Canoni Pr RUTAYISIRE Antoine arinzwe n'imbaraga zitari izo ngirwamakuru. Uyu munyagwa aravuga ngo Rutayisire yahanganye na Leta arashaka iki koko puu gatsindwe ntukunda Leta kurusha Rutayisire yanagaye cyane amatorero atubahiriza ibisabwa. Ariko koko RIB yadukijije aba buzukuru ba shitani banga igihugu. Yooooo ipuuu ni mubike bene wanyu muragahera
Back to the sender in Jesus name Ababituma bosee bibasubire incuro igihumbi Imana ikomeze iturindire Pastor Rutayisire ndetse n,UMUFASHAWE.... Turabiziko abashumba bibigoryi bamwanga cyaneeeee Ariko Imana imuhagarareho
Rutayisire Antoine turamukunda cyane. Ntiyigeze ahangana na Leta habe nagato. Ntanibyo azigera akora kuko ni umukozi w'imana. Nuwutari leta ,Rutayisire ntajya ahangana nawe.
Twamaganye abo badaimoni b impanuka ku mukozi w Imana Canoni Rutayisire Antoine mu izina rya Yesu. Imana imurinde aracyafite imirimo akorera Data wa twese. Abavuga impuha babyihane kuko badukuye imitima cyane. Imana ibababarire cyane.
Uyu mukozi w'Imana.ajye asengera ingendo ze birumvikana ko satani yatangiye gushers uko akoresha abakozi be ngo bazamwicire mu muhanda mu buryo bw'impanuka.
Urakoze lmana iguhumugisha nanjye Niko nari nabyakiriye pe gusa tumusengere umukozi w lmana kuko hari nindi channel bamuhanurira ko tugomba kumusengera cyane
Pasteur Antoine Rutayisire uyu munsi bavuga ko yakoze impanuka yari ku Itorero iwacu hano muri Kigali ku Kimisagara kdi yatubwirije neza Imana ikomeze imuhaze uburame!
Canoni Pr RUTAYISIRE Antoine arinzwe n'imbaraga zitari izo ngirwamakuru. Uyu munyagwa aravuga ngo Rutayisire yahanganye na Leta arashaka iki koko puu gatsindwe ntukunda Leta kurusha Rutayisire yanagaye cyane amatorero atubahiriza ibisabwa. Ariko koko RIB yadukijije aba buzukuru ba shitani banga igihugu. Yooooo ipuuu ni mubike bene wanyu muragahera
Icyakunyereka ngo dufatanye uvuze neza ndumirwa
Arikose Koko Rutayisire baramushakaho icyi koko mwamuretse karumukozi w ,Imana bamuhaye amahoro
Mwabuzukuru ba Gahini, muragatsindwa , Révérend Pasteur Rutayisire ni umukozi w'Imana.Ararinzwe n'Imana.Ibyo byose umwifuriza bikubeho bikugarukire.
Ariko jye ndumva Hari ikibyihishe inyuma ntabwo umuntu yapfa gutangaza amakuru nkaya adafite impamvu. Pastor Rutayisire agenze gake atahe kare Kandi asenge cyane Umuremyi we Yehova.
Back to the sender in Jesus name
Ababituma bosee bibasubire incuro igihumbi
Imana ikomeze iturindire Pastor Rutayisire ndetse n,UMUFASHAWE....
Turabiziko abashumba bibigoryi bamwanga cyaneeeee
Ariko Imana imuhagarareho
Rutayisire Antoine turamukunda cyane. Ntiyigeze ahangana na Leta habe nagato.
Ntanibyo azigera akora kuko ni umukozi w'imana.
Nuwutari leta ,Rutayisire ntajya ahangana nawe.
