@@MukansengiyumvaOdilejye nibwo mbonye ikiganiro cyabo ku ihumure tv ndumirwa!!! None ngo ni marraine wamusenyeye kandi yari yarananiwe kwishyura ninzu na réception
Wahuye nabatekamitwe bakusanyije udufaranga twawe bitonze rwose Ubutyo amafaranga yikigihe arushya kuyabona ntangazwa nubutyo marriage abakobwa bayiha power Kubera gusha ngo gutwika daa Iritera vi ryateye mana sindiku nubusanzwe Pe on my side GOD’S ON OUR SIDE 🙏🙏🙏 👇
Ese kuki uyu mugabo musa n'abamuzibiranya ngo atavuga!?Muratinya ko hari ibyavuzwe mbere avuguruza!?!?Njye yaba we yaba Fofo,icyo numvisemo ni uko batangiriye mu birere kandi na Fofo numvise kamere ye itari yoroshye muri bi byabo.
Abadafiye ukuri bajye kureba kuri Chaîne ya Ihumure TV hari na audio wagiye ufatwa ugabako zitashyirwa hanze!!!Fofo yarashaka kubaka agusanga uteka umutwe peee.
Version y'umugore nayo ntabwo isobanutse neza , marraine abifitemo uruhare runini cyane . Ninde wafata amafaranga yiwe akayashira mu bintu nkibyo azi ko arimo ata akanya? Uno mugabo yataye akanya ko gukora aterwa stress n'umukobwa wibaza ko agiye kubona ibyagusa asanga umugabo nawe azi ubwenge. Ndi sure ko bose bazabona abo bakwiranye mu gihe cya nyacyo.
Uyu mugabo yahemukiye umukobwa,ashaka kumurya utwe,ibyo yatwaye nibirongorwa bye yari yazanye na matera umukobwa yari yazanye kuko niyo yararagaho iwabo,wowe umubeshya ngo uri Doctor ngo compte zawe ziri blocke,ahubwo warasebye
Ko wavuze ko utemera Imana ukaba utemera na shitani ukaba wemera ibyo uvuganye n umuntu urazana iby Imana mu biki ko ngo itakwemera ko ikigeragezo kikubaho itabyemeye,ati isezeranoo. ..urinyuramoooo mbega umugaboo
Ibaze ariko ngo he is a neurosurgeon hanyuma ngo agahitamo gucuruza phones😮. Story ya ex we ntayo narebye ariko ndabona uyu musore/mugabo ibyo avuga atari byo
Ndasaba byibuze abantu 10 murikureba ikikiganiro nimunkandire kwifoto mundemere mbasha gukura 2024 ndebeko najya nishyishyurira inzu bavandimwe Imana ibahe umugisha❤
Uri gusa wajyiye gukora sha
Ibi arimo ni ugukora
Nabikoze
Navane amaboko mumufuka areke kujya yirirwa avuga ubusa@@AnnoyedStripedTiger-om7dm
Yari yakuroze se tubimenye
Ngo gusenga cyane ni ubujiji? Gusenga nokubura ubwenge biratandukanye cyane Ahubwo wabuze ubwenge. Kndi iyo ubuze ubwenge Imana irakureka
Abarigusoma comments mugacanganyikirwa muze hano tumenyane😅😅😅
Hahhh,, Arabeshya inkuru ye twarayibonye ,Yakoze ubukwe le 30/12/2023
Turahari
Twaje pe
Niho nahereye byancanze pe!. hhhhhhhhhhhhh. Reka numve wenda ndaza kugira icyo ntoramo wenda
mfashe akagare nanjye ndaje🚴🚴🚴🚴
Ababonako kimenyi yaje kwikura mwisoni ngo azabone abandi atuburira nkuko yabikoze fofo mumpe like
Ubuse arabeshya nde?
Ahreeee ese uyu niwe Kimenyi 😢😢😢😢😢 nagende ubuse ibyo yabeshye NGO ni Doctor ko atabivuze mbega ikigabo 😂😂😂😂😂
Nuyu wamugabo mbese,bazabahuze Ari 3 uyumugabo numugore na marene tuzakuramo ikintu
@@MukansengiyumvaOdilesubu Koko Niki wakuramwo kindi kirenze ibyo uyu mugabo yavuze kuri telephone.
