Mungu atabauliza ndugu yangu nabo habataondoka hapa Duniani 'na bado habajalipa yote balimutendea Maman Claire,Justice ilimutesa sana.mais yote italipwa hapo hapo.Tumuache Mungu Abakie Mungu.tuliipata yote chapitre 1 jusqu,la fin mpaka anashukuru Bose babireba,ahobamusuzuguriye ninaho Imana Asenga yamukuriyeho Igisuzuguriro .Yesu Ntakina.
Susanne ihangane kandi ibibodo Imanza Yaguhaye bizoguhezagiza. Mu mezi make uzoba uri umutunzi kizima uzi kurondera ubuzima. Igishoro Imana yo Itanga vyose Izokiguha. 1:06:08
Mbega justice wee. Bakwiba inzu 2 ,baguha abana ngo ugende urere abana ataco usigaranye . Maman Poole bandanya uburane uzogere no kwa Président de la République
Abaturage bararenganye byo rwose ubutabera bwarononekaye cyaneeeee ruswa iravuza ubuhuha
Ndumva nakwungura igitekerezo maman bishop, harimpamvu abagore barengana bakugana, uzashake nkumu Avocat azarye yunganira abo Bantu kubuntu ashobora kuba Ari uwo muri church akitanga cyangwa mukazamuhemba Kandi Ayo kumuha yaboneka kuk Imana ukorera irihagije noneho bizagenda neza
Mbega umudamu warenganye arko utuje. Uwiteka akugirire neza kdi ibi bibazo bishyirweho iherezo kuko ntacyo mwapfuye. Gusa ndabona uwo mugabo azagaruka bishoboke ko ari under influence bad forces zabo bagore arimo ariko azasubiza ubwenge kugihe. Sinibaza ko ari undi azabina umeze nkawe. Uwiteka Data watwese wumve gutaka kwuyu Suzanne usubize ibyifufo bye. Amen.
Impore Mubyeyi hejuru yabyose hari Imana ica imanza zitabera iza kurenganura
Ngewe sinakwiruka inyuma yumugabo wantaye namwihorera ngasenga Imana ikandengera nabana bange
Yoo, Pole Suzanne. Imana ntirenganya yisunge niyo muhoza naho ubundi isi yo irababaza
Humura mu bujurire Imana izitamurura , kandi ya masezerano mwagiranye yo kugabana inzu na annexe uzayashyire muri dosiye
Ipuuu Mana ndagushimye ko utampaye umugabo umeze gutya ipuuu mw'izina rya Yesu
Iyo muvuga ubutabera kubibazo by'amakimbirane yo mu ngo ,njye simbona ubutabera, igihe cyose nta tegeko rishyiraho ibihano ku myifatire y'abashakanye cyane hakumirwa ubushoreke n'ubusambanyi ,ntacyo twiteze mu butabera ku bibazo by'umuryango.
Uwo SI umugabo n ubundi ahubwo wagize Imana
Yesu azokwishurira mu kobwa mwiza. Ivyo dukora vyose tuzovyishura tugihumeka ibindi tuvyishure imnere y'Imana kuri wa musi.
Yesu ashimwe mukozi w'Imana
Rwose ibyo ntabwo byemewe
Kindi urukiko rufite ububasha bwo kumenya umushahara ahebwa
Bjr ko uvanga c? Rimwe ngo inzu yari iyanyu, ubundi ngo ubona wishyure inzu !!!!!
Iyo yishyuraga niyo yacururizagamo
Mungu atabauliza ndugu yangu nabo habataondoka hapa Duniani 'na bado habajalipa yote balimutendea Maman Claire,Justice ilimutesa sana.mais yote italipwa hapo hapo.Tumuache Mungu Abakie Mungu.tuliipata yote chapitre 1 jusqu,la fin mpaka anashukuru Bose babireba,ahobamusuzuguriye ninaho Imana Asenga yamukuriyeho Igisuzuguriro .Yesu Ntakina.
32:03 32:06 😢😊
Susanne ihangane kandi ibibodo Imanza Yaguhaye bizoguhezagiza. Mu mezi make uzoba uri umutunzi kizima uzi kurondera ubuzima. Igishoro Imana yo Itanga vyose Izokiguha. 1:06:08
Nyagasani arangere abana na mama wabo. Mushumba Imana iguhe umugisha gutabariza izo nzirakarengane.
Abacamanza burwanda bacimanza benuko!!!
Basubire kwishure nukuri
Uwo muvyeyi baramurenganije cane,
Urworubanza numwana yoruca.
Abajejwe kurenganura abarenganijwe nabacamanza bakwiye kurenganura uwomuryango
Nibara nibara kumutemere!!!
