Pastor God bless you so much. Ndize kandi imana izamfashe nzakurukize izimpanuro murugo rwange. Bless u.
Murakoze cyane rwose ndatekereza kumuntu wese wateze amatwi haricyo yakuyemo Imana ibahe umugisha
Imana iguhe umugisha Paster Imana iduhindure pe abagore turakabije kandi Imana iduhe kumenya ibyo abagabo bacu bakunda nibyo banga ☺️
Urakoze kutwibira amabanga twebwe tutara shaka tuzabyirinda. God bless you Pastor !
Ariko abago ntibabura ibyobapfa nabagore ese murusengero kobamanika amaboko ngozafashanya kabuki ugore ariwe yosasa gusa ubundi ubawaramushatseko adasasa
yego rata neza neza wagirango abagiye nkokuba ummucakara nabyo byasenya
Murakoze cyane bashumba ibyange mbikuyemo rwose.
Merci beaucoup Pasta senga ,IMANA iguhe umugisha ku nyigisho utanga zirubaka pe !
Murakoze cyane Pastor muraduhuguye cyane umva njye nsanze hafi yabyose aribyo nkora gusa njyiye guhinduka p ntazisenyera Imana iguhe imigisha myinshi🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Urakoze cyane pasta Imana yomwijuru iguhe umugisha
Pr Senga Imana iguhe umugisha turize kandi tugiye gukosora ibitagendaga neza! Murakoze cyane!
Nukuri uratubwiye nsanze ndi mumafuti menshi umugabo wanjye ni malaika reka nkosore tutarabyara benshi ayiweee nukuri paster thx kuko uratwubakiye
Imana ishimwe ko mbyumvise ntarashaka pe,thank Loard
God bless you man of God ufite impano nziza yo gufasha kubaka umuryango
Imana iguhe umugisha Pasteur ibyo uvuze bimwe turabikora
Merci beaucoup pasta uradukebuye twebwe les dames ndi umurundikazi ibi uvuz niko bimez Iman idushoboz guhinduka
Ubu nge numiwe!uyu muntu yigisha abagabo ukumva abagore twararenganye none yageze kubagore ndumva abagabo bararenganye..Aratuzi twese pe.Imana Imuhe umugisha
Sha imana iguhe umugisha kbs wagira ngo nijye urimo kubwira cyaneeee nko kuba
jye nkunda guceceka ariko biranze. Ndavuze ngo Imana iguhe umugisha. uvuze ukuri kuzuye 100%
Mwakoze cyane paster Imana ibahe umugisha uvuze ukuri kbs
Uri umukozi w'Imana kandi w'umuhanga
Thank u
Imana igukomeze irinde ubuzima bwawe kuko urakenewe cyane cyane muriki gihugu kuko imiryango yararangiye, abagore benshi muriki gihugu dukunda barasaze bataye umurongo igisigaye nukuvanamo imyenda bakajya kugasozi
Imana iguhe umugisha,ndiburundi nange,nduhijwe N. umugore,musengere
.
May God bless you paster,imana yakuzaniye igihe rwose,dukwiye guca bugufi
Imana iguhe umugisha Pastor ,ndafashijwe hari ibyo ngiye gukosora.
Murakoze cyane IMANA ibahe umugisha mwakoze cyane rwose 👏
Ibyo nukuri rwose , Imana idushoboze duhinduke.murakoze mushumba, Uwiteka abahe umugisha
@@mignoneuwase6480 ur welcome nshuti,nge naratsinzwe nsaba Imana inshoboze gukora ibikwiriye,Kandi kuva nafata umwanzuro , ndabona impinduka murugo rwange!
Imana iguhe umugisha, turemeranya 100%uratuzi pe!!! Utumye ngira isoni zibyo nkora mana we !!gusa hari ibyambagaho sinsobanukirwe none mbonye ko ari ikosa ntasobanukiwe ko bibangamira umugabo gusa ngiye kwisubiraho,ikibazo cya cash, sinzikangisha ariko numva ko ari zanjye nkazikoresha uko mbyumva kuko numva ko arijye wayavunikiye,kwirakaza.....hhahahah cyokoza ndasekeje ariko nijeje Imana ko ngiye ugerageza kwisubiraho narinzi ko ndi mubantu bagerageza kubanira neza umugabo ndimo none menye ko haraho na mubangamiye we ntavuga ndanamusaba imbabazi ko ntarimbizi.
