Yego disi! Gakuru Joseph twabanye mu Byimana, i Bukomero, mu ba Frères Maristes. Hanyuma tubana i Mburabuturo, muri Collège Officiel de Kigali(COK). Twirukaniwe rimwe, mu mvururu zo muri janvier 1973. Dutana dutyo.
Byizaaa weeeeee!!!!Ben we urakoze ku ndirimbo z'uyu muhanzi watwubatse mu ndirimbo ze kuva turi abana bato,kuko twamenye ubwenge tuzumva ,yewe kugeza magingo aya tukizumvana umwimerere ndashyikirwa !!!! Mbese ni indirimbo z'igihugu.
Muraho Benn,nkunda kino kiganiro ,muzadushakire amateka ya Madame Bagirisano Gaudence ,yaririmbye imfura Isa n, uwayibyaye hamwe na Mufasoni Gertrude yaririmbye Mon pays natal.Muzadushakire Kandi amateka ya Ari bagize super aloette
Urakoze cyane Ben, Nibyiza kumva ko Gakuba atazimye, tumuzi aba muri Mera turi abana, namenye amazina ye nyuma, twari tuzi ko yitwa Kadafi nari nziko Kadafi yiganaga indirimbo za Gakuba Joseph😂 Namenye ko ari we Gakuba muri 1988. Imana igumye kumuha iruhuko ridashira.
Yego disi! Gakuru Joseph twabanye mu Byimana, i Bukomero, mu ba Frères Maristes.
Hanyuma tubana i Mburabuturo, muri Collège Officiel de Kigali(COK).
Twirukaniwe rimwe, mu mvururu zo muri janvier 1973.
Dutana dutyo.
Byizaaa weeeeee!!!!Ben we urakoze ku ndirimbo z'uyu muhanzi watwubatse mu ndirimbo ze kuva turi abana bato,kuko twamenye ubwenge tuzumva ,yewe kugeza magingo aya tukizumvana umwimerere ndashyikirwa !!!! Mbese ni indirimbo z'igihugu.
Imana ihe iruhuko ridashira uyu muhanzi. Yari afite indirimbo nziza kandi nyinshi twabuze. Dukomeze gufatanya kuzishaka
Urakoze cyane kutugezaho amateka y'umuhanzi Gakuba Joseph. Agacyamu ka Rubona nyizi nkiri umwana muto cyane ariko kugeza uyu munsi ndacyayikunda. Uzadushakire amateka y'iyi ndirimbo
Dukosore gato... Aho mu Byimana bahita Bukomero... Ntabwo ari Bukomera.
Murakoze!
Warakoze cyane Beni
Iyi Gahunda wakoze ni nziza cyaneee
Muraho Benn,nkunda kino kiganiro ,muzadushakire amateka ya Madame Bagirisano Gaudence ,yaririmbye imfura Isa n, uwayibyaye hamwe na Mufasoni Gertrude yaririmbye Mon pays natal.Muzadushakire Kandi amateka ya Ari bagize super aloette
Urakoze cyane Ben, Nibyiza kumva ko Gakuba atazimye, tumuzi aba muri Mera turi abana, namenye amazina ye nyuma, twari tuzi ko yitwa Kadafi nari nziko Kadafi yiganaga indirimbo za Gakuba Joseph😂 Namenye ko ari we Gakuba muri 1988. Imana igumye kumuha iruhuko ridashira.
Nkosore: Ni Gakuba Joseph navugaga hasi.