Couvent) n'iry'umuryango wa kabili uzarimena. Ibyawe mbisanisha n'ibya Thomas Nahimana, ngo Ubutinganyi kweli???
Ihangane arabivuze niba bikubabaje ntacyo nakubwira kuko umutwe wawe ndumva urushye cane!
Ibya Thomas byo byihorere kuko avuga ukuri niba abeshya mubeshyuze utubwire ukuri kwawe!
Mugore uravugaaaa,ibyo uvuga ntunabisobanukiwe wakuruwe n'irari.
Wisebanya reka Imana ice urubanza tuza.
Gusa wubuke ko n'imbaraga z'ikuzimu ntiziteze kunyeganyeza Kiliziya!
Wishaka abayoboke usebanya genzura umunwa wawe.
Kuba padiri runaka yacumura ni umuntu ku giti cye wikwibasira Eglise kuko kuyisenya ntiwabibasha.
Amafuti ari muri kiriziya azakurwaho n'Imana. Njyewe maze kumva ubuhamya bwababikira nabamaseri ndetse nabafrereibyo avuga nibyo
@@omaremmanuel3811 uzakurikire nubuhamya buba mumatorero ubuse abayobora ADEPER barihe ?agakiza n'itorero biratandukanye umuririmbyi we yabivuze neza ngo buri wese mw'itorero abuwejejwe muriryo .nuko yaraziko hari nabariyo badakijijwe
Abavugiye ibintu , soma matayo 1:18-25 na matayo 13:55-56 maze urebe ko yozefu atarongoye Mariya bakanabyarana abandi bana. Ngo papa ntajya yibeshya ngo ni nyirubutungane? MANA uduhe bimwe mu byo papa yifuza gukora muri uku kwezi. Ibi si amafuti koko. Niba se yagambiriye nabi nawe urasana ngo Imana ibiguhe koko? Ngo ntakarongore soma 1 Timoteyo 3:1-5 urasangamo bategeka umwepisikopi kuba umugabo w'umugore umwe. Adakunda ibisindisha nyamara muri couvent usanga ari depot ya za nzoga zikomeye liquor. Abibaza ngo kuko yabyaye pastor ari umugore, Deborah yabaye umucamanza w'abisiraheli arabayobora mu gihe nta n'umwami bari bafite. ( abacamanza igice cya 4) kandi witwa Anna yabaye umutambyi mukuru mu bisiraheli. Umutambyi mukuru ni nka pasteur cg musenyeri wubu. Amagufwa ya mutagatifu Theresa w'umwana yezu umwaka ushize ntibayazengurukije mu Rwanda hose mu maparuwasi ndetse no muri gereza ya Nsinda ntibayajyanyeyo? Ibyo se si ubuyobe. ESE ubundi bashingira kuko bagira umuntu umutagatifu? Bave mubuyobe kabisa. Kubyerekeye ubutinganyi ntimuzi ko Imana yarimbuye imijyi 2 Sodom na gomora kubera ubutinganyi ndetse na mukaloti wahindukiye akareba inyuma ababajwe nabo yari azi barimbutse agahita ahinduka inkingi y'umunyu nk'igihano. Soma 1korinto 6:8-10 batubwira ko abahehesi, abasenga ibishushanyo, ibitingwa n'abagabo bendana n'abasinzi batazaragwa ubwami bw'Imana. ESE buriya abakatolike bazi ibyanditswe mu kuva 20:4-5 kubyerekeye ibishushanyo.
@@kesia8519 Abavugiye ibintu , soma matayo 1:18-25 na matayo 13:55-56 maze urebe ko yozefu atarongoye Mariya bakanabyarana abandi bana. Ngo papa ntajya yibeshya ngo ni nyirubutungane? MANA uduhe bimwe mu byo papa yifuza gukora muri uku kwezi. Ibi si amafuti koko. Niba se yagambiriye nabi nawe urasana ngo Imana ibiguhe koko? Ngo ntakarongore soma 1 Timoteyo 3:1-5 urasangamo bategeka umwepisikopi kuba umugabo w'umugore umwe. Adakunda ibisindisha nyamara muri couvent usanga ari depot ya za nzoga zikomeye liquor. Abibaza ngo kuko yabyaye pastor ari umugore, Deborah yabaye umucamanza w'abisiraheli arabayobora mu gihe nta n'umwami bari bafite. ( abacamanza igice cya 4) kandi witwa Anna yabaye umutambyi mukuru mu bisiraheli. Umutambyi mukuru ni nka pasteur cg musenyeri wubu. Amagufwa ya mutagatifu Theresa w'umwana yezu umwaka ushize ntibayazengurukije mu Rwanda hose mu maparuwasi ndetse no muri gereza ya Nsinda ntibayajyanyeyo? Ibyo se si ubuyobe. ESE ubundi bashingira kuko bagira umuntu umutagatifu? Bave mubuyobe kabisa. Kubyerekeye ubutinganyi ntimuzi ko Imana yarimbuye imijyi 2 Sodom na gomora kubera ubutinganyi ndetse na mukaloti wahindukiye akareba inyuma ababajwe nabo yari azi barimbutse agahita ahinduka inkingi y'umunyu nk'igihano. Soma 1korinto 6:8-10 batubwira ko abahehesi, abasenga ibishushanyo, ibitingwa n'abagabo bendana n'abasinzi batazaragwa ubwami bw'Imana. ESE buriya abakatolike bazi ibyanditswe mu kuva 20:4-5 kubyerekeye ibishushanyo.
