Nizeye ko yanick nakira azaremera bijiyobija. Ariko mubona ko my heart itangiye bundi bushya sha iyi film izaryubaka kbs. Ababyumva nka njye like to me.
Muzehe Adolphe n,umunyabwenge cyane!icyatumye yemera ko Devu aba ahagaze mukazi,Arashaka kwereka Suzi ko Ubuswa no guhubuka kwe aribyo biri guteza company Ingorane n,igihombo.
Umva bro yanick mbasabe akantu ntakuntu mwajya mufata nka film uko yasohotse mukayishyira kuri social media zitandukanye like fb IG ndetse na TikTok kuberako nkabantu baba hanze yigihungu harigihe gufatisha network ya TH-cam byanga ubwo rero ndumva mwajya mudufasha mukayishyira no kuri izo mbunga zindi kdi mumfashe kbs
Mfite ikibazo ariko... kubera ko abakinnyi ari bamwe nsigaye nzitiranya... ngeze hagati kuri scene ya Nyambo na Jojo ngirango ndikureba Ibanga series 😊😊
Narinz ko abafana ba nyanbo ndetse naya nike kotwishuhwe none bira cari kuziko yanike nitenze nigishika cishi umusi wongeye nguhura na nyanbo ese iyo senzo inzo ngera ryari ❤❤
Yve we uburamaso urebekure uwomujaama mubana sumwana mwiza kdi experience ndazifite kbs, come down and look so far my brother.naho kukazi ho urabizi ntacyo nakuveba kdi soon yanick arabayagarutse akwereke impa nyamukuru akwita umuvandimwe ❤❤❤❤❤❤❤
Abantu mwemerako devu yagowe muriyi film mumpe like
antera impuwe
Yewe ameze nka gitambyi pe
Sha arambabaza devu pee
Niwe ubyitera ntazi gufata umwanzuro ngo yice kubakobwa
Numva namwiher urukundo rwanyarwo akaruhuka kujagarara😂
Abifuzako Yannick yakwibuka film igakomeza kuryoha mumpe like ❤
Ababonako iyosaha igeze Kigali izofatwa kwariya Yannick ampe izo like
Uzazimazin
Killer wowe iyi film warayiteguyepeee
Ndikubona muteka agiye kuba inzira yo kugaragaza ko Yannick agihari ...abo turikumwe mumpe like
Ahhh ibintu nketse gahunda itey itya mutekan agiye kugera kglnoneh ba nsabi babone iyo Saha mutekano abageze Aho yayiguze noneh uriya mugabo abageze kwa bijiyobija ababyumva nkange
Ahubwo azayigurisha umuntu uzi yanick
Mutekano iriya saha azayigurisha kuri chriss hahite hashya
Nikibimez rwose p
Njye ndabona azayigurisha kuri Bobo
Nizeye ko yanick nakira azaremera bijiyobija. Ariko mubona ko my heart itangiye bundi bushya sha iyi film izaryubaka kbs. Ababyumva nka njye like to me.
Ahubwo bijiyobijya araje abakirane kubw’ineza ye
Nibyo nshaka.✊
Nanze ubusambo bwa bijiyobija
Ababonako yanick azahura na mutekano mumpe like
Wauu kuba Bella abwije ukuri Marc ndabikunze ababikunxe nkanze like tumenyane
Manaweee!!! , Umva iyisaha irazagutuma yanick aboneka ababyemera mumpe like pe!