Hahaha nange rarisetse,ndinegura, igihe cyose umugabo yakoraga ikosa nahitaga mwibutsa nayoyakoze mumyaka yashize nibwirako kumwibutsa amakosa yose bimufasha guhinduka simenyeko bimubangamira,ariko ntavuge,nahise musaba imbabazi Kandi nibwirako ntazabisubira byaramuneje cyane, nukuri nange nshima Imana kubwizinyigisho
Imana iguhe umugisha ndafashijwe umusi nzubaka nzagenda Nzineza ico gukora Imana iguhe umugisha
Pasta senga mungu kubariki
Jye hari ibyo n'umvise ndiseka nukuri,icyubaka urugo n'ubwenge koko,my marriage is going to be perfect for sure.
Hmmmm....hari benshi babaze izo service bakabura nicyo cyubahiro rwose.
Bless you man of God. Inyigisho nziza cyane. For sure nkuyemo inyungu nyinshi.
Pasta muhezagigwe kand mukomezwe,nanj nuko meze urampubuye caane,naronse akazi nca ntangura guharura amakosa umugabo wanj yankorey yose kuko ntararonka akazi niwe yamenya buri kintu cyose ariko ubu natanguy kubona ko arinj ndi umugabo,urampubuye rwosee ndabakunda caane Imana ibahezagire ngiy guhinduka
Imana iguhe umugisha mwinshi kweri izagehenbe nijuru izi nyigisho ninziza Imana iduhe kubaha pe
❤ Abantu muvug'Imana neza🤝🙏Mwarahezagiwe.
Sha ibyobyo nukuri sinzi icyo abagore dupfa naba mabukwe 🤣ndashima imana ko ngewe kugeza ubu ntakibazo mfitanye n mabukwe n baramukazi banjye uwiteka anshoboze byose nzakomeze mbatunganire kuruhande rwanjye
Yesu nashimwe cyane, umugabo wakennye yanduranya nkuruhinja rufite ibitotsi, ntakimunyura noneho Yaba asoma agahiye rukaba urugamba.
uku nukuri Imana iduhe umutima w'ubwenge kandi nagakiza gashyitse.Yesu abahe umugisha mudukomereze aho
iyi nyigisho ni yo pe! Urakoze Pasteur
Imana RWose ige iguha umugisha mwinshi turagukunda
Imana iguhe umugisha nukuri nsobanukiwe ijambo kubaha nange nabyitiranyaga,am so blessed for sure.
Ndafashijwe nibyo rwose Niko tumeze ark Imana idufashe guhindik
God bless u
Murakoze kuvyo mutubgiye
Mbega igihe umugabo ariwe avugiye hanze amabanga y'urugo novyifatamwo gute
Thank you so much pasta
Nukuri Imana ikurimo
PST Murakoze cyane ndahamya ko ibi bigiye gutanga umusaruro mwinshi
Uzavuge no kuri ba mabukwe past uzaba ukoze cyane
God bless you Pastor Nsenga E. & Pastor Desire, ndabakunda cyane.
Paster Senga Imana iguhe umugisha.ndize Kandi isomo nkuyemo ritamfasha murugo rwanjye
Mwakoze cyane pee
Njyewe umugabowanjye ataragira amafaranga twarakundanaga cyane arko amaze kuyabona nayaririyemo imana nagize nuko nagize amahirwe nkajya gutura hanze ariko nkituyiyo yariyaranzengereje
Cyokora turabanyamakosa ngewe natsinzwe pe ariko ukwiriye kwigisha nabagabo
Imana iguhe umugisha kuduhugura😊
Murakoze kuduhugura tugiye kwisubiraho imana ibidufashemo
Imana iguhe umugisha pastor❤❤
Imana itugirire neza.Paster ubalikiwe Sana.
Izi nyigisho iyo nzumva mbere haribyarikuba bimeze neza,habwa umugisha mushumba
Ndumva abagore waraberetswe neza pastor. Nta nakimwe wabeshye rwose
Ese iyo ubujije umugabo kugura imodoka akayigura ikabateza ibibazo nyuma yuko yanze kumva,iyo uvuze ko imodoka ariye waba ubeshye.
Uwiteka aguhe umugisha
Pastor senga nukuri urakoze kubivuga ariko abagabo uri kuvuga Wenda bari imice myinshi bari kune bari gutanu. Uwanje nigitabu kidakosoye.
Imana iduhe inkomezi zokubigendera.murakoze caane
Yesu na shimwe Pastor nukuri urakoze cyane pe haraho wa vuze ndahisanga 😂😂😂ariko ngiye ku hakosora njye mabukwe ndamukunda pe impamvu mu kunda nuko umuhungu we yambereye umugabo mwiza bigatuma mpa mama we agaciro nku wa mwibarutse ibaze iyo atamubyara? Ngira ngo uwondi ubu si mba ndiwe ariko hejuru yabyo ni Mana ndashima Imana yampishuriye agaciro ka mabukwe.