Wa mugore we ibyawe bizagenda bigaragara. N'abatari wowe bananiwe gusenya kiliziya y'Imana imyaka myinshi irashize wakwitonda mu byo uvuga. Uwibwira ko ahagaze aritonde atagwa. Kiliziya ifite doctrine yubakitse neza. ibitekerezo by'umuntu umwe udashinga si byo byayisenya.
Uvuze ukuri, I used to be one of them ariko maze kwisomera bibiliya nsanga biratandukanye cane.
Buri wese acungane n,Izamu rye mwikwikorera imitwaro ya rubanda kuko buri wese azibarizwa ubu nawe ugize urubanza rw,Imbaga nyamwinshi kubera iki? Ijuru tujyamo riragoye bisaba kwirinda cyane cyane uhereye Ku kurinda ururimi rwacu
Uri umuntu wumushishozi wowe
La déception est une chose et sa gestion en est une autre. Ibyo uyu Epiphanie avuga byose abiterwa no kuba yarananiwe kubaho uko yiyemeje. Yavuga ibya ashaka, kandi amenye kwirengera imitima arimo yica/yangiza, yubwira ngo arabwiriza
Ariko abari guhakanya uyu mu mama muri kwijijisha cyagwa sinzi isi mubamo! Twe tuba mu mahanga ibi birashaje abana barabamaze babakorera ibibi biteye isoni birababaje cyane.uyu numwe muri bake bavuze ukuri. None uramuhakanya ute yarabibayemo! Mureke gufana mufungure amaso.. Yego si bose ariko abo bakora ibibi barahari, abatabikora nibo bake .. Umutagatifu wabaye kwisi numwe ni yesu abandi twese twambaye umubiri byose birashoboka. Mumenyereye intero imwe icyo nicyo kibazo
Ibyo uvuga nukuri cyane kuko urebe abana bandagaye hanze kandi abana babihaye Imana nka bapadiri isi yabaye agatobero kibyaha ese umutagatifu ninde byibura reba mubakuzengurutse bishuti zawe cg mumuryango wawe urebe urabona uwaba umutagatifu ahaaaa ijuru riratugoye kandi byoroshye kurinjyamo
Ibyo uvuga nukuri cyane kuko urebe abana bandagaye hanze kandi abana babihaye Imana nka bapadiri isi yabaye agatobero kibyaha ese umutagatifu ninde byibura reba mubakuzengurutse bishuti zawe cg mumuryango wawe urebe urabona uwaba umutagatifu ahaaaa ijuru riratugoye kandi byoroshye kurinjyamo
Baca umugani ngo urucira mukaso rugatwara nyoko, Mwisuzume niba muri abera mubone mutere amabuye abo bayobozi ba Kiriziya muvuga.
Imana Irema ubuzima. Umuntu arnk
Akabitobanga. Ikomeze imurushe ingufu kandi irinde ibiremwa byayo byose ku isi yose
Ababikira bose bose warababonye bikinisha????? Wahagarara imbere ylmana ivugako ukorera ukabihamya😏😏😏😓😓😓😓nonese wababonye ute??? Bakubwiragako bagiye gutingana ukaza ukareba ?????iyo bikinishagase nabwo barabikwerekaga???? Biragoye kubtiyumvisha. Burimuntu mwitorero abe uwejejwe muriryo . Mumadini yose harimo abadakizwa neza bakora nkibyo , ariko gushyirabantu bose mukebo kamwe sumuco😟😟😟
Gushyira abantu bose mu gatebo kamwe ni ubujiji, nta muntu nk'uwo rero ukwiye kuyobora abandi, niko mbyumva.