Mutekano azajya kwa Nyambo ayambaye maze Anti jojo ayibone
@@emmanuelusabimana2038 yegoo
Ababonako ibya Yannick ahobigeze yakibuka vuba agasubira murugo rwose mumpe Like 😢😢😢😢
Ubwo isaha iguzwe nuriya muhungu , wenda nasubira kwa nyambo kwishyuza umutekano ntihazabura uwibuka isaha , akajyakwerekana ahwisaha yavuye
Biteye isesemi ahubwo
Bizaba ari kera ahubwo ndikubona uriya muhungu azahura n Yannick anamwambariye isaha
Nyambo gumana urukundo azaboneka ntuzaba umubikira
Njyew ndarambiwe
Umuntu ubonako Yannick Ari umuhanga nampe like ubundi twikomerze
Kbx
Mbaye uwambere abazanyuma yange musige Like ❤❤❤❤❤
❤❤❤❤❤❤
Ababona ko iriya saha Yaya yanick nigera mumujyi ishobora kuranga Aho aherereye mumpe like pls
mumpe like abashyigikiye kuba Yannick arakarira nyiri byondo❤❤❤
Ibibintu bya company twarabihaze uyumukecuru muramworora mumufatire ibyemezo
Yego ra baramworora mu biki
Ese ubundi aba bakozi bakwanditse amabaruwa asezera bakayaha muzehe ko aribuhite abona ko hari ikibazo agaha gasopo Suzi
Icyo nicyi kuko uriya mukecuru arikuvuyanga Campania
Iriguhomba abakozi ntacyerekezo bafite bakwiriye kkwandika bagasezera umusaza agatabara
Ababona ko yannick habura gato ngo asubirane na nyambo mumpe like rwose🎉🎉
Kumunota 10 nanjye ndahabaye my heart Ni ❤️❤️💕💖💖💖💕💖💖💖💖
Amaherezo nuko bizarajyira my heart itakirebwa kk turikurya ariko ntamunyu urimo mbese nugupfa kurya kijyirango udapfa
Sha ngushima pe,my heart ntibishye Reba neza nibirungo bazanye byo mucyaro Aho Yannick Ari ?!?ushaka iki ra😂😂
Njyewe ndumva iryoshye kubi wagirango nibwo itangiye kbsa
Niwowe uzayireka ariko😂
I'm here to comment again, Ms Kelly uri mwiza in person.
Mwibuke Devu nawe ahirwe murukundo,Yanick nagire asubire abe umwe wa kera yibuke pe dukomeze turyoherwe na my❤niba namwe Ari uko nkandira ku ifoto❤
Nawe dukandireho
Muzehe Adolphe n,umunyabwenge cyane!icyatumye yemera ko Devu aba ahagaze mukazi,Arashaka kwereka Suzi ko Ubuswa no guhubuka kwe aribyo biri guteza company Ingorane n,igihombo.
Ninde ukumbuye Natasha? ❤❤❤❤❤❤ like
Uwi murezi ngo Ni Cyu cyu turakwemera cyane ubwo mumuhaye kwigaragaza agiye kubereka icyo ashoboye turamwizeye ❤ashoboye gukina bihagije mumunsuhuze
uwa 1 mumpe like imfurayatwembi250
Hano kwa yves. sound mujye muyibegereza kuko amajwi yabo ntago aba yumvikana cyane cyane iyo ari gukinana na wa mu I.T cg bavuge cyane
Number one ❤
Umunsi umwe nzaba uwambere ❤❤
My heart kumutima, nge na gang yange turahabaye nubwo twakererewe muduhe like nyinshi abakunda my heart
Njye iyi film mbona aho igeze itakiryoshye pe! Sha birababaje kuko ibya Yannick byarambiranye
Ahubwo iteye sisemi pe
Abantubakurikirana my heart bari🇴🇲tumenyana
✌🏽✌🏽✌🏽🤸🏽♂️🤸🏽♂️🇧🇮
Bijiyobija ni igisambo,amuhaye inkenekene niyo mpamvu kibishye disi ❤❤❤❤,ngo nagatutire
😂😂😂😂😂
😂😂😂
Asubwo mumaye like mwaba iki 🙏🙏
Nanjye nabera nje mbere y'ijana mundemere nimenya ucyo like zimara nzababwira😂😂