Imana iguhe umugisha mwenedata wowe uhumurije umutima wanjye nuwundi ukunda umukozi w'Imana Antoine,arko abanyabinyoma nabase Satani kdi azabahemba ibikwiye ibyobakoze
IMANA yomwijuru ikomeze kumurinda asana imitima yabenshi gusa urakoze nawe uturishije imitima yacu IMANA ikomeze kumuha uburame❤
Thanks,Mukozi wImana Manzi!My God bless you!!
Mana weeeee ndikanze ngirango inkuru ntungukiyeho niyo ariko izi ngirwa banyamakuru tuzazikizwa niki koko Imana iturindire Pastor Antoine RUTAYISIRE ndamukunda cyane
Imana iguhe umugisha
Uyu numusazi pe Rutayisire nimuzima numuryango we ntazatungurwa nurupfu kuko yakoreye Imana yomwijuru ararinzwe cyaneee
Baragakizwa
Abari kubika umukozi w'Imana rwose bakwiye kumutanga murupfu. Antoine Rutayisite ntazapfa ahubwo azarama mwizina ry'a Yesu. Amen
Twamaganye abo badaimoni b impanuka ku mukozi w Imana Canoni Rutayisire Antoine mu izina rya Yesu. Imana imurinde aracyafite imirimo akorera Data wa twese. Abavuga impuha babyihane kuko badukuye imitima cyane. Imana ibababarire cyane.
Kabisa
Mwebwe abanyamakuru mujye mugulisha Amakuru yukuli.Shakisha amafranga neza ,iyo chaîne ya ...yihane kuroga abanyarwanda ninkuru zibihuha.
Ngo wa maganye amadayimoni simwe .mwirira mwambaza abo bazimu bishyanga se ngo ni bayesu reka kubirukana bazajya babagaruka
Mu izina rya Yesu! Ararinzwe!! ❤
Ese izo chanel zibihuha ntabwo zafungwa Koko ubu dukure icyizere burundu kuri social medias?????? Birababaje pe!!!
Sha abanyamakuru baragwira
Pastor rutayisire uburyo yavuzemo si uguhangana pe
Gusa biriya bigoryi
Ingirwabanyamakuru nkaba bage babazwa gihamya y'ibyo baba batangaje
Yesu naguhe umugisha mwene data, naraye numvise iyi ngirwa nkuru numva binteye ubwoba kandi nari nkeneye aho nkura amakuru ya ntayo. Rero nkunda Mushumba Rutayisire sinakwifuza ikintu cyose Kibi cyagera kubuzima bwe nubwo muri rusange nta nundi nemerewe kwifuriza ikibi. Imana ikomeze kurinda cyane umukozi wayo n'umuryango WE muri rusange
Imana ihora ihoze bazabona
Ahwiiiii mana nababaye ,lmana ishimwe ko aribihuha ,kdi lmana ikomeze irinde pastor wacu ❤
Amen Amen! Imana ikomeze Pasteur Antoine kandi igenderere abo banyabihuha bihane.
Urakoze gukosora ivyo abanyamakuru bashyushya inkuru bavuga.vyukuri hari chanels zimaze gutera akajagari ugasanga bakoze ikiganiro kidahuye na titre batanze mudufashe muzadukosorere ivyo bintu.
Abanyamakuru bakora ivyo baba batesha agaciro umwuga wabo.
Murakoze
Nibyo rwose usobanuye neza urakoze amakuru yimpuha noguteranya nokubeshya bizagezahe abantu Koko uziko umuntu ashyira umutwe winkuru yarangiza ugasanga inkuru ntaho ihuriye nintego yinkuru rwose mubigishe cyane urakoze Bohoka tv
Imana ibabarire abobanyamakuru kandi ibahe ibyobarya batariye umuvumo wokwica abantu aribazima.Pastor Imana iramurinze.
Murakoze kutugezaho iri sesengura. Imana ibahe umugisha. Ahubwo abafunga insengero z'akajagari bafinge ni ibi binyamakuru nyakajagari.
Birababaje cyaneee kubona abantu bavuga inkuru mbi nkiyi
Ku mukozi w’Imana. . Murakoze gutanga ukuri muri ibintu.