@@MukansengiyumvaOdilejye nibwo mbonye ikiganiro cyabo ku ihumure tv ndumirwa!!! None ngo ni marraine wamusenyeye kandi yari yarananiwe kwishyura ninzu na réception
Wibuke Uvugeko Umugore Ariwe Wakwishyuriye Ninzu Ntiwanakoye Shn Urumunyamitwe Imana Ikubabarire
wamuretse se uyu mutekamutwe akaza kutubeshya!! Aziko tutazi ibye🤣🤣🤣
Muramuzi arikutubesha noneho abakoboyi barahari
Waruhari ayimwishyurira inkwano barikuyitanga uhari ?????
Azikotutabizi igisambogisa
@@sachatv2272 murengeresha ubwomubiziranyeho
Imana imbabarire ariko abumva ijwi ryuyu mugabo aravuga nkababagabo babatubuzi bahamara biyita abakozi ba MTN babatubuzi😢😢
😂
😂😂😂burya se nuku bavuga
😂😂😂😂😂😂😂😂
Exactly wagirango nibo neza😂
😂😂😂😂
Sha kubwanjye abamuzi bakoze kutubwira ko arumutekamutwe kndi ninabyiza kumuzana twese tukamumenya bizatuma ntawundi wamubonye kw'isimbi azayoberaho.wakoze Sabin ❤
Ningegera imwe gakushwa
Numutekamitwe byo uyu mugabo
Numuteka mutwe kabombo
Abuze uko yiba fofo none agiye kwibira kuri yu tub ubuse abo agiye gutwi kira asebya fofo arumva bamuha arenze 10k cyokoze isoni Yara zishize atemye ishami yi cayeho yishyize kuka rubanda abakobwa mumu bone mwese
Numu tekamutwe wi gisambo kingufu gusa nasabe imbabazi abanya rwanda twese Kandi adusabe tumu teranyirize tice asubire aho mozambike kuko mu rwanda ibye byame nyekanye nazisaba ahere kuri marene akurikizeho fofo kuko Yaba he mukiye birenze twebwe twese ni uwimbabazi
Yooo, pole sana, ndakwibutse disi twariganye i Remera Rukoma
Uwo mugabo numutubuzi sabin ndakwinginze uzaganirize umugire we wumve ibyo yamukoreye
Ch ibintu muvuga mubamuziko Imana irikubareba cyakoze muzabona
Nukuri wamugabowe urabeshye cyane
Arabeshe pe
arabeshya cyane. nibigera mu rukiko hazamenykana n'abandi yatekeye imitwe
Wibeshyera gusenga nijambo ry'Imana riravugango kwizera kutagira imirimo kuba gupfuye naho ubundi gusenga cyane nibyiza!!!!
Wahuye nabatekamitwe bakusanyije udufaranga twawe bitonze rwose
Ubutyo amafaranga yikigihe arushya kuyabona ntangazwa nubutyo marriage abakobwa bayiha power Kubera gusha ngo gutwika daa
Iritera vi ryateye mana sindiku nubusanzwe Pe on my side
GOD’S ON OUR SIDE 🙏🙏🙏
👇
Ubuhamya bwumukobwa wabarabukurikiye ayenangahese yatakajemo koninzuyokubamo arumukobwa wariwayishyuye jyakwihumure. Urahabona. Ubuhamyabwe. Nagabanye ubutubuzi
Ndumva ukuri kwamenyekana muri kumwe neza . Niba kandi umugisha ukuri Warababaye cyane Imana izaguhoza
Ariko c iyo umukobwa ntamafaranga afite yirinda gutanga amategeko. Ahubwo bagakora ibiri mu bushobozi bwabo. Abantu bazira kwigana ubukwe bw'abandi. 1:12:57
Ceceka aho kuko ntabyuzi uyu mugabo nuwacu ark nikirumbo numutekamutwe ahubwo Imana yarakoze gukiza umukobwa wabandi uzukuntu uyu mugabo agira utugambo twinshi, uzukuntu abara inkuru
Nkibona ko hari abakuzi bavuze ko uri umutekamutwe mpise🏃🏃🏃🏃🏃🏃🏃
Umvaaa nishyanoo ryumugaabooo yahemukiyeee undii mwannaaa yogakubwaaaa numuruhooi Imana ijye ibankubitiraaa umunyaafuuu
😂😂😂😂😂🎉
Ibyawe twarabimenye jya kubeshya inka nyabugogo shaa Kimenyi wumutekamutwe wigisambo ? Kutishyura inzu , imodoka , salle , gukererwa mu murenge , kubeshya ngo uba hanze ngo uri Doctor etc.... none uje guta ibitabapfu hano ?