Abacamanza bakora nabi bishe imiryango bangaje abana n'abagore.Biteye isoni pe!Igihe kirageze ngo bajye bakorerwa audit ku mikorere yabo.
Urwo rubanza rwaciwe nabi cane.haragiyemwo igiturire. Uwo mugore niyunguruze urubanza. Bavyita kujurira.
Manawee Suzanne wararenganye ihangane Imana izakurenganura gusa birababaje
Uwiteka agukomeze Maman kandi umugabo natihana Uwiteka azamuhana ngewe reka musabire Uwiteka azamukanire urumukwiriye hamwe niyo nshorekeye bazagubwa nabi bogatsindwa n'Uwiteka
Ariko njye hatikintu nibaza nigute umuntu wumugabo abyara abana akabandagaza aho abayarababyariye iki niba abadashoboye kubarera bagiye babyara abo bazarera babona batazabarera bakareka gushaka abagore bo kubabaza babatesha agaciro bakabarerera abana babo nabo bazerera aho bajya gushaka abandi bagore? Bagore namwe bibicucu musanga izonzererezi zabagabo zitazigufata inshingano zabo mubona mufite ubwenge gusumbya abo bataye? Mwisubireho birababaje mujye mumenya ubwenge mwabagore mwe kuko abagabo bubu ntabumuntu bagira
Ubutabera burananiwe nigute hacibwa urubanza rumeze gutya?urukuko rwaciye uru rubanza rurazwi n'abacamanza baruciye barazwi,hakabaye icukumburwa kuko harimo ruswa pe,kuko bigaragara ko mubutabera harimo ruswa ya karundura.
Suzana nuluri ihangane imana inshobora byose izakurenganuro
Guca mu bikomeye nubwo bikomeretsa ariko bitera gukomera,never give up,humura uwiteka arahari.
Mbega akarengane wee 😢😢 ihangane mama imana izagutabara
Ihangane Suzanna we Imana yo mwijuri izakurengere wararenganye pe
Aka ni akarengane mu by'ukuri, gusa umuntu ubwe, ndavuga uyu mugabo wataye umugore n'abana, atarinze umutima we ngo anatinde isezerano yagiranye n'umudamu we, ntacyo umugore yakora ngo amugarukire.
Bagabo mushaka guhora mu bishya nk'ababaji, kababayeho ni ukuri, ese mwibuka indirimbo ya Matata ngo : "Mbega aho izoburira umwanya nkanje, kubera ibikogwa n'uruvyaro, uzoyita urondere iyindi canke bizogenda gute..." iriya nshoreke ntacyo irusha Suzanne Suza , nakunze ukuntu witwaye muri iki kibazo, Imana iguhe umugisha, kandi mureke azigarura, natanagaruka uzabaho kubw'urukundo n'Impuhwe z'Imana.
Komera ku isengesho wizere Imana, ibindi ni ibyayo, ntijya itererana abayisunga. Ni urugamba rutoroshye, ariko nta kinanira Imana.
Wa mugabo we, sinkuzi, ariko numenya neza ko Suzana ari umugore mwiza uzagaruka.
Umukobwa kugutwara umugabo ni ikintu cyoroshye ahubwo se ko hari n'ukwica akamutwara warapfuye?Shima Imana kuba ukiriho!
Abahemu jewe ndabandanya kwibaza ikintu imisi yabijeje gituma bahemuka p ubundi nkicokigabo ciyumvira iki icubiba nico usarura ndaha uwomugabo yariye abana biwe azopfa arushe
Akarengane we😢😢 Mana yanjye ubu uyu nawe yirirwa azunguza amapantalon i kigali ngo numugabo😢😢 amarira yuyu mugore nabana bizamusema
Mbega justice wee. Bakwiba inzu 2 ,baguha abana ngo ugende urere abana ataco usigaranye . Maman Poole bandanya uburane uzogere no kwa Président de la République
Mbega akarengane, niyange gutana no kugurisha agume munzu ,iyibdi ayikodeshe imutunge nabana pe
Hari ababuranira abadafite ubushobozi niyongere ajurire iyo nzu ntabwo yagombaga kugurishwa cyane ko nta ninsfashanyo yahaga urugo. Ntiwirenganye kudasenga siyo mpamvu... inkiko zirimo ibisambo bitita ku baturage
Ihangane,madamu,suzana,humura,imana,izakurengera
Mmen jy muri commission ishinzwe uburenganzira bw,umwana nibura abana barenganurwe , ariko iyondaya yo yizeye gute uwo mugabo,ngirango baranabaroga.😊
Mbega mbega akarengane uyu mudamu anteye agahinda pee
Inama namugira najurire niba iminsi 30 itarashira niba yarashize yitabaze umuvunyi ako nakarengane gakabije rwise
Wihangane lmana numucyamanza wukuri ntirya ruswa
Ihanggane IMANA IGUHISHIYE IBYIZA KURUTA
abagabo bataye ishusho yimana kbs
Abantu badasenga se baba ibigoryi bakareka inshingano zabo ?wapi hari abantu bafite ubwenge bwubuzima bwabo nabo babyaye kandi batazi numuryango wurusengero.bahawe uburere bafite indangagaciro
Abacamanza bariho bateyubwoba, kutarenganya nicyo gitangaza, iyo uburana nukurusha akantu byo OMG 😢 ihangane
Ihangane igaburira inyoni ikambika uburabyo nawe ntizakureka.
