TumiraAbabamya ba Yehova bakwigishe ureke ubuyobe wa kuyakabili we.Urambabaje !Abazajya mu ijuru ni 144000.Bazajya kwifatanya na Yesu kuba abami n'abatambyi kandi bakayobora isi.Ibyahishuwe 9:5,Ibyahishuwe 11:15.
Aba batipe ubwenjye bwabo ntiburakura disi pole pe murabana ntimuzi ibyo murimo murambabaje. Ibi mwari kubikora muri kumwe nuwo Muhamya . Ubutaha mufite ibibazo. Nimugira nirindi dini Mukoraho ibiganiro , Islam ,advantist nandi mujye muzana umuntu usengerayo naho mwebwe mutasomye na Hobe koko. Nta na bible Mufite ese ubu muzakura ryari
Nibwo nkibona iki kiganiro nubwo kimaze igihe, ariko ndifuza ko uyu mugabo cg umusore yampa umwanya nkamuha umucyo kuri ibi buntu byose yavuze abeshya. Uwaba azi Numero ye yayimpa nkaganira nawe nkakuraho uru rujijo yashyize mu bamukurikiye nkoresheje ibyanditswe byera(Bibiliya)
Nukuri ibyo muvuga ni ukuri 50% umuntu uta umwanya yumva abahamya , azisanga yarijyanye mu ngoyi z imigozi y ubuyobe buva kuri satani atazigera yigobotora. Kuko na bibiliya ubwabo bigishirizamo si kimwe n izindi yanditse mu buryo bushyigikira ubuyobe bwabo.gusa nawe ukwiriye kongera kwiga ku byerekeye i kuzimu. Imana ibakomeze mwakire Yesu as King and Savior
Imana nizina rusange izina bwite ryimana ryukuri ni yehovah muri mubyo mutazi
Ncuti zanjye abahamya ba Yehova bigisha bakoresheje bibiliya none wowe wansobanurira ibyo uri kuvuga aho byanditse muri bibiliya?
Mwabana malayika mikaheri n’inde? Ndabipfurije gucabugufi abahamya ba Yehova babigishe muracari bato kndi muzomenya 👍🏻
Mwayobye mukiri bato kbsa. Mureke kubeshya abantu ahubwo mubashake babigishe , ibikoma bibarimo mubyo mubabeshyera muzagaruka byabashizemo
Ubu ngo namwe mwigishije, ndabona arimwe muri mu buyoboye. Abahamya ni beza cyane nubwo ntariwe, ariko ni beza cyane rwose.
Ni beza gute?
Abahamya ba Yehova bakoresha ivyanditse muri bible Sawa none wewe ivyo uvuze ko Ari ibinyoma wabitangiye imirongo yo muri bible
Unwox muri kuvuguruza bibiriya,mwabaye abahakanyi😂
Ukonukwibasira abanipe yehova niryozinabwiteryimana ariko natwe twemerako imana ifite amazinamenshi urugero nkisumbabyose umwami kadinayo turayakoresha wibeshya abanu gutyo pe perezida nizinarusange ariko sizinabwite ryuryitwa
Naho urikubeshya twemerako arumwanawimana
Abahamya ba yehova❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Bro waratanye pe.urababaje
Ibyo byose uvuga Tanga ingero zanditse muri bible ureke kuduha ibyo wizera utanaz
Ndatangaye!!!,Abigisha mukwiye Kwigisha kd mukareka gusenya ibya bamenyi bubatse kk idini ryose nikinyoma ryigisha:
Nkawe ndumva Amazina utwibwiriye ari ayibicaniro byibitambo.
Uku ni uguta igihe
Thx 4 yr comment
@@R.E.MTV1 Muri Matayo 6:9,10,Yesu yaravuze ngo tujyedusenga tujye tuvuga ngo Data wa twese uri mu ijuru izina ryawe ryubahwe.Ntiyavuze ngo amazina yawe yubahwe.Yeremiya 16:21
@@R.E.MTV1 Muri Matayo 6:9,10,Yesu yaravuze ngo tujyedusenga tujye tuvuga ngo Data wa twese uri mu ijuru izina ryawe ryubahwe.Ntiyavuze ngo amazina yawe yubahwe.Yeremiya 16:21
Soma abakolosayi,1:15 Wiyobya abantu.Hagaragaza ko Yesu yabanjirije ibyaremwe byose.Mu Cyongereza,first born of creation.