@@vuguzigagildas835 Nibakubwire nanjye numvireho
@@vuguzigagildas835 reka nyishake ndayikubwira
😂😂😂😂 Inka nyabugogo
Dore ukuntu yigize inyangamugayo mubyukuri 😂😂😂
Uzatumire umukobwa
Abantu bose bari kwandika ko uyu mugabo ari umutekamutwe ndabona icyo twanenga cyane ari uburyo banyuzemo bamenyana kuko bikabije kubamo ubujiji bukomeye
Cyane rwose
Mbega umubeshyi umugabo w'umutubuzi igisambo umukobwa wari umugize igishoro warasebye none nihano uje kurimanganya
Imitwe yawe yaramenyekanye
Imana Ikugenderere uhinduke
Sha urakoze kuza kwiyereka nabandi utazagira undi utuburira uzabanze ujye kwishyuza uwakudodeye wambuye naho ubundi urumutekamutwe iyonza kumenya uriya mukobwa utaramutuburiza nkamubwira uwuriwe asyigariwe erega uravumvura ntasoni ifatire sabin ark nawe ni mukuru arashishoza ndamwizeye
Dukome induru Sabin amwirukane kwi Simbi tv Yacu areke kuyihumanya ipu ipu
Peeeeee
Reka twirabire sabin ahubWo azozane umukobwa nawe yumvirize ukuri kwe
😂yaje gutera iseseme
Toka satani ngewe ndabona ntazi ari kunyiterera ubwoba
Sister imana ikugiriye neza uyu mutype ndamuzi cyane hano muri zambia ni umu tubuzi niyo business ye ntazababeshye nubu aza nge ndabizi yaje atuburiye umuntu nibeshi hano muri zambia bamuvumye 😢
Kuva nabaho nubwambere mbonye umugabo uvuga ubusa ,bwikinyoma😢😢uzumirwa wandushyiwe yumusore
Niwisubirire Zambia kwironderera amahera
Hanyuma ay'Imana izoba iguhaye uzosubire kuyayubisha mubitagira ikimazi!!
Nubwenge burakenewe
No comment. Vive la culture des apparences. 🙏
Reka intambara wowe,umuntu yemeye mujya mu rukiko ,bakora dote barakira ubukwe burataha urumva umukobwa yapanga kwiyicira ubukwe reka kumukina kumubyimba ahubwo Imana yamugiriye neza ahumuka mbere
Bambarize. Kimenyi aremera ko nta mafaranga afite. None umukobwa yashakaga kumwiba ibiki nawe adafite? Kimenyi ngo umukobwa yar'azi ko abonye diaspora ufite amafaranga. Ni uwuhe mukobwa usubiriramo inshuro igihumbi ko nta mafaranga ufite maze akanga kubyemera? Ndi umugabo ariko rwose uwo mukobwa arihangana peee.
Ababona ko ukuri kugoye muri iyi minsi ni bande?
Iki cyongereza ko arihatari 😊😊
Icyo gereza cya Gishambashayo😂
Nigute umuntu ucuruza zambia akajya Mareziya mumafaranga yose uvuga ko wakoresheje ko numva atarenze miliyoni imwe mubyukuri ucuruza iki.Urabeshya ikindi fofo ingeso numvise afite akunda ibintu bihenze cyane.
Sinkibyo byose c?
Ubukene sikibazo icyibazo nukwirarira Nyamara jolly yavuzukuri
Umwana wabandi wababaje Imana izabikubaze, bakobwa murebe neza iyo sura ntizabashuke.
Arko c ibyo muvuga uyu mugabo muramuzi yarabahemukiye c none c mushyigikiye umukobwa ?kuki mutumva ko umukobwa atahemutse muburyo bwose none baza kuri TH-cam kubeshya ibyo umukobwa yavuze nibyo byukuri mama weeeee! Mureke ahubwo gusebya uyumusore kuko numukobwa sishyashya
Ark we uziko abantu mushira isoni kweli?