@@uwimanacathy5458 birababaje 🙆🏼♀️🙆🏼♀️
Uyu mumama aravuga ibintu azi,sinibaza inyungu yaba afite ngo abeshye,ikindi umunyamakuru ibyo amubajije nibyo asubiza👌
rero ukwiye gusobanukirwa umuhamagaro icyo aricyo ko ari personnel, wowe ntiwashoboye gukomeza kuko ahri wari utarunvise neza warakuruwe n'abandi, Imana iratora rwose muvandimwe kandi hari abihaye Imana babayeho neza mu muhamagaro wabo neza, ntawe kiliziya ibuza gushaka n'abantu babyihitiramo ku bwende kandi babikunze nta gahato, utabishoboye yiviramo. hari ikintu utarunva ibyihimo ntibirangirira mu gukora imibonano mpuzabitsina gusa nshuti y'Imana. kumenya ukuri ni'ki , se? ese mwibwira ko bibiliya arimwe muyizi mwenyine? umutwe ni Kristu si papa gusa n'umushumba uragira ubushyo yaragijwe na kristu, uwakubaza abihaye Imana bakora nabi uzi warenza ijana? ubwose mu bihumbi bihari wahamya ko nta muntu muzima. Ariko iyo bibiriya wiratana yashyizwe ahagaragara nande? si ese uziko n'iryo jambo bibiliya uvuga ritanditse muri bibiliya ubwo se uhera he uvuga ngo ibyo wemera n'ibyanditse muri bibiliya gusa,, wibeshye ko bibiriya uyizi ariko uracyari kure ca bugufi, iyo hatabaho kiliziya ngo yicare ishyire ahagaragara bibiliya ibamenyeshe ko ari ijambo ry'Imana, ishyiremo imitwe n'imirongo mwari kuba muvuga iki uritonde wagarukiye hafi wigize inzobere twe twaremeye kandi Imana yacu ntiyigeze itererana kiriziya ntagatifu gatolika
DNjyewe ndi umukristo sinzi umuslam kuko nitwa Omar benshi bazi ko ari izina RYA Islam ariko sibyo( soma 1Ngoma1:34-36) reka ngire icyo mvuga kubyo uyu mudamu avuze: Abavugiye ibintu , soma matayo 1:18-25 na matayo 13:55-56 maze urebe ko yozefu atarongoye Mariya bakanabyarana abandi bana. Ngo papa ntajya yibeshya ngo ni nyirubutungane? MANA uduhe bimwe mu byo papa yifuza gukora muri uku kwezi. Ibi si amafuti koko. Niba se yagambiriye nabi nawe urasana ngo Imana ibiguhe koko? Ngo ntakarongore soma 1 Timoteyo 3:1-5 urasangamo bategeka umwepisikopi kuba umugabo w'umugore umwe. Adakunda ibisindisha nyamara muri couvent usanga ari depot ya za nzoga zikomeye liquor. Abibaza ngo kuko yabyaye pastor ari umugore, Deborah yabaye umucamanza w'abisiraheli arabayobora mu gihe nta n'umwami bari bafite. ( abacamanza igice cya 4) kandi witwa Anna yabaye umutambyi mukuru mu bisiraheli. Umutambyi mukuru ni nka pasteur cg musenyeri wubu. Amagufwa ya mutagatifu Theresa w'umwana yezu umwaka ushize ntibayazengurukije mu Rwanda hose mu maparuwasi ndetse no muri gereza ya Nsinda ntibayajyanyeyo? Ibyo se si ubuyobe. ESE ubundi bashingira kuko bagira umuntu umutagatifu? Bave mubuyobe kabisa. Kubyerekeye ubutinganyi ntimuzi ko Imana yarimbuye imijyi 2 Sodom na gomora kubera ubutinganyi ndetse na mukaloti wahindukiye akareba inyuma ababajwe nabo yari azi barimbutse agahita ahinduka inkingi y'umunyu nk'igihano. Soma 1korinto 6:8-10 batubwira ko abahehesi, abasenga ibishushanyo, ibitingwa n'abagabo bendana n'abasinzi batazaragwa ubwami bw'Imana. ESE buriya abakatolike bazi ibyanditswe mu kuva 20:4-5 kubyerekeye ibishushanyo basenga byazanywe nuwitwa jean Damascene (675-749ap j.c) ,papa Gregoire II( 715-771) niwe wemeje ikoreshwa ry'amashusho, nyuma Gregoire III wamusimbuye yarabihagaritse ndetse yangiza ishusho ya yezu , iya Mariya n'izabatagatifu, umwami Charlemagne (800-814) niwe wakoresheje itegeko rye biragarurwa. Theodora 842-887 yemeza ibyo kongera gukoresha ibishushanyo. Mu nama nkuru ( concile DE Nicée 787) niyo yemeje ikoreshwa ry'ibishushanyo. Kuvuga ngo papa afite ububasha bwo kubabarira ibyaha( indulgensia)ntibishingiye kubyanditswe byera.
Imana ibakomeze tumenye myinshipe Imana ibahe umugisha
urakoze ibyo utubwiye wande ni nabyo ariko se mwo kagira Imana mweee ubungubu weho nubwo waba ma soeur uzi ibingana iki ko formation mukora itatuma umenya byose hanyuma se weho uri intungane?/ ahubwo se twe nka abantu bato mwafashe umwanya mutwigisha aho kuwufata muducanga cg muvuga ibyandi madini nawe ubwawe udasobanukiwe neza kuko nawe haricyo uvuze mwiki kiganiro nzi neza ukaba ugisobanuye nabi rwose,njye sinkurwanya wenda u
Ndumiwe pe!!! Nanjye nabayemo nanavuyemo. Ariko ubutinganyi no kwikinisha ntabyo nahabonye. Ikindi biriya ni ibyaha bimenywa na nyirabyo. Ubwo uyu niwe wabikoraga agakeka nabo babana. Madame rero niba byarakunaniye reka gusebya abandi.