TumiraAbabamya ba Yehova bakwigishe ureke ubuyobe wa kuyakabili we.Urambabaje !Abazajya mu ijuru ni 144000.Bazajya kwifatanya na Yesu kuba abami n'abatambyi kandi bakayobora isi.Ibyahishuwe 9:5,Ibyahishuwe 11:15.
None c mwebwe hari ahantu muri Bible handitse ijambo ubutatu?
Gusa mukobwa wambaye nabi.ubwo se urimo kwerekana iki ?wafunze ibipesu byawe
Sha iyuva uri ikirofa gikwije condition. Abahamya urabazi? Genda umbwire satani wagutumye gusebya abahamya KO atavyo washobora.
Ikintu cyakagombye gukorwa mwagakwiriye kuvuga handitsweho ibyuvuze ukabihamisha handitswengi
Ibyo muvuga nta facts bifite,mwe mujye mutanga imirongo yanditse muri Bible ibyo muvuga bigaragaramo.
Yooo muzamenya ukuri Niko kuzazababatura mwa ba bana mwe ,mubonye abo mwiteza disi😢😢😢
Murye mureka kubesha niwowe uvuga ibyu tazi rekagusebanyA niba uhebwa kuraje shaka akazi ureke guhebwa ubesha murBesha
Ibinyoma mufite mubabeshyera nibyinshi mwashakiye ahandi Koko kobatarya iwanyu ntibanarare iwanyu
Ndumukristo ariko ibyo murigusobanura sibyo soma yesaya 9:5 handitse ko yesu ari bata watwese
Ntabwo murakura mu mwuka mukoze ntimucike intege umwuka wera ni imbaraga za Yehova akoresha
Sha, nimwe mwayobye pee! Nimba mushaka kumenya abahamya ba Yehova neza, muzemere mwigane nabo Bible, mwebwe mubasebya ntimubazi! Nugerageza kwigana nabo bible uri kubaneka, uzashiduka nawe ubaye umuhamya wa Yehova, njye ntimwandushaga kubarwanya, arko ubu naremeye. Mwikinisha buriya bwoko bwa Yehova butuye ukwabwo, kuko ibyiyi Si sibyabo❌
Mbega ibinyoma byanyu,
M urashaka kubaho
😮ncuti uko ni ugusebanya kuko abakorisayi 1:14-16
Ibi nukuri
Uyu mukobwa nawe ndabona yakurikiye rwose, genda usome bible.
Ukomeze usome n'Ibyahishuwe 21:1-4
Don’t talk about jehova,a uba wibeshya there are number one nta torero kwisi ribaruta ikindi bari smart bazi imana nibo bambere
Ababana nyamara baravuga ukuri
Ese munsobanurire?igihe yesu yapfaga koyamaze iminsi itatu mumva?ubwo isi yamaze iminsi itatu yiyobora ntamana yaririho?ese igihe yesu yarari mumazi ari kubatizwa ko ijwi ryaturutse mwijuru rivuga riti:uyu ni umwana wanjye nkunda kd nkamwishimira ninde wavugaga? Nshuti nukuri mumfashe mwige bibiriya ndabinginze 😊
Mwarahabye sindi umuhamywa wa Yehova ariko nta dini rirusha abahamya gusenga cg kugenda uko lmana ishaka.
Yeremiya 16:21
None ko utabaye we, ko wumva bagenda uko Imana ishaka?