Uratinyuka ukaza kubeshya na majigo mabi kuri camera izi nizanyana zimbwa bavuga
Mbonasa na kazungu yewe 😢😢😢
😂😂😂😂 ngo majigo mabi😅
😅😅😅😅😅
Namajigo 😂
Amajigo c mabi gusaa ko ntanikizaa kimurangwahoo
Kimenyi koko ntasoni ufite yokuza kubeshya hano? Njyewe ndakuzi neza ndagusobanukiwe. Umutekamutwe originale. Sabin rwose tubabarire uturinde abantu nka Kimenyi. Uzajye iwabo kinyinya ubabaze wumve ibye. Ubeshya ngo uri docteur. Ngo umugore yarakwibye? Yakwibye iki? Wagiraga iki? Nuko gutanga audio bitemewe numvaga nabaha audio wa bihemu we. Abantu ba Maputo nabo barakuzi
Ndumiwe pe
Mbega ingegeraaa😢 ngo ninkundiye yiyise kimenyi
Wa mugabo urabeshyaaaaa,ikiganiro bagukozeho bakubaza kuri telephone ibyo wakoreye umwana w'abandi twarabyumvise.Sabin abantu nkaba ntibakaze kudusebereza ISIMBI
None kij guteka umutwe hano
Uvuze ubusa nta soni @@fulgencekandekwe4649
@@fulgencekandekwe4649 uyu yabeshye kuva ari zambia kugeza ageze inaha nababyeyi be yarababeshye cyane
@@fulgencekandekwe4649 ubwosewabonye. Ubuhamya. Bwumukobwa. Icecekere ntamakuru
Ufite
Uwo yitwa nkundiye Peter yiswe ryari kimenyi muri Zambia yakoraga capati yabaye docter ryari yewe narumiwe koko😂😂😂😂😂
Ego Jezi😂😂😂😂😂 abantu Ba Zambia muduhe ubwino peeee😂😂😂😂
😂😂😂😂😂😂
Uwo abantu bari Zambia bakorera city market baramuzi cyane😂😂😂😂 nareke guteka imitwe kwisimbi tv
Akorera city market he ngo ejo nzajyeyo kumureba nisekere!yeweee ndumva numiwe!
Akumiro ni ...ubukwe bwa comedy.
Gusa Sabin mukomere cyane ❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Nyagasani muri kumwe.
❤❤❤❤❤❤❤❤
Yooooo Shn Wamugabo Weee Urikubeshya Iyi Nkuru Yose Ndayizi
Reka tubwire
Uko fofo yabivuze rwose uyumugabo nagende arabeshya peee
Cyakoze babra Mana yanjye 😢😢😢😢 Imana izaguhana
Mbega Kimenyi wee Sabin uyu mujama aragutuburiye koko
Imana izabijyenzaneza mubihe biza
Kimenyi ndakubona wiruka inyuma y' imodoka uri kuri moto uvugako bakwibye ibintu aho kuvuga ko bakwibye umugore
Ibaze koko, ngo bamutwaye ibintu 🤭🤭ibintu bisigaye birusha agaciro abantu🤐🤐🤐
😂😂😂😂😂
Ahubwo shima imana iragukunda cane uzatange nikigira cumi cogushima
That's true ubundi se yabeshya ngo akuremo iyihe nyungu😅😅
Uyu mugabo rwose aravuga nkababatubuzi bajya batukana kuko nibintu arimo kuvuga ntibisobanutse kuko ntibibaho kereka niba yarahuye na shitani
Dore wamunyamitwe bavuze😂😂😂 Kimenyi kimenyi weee!!!
Uyu mugabo arabeshya tu! Ushaka kumenya ibye yareba kuri tv yitwa ihumure. Ariko abantu nta ni soni bagira koko🤔🤔🤔🤔🤔
Njyewe sinanamwumva ni mubi pe
Sabin abagabo nkaba ntunamureba ngo ntakunda kuba murwanda 😂😂 uyu azirimbura Abantu nkaba bareze
Ariko yamubeshye kera kuko bageze ku munsi w'ubukwe umukobwa atazi aho reception izabera. Ngo niwe uhazi mwe murumva aribyo. Kuri invitation ntabwo byari byanditseho se!
Ariko iyo ni film mwakinnye?