Imana ishimwe ko arimuzima nari nababaye ariko abantu nkaba bagire ubumuntu nubupfura nibyo basabwa pe naho abo ntabwo arinyanga mugayo urakoze cyane kutubwira ko arimuzima
Imana iguhe umugisha uruhuye umutima wanjye,Abo babeshya nabo Leta ibahagurukire kko bimaze kurenga rugero.
Yesu aguhe umugisha, wavuze amagambo ahumuriza, abantu badakunda igihugu babyita ibindi bibazo, ♥️
Ese abanyamakuru nk'abo bagiye babafungira ubundi bateye umujinya
Aragakizwa !
RIB nikurikirane izongirwa Chanel ibi biteye iseseme bave kumukozi w'Imana arashinganye amaraso ya Yesu akomeze amutwikire .
Irene urakoze cyane kuduhumuriza. Nkunda Rutayisire cyane.. Icyo nasaba leta n'uko abantu nkaba bakurikiranywa ni nzego zibishizwe. Murakoze
Umubyeyi wacu dukunda Pr Antoine nimumuveho rwose impuguro ze turacyazikeneye .Abo bantu bakora inkuru z,ibihuha nibakizwe
Urakoze cyane. Ariko bari bakwiriye kujya babahana abanyamakuru nkabongabo. Bavuga ibitabaye. Nisebanya
Bakundwa b'Imana isi igeze aharindimuka pe ubu njye narumiwe kubwanjye numva abantu nkabo babahana kk birarenze nge mbabona nkabicanyi nabo gusa wasanga bataba mu Rda kk bahari ntibazana ubwo burofa
Biteye agahinda kwica abantu bariho kubeshya ibidafite umumaro
Imana ihora ihoze izabazibya iminwa itavuga ibyukuri
Urakoze cyane kuduhumuriza mukozi wimana kuku antwane rutayisire canon ndamukunda cyane imana ikomeze kumurinda🙏🙏🎉
Urakoze guhumuriza abanyarwanda Rutayisire turamukunda
Baramubeshera pe. Ariko bitonde Imana izabaha pe..kuko gukora mwijisho ryumukoze w'Imana uba ucokoje Imana ntayo ntivyihanganira.
Imana yacu ishimwe pe!Pasteur wacu komera pe!Gushyushya inkuru y'umuturanyi ntabwo ari byiza.
People are witch,Ruhogo urinfura rwose pe,bisanzwe.nge niturije munyigisho za bohoka,harimo ubuzima butagira akagero.long live dear❤
Turashima Imana kukouhumurije benshi
Ndagushimiye wakoze cyane. Njye numvise uwtwa chita magic, nahise mbonanko yishakira abamukurikira mpita mbiva ho immediately. So ntakiza bazabona mo kubeshaa kuru urwo rwego
Hallelujah. Imana ishimwe ko Pastor Antoine ntacyo yabaye ari muzima. Ndasenze ngo Yesaya 54:17 igote umukozi w'Imana nurugo rwe nibye byose.
Yesu abarinde benedata mwese muvuga ukuri kdi abahe umugisha.
Bjr Iréné! Urakoze cyane kudukura mu gihirahiro, uduha ukuri kuri iyo nkuru, pee si amagambo twari twahungabanye. Imana iguhe umugisha.