AKO NDUMIWE KABISA , BIRANTANGAJE NDETSE BIRANANTUNGUYE MBE MWA EJOBUNDI TUZIRANYE AHA IKIGARI URIRIMBA HIP HOP BIKANGA AKAKANYA ABAYE PASTOR? GUSA MUBIGARAGARA NTUZI IBYUVUGA NAWE IBYARIBYO NUGUTEKA IMITWE BYAYINDA YUBU PE!!! SINDI UMUYOHOVA NUNYITEGEREZA URANYIBUKA NEZA MWISHURI ARIKO RWOSE NAGENZUYE INYANDIKO ZABAYEHOVA NUBU NDACYAZIGENZURA KUKO UBUTUMWA BWABO NGENDA NKURAMO BYINSHI NABIHUZA NIZINDI NYANDIKO NKABONA BIDASIGANA MUBIGARAGARA UHARABITSE IDINI PE UZABANZE WIGE IBYABO NEZA UBONE KUVUGA KURIBO??? NGO NTAGO BEMERA UBUTATU BUTAGATIFU???? NTANABAZI KUBUSOBANURA NKABO NAHO IBYAMAZINA Y'IMANA YO NTIYAKABAYE IKIBAZO KUKO MUBIGARAGARA IFITE MENSHI MURI BIBILIA YAGIYE YITWA.. NUSOMA NEZA UZASANGA UBWO YASUBIZAGA MOSE YARAMUBWIYENGO UGENDE UBWIRE ABISIRAHERI KO NITWA NDIHO...ese ubwo muyo wavuze yose iryo rihuye nirihe kweri? ABAYEHOVA WABONYE BAHAKANA AYO MAZINA YANDI KOKO? RUGAZU HAVE RWOSE VA MUBYO UDASOBANUKIWE CG UBANZE WIGE NEZA IBYAMADINI MBERE YUKO UGIRA ICYO UYAVUGAHO.
Ndababaye ukuntu umucyo wabarasiye mugahungira mumwijima😢😢ABAHAMYA BAYEHOVA NDABAZI NIBEZA CYANE.KDI IBYO BIGISHA BIBA MURI BIBIRIYA .
Nizere ko nawe uri we 😅
No 6 uratubeshye bya nyabyo kbs . No 7 nayo siyo kuko bibiliya ivuga ko isi yaremewe guturwamo iteka
You are children's in Jehovah's witness and you don't now
who is Jehovah.😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢
Muri injiji zuzuye, ntabwo bavuze ko izina ry'Imana ari yehova. ahubwo Yehova niryo zina bwite.
😢😢😢 unteye agahinda kbx kandi wasanga uri pasteri disi icyo ukwiye kumenya nuko.( Yhwy)Ari yehova akaba yitwa adonai el shadai elohimu ayo mazina yose nayimana ikindi uzajyakwiga nukumenya gusesengura amagambo Ari muri yohana kuko tuyasanga nomwitangiriro ESE icyiswe nice conference waba ukizi hhhhh reka nkwibutseko iyi conference niyo yavuyemo ubutatu uze nokwibuka KO yesu yivugiyeko igihe kigezengo umwana wumuntu apfe kd unibukeko imana itagira office biguhe isomo KO yesu Ari uwambere mubyaremwe nimana ariko yesu Atari imana kuko nawe yasengaga imana kd ntamana yisenga kd yesu yasenze imana NGO imurenze igikombe kd yesu yararemwe kuko imana itabyara naho jambo witwaje we umusobanurirwe nitangiriro igce cyambere chose ugisome neza noeh uzamenyako yesu atigeze arema bivugako mugihe habazwaga ibizima nabakuru KO yesu ariwe witanze niba wibuka ninde wakoresheje iyo nama reka nkwibutseko woe uyobya abantu kuburyo bwimbitse pe niba ushaka kumva KO woe uvuga ibyo utazi ahubwo utari numukristu yewe ntabwo Uzi ibijyanye ninyigisho zibyanditswe byera habe mamba noeh uwo mukobwa murikumwe umubwire ashakire views na subscribe ahandi muve mukuyobya imbaga nyamwinshi kd ubwire na satani wagutumye ngo hayoba usanze ayobye kd niba harinumurimo ushinzwe mwidini bakwibeshyeho niba iyo Chanel yanyu ikorera murwanda nukuri mukeneye inama nyinshi cyane pe😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢👹👹👹👹👹👹👹👹 woe ntabwo Uzi imana ntaniyo wamenya uticaye ngo wige ntabwo nduwejejwe ark ndumukristo usanzwe ark Uzi ibyo nigishijwe muzampagare ubundo ubwo buyobe nkwigishe ukuri kuribyo +250785683290
Sha abahamya no kubibasira ubwabyo nikimenyetso cyuko turidini ryukuri
Ubwo se usobanuye iki? Ijambo ry'Imana rivuga iki ?kuva 6;3 hanyuma yeremiya;16;21 none kuba Imana izina ryayo bwite ngo ni yehova mubikura he? Ntimutuyobye Yehova nizina rusange nkuko uhoraho.