Nubundi wari wagiyemo udashobotse, biragaragara ko umuhamagaro warugiyemo utari uwawe ariko reka gusebya abandi.
Uteye ubute mada wavuze ko ariwoe byananiye ntuvuge abandi uri inkunguzi cyakoze urasa nuwamenya gusebanya
There’s no such thing like mutagatifu the bible says that there’s no one who is holy Catholic Church is the really Babylon means confusion written in Revelation 14:1-8
Let God judge Catholics and not you
Mama Imana ikurinde amaraso ya Yesu agutwikire kuko washyize hanze amabanga ya satani, uburinzi bw Imana bukubeho!
Njye nanga abantu bava mumadini yabandi barangiza bakagenda babasebya,kd ahanini bikorwa nabarokore ibyo rero ntabwo Imana yabibaheramo umugisha p,ushaka nokwamarara cg umugati ntiwabicisha mwizo nzira zogusebanya
Oya,wivuga gutyo,barabikora cyane.gusa nibazima ngewe sinabatera amabuye kuko nanjye ndabikora.ikibazo nukwihisha ubeshya ko uri padidiri,pasteri,mansera kandi uri umunyamabi.bemere bashake.
ariko uyu mubyeyi nyabusa yabonye iturufu, nibyo wabonye icyo wuririraho ngo ubone icyo uvuga, nibaza udashyizemo gugenda usebanya ibyo wabona uvuga nta minota byamara, ese wabaye ma sera imyaka ingahe, abantu bagarukira muri noviciat barangiza bagatwika agasozi, ubwo wahamya ko nta kiza wakuyemo uziko utanatinya Imana: erega ujye wibuka wa mugani w'amasaka n'urukungu. umurima wari mwiza umwanzi araza abibamo urumanfu , ntukabeshye bose siko bameze uziko ufite jujements nk'izabantu batize koko nyabusa uzihane amagambo y'amazimwe siyo azakubahisha, ufite amagambo mabi rwose n'aho byaba biri kandi umenye neza ko ntawe uba wabibatumye uzabasabire Uzaba ugize neza kurutaho
Hahahaha ihangane muvandi.. Ukuri kuraryana.. Akubwije ukuri kdi akubwiye gucye, ndabona umenye kwinshi wakwiyahura.. Sorry
@@remanation4956 nta kibazo nfite nshuti na gitoya tuzi uwo twemeye kandi kuvuga ikintu utarimo, biroroha kandi uko ushatse , Imana ijye idufasha kudacirana imanza kuko niyo mucamanza irebe buri wese
@@lucumuhire1390 Ibintu avuze nibike kubyo tuzi ku bapadiri kdi nibo banaduha penetensiya
Eheee! Ubu se koko uyu yari kuguma mu bubikira n'aya mazimwe y'umukecuru muzima?
@@uwimanacathy5458 ababugumyemo nabo si ubushake nuko atakubwiza ukuri
Ese uzatubarize Pasteur yavuyemo arashaka arabyara uti waruhombye byinshi
Hhhhhhhhhh
Yesu weeeeeeee Mana tabara
Wa mugore we urabeeeesheee Imana ikubabarire.
Ariko nkugire inama reka kuvuga ivyo utazi bizokugirira akamaro ...ngo amagufa ngo amazi yumugisha.. ngo Ishapure....sha na Bikiramariya koko ukamusebya n'ubwo bugambo budafashe koko!!!!yebabawe, ahubwo nuwo uri kukubaza ?????????EKLEZIYA IRAHAGAZE IYOBOWE NA ROHO MUTAKATIFU 31:20
Ntibagutere imijugujugu , kuko ntiwaza kuri camera kubeshya isi yose , ahubwo Roho Mutagatifu Ari guhishura ibyari bimaze igihe kinini ari urujijo !
Imana Ikomeze kukurinda kuko satani umwambitse ubusa , komera mu muhamagaro wawe , ubugingo buruta icyubahiro gihishe kurimbuka 🙏🙏
Arimo gukabya
Ubwo yashaka kwishakira subscribe kuri channel ye ariko abanje kubesha
Ikinyoma ntawe cyakijije
We isi igiye kurangira ngo utugupfa ntago narinzi umubyeyi nkawe yasebye aho yavuye
Aho wagiye c ho ntibasambana ihangane
Yawe TV murakoze cyane kutwigisha ijamboryimana nukuri jye ndasobanukiwe usobanukiwe nkajye mumpe like ndababwizukuriyuko ntagihe ikinyoma kizaganza ukuri mubyeyi imana yadukoreyibitangaza natwe turishimye
Imananitabare ibihetugezemo birakomeye
Uyu nugore ntabukozi BW'Imana ashobora ni ikimenabanga kuko yopfukama alabasengera halo yararaza (ndagaza)abandi. Umunshikiririze ubu nutumwa.