Apuuu nuburyo uri kuvuga harimo uburiganya
Haaaaa ngo ibibanza ayiweeeeee jyewe rwose ntakubeshye ndabona inzara ufite igaragara no ku minwa
Uyu mugabo arabeshya maze cyane kuko twiganye umubano kwa Padiri rero arabeshya cyane pe ahubwo yatuburiye uriya mukobwa wifuzaga gushaka
Ubuse uyu sumugabo?ngo yakira abadamu baba barira da!!Sabin hejuru rata we need 1M
Cyakora ukurikije version Zombi hagiye harimo ukuri, gusa Umukobwa niwe nyirabayazana wibyabaye byose,
kuko nyuma yo kumuterera ririya vi ashobore kuba yararebaga uyumutipe agira some expectations.
Aho amenyeye realite ananirwa kwiyakira no kubwira abamuzengurutse ukuri guhari.
kuko ubona uyu Mugabo yaba avugisha ukuri ukabona na Marraine avuga ibintu uko yagiye abibwirwa nuko yagiye abibona.
kuko ntamuntu waba ashaka kukwesikoroka ngo aze no muri dote. ahubwo umunsi wagera ntiyirirwe aza.
Yeweeee!!! Mbega umutekamutwe sabin uyumugabo yagutuburiye umukobwa ndamuzi nareke kutubeshya yabeshye undi mwana none ntabisoni afite aracyabeshya ark mana yajye ibinyoma byawe bizakugaruka
Kokoc uramuzi? Ndumiwe koko
@florenceunwaduhimana2726 numukobwa yaratanze ikiganiro uyu mugabo arabesha cane
Yego shn nang ndamuz😢😢😢😢
@@florenceuwaduhimana2726uyu numutekamitwe bya danger
Nyabu mbega abumva iki ki ganiro cyawe bumve nicya Fofo bamenye ukuri nyakuri pe
Sabin arerangana ntago.yaraziko bamubeshya😂😂😂 ndumiwe mbega comment weeee zose ngo numutekamutwe nukuri 😅😅
Joyeuse we najye nu mijwe na comments 😂😂😂 Umuntu abantu bose bavuga nabi koko
Jya ku ihumure TV urasobanukirwa byose birasobanutse this guy nishitani yigendera.
Ark urabeshya koko twiyiziye mubukwe sha twarakumenye sha umutubuzi karundura koko
Karanika utwinyo nububeshi gusa
Ngo nafashe ka Rabat ko mumufuniko wa Fanta ndapfukama ndamwambika nkimpeta😂😂😂 umukobwa nawe aremera mwese muri abasazi, cg ab' escros
Dr w' indwara zo mu mutwe yasesekaye ku Isimbi TV...😂😂😂😂
😂😂😂😂😂
😂😂😂😂😂😂twaritwakibagiwe ako😂
Bamuzanire abarwayi abakoreho ryake🤣🤣🤣
Ahubwo we ararwaye😂😂😂
njye ndasetse kweli ngo coffee ayikura hehe mpayinka 😅😅😅 ibaze ngo mushaka gukodesha salle Marriott hanyuma ukazajya gushaka inzu yo guturamo Nyabyondo ubanza ntarikumva neza😅😅😅😅😅😅😅😅
Ese kuki uyu mugabo musa n'abamuzibiranya ngo atavuga!?Muratinya ko hari ibyavuzwe mbere avuguruza!?!?Njye yaba we yaba Fofo,icyo numvisemo ni uko batangiriye mu birere kandi na Fofo numvise kamere ye itari yoroshye muri bi byabo.