Bana bato, ndabashimira ubutwari mwagize bwo kuvuga ku myizerere y'abahamya ba Yehova.
Gusa amakuru mubafiteho ni ayo mwahawe n'abantu batabazi neza. Nabagira inama yo kubegera bakabaha ukuri kuri izo ngingo. Ikindi nabasaba ni ugukora ubushakashatsi muri Bible yanyu hanyuma mukagaruka mutubwira ibyo mwasomye muri Bible aho kuzana ibitekerezo byanyu hano.
Sindabona umuhamya wa Yehova wigisha ibyo atekereza, buri gihe berekana imirongo yo muri Bible babikuyemo.
Wenda wabashinja gusobanura nabi imirongo ya Bible ariko kuvuga ko bigisha ibinyoma kandi babikura muri Bible waba wiyambitse ubusa kuko waba ugaragaje ko utajya usoma Bible cg se ahubwo ukaba utayemera! Byanshimisha ubutaha musubiyemo iyi ngingo mukagaragaza muti: bigisha ko ... nyamara Bible yo ivuga ko... (umurongo wa Bible), ariko na byo mukabikora mwabanje kuganira n'ababahagarariye mu gace muherereyemo.
Murakoze cyane
Aba batipe ubwenjye bwabo ntiburakura disi pole pe murabana ntimuzi ibyo murimo murambabaje. Ibi mwari kubikora muri kumwe nuwo Muhamya . Ubutaha mufite ibibazo. Nimugira nirindi dini Mukoraho ibiganiro , Islam ,advantist nandi mujye muzana umuntu usengerayo naho mwebwe mutasomye na Hobe koko. Nta na bible Mufite ese ubu muzakura ryari
Uhise wivuguruza kuri za office 3 wavuze aho uvuzeko yesu ariwe waremye,God wavuze ni uruhe ruhare yagize mwiremwa ry'ibintu,
ibyo wabavuzeho ni ibitekerezo byawe kuko ntiwifashishije Bible ngo ugaragaze ko wowe ibyo uvuga arko kuri. Niba warabashije kwiga kaminuza uzi ibyo nshatse kuvuga. ubutaha uzaduhe ikiganiro uri kumwe n'umuhamya wa yehova hama mutuganirire kuri izo ngingo mwifashishije bibiliya nibyo bizakura urujijo kubakumva @Rugazora
Mwabana mwe mube mumenya ivyo gukina navyo. Ntasoni!!!! Abakolosayi 1:15 havugiki ?? « Niw shusho y’Imana itaboneka akaba n’imfura muvyaremwe vyose . » ntasoni ipuuu nimuceceke☹️🤬mbay ncumviriza mfatwa n’umujinya kubumva muvuga ubusa mutazi 😢 Mbega udukozi twa shetani weee ubwo rero namwe muraje kuzimiza abantu. Ntasoni mwari mwabuze umupira mukina ko mwaje gukinisha ivyo mutazi???😮😮
Ubwose ushingiye kuki units abanyabinyoma? Uzabanze umenye bibiriya nyuma ubone kubura abanyabinyoma.isi yose ihindutse abahamya izi ntambara ziriho ntizabaho.
Si byiza gusebya abantu bene ako kageni pe!niba inyigisho zabo ntacyo zibafasha mwishaka kuyobya abantu ari mwembwe Ahubwo.uzareke kubakira iwawe ariko Désormais si byiza kbsa.tujye duhigira ahandi twe guhigira mu gusebya abandi.
Bafite inama nzima zubaka nubwo ntabyera ngo de!
Wavuz ariko ivyo bigish babitiy ivyemez muri bible naw dufash utwerek muri bible ahabibeshuza
Jye nta dini ngira arko.Abahamya ba Yehiva nibo nimero yambere mubantu bagira ubwenge mumyigishirize yabo
Ko numva mwigize abahanga mu by'Imana woe ibyuvuga uziko Bose babyemera menya ibyawe ubareke kuko nawe ibyawe ntibabyemera ariko wigize uzi ibintu ,nta dini rizajya mu ijuru rero bareke Yesu niwe uza uzabacira urubanza
Thx @jonas
Mu bituruka mubitekerezo byawe uretse ko ushobora kuba ufise ubwenge nongereho ko ukuri benshi tuzi haba hari uko twariye kudakuweko ibishishwa.