Wa mubyeyi iyubahe kdi wiyubahishe,k'uko ufite ikibazo gikomeye,Nyagasani agutabare
Ivyimana nukuvyitondera ntawoca yemera cane ko ivyavuze vyose ari ukuri umuntu azobazwa ivyo yakoze wenyene
Oyaaaa burya kwihebera Imana n,ukwiyemeza. Niba bikinisha cg batingabana baba bateshutse kw,ibanga bemeye. Nabyo ni icyaha. Birutwa n,uko yavuga ati ndananiwe ngiye kwishakira, aho kwihisha mu kibikira. Nanjye ndi umu Catholic.
Nta na kimwe ubeshye rwose. Muri catholic tugira ibintu bimeze nko guterekera. Igufa muri altar kweri, birandwaza.
Urabe maso nujya gukora decision
Hungu udapfa
Ayiiiweeeeee
Ubundi nta muntu ubaho naho yaba Yezu/Yesu cg Muhammed (SAW), cg papa, Sheihk, Pasteur cg se abatagatifu ukwiriye kuba hagati yawe ni Imana
Ndumiwe
Ibyuvuga nibyo cyane,utarabimenya azamenye abana babyawe nabamwe muba Padri, ahubwo batumariye abagore babasambanya, mumiryango remezo no muri za korare, mwimutera amabuye aravuga ibyazi kandi birimo ukuri kubashaka kukwumva nyine. Uzivangura na politique mbi zibayo ??
Ubivuga neza madame!
Uyu mudamu simuzi, ariko inama namugira nuko ibyo adasobanukiwe, yavuga ngo ntabyonzi Aho kwihandagaza ngo abeshye kandi yiyita ngo n'umukozi w'Imana. Ngo amazi y'umugisha. Ava mubapfuye koko???
Ndababaye cane
Yewe wamubyeyiwe ahubwo witanzeho amakuru. Ubwo nicyo cyatumye ureka inzira biaragara ko imyaka wamaze mubihaye Imana ntacyo yagufashije. Niba kwiha Imana byarakunaniye ntugasebanye
Abavugiye ibintu , soma matayo 1:18-25 na matayo 13:55-56 maze urebe ko yozefu atarongoye Mariya bakanabyarana abandi bana. Ngo papa ntajya yibeshya ngo ni nyirubutungane? MANA uduhe bimwe mu byo papa yifuza gukora muri uku kwezi. Ibi si amafuti koko. Niba se yagambiriye nabi nawe urasana ngo Imana ibiguhe koko? Ngo ntakarongore soma 1 Timoteyo 3:1-5 urasangamo bategeka umwepisikopi kuba umugabo w'umugore umwe. Adakunda ibisindisha nyamara muri couvent usanga ari depot ya za nzoga zikomeye liquor
Nta hantu na hamwe hataba abantu batannye,rero si aba bikira bose,bikinisha ni nkuko aba Pasteur basambana nintama zabo,nabo nagatingana,wari gukizwa wowe,ntubikore,siyo mpamvu wavuyemo,ni uko ahubwo utari ubikwiriye,wasanze aho kubeshya ,Imana nabantu wareka ukaba wowe,rero si byiza gusebya aho wavuye,ntawamenya
Ariko de Mana ababeshya bose ngo bihaye Imana ko ba byitiranya ahubwo ko bihaye shitani ba shoboye bagahitamo kamwe ko kuba abagaragu ba shitani wikivume
Merci
Ibyo uvuga n'ukuri ariko abanyedini barakwirenza pe
Ribara uwariraye
Basha wewe barakwirengeje sinokubesha ahubwo barrakunyuruke
Imana imuhe umugisha 🙏🙏
Abatubanjirije b'abahanga bagomba kubahwa no kubahirizwa! Ikindi, masoeur nta bumenyi buhambaye mu by'iyobokamana ubigereranyije n'ubumenyi mu nyigisho zijyanye n'amateka y'Imana na muntu! Buriya wamubaza amategeko n'amahame n'umuryango yinjiyemo
None se ntidushyira mu dusodeko amagambo yo muri Bibiliya, mu gitabo cyanditswe na (Paul, Matayo, Yakobo,....
Wa mugore we ibyawe bizagenda bigaragara. N'abatari wowe bananiwe gusenya kiliziya y'Imana imyaka myinshi irashize wakwitonda mu byo uvuga. Uwibwira ko ahagaze aritonde atagwa. Kiliziya ifite doctrine yubakitse neza. ibitekerezo by'umuntu umwe udashinga si byo byayisenya.
Ikibanze nukuva mubyaha ukarengera ubugingo bwawe. Naho gufana idini iryo ariryo ryose ntacyo bimaze.
Wa mugore we iyo uba wari uzi intambara Kiliziya yarwanye kandi ikirwanirira ingoma y'Imana ntiwakabaye uyisebya. Kuko iyo bitaba ibyo n'utwo tudini twanyu ntitwabaho.