Numwuzukuru wabarwanya leta cyane
God bless you ❤❤
Urakoze cyane kudusobanurira ndetse noguhugura bagenzi bawe
Urakoze abakunzi ba Rutayisire turi muburundi uraduhumurije twari twarize caneeeeeee yesu aguhezagire wewe qRuhogo wa bohota Tv
Dr antoine rutayisire yaduhaye uburere bwuzuye kandi rwosepe numu papa urimo umwuka wimana
Amen Imana ishimwe kubw'amakuru meza uduhaye
Imana iguhe umugisha utumaze impungege❤❤
Murakoze cyane kudusobanurira njye nkunda Past rwose kuko ni umukozi w'Imana .ababantu batangaza ibihuha bakwiye gukurikiranwa
Wowe shyiraho Pastor Rutayisire ubeshyuze ibyo bintu
IMANA IGUHE UMUGISHA MUKOZI W'IMANA UVUZE NEZA UTANZE IMPUGURO NZIZA IMANA IGUKOMEREZE AMABOKO AMEN❤
Urakoze kuduhumuriza izinjyirwa banyamakuru Imana ibacecekeshe rwose Kandi nibarab 'Irwanda bahanwe kuko na bagome barakabije
Imana ishimwe cyane,iyi nkuru yari yadushavuje cyane.
Gusa,abantu batangaza ibintu nka biriya bakwiye guhanwa.
Uyu Pasiteur Rutayisire inyigisho ze zaremye kuba umunyarwanda muzima iki cyabaye ni"URUCANTEGE"yarabitwigishije IMANA imuhe umugisha mwishi.
Urakoze cyane Imana iguhumugisha uduhumurije Umutima
Rutayisire nkuko tumuzi ntiyahangana
Imana imwonerere imyaka yo kubaho asannye imitima yacu
❤
Ibi bintu byo kudukura umutima sibyo!! Bibi cyane
Iréné nari ngukumbuye ubutumwa bwawe bwa bohoka bwaramfashije 2018.Imana ijye ikumpera umugisha
Amena Imana ikomeze ikurinde igusigasire muribyose pasta turagukunda mubyeyi avuga inkuru yigihuha bansidwe mwizina ryayesu imana ikomeze ikurinde
Urakoze cyane Irénée Imana igihe umugishya
Uyu mukozi w'Imana.ajye asengera ingendo ze birumvikana ko satani yatangiye gushers uko akoresha abakozi be ngo bazamwicire mu muhanda mu buryo bw'impanuka.
Imana ibababarire kuko batazi icyobakora
Mbega mana abavuga makuru bo mugwanda mwabaye iki komuguma muca imvutu abantu vraiment abo bantu nimubafunge koko ariko yononera abandi banyamakuru none se yifuza ko rutayisire afa oya da ahubwo uwo nyene yabivuze nawe ariwe aca afa ubwambere arakitwara agatwe
Urakoze cane mutumishi Ruhogo nubwambere pfunguye chanel yawe knd ntayindi nzongera kureba kuko zose zishyushya inkuru gusa.
Aba banyamakuru babeshya bari bamaze kundakaza ariko ngize amahirwe reka mbagutumeho bage bakora umwuga wabo neza batabesha.bavuge inkuru zabayeho apana guhimba.
Harinukuntu bafata ibkuru bakayiha titre itariyo wakumva ikiganiro ukumva ntaho gihuriye na titre bagihaye! Kuko mbona nawe ubigaye dufashe ukosore abo bagenzi bawe muhuje umwuga bakore umwuga wabo mu bunyangamugayo.
Ahubwo izo chanels nazo bazazifunge kuko bafite akajagari mumwuga wabo bawutesha agaciro.
Imana ikumpere umugisha pe.
Urakoze
Urakoze lmana iguhumugisha nanjye Niko nari nabyakiriye pe gusa tumusengere umukozi w lmana kuko hari nindi channel bamuhanurira ko tugomba kumusengera cyane
Wau zurahanura ivyo bigorydi
imana ishimwe cyane
Baze bareka kuduc'imitima
urupfu s'urwo gukinisha
Ese boza babakosora abo bantu😢😢😢😢😢😢😢😢
Alleluaaa. Imana ishimwe cyane kdi Imana ikomeze kumuturindira turamukunda. Bihogo nawe ukoze neza usenyeye ikinyoma. ❤
Irene urakoze cyane udukuye murujijo. Imana ishimwe ko Pastor wacu ari muzima
Murakoze kuvuguruza Iyonkurumbi muvandimwe ImanaIgukomereze mukuri no mumutuzo byayo
Imana iguhe umugisha, twari twakutse umutima. Nakomeze arindwe n'Imana yacu
Murakoze kwihumure
Uhoraho amuziga
Those are haters God will deal with them God bless you brother
Urakoze cyane👏👏
Yaturajenabiweeee Imana imubabarire🙏🙏🙏
Uwanga Pasteur Dr Antoine Rutayisire azarimbuka. Nta wukundwa na bose. Ariko niwe muntu ufite abakunzi benshi mu Rwanda.