Murekekubeshya kukonamwentimurasobanukirwa ukuri. Gusayehova afite ububashabwokubahindura mukamenya ukuri
Aba bana ko bayobye bakiri bato di aho si inzoga nyinshi. Ndababaye ( Igitekerezo cyanjye mugende mwicare musome munasobanuze)
Nukuri ntabuyobe ibaze uyu munsi wisanze usaziye muri ibi bya yehova warayombye wakora iki?
Byakugora kubyemera no kwiyakira
Nemera ko abanyabyaha bazarimbuka. Kuvugango ba zashya iteka ryose bihabanye n'iri jambo ngo "Imana ni Urukundo". Bibaye nk'uko mubivuga, Interahamwe zaba ziyirusha ubupfura. Muzabanze musome Bible neza.
Murabasatani kabs ntamuntu uzubwege wakora ibyo sindumuhamya ariko ndaba maganye ,nimwe mwayobye
None se ubamaganye uhagaze kukihe cyanditwe muri bibilia
YEHOVA niryo niryo zina ryayo ayo yandi mazina nayicubahiro yo kuyisingiza muri make namatazirano ariko izina ryayo bwite ni Yehova
Mutuze igihe kizabisobanura kora ibyo ugomba gukora wipfire ntawe ubangamiye
Ese nkubaze Ibyobintu byubutatu urigusobanura ahari utabeshye abantu wowe uri kubyiyumvisha😂😂😂,
Ikindi kandi abahamya wowe mubigaragara ntabwo ubazi ahubwo ibyiza nuko wacira urworwango ujunditse kuko ibyo urikuvuga wowe nibyo wumvanye so ntabwo aribyo wasomye
Benedata kungingo y'ibyumuriro uzatwika abanyabyaha ntabwo muri kwemeranya na handitswe ""ngo""
Dore icyo ijambo ry'Imana rivuga kubijyanye n'imuriro uzarya abanzi b'Imana
Malaki :3:19
“Dore hazaba umunsi utwika nk'itanura ry'umuriro, abibone bose n'inkozi z'ibibi zose bazaba ibishingwe, maze habe umunsi uzabatwika bashire, ni ko Uwiteka Nyiringabo avuga, ntuzabasigira umuzi cyangwa ishami.
Abatari kumva neza ubutatu (trinity)icyo bivuze nimwite kuri irisomo.
1 Timoteyo :3:16
Si ugushidikanya, ubwiru bw'ubumana burakomeye cyane: Imana kwerekanwa ifite umubiri, ikagaragara ko ari umukiranutsi mu mwuka, ikabonwa n'abamarayika, ikamamazwa mu banyamahanga, ikizerwa mu isi, ikazamurwa igahabwa ubwiza.
Nibwo nkibona iki kiganiro nubwo kimaze igihe, ariko ndifuza ko uyu mugabo cg umusore yampa umwanya nkamuha umucyo kuri ibi buntu byose yavuze abeshya.
Uwaba azi Numero ye yayimpa nkaganira nawe nkakuraho uru rujijo yashyize mu bamukurikiye nkoresheje ibyanditswe byera(Bibiliya)
Byaba byiza mugiye mwerekana ibyo muvuga mubikuye muri Bible kubera ko abigisha Bose Ijambo ry'Imana bokoresha Bible. Bitari ibyo biragoye ko abo mubwira babyumva nk'ukuri ahubwo barabifata nk'ibitekerezo byanyu bwite
Eric iyo ni imyumvire ukura kuri isko Rugazora,wibahimbira...vuga ukoresheje ibyanditswe,ureke urunwa gusa
😂😂😂😂 yoooo.muzabaganirize kuri iyo ngingo mu byahishuwe 7:4-14 kuri iyo ya karndwi isobanura aho abantu bazaba
Mwadufasha mu katubwira ibyiza byabo kuko nago wamenya ibibi gusa
Natwe twemeza ko yabonekeye mariya bwambere akabonekera napetero imonankubone nabandibenshi ibyomuvuga sibyo
Ibyo tubyirengagize kuko aho kwiheba wakibeshya
Kandi ikindi muzotegure ikiganiro mugishikirize mufise bible muze murasoma handitswe ngo.