Mbega umugore w'umubeshiiii weee uri ikicucu gusa uriko wigira umuhinga muvyutazi amazi y'umugisha ngo atonyangiriza akagoutte hahahahii uri ikicucu nawe wari umutinganyi kumbee uzakizwe kuko urarushe pe!!! Monsieur le journaliste uzatumire Patiri amubeshuze abahe umucyo ukwiye hama papa ntiyashigikiye abatinganyi mube mubanza gusoma rimwe kabiri mutahure mwumvirize muheze muce imanza uko mushaka nta professionalisme ngaho
Nibo bakora ubutinganyi
Ijambo ry'IMANA 1Timothée 4,2-3 riratwereka neza ababuza abandi kurongora cyangwa ibyerekeye ibiribwa cyangwa se ibinyobwa, atari ugushaka kw'IMANA. Idini iryo ari ryose ryitwaza Izina rya YESU cyangwa YEZU ribuza ubusugire n'ubwubahe bw'Ugushaka kw'IMANA mu biremwa bye ,bene iryo dini riba ryica ibiremwa bitaremye ribinyujije mu buhanga bwabo nyamara butari UWABIREMEYE, UBAHA UMWUKA W'UBUGINGO. Ikingenzi musome Bibiliya muyobowe n'UMWUKA W'AMAHORO N'URUKUNDO UBATUYEMO,,Mwese muziyigishirizwa n'IMANA ubwayo ibahumekeramo Yabiremeye.
Imva isi iyobowe nikinyomagusa abantu nibaje muvyombavyabo bahamagare iyaremye isi nijuru
Uyu mubyeyi nta kintu na kimwe abeshye Njye nize mwi seminarie imyaka myinshi ndu umuhamya wabyo nsanga Islam ifite ibisubizo by ibibazo nari mfite
Ubundi ukuri nuko Vatican ari leta ya politic ikoresha idini,
naho Islam n'idini ikaba ikoreshwa muri politic
Mu iseminari se wabonye iki?
Nujya kuvuga k'uwasizwe ujye uvuga uziga. Murabeho
Ubutaha uzavuge kandi wamamaze iryo dini ryawe uvuze urimo n' igihe ryatangiriye n' uwaritangije twumve niba ariryo ritunganye
Yezu ni we Nzira Ukuri n'Ubugingo!
Ubirenzeho ugatanga ubu buhamya cyangwa iki cyigisho? Nta bufasha mbonyemo nk'umukristo ukeneye kumenya no kuyoboka Imana.
Icyakora abakristo bawe ujye ubitaho unababikire ibanga .
Uzi ko na Yesu ajya aduhishira?
Merci !
Bonne mission maman.
Oya mamy sibyiza kuko harabayuda batiyandurishije ibyo byose birihanzaha
Urakoze kuduhishurira ibanga tutari tuzi
Mujye mumenya ibyo mu madini yanyu ibindi mubireke,
Mucungane n,ukwemera kwanyu!
Kuki iyo muhinduye amadini musebya aho muvuye warangiza ngo urakijijwe ntagakiza kakurimo namba ahubwo senga umenye Imana kuko akanwa kawe nikabiii peee unteye iseseme
90%nabatinganyi....Ahubwo nukwiyuvuzukuri uuterwa ibuye
Yesu christu
Nibaza cyane niba umubikira cg se umupadiri badateye nkabandi????ese bafite ukwihangana kuruta u
kwabandi???
Ikindi kandi mu madini yose harimo ababi n'abeza icyo mukimenye
Mbashije kumirwa😩
Hoshi Hoshi shitani.
N abirabura barabikora,ariko sinabarenganya ni sentiment itugendaho Twese kandi nabo ni abantu
Sha wifitemo shitani umudayimoni wanga inzira y abihayimana
Cyokora hari benshi bavuga nkawe
Nugute uvuga ko uri pasitoro ugahindukira agasebanya kurwego uriho
Ikindi uri mu kliziya ya kristu akurikiza yezu kristu
Ikindi twese turi abanyabyaha nicyo cyamanuye yezu kristu mu ijuru
Ikindi kurata ko usenga kandi usebanya ubyitondera muvandimwe
Alk se ibishegu nubusambanyi kwaribyo byigishwa cyane kurusha ibindi nigute uyu mu maman mumutuka!!!!! None byakwigishwa ntibikorwe!! Mumuveho!!!! Ubivuze niwe mubi???!! Hanyumase ubikora!!!
Eheee nje namanvuga noneho batabiduduye
Kuki uvuga ibyo utazi ibinyoma gusa amazi y'umugisha koko n'utugufa bakamura ujye usubiza ibyo uhagazeho
Pasteur Epiphanie uwagusaba ukavuga iby'igipasteur aho usengera kuko ibya Kiliziya Gatolika ntubizi kandi wabivuyemo byakunaniye. Ububikira bwarakunaniye. Wisebya ababikira.