Iyi niyo Comment narintegereje Wamugani nabonye abantu bose bamuhagurukiye bamuzibiranya umugore yavuze ibye numugabo avuze ibye arko bo bahise bihutira kuzibiranya umusore ibi bintu bireze Kwihutisha ibintu ugasanga nyuma birabapfanyev
Rata nibareke avuge ukuri kwe, kuko na fofo nawe niwe wikundishije kuruyu musore, anemera kwambara imipfundikizo ya fanta ngo ni impeta! Ubu yumvaga urugo ruzaba ruhire koko! Bose ni kimwe
Erega kumpande zombi haba hari ibitaragenze neza mureke twekubatera amabuye hagati yabo nibo bafite ukuri
Yego rwose barikumufata nkumunyamakosa cyaneee
Yg rata Bose kobamugiyeho ngo nigisambo uyumugabo bashaka kumuzibiranya kdi bemereko bamwibye kuko nasanibisambo
Sabe noneho umuntu wazanye nigitangaza
Nawe byagucanze wabuze aho uhera rwose! 😊
Yezu weeeeeee uyu mutype numutubuzi twaranigany pe...ubundi yitwa Nkundiye igihe yitiwe Kimenyi nicyo ntazi....wiseby undi mwana uri umutubuzi ruharw hubwo RIB ikwiteho
Ahubwo bagushakire RIB uri umutubuzi mubi
Pole Imana izagusumbushe kd nawe ubemaso ntuzongereguhubuka
Uriyamukobwa ndamuzi nibyanyu ndabizi ngahi rero igire kuryama pe. Ntacy😮 twagufasha
😂
Asubukkosabe urworutubuzi urarutuzaniye nindautararumenye. Mbegibisamboweee barakwibase mwarimwakoye angahe. Sha
abataramenye ibyawe. bajya. kwihumure barbe Ucukura. warugiye gukorera. uriyamwanawumukobwa twarabamenye muristinda jyabajura abakobwa. nugucanakumaso
Gusa sinkunda umuntu uvuga avangamo ibyongereza atanabizi cyane si byiza jya ukoresha ikinyarwanda cyacu ntigisebye.watuma koko bakwita umubeshyi
We don't have anywhere🤣🤣🤣 karanzonze😂
Umbaye kure kari kundya mu mutwe 😏😏😏
@@Mugandawanje 😂😂😂
❤️💙❤️💙
Heeee nyamara kubeshya ni icyaha pe
Mwarahubutse mwese,ntimuziranye😭😭😭
Sabin siba iki kiganiro pe . uyumugabo numutekanutwe cyane yiyita doctor uzahamagare umukobwa agusobanurire ureke ikigoryi
Nanjye nabonye ikiganiro cyumukobwa arira ko uyumugabo atari yishyuye imodoka
Mujye mukurokira ibiganiro neza uyu kimenyi siwe wiyita Docter uwiyita Doctor nimucutiwe
@@bettyuwingabiye7944bombi barabyiyita na mucuti we ni abescro.
@@pamellaumuhoza968biri hehe tujye kubireba
Mureke twumve ububi bwiwe kumbure umugore azoza nawe twumve
Ndumiwe mbega igitekamutwe syiga weee🥱
Ubwo rero uje kubeshya ku isimbi kuko uziko irebwa cyane, urasebye nibyuvuga ntashingiro bifite, ubwuje gutuburira abandi nguzabescroke
Niki kikwemeza ko umukobwa wavuze ukuri canke umuhungu yabeshe bose ko bafite ibimenyetso? Ibi bintu birimo urujijo, urukiko ruzabisobanura neza. Parrain yaje nawe akagira ibyo asobanura kuko uyu mugabo ndabona asa nkaho byamucanze.
@@Twese.01 nonese parrain we ntiwabonyeko ibyo bakoze ari bimwe ko arinkishyirahamwe
@@camembert912 Marraine nawe wabigizemo uruhare runini , aba muri Canada nanjye niho ntuye maybe ko yasenye nawe ashaka ko nabandi basenye hano birakaze cyane. Kuko marraine wamubwiye ngo abivemo kandi igihe abo 2 bahura adari ahari. Uno mugabo afite ubuzima bwe azabona uwumukwiye n'umukobwa nuko . Wibuke ko umukobwa yashize kuri pressure uno umugabo ngo bakore ubukwe kandi umugabo waguma amubwira ko atari ready. Mbe gutera ivi kwabo wumvise uko babikoze , if really umukobwa woyubashye wari kwemera gutererwa ivi muri buriya buryo??no sens
@@Twese.01 uyu numutekamutwe nibyavuga biragaragaza ko abeshya. Wowe se kuvuga umukobwa umusore muzima ahura numuntu bwa mbere akamuterera ivi ngo kubera ko umukobwa abivuze noneho bikanarangira babifashe au sérieux bagakomeza gahunda, ubwo se ushaka kubaka nuko akora? Ikindi umukobwa yabanje gufata icyemezo na marraine akimushyigikiramo kandi nanjye iyaba arinjye iyo nama nari kuyimugira kuko aho kubabara imyaka usigaje yubuzima bwawe wababara umunsi umwe. Kdi erega nigihe umukobwa yisobanura bahamagaye numusore ariko wakumva ibyavuga ukumvako adashobotse.