Nukuri ibyo muvuga ni ukuri 50% umuntu uta umwanya yumva abahamya , azisanga yarijyanye mu ngoyi z imigozi y ubuyobe buva kuri satani atazigera yigobotora. Kuko na bibiliya ubwabo bigishirizamo si kimwe n izindi yanditse mu buryo bushyigikira ubuyobe bwabo.gusa nawe ukwiriye kongera kwiga ku byerekeye i kuzimu. Imana ibakomeze mwakire Yesu as King and Savior
Ese mugamije iki Basi nasoni mufite
iyooo hhhhh yehova Sha ntagomumuzi
😂😂😂 cyokoza ndumiwe pe gumana ibyawe bro abahamya ba yehova nidini ryukuri
Iki cyakabiri, uzagisubiremo neza, wongere wige: Yesu niwe Data, niwe Mwuka wera! Obviously, Imana: Ufite Ubwenge niwe Yesu, Kandi ikagira Umwuka wawe ariwo mwuka wera! Rero Ubutumwa ntago bibaho. Yesu, Umwuka wera, Data watwese it is One. Ariko courage pe, Kandi nibyiza mukomere aho, it is good initiave!!!
Kubijanye nico mwavugaga kuri Yesu Kristo ko ataremwe mutanga icanditswe comub'Abakolosayi 1:9
Mwihenze gato usome wumve neza ahubwo ni chap 2:9
Umva ukuntu urumuswa urasebanya utazi nahobiba mwabaswa niba mwiye meje gusebana mukoreshe bibiriy ibanyomoze
Utu tujiji tubiri turi kubeshyana tunabeshya abandi, ababishinzwe babafate babafunge
Basenga imana yukuri ntabakora ubugoryi nkubwo aradi madini baba mena ntasoni
Ndumva mutakabaye muca imanza, ngewe ndabona ari nkokwibasira idini ryaba yehova,nimubareke niba bayobya abantu Umuremyi wabantu nibintu azabibabaza.
I regret following you
Umwuka wera ni imbaraga z'umuntu?!! Ntamuhamya numwe ubyigisha uretse mwebwe. Gusa mwitoze kumenya ukuri
Yesu😂😂😂😂!! Satani yakwigaruriye wogapfawe ntuzongerekubeshya ubwo uzabona umugabo yooh Satan nimubikoko pee abahamya❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Ukunda abyhv,ariko twebwe Oya sinkunda umuntu ubeshya none uje utukana (satani si wowe se)?
Abatabizi bicwa nokutabimenya🙊🙊
Izina ry'Imana mukinyarwanda ni Imana naho mu Giheburayo ni Yehova none twigisha muruhe rurimi ibi nukwiyobya Uzi abo uyobya twigishe ukuri tudahangana kuko igifite ukuri nukumenya
imburamukoro mburamumaro nkamwe muvahe koko?
Ukwiye gusobanurirwa bikwiye
Wagerageje bimwe ariko hari ivyo nawe utarasobanukirwa neza.Kuzanzanya na Kristo imyaka 1000 bizobera mw'ijuru,nyuma yayo isi izoca ihindurwa paradizo tuyibemwo tudapfa kuko Satani n'abamarayika bimwe bazoba baterewe mukiyaga caka umuriro namazuku.Rero ivya Gehinomu ntavyo urasoba ukirwa neza.Urabanzwa wigishwe umenye ukuri.Ariko courage.
mbese umunsi muzisanga muriho mwicuza kuba mutarumvishe ibyo bababwiraga?
muzajya hé koko?
#kagabo ukuri kuvuga ko Yesu atazutse kubaho kuko ?
Abahamya muvuga murabazi cyangwa murarota.
Uzabanze,umenye ,abahamya bayehova,,imyizerere yabo,kuko ntubazi.
Mbega abana binjiji ntanisoni pe!!!
Mwikanze iki nta nubwobase?
Wifatiye injiji mu bya Bibiliya
Amen musome YESU n lmana
Ubwo mbese murumva muvuze ukuri🤪
imbwa gusaaaa😢😢😢😢😢😢😢
Niwoe urikwigisha ibinyomapeee yehova akwitehop
3.MUTUMYE MBAKUNDA.MURABABESHYEYE!numunsi bizihiza1 ni uwa Yesu
Izi ninjinji kweli 😂😂
Thx @innocent
Baravuga ukuri kuzuye
😆 Hahaha