Soma matayo 13:55 nurangiza usome matayo 1:18-25 maze uze kunsubiza niba Mariya yarabyaye abandi bana cg se niba Yozefu yararongoye Mariya.
Ibyo uvuze nukuri navuye muri kiriziya gatolika kubera ayo magufa nabonye aba kuri altar
Wabonye umwaka ushize amagufwa ya Tereza w'umwana yezu bazengurukije isj yose, no mu Rwanda barayahagejeje mu gasanduku ndetse banakajyanye no muri gereza ya Nsinda( Rwamagana)
Bigomba kubabaho kuba bafite umubiri kandi muzima ntago biba byoroshye baba bafite intambara itoroshye
Abantu bavuga ko uyu muma abeshya barashingira kuki? ndakeka ari ugufana bizira ubumenyi, aravuga ibyo yize abibamo kdi abisobanura uko biri nkatwe tuzi ibirenzi ibi yavuze kdi ntibitubuza kwinjira mu kiriziya. iyi kiterekero ni ibintu bisanzwe cyane ndetse na kiriziya Papa asengeramo yubatse hejuru y'amagufwa kdi si ibanga birazwi. niyo mpamvu mu kiliziya bakoresha ijambo UKWEMERA nukugira ngo wemere ibyo ubwiwe singombwa ko uba ubuzi.(ukwemera kuzirana no kumenya), Gusa nakugira inama yo kwirinda kuko bashobora kukwica bakuziza gushyira amabanga y'imyemerere yabo niko bakora
weho uzi formation yab' ababikira ese amasomo yo biga urayazi,wenda yamenya ibyo byaba bikira ariko se ibindi yize muri formation ye nibihe byamuha kumenya byose,wowe se urashingira kuki uvuga ko avugisha ukuri?? wowe uzi ibingana iki kuri catholic?? wageze i Roma se raaa?? burya mbere yo kuja impaka tujye tubanza twige neza icyo kintu,wabona uri kuvuga gutyo utari n' umucatholic
@@ntibeshyaelie715 hhhhhh kugira ubumenyi muri catholic ntibisaba kubawe kuko bariya bakecuru badasiba misa nta kindi bazi uretse kubona ifoto ya bikiramariya bakumva ko ariye koko ariko yasaga. Njye nabaye umucatholic ariko sinibyo gusa nanize mumashuli yayo niga nabimwe bita Theology gusa ibyo ntacyo bivuze igifite akamaro kuguhamya ibyo mvuga nuko nabanye kdi nubu nziranye n'abapadiri batari bacye. Ababikira nzi bo sinabeshya ntibarenze 3, ibyo mvuga mbishingira kubushakashatsi buri mu bitabo byanditswe n'abapadiri
@@Alex-cb4rt wenda ngize amahirwe mbonye umuntu nkawe nnese muvandi ko numva wenda wize izo theology na philo wenda nanjye nabyizeho ariko se urahamya neza ko ibyo yavuze byose ari ukuri?? nanjye nharibyinshi nzi ko yavuze ari ukuri hari nibindi ariko se urahamya ko nibyamazi y' umugisha aribyo inyo yayavuzeho??
@@ntibeshyaelie715 ibyo yavuze byose sinahamya ko ari ukuri kuko nanjye harimo ibyo numvise bwambere ahubwo natangiye kubikorera ubushakashatsi, nk'amazi y'umugisha nanjye sikuriya nari mbizi ariko sinabihaka kuko nawe niba wibuka neza hari ibisigazwa bya mutagatifu Tereza w'umwana Yezu byigeze nokuzana mu Rwanda. Bivuze ko muri kiliziya kwizerera mu bapfu atari bishya kuko burya kiliziya ifite imihango myinshi cyane yahoze ari iy'abaromani( benshi bitaga iya gipagani) yinjijwe muri kiliziya ikaba igikoreshwa nanubu. Igitangaje n'ibyinshi muribyo binafitwe n'abiyita abanyamwuka kdi basebya kiliziya babikuyemo(ibyo bituruka kukutamenya neza ibyo umuntu yizera cg yamenya). Urugero rw'ibyizerwa n'amadini menshi kdi byari bisanzwe mu baromani bakere ndetse utazasanga muri Bible; gusezerana imbere y'Imana byaturutse mu mategeko y'ubwami bw'abaroma cg leta, isabukuru cg ivuka rya Yezu riba kuri Noheli, kwifashisha unusaraba mu myemerere ya gikristu burya ntabwo nabyo byanditse muri Bible ariko umusaraba wakoreshwaga cyane n'abaromani mu nyuzerere yabo. Igitangaje ariko nta dini rya gikristo ritawukoresha uretse abayehova niba ntaramenya beza niba bakoresha umusara kuko nabo ni idini nk'andi. Ni byinshi sinabyandika byose