God is great, wakoze amakosa ariko byose imana ibikora ibishaka.Byose bigomba kutubera inyigisho
Ewe sha,reka kubesha abantu,ivyawe twarabibonye wisevya uyo mwana. Uwiteka akubabarire
Nukuri Uyumupapa simuzi pe ariko ndebeye inyuma nkuko mbibona ashobora kuba ibyo avuga ari nka 20/100 kuko abasore bategura ubukwe hutihuti baba bifitemo ubugome cg ubuhemu ndibaza umusore utagira nabamugira Inama wowe wategura ubukwe bwukwezi kumwe nukuri muge muvugisha ukuri
Fofo nawe afite amakosa menshi kwiruka kumuhungu utaramumenya mwa bakobwa mwe mukunda ubukwe nimutitonda ni akazi kanyu
Uyumuntu yanwariye phone ngo azayingurishiriza arayiheza yakoreraga nyabugingo numuhemu
Abadafiye ukuri bajye kureba kuri Chaîne ya Ihumure TV hari na audio wagiye ufatwa ugabako zitashyirwa hanze!!!Fofo yarashaka kubaka agusanga uteka umutwe peee.
Ababonye version y’umugore turi hehe?😂😂😂😂😂😂😂😂
This man is lying pe
Turahari😂
Version y'umugore nayo ntabwo isobanutse neza , marraine abifitemo uruhare runini cyane . Ninde wafata amafaranga yiwe akayashira mu bintu nkibyo azi ko arimo ata akanya? Uno mugabo yataye akanya ko gukora aterwa stress n'umukobwa wibaza ko agiye kubona ibyagusa asanga umugabo nawe azi ubwenge. Ndi sure ko bose bazabona abo bakwiranye mu gihe cya nyacyo.
Ni nde wundi awabonye ko Sabin yavumbuye uko uyu ari mutekamutwe? Uburyo Sabin ariho avuga birabigaragaza
Yiiii,arikujya kuzana ibimenyetso akamubwira ngo nakomeze abyihorere kko asa nuwarambiwe peee kdi nanjye iki kiganiro kirandambiye😅😅😅
Ndababaye cyane ibintu wakoreye Fofo none umva ukuntu uri kubeshya kweri😅😅 Sabin umbabarire uzaganirize n'umukobwa akubwire ibyo uyu mugabo yamukoreye. Sindabona umutekamutwe nkawe p
Ndumva nashyira akaruru ku munwaaaaaaa byananiye genda uzahure na Yesuuuuuuuuuuuu
Peter ugira ukuri njye sindamubona bagira akantu kokwirarira abenshi babeshya amashuri batigeze akazi badakora mbega nibintunguye ababibona nkanjye mumpe like
Uyu mugabo yahemukiye umukobwa,ashaka kumurya utwe,ibyo yatwaye nibirongorwa bye yari yazanye na matera umukobwa yari yazanye kuko niyo yararagaho iwabo,wowe umubeshya ngo uri Doctor ngo compte zawe ziri blocke,ahubwo warasebye
Ni akumiro gusa
Ngo account zirabrotse 😂
Uyu mugabo ni esclot ariko umukobwa nawe mu mutwe ntihabara neza. Umuntu wiruka inyuma y'umuyaga!!! Uziko agitangira kuvuga njye nahise mbibona ko abeshya
No mumaso biragaragara ko ibyo uvuga ubeshya
inzererezi gusa
inzererezi gusa
Kubeshya ntubirebeshya amaso umviriza ibyo asobanura,urabona ko ibyo uriya mugore yavuze bidasobanutse na gato.
Sister imana ikugiriye neza uyu mutype ndamuzi cyane hano muri zambia ni umu tubuzi niyo business ye ntazababeshye nubu aza nge ndabizi yaje atuburiye umuntu nibeshi hano muri zambia bamuvumye
Ahubwo se muri Civile ukuntu wamutorokanye mutishyuye mana we😢abantu nimungira isoni
Abeshe abandi kumbe niyinzererezi yarongoye atamahera ifise😅😅
Nikinyamitwe
si triste vrt...Messe disi twariburirimbe turabategereza turababura!