Mukozi wimana urakoze lmana lguhe umugisha.
Rutayisire c yahanganye na Leta gute, ko abanyamakuru bo mu RWANDA aribo Banzi bigihugu dusigaranye., twirirwa tubivugaaaaa
Ariko leta niducishirize umweyo mwitangazamakurukuko niryo ryambere rishaka gukongeza amacakubiri, kureba ibice, guteranya, nibindi byinshi cyaneeee
Guhimba inkuru,
Nibindi bintu byo muri showbiz ibihuha,inkuru za biracitse
Rwose ntacyo bitumariye
Babikureho mwizina Rya YESU
Pasteur Antoine Rutayisire uyu munsi bavuga ko yakoze impanuka yari ku Itorero iwacu hano muri Kigali ku Kimisagara kdi yatubwirije neza Imana ikomeze imuhaze uburame!
Abanyarwanda bamwe nabo gusabirwa pe! Birababaje guhora wumva ibinyoma byibasira abandi cyangwa se bifuriza abandi gupfa, nibaza impamvu abantu nkaba badakurikiranwa ngo bahanwe? Umuntu arabyuka agahimba inkuru y'ikinyoma .Imana ibababarire. Gusa abicanyi, interahamwe ntaho zagiye. Gusa mujye mwirinda kubika abandi kuko birashoboka kubika uwo wanga, bwacya ukamutanga gupfa. Mwitonde isi ntisakaye
Mana weeeeeee 😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭 urakoze cyaaane ko ari amahoro kuko ndamukuunda cyaneeeee pe icyampa nkamubona nkamuhobera nkaboroooga byibura nkaruhuka gusa Urakaze cyaaane mugabo mwiza kudusobanurira.
Amina ubwo Ari muzima
Nubundi icyokigoryi kivuga iby'ubugoryi nimukireke ? Njye sinjya nanumva inkuruze rwose ?
Nagende apuuuu, ahubwo mugifunge pe.
Urakoze rata,Imana ikuduhere umugisha pe.
Imana iguhezagire
Murakoze cyane kudukura mugihirahizo ,Dr rutayisire Antoine Imana ikomeze ikurinde turacyagukeneye wamfashije muhinduka Kandi Hari nabandi ugifasha.
👌🙏🙏
Ababantu bafungwe kuko sibyiza kwifuriza umuntu gufpa 😢😢, kuki inda nini 😢 urumva gushaka guteranya kabisa !! 😊
Turabamaganye turabamaganye nizereko. Tuzumva barikubazwa ibyo
Urakoze kuzana icyanditwe kd izi channel zirabangamye pe Gusa guhagarara kigabo BOHOKA.
Rutayisire mumuhe agahenge ntiyanga u Rwanda mujyane abadayimoni banyu hirya uwomunyamakuru nanamwanakubi avuga nabi cyane
Urakoze muvandi kuduhumuriza kuko iyi nkuru mbi yari yambabaje pe
Imana ibabarire nabo ibyo bakora ntibabizi
Irene we ndabakunda wowe na zerine nakumvaga ku audio ya boho ka none ndakubonye , ntago barinziko ufite chanel
Yego.Imanishimwe ko umushumba aramahoro.
🙏🙏🙏
Imana shimwe ntacyindi gusa Rib idukize ibinyamakuru bandage nabi pee