@@ntibeshyaelie715 mu kuri rero hari ibyo yavuze bitari rusange nkuko bavuga ngo muri gereza habera ubutinganyi, nibyo habera ubutinganyi bwinshi ariko ntabwo ugiye muri gereza wese avayo ari umutinganyi bivuze ko no mukibikira cg igipadiri bose badashobora kuba abatinganyi kuko badahuje imico n'unutimanama
Imana itwereke inzira yukuri nahotwebwe ntabushobozi dufite
Uyu mupf koko ari kuvugiki koko ko urumusaza ukabura ikinyabufura nubwenge nyabwo urikwiyandagaza ipuuuu
Uzatubwire n'ingorane ziri aho uri cg niba warasanze ho ari paradizo. Abantu bakunda kuva mu muhamagaro bagahitamo gusebanya ngo bashake impamvu isobanura impamvu byabananiye. Domage
Sha nyagani azaguhane Pe!!!! Kuko uri gusebanya muruhame Ahubwo Rib igomba kugutwara Ese ubundi wavuze ibyawe ko Nawe utorohewe
Papa ntiyemeje ubutinganyi nuko umuntu avuga ikintu abandi batunzwe nubugambo bagafata ibyo bashaka ese ibyidini ryawe byo bimeze gute ahubwo nureba nabi imana iragutwika umunwa nkwaturiyeho
Pastor rwose mujye muvugisha ukuri kuko bafite imigendere mibi kdi bahishe byinshi gusa mujye mutubwira ibibereyo barecye kutuyobereza abana
huhhhhhhhh nushaka kugira icyo usobanukirwa ubishaka niba harinicyo ushaka kumenya kuri catholic uzambaze??? burya byicwa byose no kutaba mubyo twumva kandi tudasobanukiwe
Ubanza ubwo butinganyi buterwa nimiterere yumuntu.ntabwo twabishyira mubapadiri nababikira bose rwose
cyokoze paster njye nuko bitashoboka ngo mpure nawe nakakubajije byinshi peeee,ese ntunatinya ko mubo ubwira hirimo wenda nabantu basobanukiwe ibyo uvuga kukurusha bahita bumva ibinyoma gusa harimo ibyo ukuri wavuze abapadiri barabyara ndetse bamwe bakanavamo bagashaka n' aba soeurs nuko ariko se,mwicyo gitabo Mgr Bigirimwami yanditse ko utubwiye umutwe gusa ibiri mwimbere urabisobanukiwe ngo ubiduhe,ese mui dini washinze ntabasambanyi babamo?? nonese warabibemereye?? ntabanyabyaha barimo se?? bose warabibemereye ko bacumura?? niba barimo se nawe tukwite ko uri paster wbasambanyi?? cg ufite nabeza?? Ese ko waruri muri communaute uri soeur? warasezeranya ubusugi ku wasohotse ukihutira gushaka umugabo??
cyokoze nuzajya wicara imbere yabayoboke bawe cg wigisha uzajye uzajye uvuga ibyi idini ndetse ubayobore inzira igana ijuru ureke kuvuga ibyo utazi neza kandi nawe ubizi ko ubeshya kandi niba ugira umutima nama wawe uzihane/wiyeze ikinyoma.
Nta banga ugira ariko iby Imana wakagombye kubyitondera umuntu avuga nk utarageze mu ishuli
Nonese areke kuvuga ukuri?
Nanjye ndi umuvugabutumwa, uwo mumama aravuga ukuri, gusa hasambana abantu 2 badahuje igitsina ariko batasezeranye . naho abahuje ibitsina byitwa gutingana.
Ukuri kuraryana Yesu Christo atubabarire.
Maman korera imana udasebanya kuko ibyo ntihesha izina ry,imana icyubahiro
Uyu mu mère ari tayali gukubitira ikinyoma ahagaragara... Hahah mwihangane ukuri kuraryana
@@remanation4956 sindi muri catholique ariko se aho hagiye ntabihaba? Agakiza nakumuntu kugiti ke. Iyo biba ibye yari kugumamo agakiranuka kugiti ke .ba Pasteur bangahe nabo bagaragara muribyo ? Ikindi niba ufite ubuhamya ukumva bwagwisha benshi kuki utaceceka ? Dusabe ubwenge mubyo tuvuga .
@@kesia8519 umenya atuye mwijuru da!! Nanjye sinigeze mba numukatolike ariko rwose lmana imubabarire.
Ni mutaburira abandi muzabazwa ubugingo bwabo. Ukuli kubatura umuntu. Kuki se ibibi bitavugwa. Icyubahiro cy'Imana ntikigendana n'ibinyoma. Imana igumye kutugirira neza ukuli kose kujye ahagaragara abantu bave mu mitego y'abanzi.
@@immaculsiniremera3697 niba iyo bakuvuze usubiza gutyo ndabigushimiye.ubuse aho yagiye ho ni shyashya njye nicyo nibaza bizarangira ntaho ari kuko ibyo anenga abo nokuba pasteur btuzuyemo.yesu atugirire neza