Mbe basha wombwirira gute abaraha.Imana iguhezagire kuba waratahuye agaciro ka nyokobukwe
Thank you so much Past
Past turagushimiye kunyingisho udufashe izishire kumbuga zawhatsapp muziduhe kuri whatsapp
Imana yomwijuru iguhe umugisha pastor
IMANA iguhe umugisha mwishi cyane 🙏
Nukuri kwuzuye ! imana iguh imigisha knd mudusenger tugir ubwenge
Merciii Pastor Senga wigishije neza kbsa Imana iguhezagire.
Inyigisho nziza ikorakumutima Imana itubabarire inaduhindure
Pasteur turagusavye uzoze iburundi kudusura ugire seminaire yabagore nabagabo
Murakoze kunyigisho utugezaho .
Merci bcp wigisha neza sha uratuvuze pe Niko tumeze
Yoooo. Urakoze cyane mukozi wImana
Imana iguhe umugisha ndafashijwe kweri
Imana ikomeze inkugure byishyi
Imana iguhe umugishakunyigisho nziza uduhaye
Yesu aba yaramuguhaye ngo ahore ari nk, ururabo imbere yawe.
Ikindi none ko hari abagabo bavuga abagore babo bakaja no kubataramana iwabo avuga amakosa yawe mubiwabo. Igihe cose amakosa aba kuri bose. N, abagabo bibaho.
Past hari kibwiriza cya we nigeze nunva hashize igihe watangiye uvugakumusore wakubajije ngombe yakora iki? Ngo azagire urugorwiza nawe uramuhakanira umubwirako rutabaho kukowe ubwe yifitemo amakimbirane nuwo agiye gushyaka na we nuko ongera ukimpe kuko narakibuze tepho yagize ikibazo ndaba sabye mwese ukibona arabapfashije cyane
Imana itubabarire duhinduke
Urakoze pastor
Urakoze cyane
Murakoze caaanee!Iyo nyigisho irankozeko
Ayiweee Imana itubabarire
Ibyo nibyo koko, gusa Imana iduhe guhinduka neza, tube bamutimawurugo koko.
Imana itabare
Bless u Man of God
Ushobora gushaka numéro z uyu mu Pasteur ukamumbwirira ko ndi mu bitaro ko navuganye n umu psychologue ariko Ntacyo byatanze n imiti bampa Ntacyo imarira numéro yanjye ni 0032465633266
Amen Imana iguhe umugisha
Ninshaka nimwe muzaba abajyanama b'urugo rwanjye ariko namwe mujye mumenya ko Imana ariko yaturemye nonese kuki mushaka ko tuba mwebwe muzabyake Imana rero cyakora muziye igihe pe ! mugiye gukumira devorce nyine pe! Imana ibongerere ubwenge nukuri.
Komerezaho
Ngize amahirwe kumenya ibi ntarashaka. God bless u
Rwose uduhaye ubwenge bw'Imana koko
Urakoze kumpanuro nziza iconokongeraho kubaha kumugore kugaragarira mumwanya aguheza
Murakoze ubundi njye ndumunyamakosa buriburi 🤭🤭🤭🤭🤭🤭
🙏🙏🙏🙏🙏ngushimiye bivuy kumutima,uramfashije cne
Pastor niwowe wambere wabasha gufasha abantu kubaka ingo zabantu
Mukoziw imana imana ikwongere amavuta nukuri mpise nihana mbayumustindwa imana inshobozeguhinduka nokubikora neza
Pasta lmana iguhe umugicha kukuntu ufacha benchi kubaka ingo zabo nokubatarubaka bakavyumvirho
Pastori weee ivyo uvuze birumvika ariko umenye ko umugore ni vyinshi yemera n, ubwo byaba bitamushimishije kugira ngo agume mu rugo. Mukabana afise intimba ku mutima atazakira Mukabana akubonamwo uwundi muntu
Byihorere sha harukuntu umuntu asimplifia ibintu kugirango amahoro ahinde ukajya wiherera ukarira warangiza ukihanagura ukaryumaho
Pastor txs
Pastor Imana iguhe umugisha uvuze ukuri kuzuye. Ndibutsa ko hari n abagabo bagira amagambo, ugasanga abo yayabwiye bakugarutseho kukubwira ko bamugaye ko akubeshyera. Hari n abagabo bagendera ku nama za bashiki babo cg ba mama wabo nta mwanzuro bakwifatira. Ukajya umenyeshwa imyanzuro yarangije kwemezwa, kandi bireba urugo rwanyu. Imana idutabare
Icyo nikibazo
0l000⁰ĺlĺppp❤😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