Sister imana ikugiriye neza uyu mutype ndamuzi cyane hano muri zambia ni umu tubuzi niyo business ye ntazababeshye nubu aza nge ndabizi yaje atuburiye umuntu nibeshi hano muri zambia bamuvumye
No stresse😂😂ubuhe bushobozi koko Kimenyi koko😂😂😂😂cyakora waje kureba icyo abantu bagutekerezaho nyuma y'ubugome wakoze n'ubutubuzi!!!!waje kwivuza dépression ku isimbi
Ndamuzi uyumupapa twarabanye muri zambia gs pole sana munwanyi birambabaje
Ko wavuze ko utemera Imana ukaba utemera na shitani ukaba wemera ibyo uvuganye n umuntu urazana iby Imana mu biki ko ngo itakwemera ko ikigeragezo kikubaho itabyemeye,ati isezeranoo. ..urinyuramoooo mbega umugaboo
Sha uyu mugabo aragaragara ko atakoresheje ugushishoza ,nta mugabo yobona umukobwa ngo ahite atera ivi,ategura na wedding . Umukobwa nawe yashaka ikirori gusa ntabyurugo byarimo gose, wenda ni babakobwa bihebye kubera imyaka canke bagize déception bagashaka ingene babyibagira byihuse .Ababyumva nkanjye bampe likes hano.
Hhhhhhhh sha beshera ahandi peeee
Ndi canada inkuru yawe narayikurikiranye agahinda wateye umukobwa w abandi sha😢
Wamubonye Dr? 😅😅😅 Indwara zo mumutwe arebaho
Umugabo mbwa sha ubukwe bwe narimburimo yituburira abantu
@@fulgencekandekwe4649ubwose ibyo uvuga ubihagazeho ntauntu mwiza nabonye nkawe ahubwo.
ase mwabibonye he
Ndebera sha 😢😢😢😢
uyumusore arabeshya yatubabarije umukobwa wamubeshye ko uba malysia vuga ukuri ureke kubeshyera umukobwa byose ninkwano uko wamuhaye igice udafite na salle muzakoreramo ubukwe ninzu yo kubamo . ntakintu cyukuri uyumugabo avuze flora waramubabaje cyane
Ayiiiiwee sabin ndababaye kuki uyu mugabo wamutuzaniye koko pare wiwe ninshuti yanjye ni umuturanyi uzi ibyo yadukoreye koko mbega uwo numuteka mutwe ndababaye pe sha uzi ibyo yakorey3 ababyeyi
Aliko uyumutipe sinigeze mwumvara ntubanza ubukwe bwari bwabereye inyamirambo murisare yomubabikira
Uyumugabo simpuzi pe ariko ndabona ntazi uko mubona pe
Hhhhhhhh
Yaribusezerabire st famille iyonjiji
Pole Imana izagusumbushe kd nawe ubemaso ntuzongereguhubuka
Ahubwo wowe waranasaze pe urazwi cyane.urimfura mbi gusa.mwabakobwa mwe ntimugakangwe nabahungu nkaba batagira ubupfura.urikibwa gusa.
Ibaze ariko ngo he is a neurosurgeon hanyuma ngo agahitamo gucuruza phones😮. Story ya ex we ntayo narebye ariko ndabona uyu musore/mugabo ibyo avuga atari byo
Njye ndabona atabeshya
Rata nibo bazi ukuri, buri umwe yatekera mugenzi we imitwe 😁
Singaho daaa reka ntere agatebe nisomere comment 😂
Ubundi comment nizo zanjye
Umutubuzi,sha wowe rwose nta mugabo ukirimo pe😅😅😅😅😅😅uri umugome amarira wateye uriya mwana uzagukuricyira weee😢😢😢😢😢hinduka nahubundi ntacyo uzimarira sha
Sabin ndagukunda
Sha nukujya twihangana mwisi nuko ariko marraine niwe mutubuzi wambere najye yankoreye ubugome atwara amafaranga atwizeza inyungu ngo numukozi w'Imana ubundise umuntu muzima yakwica ubukwe ngo nuko ntabihambaye yakoze ubukene nibisazwe
Docteur kimenyiiiiiiiiiiiiiiiiiiiiiiiiii harya wize muri amerika😂😂😂😂 ndumiwe koko, nawe uri inyana yimbwa setu
😂
Uri injiji ihagarariye izindi zose! Ubuse wowe wabonaga uriya mugore wamutunga?ubundise ayo mafaranga urayafite???😅😅😅😅
Urikuvuga ubusa uriya mwana waramubabaje ariko Imana izamwomora🙆♀️
Ikiganiro cyumukobwa kirihe???
Ihumure TV
@@Happy-h4l1c Thnx
😅😅😅,akantu ka downloading ya mafranga niko kansekeje
Comment zitumye ntumva ikiganiro