Ibaze Cierra aragaritse😢😢😢
Ndababaye gatumwa film ibiha
Nanjye ndamwanga p bazamukuremo
Ahubwo ararenze azigukina kbs rero ntimukamwange kuko nakazi kbs rero ntakwiye kuvanwa muri flm kuko byaba arukumufata kunda knd arumukinnyi mwiza
Aunt Jojo ndagusabye nuzogoshe uwomusatsi njyambona abantu babiharaye arko wowe nuzawukureho pe
Yve wariwanteye ubwoba naringizengo uwo sister wawe wamusimbuje Nina byaribumbabaze sana❤❤❤❤❤
Mana yange ndabona mugiye kubitinza pe! Ubuse mutekano azajyakugera ikigali ryari kuzahura numukiriya Azi iriya Saha mana weeee!🙅basi mutekano ndakwinginze uzace kwabijaiyobija kubasuhuza!!!!😭
Nkumbuye scoti na nyiranzayino pe
Bijiyobija igisheke ahaye yanick 😅😅 ni kimwe no kutamuha
😂😂😂😂😂
Gusa abantu mukunda kuple ya Bob na nana mumpe like
nibo batuma nkunda iyo firme
Iyi frime turayikunda pe kdi tuyikurikira turi benshi
Killa urakunzwe❤❤❤
Umva bro yanick mbasabe akantu ntakuntu mwajya mufata nka film uko yasohotse mukayishyira kuri social media zitandukanye like fb IG ndetse na TikTok kuberako nkabantu baba hanze yigihungu harigihe gufatisha network ya TH-cam byanga ubwo rero ndumva mwajya mudufasha mukayishyira no kuri izo mbunga zindi kdi mumfashe kbs
Abemerako mama ya Nicky aryoshya film
Mwambariye.mukampa.rike.nanjye.kumva.uko.bimera😂😂😂😂😂
Iyi Season iransusurutsa peee ni umusanzu udasanzwe kumarangamutima yacu .❤❤❤❤❤
WOW yanicke ndishimye kuko uyumutipe agiye kukubona
Ikibazo ntamuzi kwisura uwo mutipe 😂😂
Yego sha😢
ukobiri kose,kuboneka Kwa Yannick bizaturuka kuruyu musore niyisaha aguze
Ndahari ngo nirebere ayonasasu namwe murahari
Yeweeeee😢😢😢
Mbaye uwanyuma nimumpe like
Murikubishya my heat mugarure yannik
Ark bijiyobija wagiye ureka ubutubuzi Koko uhaye Yannick urusheke rwo hejuru rubiha wibikira ikiryoshye 😅😅😅😅😅
Devu wagorwa pee!!! Yannick nakubite abangura amatsiko akomeje kuba menshi peee❤❤❤
Kandii uwo muryangoo wagufashishe nawo uzawibukeee 🙏
Mfite ikibazo ariko... kubera ko abakinnyi ari bamwe nsigaye nzitiranya... ngeze hagati kuri scene ya Nyambo na Jojo ngirango ndikureba Ibanga series 😊😊
Reka iyo saha bayigure uwo mutipe azajyende ayambaye kwanyambo bayibone hashye 😢😢❤❤❤
Mbaye mubambere rwose peee nkwiye like
❤❤❤❤❤❤❤❤😂
Mutekano wendayabonana na yannick
😂😂😂😂bijiyobija love u from uganda
Iyi film basigaye banashiramo comedy tukabikunda turibenshii ❤❤😂
Thnks kill Kuduha my Heart❤❤❤
Wow dis is so fan❤❤❤❤❤
Umva Ciella we , ngo uze uhure na mama , kandi yatangiye avuga ko nyina yapfuye , ubyumvise niyibwirize 😂😂😂😂😂😂😂😂
Yavuze nyirakuru si nyina
Ukagirango ntange sinje mubimbere abanu tureba my heart tumenyanee
Narinz ko abafana ba nyanbo ndetse naya nike kotwishuhwe none bira cari kuziko yanike nitenze nigishika cishi umusi wongeye nguhura na nyanbo ese iyo senzo inzo ngera ryari ❤❤
Yannick gerageza wibuke PE kuko uri kutubihiriza
Hhh😅😅😅 killer Man uzigumireee mucyarooo peee!!