Kuki amazina yaba suzana akunda guhora nibibazo ?yewe suzana niwihangane imana isumba ingabo
Gitifu w’akagari n’uwumurenge
Abagore baragowe usigaranye abana nuduhumbi20 inzu arayigurishije nonese ubwo abobana bazabahogute ????birababajepe
Mbega abagome babagambanyi weee😢😢
Igihugu cyacugifite amategeko yanditse neza rwose,ariko ba ntibindeba bagatobera leta,maze leta akaba ariyo iharenganira,kuko amatako y'umubyeyi acumura yicaye,maze ago manyanga leta ikayitirirwa.
Mphaaaa
Ibyonibinyoma,ntazemere,najurirekuk,iyokeredintimurebanagacye,kukontigigez,ayisinyira,Kandi,nabobananibarenganurwepe,gusa,niyonshorecye,izicuzantacyifitecyiruta,icyuwambere,kandimama,imana,izagusubizape
Mujye mwihangana abagabo batakebwe mumitima niko bamera
None se ko bagurishije iyo nzu, hanyuma abo bana bazatura hehe?
Ni ukujya kurega urenganurwe
Birasa n'ibya claire
Barasenya imiryango
Gitifu w’akagali nawe n’umuhesha w’inkiko uhembwa na leta nta Kiguzi aca uzamushake ajye kukwishyuriza utwo duhumbi 20
Yesu atabashangaza
Hejuru
Ntugashyire hanze umugabowawe
nta mugabo urahongaho. Kandi kuvuga ni umuti w'igikomere cy'umutima.
Mbega abacamaza burwandaweeeeee
Yesuwe we have the same story
Sorry
Uwo mwenda ntabwo umureba
Kuko ntaho yamusinyiye
Kindi ntabwo inzu sri ingwate
Mwaramutse neza?
Nimukomere rwose ariko Suzan narenganurwe kuko ntariranga. Mwihangane
Mumurenganure yararenganye
Abagabo bamwe ntamutima wa kimuntu bafite kbs
Yeweeee
Amakosa yambere yakozwe na mudugudu ibaze umuturage uyoboye kugusuzugura agakinga ugaceceka ngobyananiye niyegure peee
Ubutabera ntabukibaho abantu birirwa barengana iminsi yose ubutabera ntabwo ntabwo
Ihangane dear.
Yoo,uyu mudamu ndamuzi muhanga ruvumera acuruza amabati ashaje disi
Uwo mu mama warakwiye kujurira kuko Bank isinyisha umugabo n'umugore.Ikindi yanyandiko yamwandikiyeko bagabanye amazu cyagombaga guhabwa agaciro.Uwo mucamanza ni umuswa w'injiji cg igisambo.
Ni igisambo ara gatsindwa.
stay strong mom😭
Yakamureze yinyandiko mpimbano
Humura niba warajuriye Imana izabigenza neza
Ariko ndumva ubutabera mu Rwanda ntabuhari umuntu yarera abana babiri ku mafaranga ibihumbi 20000fr gusa numuntu umwe ntiyamuhaza
Ariko niba ukwezi kutararenga yajurira
Mwaduha numelo ya Suzanna niba bishoboka.
Ark ubu mba numiwe pe🤔 ubu se iyi nshoreke yizeye ko uyu mu escro wumugabo we atazamushakiraho nundi??
Y
Mwiriwe mukozi wimana mwaduhaye numero za Suzana ndunva nshaka kumumufasha nabana uko imana mubmigisha mike imana yampaye
Mbeega umugabo w'umu escroc .
hhhh avance sur salaire singobwa
Iyo muvuga ubutabera kubibazo by'amakimbirane yo mu ngo ,njye simbona ubutabera, igihe cyose nta tegeko rishyiraho ibihano ku myifatire y'abashakanye cyane hakumirwa ubushoreke n'ubusambanyi ,ntacyo twiteze mu butabera ku bibazo by'umuryango.
Ngewe sinakwiruka inyuma yumugabo wantaye namwihorera ngasenga Imana ikandengera nabana bange