Killa baguhindurire
iyoshati! unatembere
wenda wakwibika!
Yebabaweeeeee mwantanze cha akazi kabaye danje nsigayenza mwahageze
Mudugudu disi nago azi Yannick gusa ubwo ayiguze wenda nsabi cyangwa nyambo najyakubareba bazayime wenda Killa ndagukunda cyane❤❤❤❤❤❤❤❤
Nyambo ntabwo ayizi ,ahubwo nsabi niwe uzayimenya
Killa basi uzatwongerere iminota ugire isaha 🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Guys I Fink I'm in love with my heart series 😂❤❤❤❤
Nyambo se ko agiye hanze y'igihugu ahari buriya ntitwaba tugiye kumubura muri killaman mudufashe mutubwire
Ninde uri kubona ko nana yabyibushye no minda😅😅
Movie iri mucyaro, kigali ntituri kureba 😅😅😅
Tuzagaruka Kigali aruko Killa atashe
Abari kwirebera aho Killaman ari 👍👍👍
Hello ndabakunda mwese❤❤❤❤❤❤❤
Sha najye ntabaho nje mubambere nimushake mindemere kbs
Kayaman ndumufana wawe urikumwe nanyambo mbakunda kubi ejur cyane
Dufite amatsiko yo kubona ya nick asubira murugo abo dufatanyije amatsiko nimumpe like
Bijiyobija ahaye yanick igisheke cyinyuma kitaryoha😅
Respect for you nyambo nubundi woe ndagukunda cyane rwose hagarara kukuri kwawe kuko Yannick aracyariho
Abakund agasuura ka cialla,bakabona wagirango Suzi bamurashe kubwonko ampe like
My heart uyumunsi mwakihanganye mukaduha igicegikurikiyehokoko turakwinginzerwose
ok ndahabaye ku my ❤❤❤
Niyibuke vuba turamukumbuye murukundo❤❤❤❤
Mbayuwambereeee❤❤❤❤❤❤❤😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Yannick garuka jono arashaka gutesha nyambo Jesca umutwe ngo ashake undi mknz garuka myambo yishime bambe 🎉❤❤
My heart 💕
Yannick wakwibutse ugatabara company 😭😭 taha taha byakaze
killa kbs urimo neza cyane bro kd turagukurikira cyane kd wowe na team yawe courage kd congratulation
turagukunda
Umusazantariye 100k
Yve we uburamaso urebekure uwomujaama mubana sumwana mwiza kdi experience ndazifite kbs, come down and look so far my brother.naho kukazi ho urabizi ntacyo nakuveba kdi soon yanick arabayagarutse akwereke impa nyamukuru akwita umuvandimwe ❤❤❤❤❤❤❤
Harahiye😮
Yannick wambabariyekoko basi ukibukakoko kwibintubyadogereyepe nimbabaziturigusabape🙏dufashe ugaruke murugo na nnyambo aragutegerejepe tubabarirepe
Amazing 👍👍👍
muriyi minsi nago urikudutenguha kbx ❤❤❤
Killa big mind urihe mwana
Dave we niba udafite umudayimoni witwa turawansi muriyi film ufite nsiri wasajya😅😅😅😅
😂😂😂😂
Mbega igisheke bahaye Yannick 😂😂😂😂😂😂😂 GX my ♥️ hejuru cnee
Nduwambere
Dukumbuye mama nyambo
Devu peace ❤❤
Abantu murigusetwa nukuntu suzi arikuvuga mugasetwa ninkuru zajojo nanyambo namenyako bataha hamwe hazaca uwambaye ndahari ngo nireber film hano
😢Njye ndagira ngo mumpe amakuru ya Nsabi na Bijiyobija kuko Hari inkru ndikumva ko ejo nakoze accident